Browsing Category
Politike
USA: FBI yahungishije Guverineri wari hafi gushimutwa n’abagizi ba nabi.
Guverineri w’intara ya Michigan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahawe amakuru ko hari agatsiko k’abagizi ba nabi gashaka kumushimuta ahita ahungishirizwa ahantu hatekanye mu gihe FBI irimo guhiga abashaka kumushimuta, nk’uko!-->!-->!-->…
RDC: Prezida Tshisekedi yiyemeje kuvuguta umuti urambye ku kibazo cy’umutekano mu burasirazuba…
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, umaze iminsi mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yiyemeje kuhaboneka cyane muri iyi minsi kugira ngo arangize ibibazo by’umutekano muke!-->!-->!-->…
USA: Ikiganiro mpaka hagati ya Trump na Biden cyari gitegenijwe mu cyumweru gitaha cyasubitswe
Komisiyo ishinzwe gutegura ibiganiro mpaka ku bahatanira kuyobora Amerika yatangaje ko ikiganiro cyari guhuza Donald Trump na Joe Biden, tariki 15 Ukwakira 2020 kitakibaye.
Ngo byatewe n’uko Trump yanze kuzakora iki kiganiro ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Umudepite wo muri Ghana Yarashwe arapfa ubwo yari avuye kwiyamamaza
Mu ijoro ryakeye kuri uyu wa gatanu Ekow Qwansah Hayford wari umudepite mu nteko ishingamategeko ya Ghana yarashwe n’abagabo bitwaje intwaro arapfa ubwo yavaga kwiyamamaza asubiye iwe mu rugo.
Uwabibonye yabwiye ibitangazamakuru byo!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida wa Azerbaijan yiteguye ibiganiro na Armeniya bamaze iminsi bahanganiye mu ntambara
Perezida wa Azerbaijan Ilham Aliyev yatangaje ko igihugu cye kizajya mu bigariro n’igihugu cya Armeniya nyuma yuko imirwano ihuza ibi bihugu ku karere ka Norgorno-Karabakh izaba irangiye.
Aganira na Perezida w’uburusiya Vladimil!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida w’u Burundi Evariste yanze kwitabira inama yahuje aba president bo mu Karere
Prezida Kagame Paul yitabiriye inama y'abakuru b'ibihugu byo mu Karere yatumijwe na prezida wa Repubulika iharanira demokrasi ya Congo Bwana Felix Tshisekedi, mu gihe uw'u Burundi Bwana Evariste yanze kuyitabira
Iyi nama yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Joe Biden uhatanira yavuze ko nta kiganiro mpaka kizaba gihe Trump yaba agifite covid-19
Joe Biden, umukandida perezida w'ishyaka ry'abademokarate, yavuze ko ikiganiro mpaka cya kabiri cyo kuri televiziyo kidakwiye kuba Perezida Donald Trump naba agifite Covid-19.
Ku munsi w'ejo ku wa kabiri, Bwana Biden yagize ati:!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko bwafashe abandi barwanyi 16 ba FLN
Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, Havugiyaremye Aimable, yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru, cyibanze ku rubanza rwa Rusesabagina Paul ndetse yemeza ko hari abarwanyi 16 ba FLN bafashwe bakaba bari mu maboko y’ubutabera mu Rwanda!-->!-->!-->…
Prezida Donald Trump yanenzwe bikomeye kuba yavuye mu bitaro ajya gusura umuryango we
Abantu benshi banenze prezida Donald Trump kubera ko yacitse ibitaro arwariyemo akajya gusura abantu kandi bitemewe kandi akirimo aravurwa covid-19.
yamakuru byinshi byandikirwa mu gihugu cya Amerika byanenze bikomeye prezida Donald!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Abantu babiri baguye mu mirwano yabaye hagati y’abakunzi ba Ruto na Kenyatta
Abantu babiri barishwe ejo ku cyumweru abandi benshi barakomereka mu bushyamirane hagati y'abashyigikiye Perezida Uhuru Kenyatta n'abo ku ruhande rwa visi perezida William Ruto.
Kuri iki cyumweru gishize abayoboke ba Uhuru Kenyatta!-->!-->!-->!-->!-->…
RDF yatangaje ko yafashe abasirikare ba RED TABARA bahungabanya umutekano w’u Burundi
Ingabo z’u Rwanda zemeje ko zafashe abarwanyi 19 b’Abarundi biyemereye ko bagize umutwe wa RED Tabara, binjiye ku butaka bw’u Rwanda banyuze mu ishyamba rya Nyungwe, ku gice cy’Akarere ka Nyaruguru.
Ni igikorwa cyabaye ku wa 29!-->!-->!-->!-->!-->…
Pierre Damien wigeze kuba ministre w’intebe, ari gutakambira ubutabera ngo bumufungure kuko…
Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba ministre w'intebe w'intebe mu Rwanda, ubu akaba akurikinyweho icyaha cy'ubuhemu.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 20 Ukwakira 2020 nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, rwagombaga gufata umwanzuro ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri y’uburezi mu Rwanda yatangaje kaminuza 6 zonyine zemerewe kuba zatangira kwigisha
Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine yatangaje ko kaminuza 6 ari zonyine zemerewe gusubukura amasomo muri uku kwezi kwa 10 hagati nyuma yo gufunga kubera icyorezo cya Covid-19.
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko kaminuza!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwatesheje agaciro ikifuzo cya Rusesabagina wasabaga gufungurwa by’agateganyo
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rutesheje agaciro ubujurire bwa Paul Rusesabagina, rutegeka ko akomeza gufungwa nk’uko byafashweho icyemezo n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro.
Icyemezo cy’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, cyasomwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya abanyamategeko 3 bazaburanisha Kabuga Felisiyani ufatwa nk’ubwonko bwa Genoside.
Umuyobozi w’Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, UNMICT, Umucamanza Carmel Agius, yashyizeho abacamanza batatu bagomba kuzaburanisha Kabuga Félicien bakuriwe na Iain Bonomy w’imyaka 74 ukomoka mu Bwongereza.
Inteko!-->!-->!-->!-->!-->…