Browsing Category
Ubuzima
Hamenyekanye impamvu DUBAI yanze kuburana
Nsabimana Jean uzwi nka Dubai wubatse Umudugudu w’Urukumbuzi Real Estate yanze kuburana kubera ko atamenyeshejwe igihe mbere.
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Gicurasi 2023, ni bwo abantu batanu bareganwa na Dubai bagejejwe imbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Icyari ikirombe cyahinduwe imva y’abaherutse kuburiramo
Kuri uyu wa mbere Akarere ka Huye kahisemo gushyingura abantu baherutse kugwirwa n'ikirombe nyuma y'aho ibikorwa byo kubashakisha bitabashije kubageraho ari bazima cyangwa bapfuye.
Nyuma y'aho ibikorwa by'ubutabazi byari bigamije!-->!-->!-->…
Umuryango w’aba Islam mu Rwanda washimiwe uruhare wagize mu kunga Abanyarwanda
Goverinoma y'u Rwanda yashimiye Umuryango wabayidslamu mu rwanda RMC uruhare uwo muryango wahoze witwa AMUR wagize mu gusana imitima y'Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w'i 1994 biciye mu nyigisho bigisha!-->!-->!-->…
Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda zambitswe imidali y’ishimwe
Ingabo z’u Rwanda (RWABAT2) ziri mu bikorwa by’Umuryango w’Abibumbye byo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santarafurika(MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe.
Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 05 Gicurasi 2023, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abarenga 170 bishwe n’imyuzure, mu gihe abasaga 100 baburiwe rengero
Abategetsi bo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bavuga ko umubare w'agateganyo w'abantu bazwi ko bapfiriye mu myuzure ikaze n'inkangu byatewe n'imvura nyinshi, wazamutse ugera ku bantu 176.
Guverineri w'intara ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana: Umunyamakuru yasanzwe mu kiganiro Live baramuniga yenda gushiramo umwuka
Abagabo babiri b'ibigango basanze munyamakuru witwa Sadiq Gariba ari mu kiganiro inyumva nkumve (Live) baramunigagura hafi kumuramo umwuka ahumeka.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Gicurasi 2023 ubwo isi yose yariho iriziha umunsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Imvura Yangije Umuhanda Uhuza Kampala, Kongo n’u Rwanda
Imvura nyinshi imaze iminsi igwa mu karere ka Gisoro mu burengerazuba bwa Uganda yangije umuhanda uhuza umurwa mukuru Kampala n'ibihugu bituranye bya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda.
Igice cy’umuhanda cyasenyutse kiri!-->!-->!-->!-->!-->…
London: Perezida Kagame na Madamu bitabiriye umuhango w’iyimikwa ry’Umwami Charles III
Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze i London mu Bwongereza, aho bitabiriye umuhango wo kwimika Umwami Charles III uzaba tariki 6 Gicurasi.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu Village Urugwiro bitangaza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’intebe Ngirente Edouard yayoboye umuhango wo gusezera abahitanywe n’ibiza
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari kumwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu na Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba Habitegeko François, umugaba w’Ingabo z’u Rwanda hamwe n’Umuyobozi wa!-->…
Rwabuze gica hagati y’indaya n’umuganga gakondo wari wamwijeje kumusubiza ubusugi
Umukobwa usanzwe ukora uburaya mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge, yaserereye n’umuganga gakondo bapfa ko yamuhaye amafaranga amuhangika imiti amubeshya ko izamufasha gusubirana ubusugi bwe mu gihe gito.
Uku gushwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburengerazuba: Abagera kuri 55 nibo bamaze guhitanwa n’imvura yibasiye iyo ntara
Ubuyobozi bw’Intara y’Iburengerazuba bwatangaje ko abantu 55 ari bo bamaze kubarurwa ko bishwe n’ibiza ndetse n’imvura yaraye iguye ikibasira by’umwihariko uturere twa Ngororero, Rubavu, Nyabihu, Rutsiro na Karongi.
Guverineri!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’u Burundi yahakanye gutererana abaturage bayo bari muri Sudan
Leta y'u Burundi yahakanye amakuru yavugaga ko yatereranye abaturage bayo bugarijwe n'intambara ikomeje kubica bigacika mu gihugu cya Sudan
Mu gihe intabara ikomeje kuba ndanze mu gihugu cya Sudan aho aba generali babiri bakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda 32 babaga muri Sudan bageze i Kigali
Mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri, u Rwanda rwakiriye abantu 42 babaga i Khartoum muri Sudani, igihugu kiri mu ntambara. Muri bo Abanyarwanda ni 32, mu gihe 10 ari abanyamahanga bakomoka mu bihugu bitanu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal: Hateye indwara ikomeye kandi yandura iterwa n’uturondwe
Muri Senegali ministeri y’ubuzima yatangaje ko habonetse indwara iterwa n’agakoko ka virusi ihagarika imikorere y’ibice by’ingenzi byo mu mubiri kugeza byishe nyir’ukuyandura.
Iyi ndwara yiswe Crimean-Congo haemorrhagic fever (CCHF)!-->!-->!-->!-->!-->…
Abapolisi b’u Rwanda bahaye amahugurwa abo muri Sudani y’Epfo
Abapolisi b’u Rwanda bagize umutwe RWAFPU1-7 woherejwe mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gace ka Malakal mu Ntara ya Upper Nile muri Sudani yepfo (UNMISS), basoje icyumweru cy’amahugurwa bagezaga ku bapolisi baho kugira!-->!-->!-->…