Browsing Category
Politike
Prezida Trump yongeye gushinja Ubushinwa kuba aribwo bwakongeje isi icyorezo cya Coronavirus
Ubushyamirane hagati y'Amerika n'Ubushinwa bwigaragaje mu nama rusange ngaruka mwaka y'umuryango w'abibumbye (ONU/UN) ibera i New York, Perezida Donald Trump ashinja ubushinwa gukwirakwiza coronavirus ku isi.
Yasabye ko Ubushinwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu yemeje ko uburenganzira bwa Rusesabagina ari ntamakemwa
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu iratangaza ko yasuye Paul Rusesabagina ubwo yari afungiye muri Kasho kuri station ya Police, igasanga uburenganzira bwe bwubahirizwa.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’iyi komisiyo kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Jose Chameleone yabujijwe amahirwe yo guhatanira umwanya wo kuyobora Umugi wa Kampala kubera kubura…
Kuri iki Cyumweru tariki 20 Nzeri 2020, umuhanzi wo muri Uganda, Joseph Mayanja uzwi nka Jose Chameleone, yatakaje amahirwe yo kuyobora umujyi wa Kampala azize ibirimo kuterekana ikarita ndangamuntu.
Jose Chameleone wagaragaje!-->!-->!-->!-->!-->…
WASAC ikomeje gushyirwa mu majwi mu bigo bikoresha nabi umutungo wa Leta
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) batangaje ko ikibazo cy’imicungire mibi y’umutugo w’Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC, gikomeje kuba agatereranzamba kuva mu!-->!-->!-->…
Barbados yatangaje ko igiye kwikura ku bwami bw’Ubwongereza
Leta ya Barbados yatangaje umushinga wayo wo kuva ku ngoma ya cyami, ikavana Umwamikazi Elizabeth II ku mwanya w'umukuru w'igihugu.
Leta y'iki gihugu cyo mu birwa bya Karayibe yavuze ko igihe kigeze ngo "dusige inyuma byuzuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, inama yari iteganijwe guhuza abakuru b’ibihugu byo mu Karere yasubitswe
Ministeri y'ububanyi n'amahanga ya repubulika iharanira demokarasi ya Congo yamaze gutangaza ko inama yari iteganijwe guhuza abakuru b'ibihugu byo mu Karere yasubitswe
Mu gihe hari hateganijwe inama izahuza abakuru b'ibihugu byo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Guverinoma y’U Burundi yanze kwitabira inama y’abakuru b’ibihugu byo mu Karere…
Guverinoma y'u Burundi yatangaje ko itazitabira inama izahuza abakuru b'ibihugu bo mu karere izabera i Goma mu minsi mike iri imbere.
Mu minsi mike ishize nibwo prezida w'igihugu cya Repubulika iharanira demokrasi ya Kongo Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikindi kiciro k’impunzi 507 z’Abarundi cyatashye iwabo uyu munsi
Izindi mpunzi z'Abarundi zivuye mu Rwanda zageze iwabo
Ikiciro cya kabiri cy'impunzi 507 z'Abarundi zitahutse zivuye mu nkambi ya Mahama mu Rwanda zambutse umupaka wa Nemba zitashye iwabo.
Ku ruhande rw’u Burundi zakiriwe!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyo wamenya kuri Trump watanzwe mu bahatanira igihembo cy’amahoro cya Nobel ku nshuro ya…
Mu gihe habura amezi atageze kuri abiri ngo amatora ya perezida muri Amerika abe, bisa nkaho Perezida Donald Trump hari icyo afite cyo kwishimira - kugenwa mu bakandida ku gihembo cy'amahoro cyitiriwe Nobel.
Umunyapolitike wo muri!-->!-->!-->…
Paul Rusesabagina yabashije kuvugana n’umuryango we, ngo yababwiye ko ameze neza.
Umukobwa wa Paul Rusesabagina yavuze ko ku nshuro ya mbere bashoboye kuvugana nawe ariko ko bagifite impungenge ku buzima bwe.
Bwana RUSESABAGINA amaze icyumweru kirenga ari mu maboko ya Polsi y'u Rwanda aho ashinjwa ibyaha birimo!-->!-->!-->!-->!-->…
SANKARA arifuza ko dosiye ye ihuzwa n’iya PAUL RUSESABAGINA
Mu rubanza rwa Callixte Nsabimana uzwi nka 'Sankara' rwakomeje uyu munsi ku wa kane, we n'abaregera indishyi basabye ko urubanza rwe ruhuzwa n'urwa Paul Rusesabagina, uherutse kugezwa mu Rwanda.
Bwana Rusesabagina ntabwo araregwa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umudepite uherutse kwandagaza prezida Kenyatta yatawe muri yombi.
Umudepite wo mu gihugu cya Kenya yirukanywe ku mirimo ye nyuma yo kwandagaza prezida UHURU KENYATTA.
Polisi y'igihugu cya Kenya yatangaje ko yataye muri yombi umudepite witwa Johanna Ng'eno nyuma y'aho mu mpera z'icyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Abaherutse guhirika ubutegetsi bahawe icyumweru kimwe ngo babe bashyizeho prezida…
Agatsiko k'abasirikare kahiritse perezida wa Mali mu kwezi gushize kahawe kugeza ku itariki ya 15 y'uku kwezi kwa cyenda ngo kabe kamaze gushyiraho umutegetsi w'umusivile wo kuyobora inzibacyuho.
Umuryango w'ubukungu w'ibihugu byo!-->!-->!-->!-->!-->…
Igihugu cy’Ubuhinde cyasabye Ubushinwa gutanga ubusobanuro ku Bahinde 5 baburiwe irengero
Igisirikare cy’u Buhinde cyasabye ibisobanuro icy’u Bushinwa ku irengero ry’abaturage batanu babuze guhera mu minsi ishize ku mupaka ugabanya ibyo bihugu byombi.
Umubano w’ibihugu byombi ntabwo wifashe neza guhera muri Kamena ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Muri RPF harimo abazima, harimo n’abatari bazima” Tito Rutaremara
Tito Rutaremara uri mu bashinze FPR Inkotanyi akaba yaranagiye akora imirimo inyuranye muri Leta y’u Rwanda, kugeza ubu akaba ari umuyobozi w’Urubuga Ngishwanama rw’Inararibonye z’u Rwanda, avuga ko abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bose!-->!-->!-->…