Browsing Category
Politike
Sudan zombi mu biganiro byo kuzahura umubano
Ku munsi wejo kuwa mbere, umuyobozi w’inama y’ubutegetsi muri Sudan, Lt. Gen. Abdul-Fattah Al-Burhan, yakiriye mu biro bye Vice-Prezida wa Sudan y’epfo Hussein Abdel-Baqi, baganira ku bibzo by'imibanire hagati y'ibihugu byombi.
Aba!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Ibihumbi by’abaturage bakomeje myigaragambya kubera kutemera ibyavuye mu matora
Abashyigikiye Perezida Donald Trump w'Amerika babarirwa mu bihumbi baraye bateraniye i Washington DC mu myigaragambyo yo gushyigikira ibivugwa bidafitiwe gihamya byuko habayeho uburiganya mu matora ya perezida.
Abigaragambya bitwaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Amnesty International yatangaje amakuru mashya ku bwicanyi bwakorewe abasivile muri Tigray
Amnesty International yatangaje ko yabonye amashusho y'icyogajuru yerekana ubwicanyi ku basivile biciwe mu gace ka Tigray mu ntambara iri kuba hagati ya Ethiopiya na leta ya Tigray iri mu majyaruguru ya Ethiopia, uruhande rwa leta!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi yavuye mu gihugu
Kuri uyu wa kabiri taliki 10 Ugushyingo, Tundu Lissu uyobora ishyaka Chadema ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Tanzaniya, yavuye mu gihugu nyuma y'iminsi amatora y'umukuru w'igihugu yari ahanganyemo na Perezida John Magufuri (wayatsinze)!-->!-->!-->…
Amnesty International iratabariza Godbless Lema wahungiye muri Kenya
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Amnesty International, urasaba Leta ya Kenya kudaha Reta ya Tanzaniya Godbless Lema, umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzaniya wahunze igihugu cye atinya!-->!-->!-->…
Ethiopia: Imirwano hagati y’inzego z’umutekano nabo muri Tigray irakomeje
Mu majyaruguru ya Ethiopia, imirwano ikomeye irakomeje hagati y’igisirikare n’abashinzwe umutekano.
Ese iki kiri inyuma y’amakimbirane?
Tigray iherereye mu majyaruguru ya Ethiopia ikaba ifite ubuso 84,722 km2 ifite!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi ya Kenya yafunze uwari umudepite muri Tanzaniya ubwo yari ahungiyeyo
Polisi yo muri Kenya yafunze uwahoze ari umudepite muri Tanzania, Godbless Lema, imushinja kwinjira muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije n'amategeko.
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru nibwo Lema yafashwe ari mu modoka n'umuryango we,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda:Bobi Wine akomeje kwigarurira imitima ya benshi mu banya Uganda yahawe izina Musinguzi
Umuyobozi mukuru akazaba anahagarariye ishyaka NUP mu matora y’umukuru w’igihugu ataha muri Uganda, Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, kuri ubu muri Ankole bamaze kumuha izina rya ‘Musinguzi’ bivuga Utsinda (Victor).
!-->!-->!-->…
Ese nyuma y’amatora imigambi yihutirwa ya Joe Biden agiye guheraho nagera mu biro ni iyihe?
amatora yamaze gutangazwa ko Joe Biden yatsinze
Icyorezo cya covid-19ni ikintu cy'ibanze perezida watowe muri Amerika Joe Biden azageraho natangira imirimo ye nk'uko ikipe imukorera ibivuga.
Bavuga imigambi ye y'ibanze, abagize!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: Bitunguranye Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed, akuyeho abayobozi bakuru mu nzego…
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yakuyeho abayobozi bakuru mu nzego z’umutekano barimo Umugaba Mukuru w’Ingabo, Umukuru w’Urwego rw’Ubutasi n’Umukuru wa Polisi, anasimbuza Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga.
Ni impinduka!-->!-->!-->…
Benshi mubayobozi bakomeje kwishimira intsinzi ya Biden ariko hari n’abanenze amatora
Ibyavuye mu matora byatumye benshi mubayobozi bakomeje kugira ibyo batangaza!
Kuva Joe Biden yatangazwa ko yatsindiye kuba Perezida w’Amerika - na Kamala Harris akaba Visi Perezida we, ubutumwa bw’abategetsi batandukanye ku isi!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho BIDEN ahigitse Donald Trump aba Prezida wa 46 wa USA
Joe Biden wari umukandida w’Abademokarate niwe wegukanye intsinzi mu matora ya pereziwa wa USA nyuma yo gutsinda ku bwiganz bw’amajwi mu ntara ya Pennsylvania.
Uyu mukandida w’abademokarate yagize amajwi y’intumwa zitora (electoral!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Moïse Katumbi yagarutse i Kinshasa nyuma y’igihe atahagera kubera ibibazo bya politiki.
Moïse Katumbi yagarutse i Kinshasa yakirwa n'abantu benshi
Uwahoze ari Guverineri w’Intara ya Katanga akaba na nyiri kipe ya TP Mazembe, Moïse Katumbi , yasubiye mu gihugu ke nyuma y’imyaka itanu amaze mu mahanga ageragezaga kuza!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: Leta iri kohereza ingabo nyinshi muri Tigray ahari imirwano
Leta ya Ethiopia iri kwegeranya ingabo nyinshi mu gihugu hose mugihe ikomeje ibitero ku karere kayo ka Tigray mu majyaruguru.
Umugaba w'ingabo wungirije, Jenerali Berhanu Jula, yavuze ko ingabo ziri kujya mu majyaruguru gufasha!-->!-->!-->!-->!-->…
Nonaha: Dore uko bihagaze mu ibarura ry’amajwi muri Leta Zunze ubumwe za Amerika
Guhatanira umwanya wa perezida wa Amerika biragana ku mpera ngo tumenye utsinda muri leta enye zisigaye - ibi biragufasha kumenya uko bihagaze.
Ndetse n'ubusesenguzi bw'umunyamakuru wa BBC muri Amerika ya ruguru Anthony Zurcher.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…