Browsing Category
Mu Mahanga
Guinea Bissau: Abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Perezida Umaro Sissoco Embalo wari mu ruzinduko…
Abasirikare barimo uwuyobora abasirikare barinda Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Sissoco Embalo, batawe muri yombi nyuma yo gushaka guhirika ubutegetsi bwa perezida wari witabiriye inama muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu, UAE.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
FDLR na FARDC bazindutse bagaba ibitero byo kwihorera ku mutwe wa M23
Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC gifatanije n'umutwe wa FDLR uramutse ugaba igitero ku ngabo za M23 mu rwego rwo guhorera umu colonel wa FDLR waraye apfiriye i Goma.
Igisirikare cya Repubulika Iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Abantu bagera kuri 47 bagwiriweho n’inkangu barapfa
Inzego z’ubuyobozi muri Tanzania zatangaje ko abantu 47 bapfuye abandi barakomereka bitewe n’inkangu zakomotse ku mvura nyinshi mu Majyaruguru y’iki gihugu.
Imvura y’umurindi yaguye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize yibasiye!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Impunzi n’Abanyekongo Bahanganye mu Nkambi ya Mulongwe
Impunzi ziba mu nkambi ya Mulongwe iri mu burasirazuba bwa Repulika ya demokarasi ya Kongo ziravuga ko zihangayishijwe n’imvururu zongeye kuvuka kuri uyu wa gatatu hagati y’abaturage b’abakongomani na bamwe muri izo mpunzi kubera!-->!-->!-->…
Henry Kissinger, wabaye Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika, yapfuye ku…
Henry Kissinger, wahoze ari Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'Amerika, yapfuye ku myaka 100 ari mu rugo iwe muri leta ya Connecticut.
Itangazo ryasohowe n'ikigo cye Kissinger Associates cy'ubugishwanama muri politiki mpuzamahanga,!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Leta irashinjwa kohereza urubyiruko guhinga mu murima ya Isiraheli
Abanyapolitiki batavuga rumwe n'ubutegetsi bo muri Malawi hamwe n'imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu, banenze Perezida Lazarus Chakwera na guverinoma ye kubera kohereza urubyiruko rw'Abanya-Malawi 221 gukora mu mirima yo muri!-->!-->!-->…
DRC: M23 iravuga ko yigaruriye Mweso, ikaba iri gusatira Masisi
M23 ikomeje kuganza ingabo za MONUSCO, FARDC, Wazalendo n’indi mitwe yifatanyije ngo iyibuze kwigarurira ibice bya Masisi na Goma, aho kuri iyi nshuro uyu mutwe ugeze mu gace ka Kalenga mu birometero 20 uvuye mu bice bya Sake ho muri!-->!-->!-->…
Leta ya Irak yamaganye ibitero Ingabo z’Amerika zagabye ku butaka bwayo.
Leta ya Irak yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe z'Amerika zavogereye ubutaka bwayo zigaba ibitero ku nyeshyamba zishyigikiwe na Iran.
Leta ya Irak kuri uyu wa Gatatu yamaganye ibitero Leta Zunze Ubumwe z'Amerika zagabye muri icyo Gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Moise Katumbi yagaragarije Abanyekongo imigabo n’imigambi ye anenga Perezida Tshisekedi
Kuri uyu wa mbere, uhagarariye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Moise Katumbi, yatangije ku mugaragaro ibikorwa bye byo kwiyamamariza kuba perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ahereye i Kisangani mu ntara ya Katanga yigeze kubera!-->!-->!-->…
Minisitiri w’intebe wa Israyeli Netanyahu yasabiwe gufungwa
Afrika y'Epfo yasabye ko urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rusohora impapuro zo guta muri yombi minisitiri w'intebe wa Israeli kubera ibyaha by'ubwicanyi ingabo ze ziri gukorera muri Ghaza.
Leta y'Afurika y'Epfo yasabye urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abatavuga rumwe na Tshisekedi mu nzira zo kwihuza
Intumwa z’abahatanira Intebe y’umukuru w’igihugu, Martin Fayulu, Moise Katumbi, Matata Ponyo, Dr Denis Mukwege, na Delly Sesanga, bari mu biganiro i Pretoria, muri Afurika y’Epfo mu kureba ko bashyigikira kandidatire imwe.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Gabon: Agatsiko gaherutse guhirika ubutegetsi katangaje igihe amatora azabera
Guverinoma ya gisirikare yahiritse ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo Ondimba yatangaje ko amatora ya perezida n’abadepite azaba muri Kanama 2025, hakurikijwe ingengabihe izemezwa n’Inama y’igihugu muri Mata 2024.
!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Afurika y’Epfo yacyuye abasirikare bayo bashinjwa ubusambanyi
Igisirikare cy’Afurika y’Epfo cyacyuye abasirikare bacyo umunani cyohereje mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) nyuma yo kubashinja imyitwarire idahwitse!-->!-->!-->…
Burundi: Abantu 10 nibo bamaze kumenyekana ko bagwiriweho n’urusengero barapfa
Mu gihugu cy'Uburundi haravugwa urupfu rw'abayoboke b'itorero rya Pentekoste bapfuye nyuma y'aho urusengero rubaguyeho mu materaniro yo kuri iki cyumweru.
Mu gihugu cy'abaturanyi i Burundi haravugwa abayoboke b'itorero pentekoste bagera!-->!-->!-->…
Israel – Hamas: Abapfuye bamaze kurenga 1,000: Dore amakuru mashya agazweho
Kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere intambara irakomeje hagati y’igisirikare cya Israel na Hamas, abamaze gupfa ku mpande zombi bararenga 1,100 kuva kuwa gatandatu mu gitondo Hamas itangira igitero kuri Israel.
Amwe mu makuru!-->!-->!-->!-->!-->…