NI IKI ABAGORE BAKINA FILIME MURI HOLLYWOOD BAKORA BIRINDA URUHU RWABO GUSAZA?

427
Kwibuka30

Benshi bibaza niba hari ibindi abagore bakina filime za Hollywood baba bakorerwa kugira ngo uruhu rwabo rudasaza dore ko abenshi baba banafite imyaka myinshi.

Kwibuka30

Kimwe mu bisubizo wakwishimira kumva ku mibereho yawe mu gihe waba ubayeho neza, ni ukubwirwa ko ruhu rwawe wazafashwa kururinda ngo rudasaza. Ibi byaba bisa nk’aho imbere yawe ukomeza kuhabona neza, ukaba ushobora gusohokera aho abiganje abakiri bato basohokera dore ko ari nabo babasha gukora ibinogera amaso y’abafite imyaka yigiye hejuru, kuko baba bagifite imbaraga. Bamwe mu bakunze kwibazwaho mu bijyanye n’imyaka baba bafite ni abakinnyi ba Filime ba Hollywood.

Abakinnyi barimo Michelle Williams, Lili Taylor, Toni Collette n’abandi ni bamwe mu bo twavuga batabarutse uruhu rwabo rugitoshye nk’urw’abato n’ubwo bari bakuze. Akenshi abantu bibaza niba haba hari indi mpamvu yaba ibyihishe inyuma dore ko muri filime abakinnyi bafite ubushobozi bwo kubahindura uko bashaka bitewe n’ibyo bagiye gukina. Urugero, SHE HULK , igaragaramo umukobwa wahinduriwe isura nyamara bikavugwa ko ntaho bihuriye n’ibibakorerwa mu buzima busanzwe.

Jude Law umwe mu bakina izi filime, yamaze abantu amatsikjo aberuriora ko uruhu barwitaho bisanzwe kuko nabo igihe kigera ntibikunde bikarangira bashaje. Cyakora ngo iyo bibaye ntakundi kuntu baba bagira icyo bakora kuko akenshi baba barakoze ibishoboka ngo rwitabweho nyamara bikanga.

Leave A Reply

Your email address will not be published.