Browsing Category
Ubukungu
Abafite inganda baravuga ko bakibangamirwa n’ibyo gupfunyikamo ibyo bakora bigihenze
Abafite inganda basanga gushyira imbaraga mu gushora imari mu gukora ibikoresho bipfunyikwamo, ari byo bizatuma bimwe mu bikorerwa mu nganda zo mu Rwanda bigabanya ibiciro kuko kugeza ubu ibipfunyikwamo ibicuruzwa bigituruka hanze.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo:Barira ayo kwarika nyuma y’uko Perezida n’Umubitsi bariye imitungo…
Umujyi wa Kigali akarere ka Gasabo Umurenge wa Rusororo akagari ka Mbandazi,Abagize itsinda Terere u Rwanda,bararira ayo kwarika bagatabaza Ubuyobozi kubera Perezida n'Umubitsi babaririye imitungo n'ubwizigame bwabo.
Ni nyuma yo guterwa!-->!-->!-->…
RRA igiye gutangiza ikoranabuhanga rifasha abaturage guhererekanya ibinyabiziga batiriwe bayigana
Guhera tariki ya 16 Ukwakira 2024 Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro kizatangiza ikoranabuhanga ryorohereza abaturage guhererekanya ibinyabiziga batiriwe bagana iki kigo.
Ibi byatangajwe ubwo hatangizwaga ukwezi kwahariwe abasora ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Iburasirazuba: Million 80 zatikiraga nyuma ya expo zabonewe umuti, abamurika biruhutsa umutima.
Million 80 zitakara nyuma y'uko imurikagurisha rirangiye aho abamurika basenya ibyo bubatse mbere bari kwitegura aho bazamurikira ibikorwa byabo bakavuga ko ari igihombo bahura nacyo nyamara mu gihe bubakiwe aho bamurikira ibikorwa!-->!-->!-->…
Umwalimu SACCO wisubiyeho ku mitangire y’inguzanyo
Mu ntangiriro z’iki Cyumweru, Ubuyobozi bwa Koperative Umwalimu SACCO bwari bwatangaje ko bugiye gutanga inguzanyo gahoro gahoro kubera ko inguzanyo zari zigeze ku gipimo cya 85%.
Itangazo rigenewe abanyamuryango ryavugaga ko kuva!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame Yafunguye Uruganda Rushya Rukora Sima
Ni uruganda rwatashywe ku mugaragaro na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ruzuzura burundu rutwaye akayabo ka miliyoni imwe y’amadolari y’Amerika, ni ukuvuga amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari imwe na miyoni 180.
!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rugiye kubaka ububiko bugari bwa gaz n’uruganda rwayo
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente aratangaza ko u Rwanda rufite umushinga wo kubaka ububiko bugari bwa gaz ndetse n’uruganda rwayo mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije.
Yavuze ko gaz ari igisubizo kirambye ku kibazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Indege ya mbere ya RwandAir yaraye igeze i Paris
Ahagana saa sita n’igice z’ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri, ni bwo indege ya mbere ya RwandAir itwaye abagenzi berekeza i Paris mu Bufaransa nta handi hantu ihagaze yahagurutse ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaruro mbumbe w’igihugu warazamutse muri iki gihembwe ugereranyije n’umwaka washize
Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2023, umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 3.901 Frw uvuye kuri miliyari 3.021 Frw wari uriho mu gihembwe cya mbere cy’umwaka ushize.
Urwego rwa serivisi rwagize uruhare rungana na 44%!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwagabanyije amahoro ya gasutamo kuri bimwe mu bicuruzwa
Mu rwego rwo korohereza abaturage kugura bicuruzwa bimwe na bimwe by’ingenzi, u Rwanda rwemerewe guca imisoro ya gasutamo iri munsi y’iya EAC.
Umuceri utumizwa mu mahanga uzishyura amahoro ya gasutamo ku gipimo cya 45% cyangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingengo y’Imari y’Umwaka wa 2023-2024 yariyongereye ugereranyije n’iy’Umwaka wa 2022-2023
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko Umushinga w’Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2023-2024 irenga miliyari 5,030 na miliyoni 100Frw, ikaba yariyongereho miliyari 265 na miliyoni!-->!-->!-->…
Bugesera: Barasabira ibihano abacuruzi binangiye banga gucuruza ku biciro Leta yashyizeho
Hari abaturage bo mu Karere ka Bugesera bavuga ko hari abacuruzi binangiye banga gucuruza bimwe mu bicuruzwa ku giciro cyashyizweho na Leta
Hari abaturage batuye mu murenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera bashinja bamwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Sobanukirwa ivugururwa ku misoro Leta yaraye ikoze
Inama y’Abaminisitiri yemeje imisoro ivuguruye hashingiwe ku cyerekezo cyatanzwe n’Umukuru w’lgihugu muri Mutarama 2023 hamwe na gahunda yo kuvugurura imisoro (MTRS) yari yemejwe muri Gicurasi 2022.
Gahunda yo kuvugurura imisoro!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagore 2 gusa nibo bari ku rutonde rw’abantu 30 batunze byibuze miliyoni 10 z’amadorari
Abagore batarenga babiri nibo bonyine gusa bagaragara ku rutonde rw'Abanyarwanda batunze agatubutse
Mu mibereho y'Abanyarwanda, abantu ntibakunze kwemera ko bakize, yewe n'ababigezeho rimwe na rimwe bakunze kubihisha ntibabishire ku!-->!-->!-->…
RwandAir yaguze indege igezweho igiye kwagura ingendo za kure
Ubuyobozi bwa Sosiyete Nyarwanda ikora ubwikorezi bw’abantu n’ibintu mu kirere (RwandAit), bwatangaje ko bwishimiye kwakira indege nshya kandi igezweho igiye kwagura ingendo zo mu kirere za kure.
Iyo ndege yo mu bwoko bwa!-->!-->!-->!-->!-->…
![RPF](https://indorerwamo.com/wp-content/uploads/2024/06/image-144.png)