Umusore n’inkumi bisanze bavukana mugihe biteguraga kubana akaramata

10,960
Kwibuka30

Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y’umusore n’inkumi bamaze iminsi bari mu rukundo rukomeye ariko bakaba bavumbuye ko bavukana ubwo umukobwa yari yagiye kumwerekana kwa sebukwe

Kwibuka30

ikinyamakuru kameme TV cyatangaje ko aba bantu babiri bakomoka mu mujyi wa Nairobi bamaze iminsi muburyohe bw’urukundo bataziko bavukana kugeza aho umusore yasabye umukobwa ko yamugeza murugo iwabo akamenyana na babyeyi bumukobwa akazatera intambwe

Se w’umuhungu agikubita amaso umukobwa yakubiswe n’inkuba abwira abo bombi ko basabwa gusesa urukundo barimwo ndetse nubukwe batenganyaga kubuhagarika vuba nabwangu ko bavukana uwitwaga sebukwe abwira umusore ko uwo mukobwa yaragiye gushyira mumugo ari mushikiwe yabyaye kuwundi mudamu yashatse mbere

uyu musore yavuze ko yahuriye n’uyu mukobwa munzira urukundo rutangira gutyo ndetse ageraho amwiyumvamwo kugeza bemeranwa gushinga urugo

uyu mukobwa witeguraga kurushinga akaba umugore yavuze ko afite impungenge nubwoba bwinshi bwo kongera kujya murukundo kuko ngo hari undi musore wigeze kumutereta nawe asanga aruwo mu muryango we

abasaza bakomoka mu bwoko kikuyu barateranye bakora inama bemeza ko aba bana bagomba guhagarika ubukwe vuba nabwangu kuko ntabantu bashakana bavukana baramutse bashakanye bazanira umuryango wabo umuvumo

Leave A Reply

Your email address will not be published.