Nyuma yo kubengwa inshuro 221 zose, Elisabeth yahisemo kwishyingira imbwa ye.

9,130
Kwibuka30
AAMUA KUFUNGA NDOA NA MBWA WAKE BAADA KUSALITIWA KWA MARA NYINGI

Nyuma yo kubengwa inshuro zigera kuri 220, uyu mukobwa yahisemo kwishyingira imbwa ye yari atunze.

Mu gihe benshi mu basore bo muri iyi minsi mu Rwanda batinze gushaka bakunze gutanga impamvu yuko babuze umukobwa ufite urukundo nyarwo, abakobwa nabo bakavuga ko abasore bo muri iyi minsi ari ababeshyi, ibyo bakabivuga bashingiye ku kuba baragiye bakomeretswa cyane kandi kenshi mu rukundo.

Ibi bituma benshi mu rubyiruko rw’ubu ruhitamo kubigendamo gake, ndetse bamwe bagatinyuka bakavuga ko babivumyemo burundu, mu gihe bimeze bityo, uyu mukobwa witwa Elizabeth Hoad wo mu gihugu cy’Ubwongereza we aherutse kwishyingira imbwa yari atuze mu rugo iwe nyuma y’aho abenzwe n’abasore inshuro zigera kuri 221 zose.

Elisabeth yavuze ko yari amzwe kwambikwa impeta z’urukundo n’abasore benshi bagera kuri 150 ariko byagera ku munota wa nyuma bakabivamo atazi impamvu, mu gihe abandi 71 nabo bari bamaze kwemeranywa urukundo ariko mbere y’uko bambikana impeta y’urukundo bakaza kumuhemukira.

Kwibuka30

Elisabeth yavuze ko umutima we umaze kurambirwa, kandi ko wakomeretse inshuro nyinshi cyane kandi ko atiteguye kongera kubabara.

Avuga ku mibanire ye n’imbwa yye yahisemo guha urukundo rwe, yagize ati:“Imbwa yanjye Logan ndayikunda, mbona arijye yaremewe, twaremewe rwose kubana nayo, ni kenshi yankijije, mbona aricyo kiremwa cyonyine kitambabaza rwose, ndayikunda”

Logan, she said, “It was like we were meant to meet. He’s saved me and I’ve saved him. I was broken…

Read more at: https://newsable.asianetnews.com/weird-news/heres-why-this-woman-married-her-dog-qcw4cg

Watch: Woman marries her dog on live TV show, stuns people - it s viral -  Hindustan Times
Leave A Reply

Your email address will not be published.