Umugabo yapfiriye mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina

10,174

Umusore ukiri muto yaguye mu gikorwa cy’imibonano mpuzbitsina nyuma yo gutega amafaranga atagira ingano.

Uyu musore wo mu gihuu cya Nigeriya wiswe Davy ngo yaguye muri iki gikorwa mu gtihe yarikumwe n’indaya mu gace ka Ejigo ho mu mujyi wa Lagos.

Amakuru avugako uyu musore yari yishyuye ibihumbi 50 byamafaranga akoreshwa mu gihugu cya Nigeriya bukaba bwari ubwambere abijyiyemo birangira zirenze.

Ikindi nuko amakuru avugako nyamusore yari yabanje kujya impaka nabagenzi be avugako agomba kwemeza uriya mukobwa wari usanzwe amenyereye iriya mikino njyamibonano ariko byaje kurangira ku ituru ya 7 ashizemo umwuka.

Umuvugizi wa Polisi DSP Elkana Bala nawe yemeje aya makuru avugako nyakwigendera yashizemo umwuka mu masaha ya saa sita na cumi n’itanu ku cyumweru.

Nyabuneka niba wajyaga unabitekereza ibi bintu byo gutegera imibonano mpuzabitsina nibib cyane ntuzabijyemo kuko bmaze gushyira mu kaga ubuzima bwa benshi nako ngo habwirwa benshi hakumva beneyo.

Leave A Reply

Your email address will not be published.