Browsing Category
Politike
Uganda: Kenya yahaye ubuhingiro Umunyapolitike ukomeye utavuga rumwe na Leta ya Uganda.
Stella Nyanzi umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n'ubutegetsi muri Uganda yahunze iki gihugu yerekaza muri Kenya, nk'uko byemejwe n'umunyamategeko we.
George Luchiri, umunyamategeko wa Nyanzi yabwiye umunyamakuru wa BBC dukesha!-->!-->!-->!-->!-->…
Centrafrique: Inyeshyamba zongeye kugota umurwa mukuru Bangui hashobora kuba imirwano ikaze
Ibintu ntibyoroshe ku murwa mukuru wa Centrafrique (RCA/CAR) Bangui mu gihe inyeshyamba zawugose, nk’uko bivugwa n’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe.
Martin Ziguélé avuga ko buri munsi hahora intambara mu gihugu cyose kandi ko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Leta ya Uganda yangiye Bobi Wine kujuririra ibyavuye mu matora.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Mutarama 2021 nibwo urukiko rw’ikirenga rwa Uganda rwanze kwakira ikirego cyatanzwe n’abanyamategeko ba Robert Kyagulanyi wifuzaga kujuririra ibyavuye mu matora yo kuwa 14 Mutarama 2021.
Kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Guverinoma yemerewe gusubika amatora y’inzego z’ibanze yari ategayijwe muri Gashyantare 2021…
Inteko Rusange ya Sena yatoye itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga n° 001/2019 ryo ku wa 29/07/2019 rigenga amatora, kugira ngo ingengabihe y’amatora ishobore kwigizwayo kubera icyorezo cya COVID-19 gikomeje kuboneka mu Rwanda.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’iminsi 10 Bobi Wine afunzwe yarekuwe ajya hanze aho yafungiwe mu rugo rwe…
Bobi Wine yasohotse mu rugo rwe avugana n’abanyamakuru nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru cyo muri Uganda Daily Monitor. Ku nshuro ya mbere kuva tariki 14 z’ukwezi kwa mbere umunsi wabayeho amatora,
Robert Kyagulanyi w’imyaka 38,uzwi!-->!-->!-->…
Facebook mu kaga gatazayorohera na nyirayo Zuckerberg
Facebook ishobora kutazoroherwa amategeko ayirengera naramuka ahinduwe ishobora kujyanwa munkiko kuko Biden atayikunda bishobora kuba ikibazo kuri Zuckerberg na Facebook
Cyane kugeza mu 2017 ubwo yiyemeje kuzunguruka Leta zunze!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Ahagiye kurahirira Joe Biden na Kamala Harris hashyizwe Ingabo nyinshi impande n’impande!
Muri Washington ahagiye kubera umuhango wo kurahira kwa Perezida mushya Joe Biden ndetse na Kamala Harris nka Visi Perezida, hakajijwe umutekano udasanzwe kuburyo huzuye abasirikare benshi nkabiteguye urugamba , ibi akaba ari ibintu!-->…
Biden ugiye kuyobora Amerika akuze cyane kandi niwe musaza watorewe kuyobora Amerika akuze
Hasigaye amasaha macye abarirwa ku ntoki ngo Joe Biden watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku nshuro ya 46 arahire ari kumwe na Kamala Harris umwungirije.
Joe Biden akaba ariwe ugiye kuyobora Amerika bwa mbere akuze cyane!-->!-->!-->…
Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatorewe kuyobora Uganda ubwa 6,manda azarangiza ayoboye imyaka 40
Komisiyo ishinzwe gutegura amatora muri Uganda yemeje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatsinze amatora yo ku wa 14 z’uku kwa mbere 2021, ku majwi 58.64 %..
komisiyo itangaza ko :
Perezida Museveni yagize amajwi 5.851.037, angana!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarusiya bashobora gukura ingabo zabo zari zarajyanywe mu butumwa bw’amahoro muri RCA.
Leta y'Uburusiya yamenyesheje umuryango w’abibumbye ko yaba igiye gukuramo ingabo, intwaro na kajugujugu zabwo zari zoherejwe muri Republika ya SantrAfrica.
Mu itangazo rwatangajwe n’ingabo z’uburusiya ryatangajwe nyuma y’ibitero!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Boby Wine akomeje kugabanya ikinyuranyo cy’amajwi hagati ye na Museveni.
Nubwo Museveni akomeje kuza imbere mu majwi, ariko Bana Boby Wine akomeje kugabanya ikinyuranyo cyabatandukanyaga, kuri ubu amaze kugira amajwi asaga 35% yose.
Nyuma y'aho komisiyo ishinzwe amatora mu gihugu cya Uganda itangarije!-->!-->!-->!-->!-->…
Mumatora habayemo impinduka Gutanga kandidatire hakoreshejwe impapuro ntibyemewe mu matora ya 2021…
Komisiyo y’igihugu y’amatora (NEC) itangaza ko mu matora y’inzego z’ibanze azaba muri uyu mwaka, kandidatire zanditse ku mpapuro zitemewe ahubwo zitangwa mu buryo bw’ikoranabuhanga hirindwa ikwirakwizwa rya Covid-19.
Ibyo birareba!-->!-->!-->…
USA: Abademokarate barashaka kweguza Donald Trump byihuse mbere y’uko atanga ubuyobozi.
Nancy Pelosi, umukuru w'umutwe w'abadepite mu nteko ishingamategeko ya Amerika akomeje gushyira igitutu kuri visi perezida Mike Pence ngo yeguze Donald Trump kubera uruhare rwe mu myigaragambyo yabaye ku nteko ishingamategeko.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Central Afrique : Komisiyo y’amatora yatangaje ko Faustin Archange Touadera ariwe watsinze…
Komisiyo y’amatora muri Centrafrique yatangaje ko Faustin Archange Touadera ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yaherukaga kuba agize amajwi y’agateganyo 53.92%.
Tariki ya 27 Ukuboza 2020,nibwo Abanya Centrafrique babyukiye!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Hari itsinda ry’Abadepite biteguye kutazemeza intsinzi ya Biden witegura kurahira
Itsinda ry’abasenateri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bavuga ko batazemeza intsinzi ya Joe Biden keretse hashinzwe ikipe izakora amaperereza ku bujura buvugwa mu matora aheruka.
Aba basenateri 11 bayobowe na Ted Cruz, basaba ko iki!-->!-->!-->…