Nigeria: Abarwayi babiri bafashwe bari gusambanira ku buriri bw’ibitaro

9,889
Baguwe gitumo basambanira ku gitanda cyo...

Mu bitaro bimwe biherereye Lagos mu gihugu cya Nigeria, abarwayi babiri (umusore n’inkumi) baguwe gitumo bafatwa basambanira munsi y’igitanda cy’abarwayi.

Urubuga leuksenegal.com, ruvuga ko aba barwayi bahawe ibitaro kuko bari barwaye indwara zitabemerera gutaha mu rugo.

Nyuma y’igihe gito bari bakundanye, nuko ubwo bari batangiye gutora agatege ariko batarasezererwa bahita bihina munsi y’igitanda mu gihe bari bizeye ko ntawe ubabona.

Ubwo bari bibereye mu byabo baguwe gitumo n’abarwaza. Abasobanura uko byagenze bavuga ko aba barwayi bakundaniye ahantu habi no mu gihe kibi.

Leave A Reply

Your email address will not be published.