Browsing Category
Politike
Uganda: Bobi Wine arasubira kwiya mamaza nyu y’urupfu rw’uwamurindaga.
Robert Kyagulanyi azwi kw'izina rya Bobi Wine uhatanira intebe y'umukuru w'igihugu muri Uganda avuga ko uyu munsi asubira mu kwiyamamaza yari yahagaritse mu gihe cy'iminsi itatu inyuma y'aho uwamurindaga apfuye agonzwe, abanyamakuru!-->…
Centrafique: Ubwoba ni bwinshi nubwo bari gutora umukuru w’igihugu n’Abadepite…
Amatora muri Centrafqiue yatangiye, nyuma yo kwiyamamaza kw’abakandida kwabayemo ubushyamirane hagati y’ingabo za leta n’imitwe y’inyeshyamba
Ejo ku wa gatandatu, urukiko rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga rwanze ubusabe bw’abatavuga!-->!-->!-->…
NEC yasubitse igikorwa cyo kwakira kandidatire z’abahatanira umwanya wo kuyobora Uturere.
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yasubitse igikorwa cyo kwakira kandidatire z’abifuza kujya mu Nama Njyanama z’Uturere ari nabo batorwamo abayobozi batwo cyari giteganyijwe guhera ku wa 28 Ukuboza 2020 cyim urirwa mu ntangiriro!-->!-->!-->…
USA:Trump mbere yuko ava muri White house yatanze imbabazi kuri bamwe bari bafunze
Perezida wa Amerika Donald Trump yababariye uwahoze ashinzwe ibikorwa bye byo kwiyamamaza Paul Manafort, uwari umujyanama we Roger Stone ndetse na bamwana we (se w'umugabo w'umukobwa we).
Manafort yafunzwe mu 2018 nyuma y'iperereza!-->!-->!-->…
Uganda: Lt Gen Proscovia Nalweyiso Umujyanama wa Museveni ngo arifuza kurasa Bobi Wine.
Umujyanama mukuru mu bya gisirikare wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen Proscovia Nalweyiso yagiriye inama umukandida Perezida w’ishyaka NUP, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine gushyira ubusore hasi kugira ngo yirinde!-->!-->!-->…
Kera kabaye Sudan yakuwe ku rutonde rw’ibihugu bishyigikira iterabwoba
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakuye igihugu cya Sudani ku rutonde rw'ibihugu bishigikiye iterabwoba nyuma y'imisi Sudan itegereje iki cyemezo.
Mu kwezi kwa cumi, prezida wa Amerika Donald Trump yari yavuze ko Sudani izava kuri urwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyoba cy’ubwandu bushya bwa Covid-19 gitumye Leta isubika inama y’umushyikirano.
Icyoba kinshi cy'ubwiyongere bw'imibare y'abandura covid-19 gitumye leta y'u Rwanda ifata icyemezo cyo gusubika inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari iteganyijwe kuri uyu wa gatatu wa 16 Ukuboza 2020 yasubitswe nyuma y’uko mu gihugu!-->!-->!-->…
RDC: Intumwa idasanzwe ya LONI yasabye impande zombi zishyamiranye ko zakumvikana
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 09 Ukuboza, Leila Zerrougui, uhagarariye umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Félix Tshisekedi.
Imvano y’ibiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: “Sinahisemo kujya kurwanira mu mashyamba ngo bizagere igihe nyoborwe n’abantu nka Bobi…
Minisitiri ushinzwe ibikorwa bya Afurika y’Iburasirazuba muri Uganda Rtd Maj .Gen. Kahinda Otafiire yatunguye abantu avuga ko atakwemera na gato ko Bobi Wine amuyobora mu gihugu yarwaniye imyaka 6 mu ishyamba.
Ibi Gen. Kahinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Burukina Faso yohereje abantu baze kwigira ku Rwanda uko imihigo itegurwa
Itsinda ry’abashyitsi baturutse mu gihugu cya Burkina Faso baje kureba uko imihigo itegurwa n’uruhare rw’abaturage, uko ishyirwa mu bikorwa n’ibyiza byo gukorera ku mihigo. Ni tsinda ryari riyobowe n’Umujyanama wihariye wa Perezida wa!-->!-->!-->…
Ghana: Prezida Perezida Nana Akufo Addo yatorewe indi manda
Perezida Nana Akufo-Addo wa Ghana yatorewe indi manda nyuma y'amatora yo ku wa mbere yabayemo guhatana gukomeye.
Bwana Akufo-Addo yabonye amajwi 51.6% naho uwo bari bahatanye cyane John Mahama, wahoze ari Perezida, abona amajwi!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Prezida Magufuli yiyamye aba ministres bifata “selfies” bari mu kazi
Perezida wa Tanzania John Magufuli yaburiye abagize guverinoma nshya kwirinda "indwara idasanzwe" yateye yo gutangaza ubutumwa bw'ibanga bw'akazi mu matsinda yo kuri WhatsApp.
Perezida Magufuli yanaburiye abaminisitiri kwirinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Prezida Magufuli yirukanye ministre nyuma yo kunanirwa kurahira
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli, yahagaritse ku mirimo Francis Ndulane wari wagizwe Minisitiri wungirije muri Minisiteri y’Ubucukuzi bw’Amabuye y’Agaciro kubera ko yananiwe kuvuga neza indahiro ye uko bikwiye, akadidimanga.
!-->!-->!-->!-->…
HRW irasaba ONU gukurikirana iby’uburenganzira bwa muntu mu Burundi
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), urasaba akanama ka ONU gashinzwe umutekano gukomeza gukurikira uburyo uburenganzira bwa muntu buri guhonyorwa mu Burundi.
HRW ivuga ko Ibikorwa bibi!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Nicholas Sarkhozi wahoze ayobora u Bufaransa yahakanye ibyaha bya ruswa ashinjwa…
Bwana Sarkhozy wahoze ayobora igihugu cy'Ubufaransa yakomeje gutera utwatsi ibyaha by'uburiganya na ruswa akirikiranyweho n'ubushinjacyaha mu gihe ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka ine yose.
Ubwo yitabaga urukiko ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…