Browsing Category
Mu Mahanga
Britney Spears yagiye muri ‘rehab’ nyuma yo gufungwa kubera gutwara yasinze
Britney Spears yagiye mu kigo gifasha ababaswe n’ibiyobyabwenge nyuma y’ukwezi kumwe atawe muri yombi ashinjwa gutwara imodoka yakabije kunywa inzoga n’ibindi biyobyabwenge.
Uyu muhanzi ubwe ku cyumweru ni bwo yijyanye muri izo nzu!-->!-->!-->…
USA: ABATUYE MURI MINNESOTA BATEGUYE IMYIGARAGAMBYO IRWANYA IMITEGEKERE YA TRUMP.
ABATUYE MINESSOTA BATEGUYE IBIKORWA BIRENGA 3OOO BYO KEIGARAGAMBYA BAMAGANA UBUTEGETSI BWA DONALD TRUMP.
Iyi myigaragambyo yateguwe n'abatuye muri Leta ya Minnesota, hagamijwe kwamagana ubutegetsi bwa Donald Trump, bayise "No!-->!-->!-->!-->!-->…
UBUFARANSA BWANZE KUVANA AFRIKA Y’EPFO MURI G7
N'UBWO LETA ZUNZE UBUMWE ZA AMERIKA ZIHATIRIZA UBUFARANSA GUKURA AFRIKA Y'EPFO MU MURYANGO W'IBIHUGU BUEINDWI BIKIZE, UBUFARANSA NTIBUBIKOZWA.
Amakuru yari ahari yavugaga ko iki gihugu giheruka no kwakira iyi nama iheruka,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa EU avuga ko amahoro ari ‘ingenzi cyane’ kugira ngo ibicuruzwa…
Mu kiganiro n’abanyamakuru mu ruzinduko arimo muri Australia, umukuru w’umuryango w'Ubumwe bw’Uburayi (EU), Ursula von der Leyen, yashimangiye ko bicyenewe ko hagerwa ku mahoro anyuze mu biganiro kugira ngo intambara yo muri Iran irangire.!-->…
Trump yavuze ko Amerika yasubitse ibitero ku nganda z’ingufu za Iran
Donald Trump avuga ko habayeho "ibiganiro bitanga umusaruro" ku "gisubizo cyuzuye" ku makimbirane yo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Aravuga ko agiye "gusubika ibitero byose ku bigo by'ingufu n'ibikorwaremezo by'ingufu bya Iran" mu gihe!-->!-->!-->…
Bobi Wine arasanga ubwenge bwa Gen. Muhoozi, budashishoza
Umunyepolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, Bobi Wine, yongeye kwibasira no gushinja umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu, avuga ko ubwenge bwe budafite ubushishozi.
Uyu munyapolitiki, waherukaga no kugaragara mu mashusho, avuga ko!-->!-->!-->…
Sudan: Igitero cya ‘drone’ ku bitaro bikomeye cyishe abantu 64 mu gihe cya Eid
Ingabo za Sudani zahakanye ko ari zo zagabye igitero cyishe abantu ku bitaro bikomeye ku wa gatanu nijoro mu mujyi wo mu burengerazuba bw’igihugu ugenzurwa n’abarwanyi b’umutwe witwara gisirikare uhanganye nazo Rapid Support Forces (RSF).
!-->!-->…
Imbangukiragutabara enye zatwitswe i London mu gikekwa ko ari igitero cy’urwango ku Bayahudi
Imbangukiragutabara enye z’Abayahudi zitanga serivisi z’ubutabazi zatwitswe mu majyaruguru y'umurwa mukuru Londres w'Ubwongereza.
Polisi y'Ubwongereza ivuga ko ibi bitero bifatwa nk’icyaha cy’urwango rushingiye ku kwanga Abayahudi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
‘Mfite ibintu 15 nsaba Iran’ – Trump
Donald Trump yaganiriye n'abanyamakuru mbere yo kwinjira mu ndege ya Air Force One i Palm Beach.
Ku bijyanye na Irani, yagize ati: "Ibintu ni bigenda neza, amaherezo tuzakemura iki kibazo," bitabaye ibyo, "tuzakomeza gutera ibisasu!-->!-->!-->…
Kim Jong Un yongeye kwemezwa nka Perezida wa Koreya ya Ruguru
Inteko Ishinga Amategeko muri Koreya ya Ruguru yongeye kwemeza Kim Jong Un nka Perezida w’icyo gihugu.
Byatangajwe n’Ikinyamakuru cya Leta, KCNA, cyagaragaje ko Kim Jong Un yemerejwe mu nama yahuje Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya ya!-->!-->!-->…
Alireza Aarafi wasimbuye Ayatollah Khamanei ni muntu ki?
Inama y'Impuguke yatoye Alireza Aarafi, umwe mu bagize itsinda riyoboye akanama gashinzwe umutekano , nk'umwe mu bagize "itsinda ry'abanyamategeko" b'Inama y'agateganyo iyobora Repubulika ya Kiyisilamu ya Irani.
Ubu, Aarafi amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu gihe intambara ikomeje guca ibintu muri DRC, PerezidaTrump yikomye mu gatuza avuga ko yayirangije
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushyira intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu zo yahagaritse hirya no hino ku Isi.
Mu ijambo yagejeje ku Banyamerika ku wa 24!-->!-->!-->…
Urupfu rwa Willy Ngoma rusobanuye iki muri iyi ntambara?
Nyuma y'aho amakuru akomeje kuvuga ko uwari umuvugiz wa gisirikare w'umutwe wa M23 arashwe na drones za FARDC, bamwe mu bakurikiranira hafi intambara yo muri Congo, baribaza icyo urupfu rwe ruvuze muri iyi ntambara.
"Ndarwanira ko Congo!-->!-->!-->…
Ramaphosa yashimiye Putin wemeye gucyura Abanyafurika y’Epfo barwanaga muri Ukraine
Perezida wa Afrika Y'Epfo Bwana Ramaphoza, yashimiye Prezida Putin w'Uburusiya nyuma y'uko yemeye gucyura bamwe mu banyafrika y'Epfo bari barashutswe akazi nyuma bakisanga ku mirongo y'urugamba muri Ukraine.
Perezida Cyril Ramaphosa wa!-->!-->!-->…
Uganda: Bobi Wine yatangaje ko umugore we n’abana bahunze igihugu.
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda yatangaje ko “byabaye ngombwa ko umugore we n’abana bahunga igihugu” kubera ubugizi bwa nabi bakorerwaga n’inzego z’umutekano mu gihugu cye cya Uganda.
Robert Kyagulanyi uzwi!-->!-->!-->…