Browsing Category
Politike
Burundi: Pierre Buyoya yahamijwe kwica Ndadaye akatirwa gufungwa burundu
Maj. Pierre BUYOYA wahoze ari Perezida w’u Burundi mu (1987 – 1993), na (1996 – 2003), Urukiko rwo mu gihugu ke rwamukatiye igifungo cya Burundu nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo kwica Perezida Melchior Ndadaye.
Pierre Buyoya usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Italia: Icyoba cyatumye Leta y’Ubutaliyani yongera gukaza ingamba zo kwirinda coronavirus.
Leta y’u Butaliyani yafashe icyemezo cyo kongera gukaza zimwe mu ngamba zo kwirinda Covid-19 zari zagiye zoroshywa. Ni umugambi abayobozi b’iki gihugu bavuga ko ugamije kwirinda ko cyasubira mu bihe bya Guma mu Rugo kuko byateza!-->!-->!-->…
Umunya-Eritrea wari impunzi muri Nouvelle-Zélande yabaye umudepite
Ibrahim Omer yabaye umudepite muri Nouvelle-Zélande
Ibrahim Omer ukomoka muri Ertrea yabaye umudepite muri Nouvelle-Zélande ubwo ishyaka arimo ryabonaga insinzi mu matora yo kuwa gatandatu taliki 17 Ukwakira.
Ishyaka Ibrahim Omer!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umudepite wo muri opozisiyo arasaba abayobozi ba RURA kwegura niba bananiwe kugabanya ibiciro…
Dr Frank HABINEZA uyobora ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwo mu Rwanda yasabye abayobozi ba RURA kwegura niba bananiwe kugabanya ibiciro by'ingendo biheruse kuzamurwa nta mpamvu.
Ibi Dr Hon. HABINEZA Frank, umudepite mu nteko!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea: Ejo ku Cyumweru ni amatora ya Perezida, Alpha konde ashaka manda ya 3
Alpha konde ari guhatanira kuyobora manda ya 3.
Ejo ku italiki 18 ukwakira, mu Gihugu cya Guinea Konakry hateganyijwe amatoro y’umukuru w’igihugu, aho prerzida Alpha konde azaba ari guhatanira kuyobora manda ya 3.
Muri iki!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Abatutage batangiye kwitabira amatora ku bwinshi mbere y’italiki yagenywe.
Muri Leta zunze ubumwe z'Amerika, amatora ashigaje iminsi 18. Ariko abaturage batangiye gutora ari benshi cyane bitarabaho mu mateka italiki nyirizina y'itora itaragera nk'uko amategeko abibemerera.
Leta 43 kuri 50 zigize igihugu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: LONI yateye utwatsi ikemezo cya Leta ya Nigeria cyo gushahura abagabo bafata abangavu ku…
Akanama k'umuryango w'abibumbye kateye utwatsi ikifuzo cya Leta ya Nigeria cyo kujya ishahura abagabo bazahamwa n'icyaha cyo gufata ku ngufu abangavu.
umukuru w'akanama gashinzwe iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu mu muryango!-->!-->!-->!-->!-->…
Umubiligi Vincent Lurquin wunganira RUSESABAGINA arashinja Leta kwanga ko abonana n’umukiliya…
Uwunganira Paul Rusesabagina mu mategeko, Umubiligi Vincent Lurquin, aratangaza ko yagiye mu Rwanda akahava adashoboye kumubona. Mu kiganiro yagiranye n’Ijwi ry’Amerika, Maitre Lurquin aravuga ko atazi icyo Leta y’u Rwanda ihisha.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kyrgystan: Prezida Sooronbay wa Jeenbekov yeguyeNyuma yo kotswa igitutu n’abaturage…
Perezida wa Kyrgyzstan, Sooronbay Jeenbekov kuri uyu wa Kane yatangaje ko yeguye kugira ngo imyigaragambyo yakurikiye amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko, ihagarare.
Imyigaragambyo yari imaze iminsi iba muri kiriya gihugu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe: Meya w’Akarere yasabye ababyeyi kubwiza ukuri abana ku mateka y’igihugu
Umuyobozi w'Akarere ka Nyamagabe Bwana UWAMAHORO Bonaventure yasabye ababyeyi ko bajya bigisha abana babo amakuru nyayo ajyanye n'amateka y'igihugu.
Mu kiganiro cyagarukaga mu bikorwa by'ukwezi ko kuzirikana ubumwe n'ubwiyunge, Meya!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutwe wa FDLR wandikiye Leta y’u Burundi ishima ikemezo iherutse gufata cyo guhiga…
Umutwe wa FDLR ufatwa nk'umutwe w'iterabwoba na Leta y'u Rwanda wamaze kwandikira ibaruwa Leta y'u Burundi ushima ikemezo iyo Leta iherutse gufata cyo guhiga bukware umuntu wese uvuga ikinyarwanda uri muri icyo gihugu.
Uku!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Baribuka intwari yabo Ludoviko Rwagasore watabarutse ku italiki ya 13 Ukwakira 1961.
Abarundi baribuka Ludoviko Rwagasore wabaye intwari y'ubwigenge bw'Uburundi
Ludoviko Rwagasore yavutse ku italiki 10 Mutarama 1932 yitaba Imana kuya 13 Ukwakira 1961, aho yishwe arashwe ubwo yarari gufata icyo kurya muri Hotel!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Hamdock arasabira igihugu cye gukurwa ku rutonde rw’abafasha iterabwoba
Minisiri w’intebe wa Sudani, Abdalla Hamdok, yavuze ko kugumisha igihugu cye ku rutonde rwa Reta zunze ubumwe z’Amerika rw’ibihugu bifasha iterabwoba bibangamiye umugambi we wo kugeza igihugu mu nzira ya demokarasi.
Mu kiganiro!-->!-->!-->…
Abanya Israel biraye mu mihanda basaba ko ministre w’intebe yegura.
Abanya-Israel babarirwa mu bihumbi bakomeje kwirara mu mihanda y’Umurwa Mukuru Tel Aviv basaba Minisitiri w’Intebe wabo, Benjamin Netanyahu, kwegura kubera ko batumva uburyo ashobora gukomeza kuyobora igihugu kandi akurikiranyweho!-->!-->!-->…
Amerika: Perezida Trump yavuze ko nta Covid-19 agifite
Perezida Trump yavuze ko nta Covid-19 agifite
Perezida wa Leta zunze ubumwe za America Donald Trump yavuze ko nta Covid-19 agifite kandi ko Atari mu byago byo kuyanduza.
Yabitangaje kuri uyu wa 11 Ukwakira mu kiganiro yagiranye!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…