Browsing Category
Mu Mahanga
Menya uyu mugore wiyise umugabo agashinga kompanyi ya ‘softwares’ yamugize umuherwe uzwi ku isi
Kuri benshi kandi mu gihe cy’imyaka myinshi, Stephanie Shirley yari “Steve”.
Kuri iryo zina niho yasinye inyandiko nyinshi nk’umukuru wa kompanyi ye ikora za softwares/ logiciels, nyuma y’uko izina rye ribanza rigaragaza ko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bourkinafaso: Ibyihebe byateye mu rusengero byica abakristo bagera kuri 15 abandi barakomereka
Umutwe w'iterabwoba wagabye igitero muri kiliziya wica abasivili bagera kuri 15 ukomeretsa abandi batari bake.
Kuri iki cyumweru taliki ya 25 Gashyantare 2024 mu gihugu cya Bourkinafaso, umutwe w'iterabwoba wari witwaje ibirwanisho!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupilote wa gisirikare yitwikiye kuri ambasade ya Israel muri Amerika
Umusirikare utwara indege yitwikiye imbere ya ambasade ya Israel muri Amerika mu rwego rwo kugaragaza akababaro n'akarengane Israel ikorera abarabu bo muri Gaza.
Ahagana saa tanu z'amanywa zo kuri iki cyumweru taliki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Wa mu pasitoro uherutse kwigamba ko yashyingiwe akana yatawe muri yombi
Pierre Kas Kasambakana pastori ukuriye itorero Early Church of Yeshua Ha Mashyah ry’i Kinshasa muri DR Congo yafunzwe by’agateganyo nyuma y’amashusho yabonetse ashyingiranwa n’umukobwa bikekwa ko atujuje imyaka y’ubukure, nk’uko!-->!-->!-->…
Kabila yavuze impamvu atazitabira ibirori by’irahira rya Tshisekedi
Joseph KABILA wahoze ayobora igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yatangaje ko atazitabira ibirori by'irahira rya Perezida Felix Tshisekedi.
Bwana Joseph Kabila wigeze kuyobora igihugu cya Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Bobi Wine na Besigye bafungiwe mu ngo zabo ubwo bateguraga imyigaragambyo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama 2024, umuhanzi akaba umunyapoliki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Bobi Wine, afungiwe mu rugo iwe n’igipolisi cya Uganda nyuma yo kugota urugo rwe.
Bobi Wine yategetswe kuguma mu rugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Habayeho guhanahana infungwa z’intambara
Ukraine n’Uburusiya byaguranye amagana y’imfungwa z’intambara mu cyo abategetsi i Kyiv bavuze ko ari ko kugurana kunini cyane kubayeho muri iyi ntambara.
Ukraine yavuze ko imfungwa 230, zirimo abasirikare, barekuwe bava aho bari!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Steven Kabuye uvugira Abatinganyi yatezwe n’abagizi ba nabi bamutera icyuma mu nda
Umwe mu bagabo bazwiho kuvugira no guharanira uburenganzira bw'ababana bahuje ibitsina mu gihugu cya Uganda yatezwe n'abagizi ba nabi bamutera icyuma mu nda.
Bwana Kabuye Steven uzwi cyane mu gihugu cya Uganda mu baharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwamishe amasasu menshi muri Kiev 5 bahasiga ubuzima abandi benshi barakomereka
Urufaya rw’amasasu y’ingabo z’u Burusiya kuri Kiev n’indi mijyi minini yo muri Ukraine rwahitanye abantu 5, naho abagera muri 92 barakomereka i Kharkiv kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024.
Muri iki gitondo, umujyi wa Kiev!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Igisirikare kirapfa iki na ‘Televiziyo ya Moise Katumbi’?
Imwe mu nkuru zavuzwe cyane kuva kuri Noheli muri DR Congo ni aho igisirikare cy’igihugu cyavuze ko cyihanije Nyota Television n’ibindi binyamakuru kubera inkuru zo “guhungabanya, guca intege no gucamo ibice igisirikare”.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Felix Tshisekedi yanikiye abo bahanganye, Katumbi icyizere kirayoyotse
Nyuma Y’amabarura atandukanye y’amajwi k’umwanya w’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi akomeje kuza imbere ya Moïse Katumbi wari umaze igihe ahabwa amahirwe yo kwegukana uwo mwanya.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 na FARDC bakomeje kwitana “bamwana” kuwatangiye gushoza intambara.
Umutwe wa M23 urwanyaLeta ya Congo uravuga ko ingabo z'igihugu FARDC arizo zatangiye kubarasaho mu gihe ingabo za Leta nazo zivuga ko uwo mutwe ariwo wabanje kubatera
Umuvugizi wa FARDC yatangaje ko M23 yarenze ku masezerano!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Moise Katumbi yasabye ko amatora aherutse gukorwa aseswa
Moise Katumbi umwe mu bahanganiye ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, yasabye ko amatora amaze iminsi abaye muri icyo gikorwa aseswa vuba na bwangu.
Mu itangazo yashyize ahagaragara, Katumbi avuga ko na komisiyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Yafunzwe amezi 10 azira mudasobwa yamwitiranyije n’umwicanyi
Umugabo wo mu Burusiya witwa Alexander Tsvetkov, umuhanga mu bya Siyansi wo mu Kigo cyitwa ‘Russian Academy of Sciences Institute’ yari amaze amezi icumi (10), ari mu bihe bijya gusa n’ijoro ridacya, nyuma yo gufungwa kandi ashobora!-->!-->!-->…
DRC: Bane mu bakandida ku mwanya wa perezida basabye ko amatora aba impfabusa
Abakandida bane mu matora ya perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo basohoye itangazo basaba ko amatora yabaye ku wa gatatu ahindurwa impfabusa.
Abo banyapolitiki ni umukuru w'abatavuga rumwe n'ubutegetsi Martin Fayulu,!-->!-->!-->!-->!-->…