Suzan yishe umukunzi we nyuma yo kumusaba ko yoza amasahane yaririyeho undi akabyanga

11,389
Kwibuka30

Urukiko mu gihugu cya Kenya rukurikiranye umwana w’umukobwa ku cyaha cyo kwica umukunzi we nyuma yo kumusaba koza amasahane yari amaze kuriraho undi akabyanga.

Kwibuka30

Urukiko rwo mu gace ka Milimani mu gihugu cya Kenya kirimo gukurikirana icyaha cyo kwica umuntu ubigambiriye umukobwa w’imyaka 25 witwa SUSAN NJELI. Biravugwa ko uno mukobwa yari yatumiye umusore bakundana witwa Kelvin mu ntangiriro z’ukwezi gushize, amakuru dukesha ibinyamakuru byo muri icyo gihugu cya Kenya aravuga ko ubwo uwo musore uari yaje gusura uwo nukobwa w’inshuti ye aho yiberaga, yaramutekeye bararya, maze barangije kurya umukobwa yasabye umusore koza amasahane yari amaze kuriraho undi arabyanga, avuga ko mu muco w’Iwabo nta musore woza amasahane umukobwa ahari, undi ngo yaramwingize umusore akomeza kwinangira umutima, nibwo Susan afashe icyuma cyo mu gikoni arakimusogota inshuro 11 zose kugeza ubwo uwo musore ashizemo umwuka.

Susan ntiyigeze ahakana icyo cyaha ariko agasaab imbabazi ngo ubutabera bumurekure kuko yabikoranye umujinya kandi ko yakundaga umukunzi we cyane.

Leave A Reply

Your email address will not be published.