Browsing Category
Ubuzima
Ubuzima bushaririye Dr Kanimba wamamaye mu kuvura abagore amazemo imyaka 3 yose
Dr Vincent Kanimba, inzobere mu bijyanye no kubyaza wamenyakanye mu mavuriro atandukanye mu mujyi wa Kigali, yasabye ubufasha kugira ngo abashe kwivuza indwara ikomeye amaranye imyaka itatu yatumye anahagaruka akazi.
Hashize imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Ndayishimiye wifuza guhinduza amazina
Uwitwa Ndayishimiye Augustin, mwene Gafishi na Mukamusoni utuye mu Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagari ka Nyanza, umudugudu wa Juru, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo Ndayishimiye!-->…
Musanze: Babiri bagwiriwe n’imodoka Imana ikinga akaboko
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki 18 Mata 2023, Daihatsu ifite plaque RAF 121 N yakoze impanuka igwa munsi y’umuhanda yubamye, igwira umushoferi n’umuturage bari kumwe, Imana ikinga ukuboko.
Ni imodoka yari ipakiye inkwi, iva!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Pasitoro wo muri ADEPR yanze gushyingira abageni, bishakira undi wigenga arabasezeranya
Umupasitori wo itorero rya ADEPR yanze gusezeranya abageni nyuma y'aho asanze ko umugeni wari bushyingirwe atwite.
Umu pasitoro wo mu itorero rya pentekoti ADEPR wo mu Karere ka Karongi, aravugwaho guhagarika bw'umusore n'inkumi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagore 2 gusa nibo bari ku rutonde rw’abantu 30 batunze byibuze miliyoni 10 z’amadorari
Abagore batarenga babiri nibo bonyine gusa bagaragara ku rutonde rw'Abanyarwanda batunze agatubutse
Mu mibereho y'Abanyarwanda, abantu ntibakunze kwemera ko bakize, yewe n'ababigezeho rimwe na rimwe bakunze kubihisha ntibabishire ku!-->!-->!-->…
Umujyi wa Kigali wemeye kwishyurira ubukode ababaga mu Mudugudu wo ’Kwa Dubai’
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bwahisemo gukodeshereza ukwezi kumwe abakodeshaga mu macumbi (apartment) yo mu nzu zirindwi zigeretse zo mu Mudugudu ugezweho wiswe “Urukumbuzi Real Estate”, nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Imodoka yacitse feri igonga umumotari ariko Imana ikinga akaboko
Mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Rwampara akagari ka Gacaca tariki ya 17 Mata 2023 habereye impanuka y’imodoka Toyota Avensis RAB 974Y yari itwawe na Tuyizere Innocent yagonze umumotari umugenzi yari ahetse arakomereka.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Yahamijwe icyaha cyo gucira amacandwe ku mupolisi akatirwa gufungwa imyaka 70
Umusore w'imyaka 36 y'amavuko yahamijwe icyaha cyo gucira amacandwe ku mupolisi maze urukiko rumukatira igifungo cy'imyaka 70 yose.
Umusore witwa Larry Pearson w’imyaka 36 yakatiwe gufungwa imyaka 70 yose nyuma y'aho inkiko zo muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Remera: Bibutse Abapadiri n’Ababikira 17 biciwe muri Centre Christus
Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo wibutse Abapadiri n’Ababikira 17 biciwe mu kigo cy’Abayezuwiti cyitwa Centre Christus, hamwe n’Abatutsi barimo abarenga 4,500 bari bahavuye mbere y’uko Jenoside itangira ku itariki ya 7 Mata 1994.!-->!-->!-->…
Bugesera: Meya yahaye umukoro ugomba guhabwa abapfobya bakanahakana jenoside yakorewe abatutsi.
Meya w'Akarere ka Bugesera Bwana Richard Mutabazi yasabye abaturage kujya bababaza ibibazo bibiri abapfobya bakanahakana jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w'i 1994.
Ibi yabigarutseho imbere y'imbaga y'Abaturage n'urubyiruko bari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana yabaye igihugu cya mbere cyemeje urukingo rwa Malaria
Ghana yabaye igihugu cya mbere cyemeje urukingo rushya rwa Malaria rufatwa, nk’uruzahindura Isi, nk’uko byasobanuwe n’abashakashatsi mu bya siyansi barukoze.
Urwo rukingo rwiswe ‘R21’ rugaragara ko rufite imbaraga nyinshi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Umubikira uyobora ikigo nderabuzima yatawe muri yombi nyuma yokwanga gutabara umubyeyi wari…
Urwego rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi umubikira akaba n'umuyobozi w'ikigo nderabuzima wanze gutanga imbangukiragutabara mu gutabara umubyeyi wari ku nda bikamuviramo kubyara umwana upfuye.
Urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
Urujijo ku ifungurwa ry’ibifi binini byo mu turere twa Nyanza na Gisagara bimaze kurekurwa
Abakozi bo mu bushorishori mu turere twa Nyanza na Gisagara baherutse gutabwa muri yombi kubera ruswa mu gutanga amasoko ya Leta baraye barekuwe.
Urukiko rwa Nyarugenge ruherereye mu mujyi wa Kigali rwari ruri gukora kuri dosiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abaturage basabwe gutanga amakuru ku mibiri y’abishwe muri Jenoside yakorewe…
Madam Mukabalisa Germaine umudepite Munteko Ishinga amategeko y'u Rwanda yasabye abafite amakuru y'ahari imibiri y'Abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu w'i 1994 itarashyingurwa, kuhagaragaza kugira ngo ishyingurwe mu!-->!-->!-->…
Gatsibo: Barifuza ikimenyetso cy’amateka ya Jenoside muri Kiliziya ya Kiziguro.
Umuryango uharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi (Ibuka) wifuza ko muri Kiliziya ya Kiziguro hashyirwa ikimenyetso cy’amateka yaharanze mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu rwego rwo kuyasigasira.
Ni kimwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…