Browsing Category
Mu Mahanga
DRC: M23 yahaye isomo FARDC n’abambari be yigarurira utundi duce tutari duke
Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa DRC wamaze kwigarurira utundi duce tutari duke nyuma y'imirwano ikaze yawushyamiranije n'ingabo za Leta n'indi mitwe iyifasha harimo wazalendo, FDLR n'indi myinshi.
Ni nyuma y’urugamba rwayihuje!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari Uherutse Gushingwa Kuyobora Ingabo Muri Kivu Ya Ruguru Yahamagajwe Igitaraganya
Général Major Chicko Tshitambue na bagenzi be baraye bohererejwe ubutumwa bw’uko bagomba gusubira i Kinshasa kugira ngo bagire ibyo babazwa ku biri kubera mu gace bashinzwe kuyoboramo ingabo.
Aho ni mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani y’Epfo: Amashuri yose yafunzwe kubera ubushyuhe
Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani y’Epfo yatangaje ko amashuri yose yahagaritswe kubera ikibazo cy’ubushyuhe bukabije bwugarije iki gihugu, ku buryo hari impunge ko bwagira ingaruka ku buzima bw’abatutage by’umwihariko abanyeshuri.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Haiti: Minisitiri w’intebe yeguriye mu buhungiro nyuma y’igitutu cya rubanda
Minisitiri w’intebe Henry Ariel wa Haiti yemeye kwegura nyuma y’ibyumweru ari ku gitutu kubera impagarara n'ubugizi bwa nabi birimo kwiyongera mu gihugu cye.
Bibaye nyuma y’uko abategetsi bo mu karere iki gihugu kirimo bateraniye!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage bongeye gutera hejuru basaba ko MONUSCO itaha iwabo
Bamwe mu baturage bo muri DRC baongeye kuzamura amajwi basaba ko ingabo za MONUSCO zihata iwabo vuba na bwangu nyuma y'aho basirikare bo mu mutwe wa M23 banyuze imbere y'aba MONUSCO ntibarase.
Abaturage batuye mu gace ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyeshyamba za M23 ziravugwaho gukorana n’abacanshuro b’abazungu mu ntambara na FARDC
Inyeshyamba za M23, zatangiye kuvugwaho gukorana n’abacanshuro b’Abazungu, zageze i Bwalanda, Mines, Katolo na SOMIKIVU, kuri iki cyumweru, itariki ya 10 Werurwe nyuma ya saa sita, nyuma y’iminsi 4 FARDC na wazalendo bihavuye ngo mu!-->!-->!-->…
Menya uyu mugore wiyise umugabo agashinga kompanyi ya ‘softwares’ yamugize umuherwe uzwi ku isi
Kuri benshi kandi mu gihe cy’imyaka myinshi, Stephanie Shirley yari “Steve”.
Kuri iryo zina niho yasinye inyandiko nyinshi nk’umukuru wa kompanyi ye ikora za softwares/ logiciels, nyuma y’uko izina rye ribanza rigaragaza ko ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bourkinafaso: Ibyihebe byateye mu rusengero byica abakristo bagera kuri 15 abandi barakomereka
Umutwe w'iterabwoba wagabye igitero muri kiliziya wica abasivili bagera kuri 15 ukomeretsa abandi batari bake.
Kuri iki cyumweru taliki ya 25 Gashyantare 2024 mu gihugu cya Bourkinafaso, umutwe w'iterabwoba wari witwaje ibirwanisho!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupilote wa gisirikare yitwikiye kuri ambasade ya Israel muri Amerika
Umusirikare utwara indege yitwikiye imbere ya ambasade ya Israel muri Amerika mu rwego rwo kugaragaza akababaro n'akarengane Israel ikorera abarabu bo muri Gaza.
Ahagana saa tanu z'amanywa zo kuri iki cyumweru taliki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Wa mu pasitoro uherutse kwigamba ko yashyingiwe akana yatawe muri yombi
Pierre Kas Kasambakana pastori ukuriye itorero Early Church of Yeshua Ha Mashyah ry’i Kinshasa muri DR Congo yafunzwe by’agateganyo nyuma y’amashusho yabonetse ashyingiranwa n’umukobwa bikekwa ko atujuje imyaka y’ubukure, nk’uko!-->!-->!-->…
Kabila yavuze impamvu atazitabira ibirori by’irahira rya Tshisekedi
Joseph KABILA wahoze ayobora igihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yatangaje ko atazitabira ibirori by'irahira rya Perezida Felix Tshisekedi.
Bwana Joseph Kabila wigeze kuyobora igihugu cya Repubulika iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Bobi Wine na Besigye bafungiwe mu ngo zabo ubwo bateguraga imyigaragambyo
Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Mutarama 2024, umuhanzi akaba umunyapoliki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Bobi Wine, afungiwe mu rugo iwe n’igipolisi cya Uganda nyuma yo kugota urugo rwe.
Bobi Wine yategetswe kuguma mu rugo!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Habayeho guhanahana infungwa z’intambara
Ukraine n’Uburusiya byaguranye amagana y’imfungwa z’intambara mu cyo abategetsi i Kyiv bavuze ko ari ko kugurana kunini cyane kubayeho muri iyi ntambara.
Ukraine yavuze ko imfungwa 230, zirimo abasirikare, barekuwe bava aho bari!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Steven Kabuye uvugira Abatinganyi yatezwe n’abagizi ba nabi bamutera icyuma mu nda
Umwe mu bagabo bazwiho kuvugira no guharanira uburenganzira bw'ababana bahuje ibitsina mu gihugu cya Uganda yatezwe n'abagizi ba nabi bamutera icyuma mu nda.
Bwana Kabuye Steven uzwi cyane mu gihugu cya Uganda mu baharanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwamishe amasasu menshi muri Kiev 5 bahasiga ubuzima abandi benshi barakomereka
Urufaya rw’amasasu y’ingabo z’u Burusiya kuri Kiev n’indi mijyi minini yo muri Ukraine rwahitanye abantu 5, naho abagera muri 92 barakomereka i Kharkiv kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024.
Muri iki gitondo, umujyi wa Kiev!-->!-->!-->!-->!-->…