Browsing Category
Ubukungu
Umukuru w’ikigega cy’imari ku isi FMI ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri
Umukuru w’ikigega mpuzamahanga cy’imari yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri nk’uko yabitangaje.
Kristalina Georgieva avuga ko yiteze kumva uko mu Rwanda no mu karere babona icyo kigega cyarushaho gufasha “cyane cyane mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Igihugu cya Uganda cyatangiye gucukura peterori
Igihugu cya Uganda cyatangaje ko kigiye gutangira ibikorwa byo gucukura peterori nyuma y'aho havumburiwe ko icyo gihugu kibitse ubwo bukungu bwitwa zahabu y'umukara.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 24 Mutarama 2023, perezida wa Uganda!-->!-->!-->!-->!-->…
RRA yatangaje ko yongereye ingano y’amfaranga ifata ku musoro ku nyungu yinjije
Ikigo cy’imisoro n’amahoro cyatangaje ko cyongereye ingano y’amafaranga gifata ku musoro ku nyungu kinjije, hagamijwe kongera asubizwa abasora babyemerewe n'amategeko.
Ibi ni bimwe mu bisubizo birimo gushakirwa ibibazo abanyenganda!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Binubira gutegekwa kwishyura umwenda koperative yafashe batabizi
Abahinga umuceri mu gishanga cy’Umwaro mu Murenge wa Rusatira mu Karere ka Huye, barinubira ko Koperative Imbereheza-Mwaro bibumbiyemo, yabategetse kwishyura umwenda ngo batazi uko wafashwe.
Nk’uko bivugwa na bamwe mu bari muri iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye akayabo Leta yigomwe kugira ngo ibiciro bya Lisansi na mazutu bitazamuka
Guverinoma y’u Rwanda yigomwe miliyari 4,4 Frw y’imisoro ituruka ku bikomoka kuri Peteroli mu Ukuboza 2022 na Mutarama 2023, kugira ngo ibiciro byabyo n’iby’ibindi bicuruzwa bidakomeza kuzamuka, bituma kuva muri Gicurasi uyu mwaka!-->!-->!-->…
Nyanza: Ba gitifu b’utugari bashyikirijwe za moto zizajya zibafasha mu kazi kabo
Akarere ka Nyanza kashyikirije abanyamabanga nshingwabikorwa b'utugari moto zizajya zibafasha mu kunoza akazi kabo ka buri munsi.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 26 Ugushyingo 2022 ku cyicaro cy'Akarere ka Nyanza habereye umuhango!-->!-->!-->!-->!-->…
RwandAir yatangiye ingendo zihuza Kigali na London
Ku Cyumweru taliki ya 6 Ugushingo, indege ya mbere ya Sosiyete Nyarwanda Ikora Ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangiye ingendo zerekeza ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya London Heathrow mu Bwongereza, mu kurushaho!-->!-->!-->…
Leta imaze guhomba asaga miliyari 2 ibitewe na WASAC, REG, UR, RRA na Karongi.
Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta yabwiye abagize inteko ishinga amategeko ko hakiri ibyuho byinshi bigituma Leta ihomba abakozi n’amafaranga biturutse kumicungire mibi aho ibigo bitanu Ari byo: WASAC, REG, UR, RRA n ’Akarerere ka!-->!-->!-->…
Elon Musk yegukanye Twitter kuri miliyari 44 ahita yirukana abari abayobozi bayo
Umuherwe wa mbere ku isi, Elon Musk yamaze kwegukana Twitter Inc. ku kiguzi cya miliyari 44 z’amadolari, abayobozi bane bakomeye barimo Umuyobozi Mukuru Parag Agrawal bahita birukanwa.
Abanyamigane ba Twitter bazishyurwa amadolari!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro inama mpuzamahanga y’itezweho kongera umubare…
Perezida Kagame yafunguye inama mpuzamahanga yitezweho kuzana amahirwe y’ishoramari n’ubufatanye bushya buzazamura umubare w’abatunze telefoni zigezweho, n’abakoresha internet muri Afurika ko hari byinshi umugabane umaze gukora mu!-->!-->!-->…
Nyanza: Ba gitifu b’utugari barabyinira ku rukoma nyuma y’aho bemerewe za Moto zibafasha…
Abanyamabanga nshingwabikorwa b'utugari twose twa Nyanza na DASSO bari mu byishimo byinshi nyuma y'aho byemejwe ko bagiye guhabwa za moto zizajya zibafasha mu kazi kabo.
Nyuma y'aho ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwami Charles III yatangiye guteza amwe mu mafarashi yasigiwe na nyina uherutse gupfa
Umwami Charles III arimo kugurisha amwe mu mafarashi yo gusiganwa yarazwe na nyina Umwamikazi Elizabeth II.
Uyu mwamikazi yari umworozi ukomeye w’amafarashi yo gusiganwa ndetse bizwi ko yakundaga kujya ku masiganwa yazo no!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisiteri y’ubucuruzi MINICOM yafashe Imashini z’ibiryabarezi zirenga 170
Minisiteri y'Ubucuruzi n'Inganda iri mu mukwabu wo gufata imashini zikinirwaho imikino y’amahirwe zizwi nk’ibiryabarezi, ku buryo izibarirwa mu 170 zimaze gufatwa.
Abakozi ba MINICOM ndetse n’izindi nzego bafatanyije muri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Gitifu w’umurenge n’uw’Akagali biraye mu myaka y’abaturage…
Ubuyobozi bw'Umurenge n'ubw'Akagali bwiraye mu myaka y'abaturage burayirandura kubera ko abaturage bahinze mu mujyi.
Abaturage bo mu Karere ka Nyagatare, mu murenge wa Nyagatare ho mu kagali ka Barija bari kurira ayo kwarika nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Centrafrique: hatangijwe ifaranga rya cryptocurrency bise Sango
Perezida wa Centerafrique Faustin Archange Touadéra, abicishije ku mbuga nkoranyambaga, ku cyumweru yatangaje iby’iri faranga rishya ryemewe na leta ryo mu bwoko bwa ‘cryptocurrency’, bise Sango – ururimi ruvugwa na benshi muri iki!-->!-->!-->…