umugore yaburiwe irengero nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka 10

10,659
Kwibuka30
mu gihugu cya kenya

mu gihugu cya kenya Police yo mugace kitwa Makueni iri guhiga hasi no hejuru umugore ukuze washoye mu busambanyi umwana w’umuhugu w’imyaka 10 w’umugabo bari murukundo knkuko bivugwa na baturanyi babo muri ako gace

urwandiko rwashyizwe kumugaragaro n’ibiro bya Polisi bya kavumbu ruvuga ko uyu mugore yasambanyije uwo mwana w’umuhungu akaba ahigwa bukware ubwo umugabo wakundanaga nuyu mugore yoherezaga umwana murugo rwe ngo amusure

Polisi yagize iti; umuhungu yagiye mu rugo rw’uyu mugore gukina n’umwana w’umuhungu mugore hanyuma arara murugo rw’ukekwa ari nabwo uwo mwana yahohotewe

uyu mugore ngo yahise yinjiza mu nzu uyu mwana amukuramwo imyenda yose afata igitsina cye akinjiza mu cye

Kwibuka30

Polisi yagize iti; uyu mugore yategetse uyu mwana konka amabere ye

uyu mwana w’umuhungu yahise ajyanwa mu bitaro bya Makueni Referra Hosipital kugirango asuzumwe

uyu mugore yahise arigita akimara kumenya ko Polisi iri kumuhiga bukware kubwamahano yakoze iki nyamakuru Nairobunew dukesha iyi nkuru gitangaza ko uyu mugore ntawe uramuca iryera kubera aya mahano

Leave A Reply

Your email address will not be published.