Umuhanzi Korede Bello mu rukundo na Priscilla

12,350
Kwibuka30

Umuhanzi w’icyamamare muri Africa ukomoka mu gihugu caya Nigeriya ubwo yizihizaga isabukuru tariki ya 29 Gashyantare yavuze kurukundo ruvugwa hagati ye n’umukobwa witwa Priscilla.

Kwibuka30

Uyu muhanzi ubarizwa munzu ya Marvin yabajijwe ku rukundo ruvugwa arimo we n’umukobwa wa Ojo witwa Priscilla avugako buri munsi bavugako ajyiye kurongora.

Ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru PULSE yatangaje ko akunda umukobwa ukunda gusenga ndetse nawe akamukunda yongeraho ko urukundo urusanga mu ndirimbo ze akaba ariyo mpamvu igihe kizagera akabasubiza.

Uyu musore ubwo yizihizaga isabukuru tariki ya 29 Gashyantare nibwo yatangaje ibi hakaba hari amakuru avugako yaba agiye kurongora umukobwa witwa Priscilla akaba uyu ari umukobwa wa Iyabo Ojo.

Your email address will not be published.