Browsing Category
Umutekano
Bugesera: Umugabo yishe mugenzi we amuteye icyuma mu mutima.
Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ntarama mu Kagari ka Kanzeze mu Mudugudu wa Kabaha, haravugwa urupfu rw'umugabo witwa Irambona Jean Marie, wari mu kigero kimyaka 32 bikekwa ko yishwe na mugenzi we amuteye icyuma mu mutima.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Hamenyekanye impamvu umusirikare wa Afrika y’Epfo yirashe nyumayo kwica mugenzi we
Nyuma y'aho kuri uyu wa 29 Gashyantare 2024 umwe mu basirikare ba Afrika y'Epfo bari mu butumwa bwa SADC yishe arashe mugenzi we nawe akirasa, bamwe mu basirikare bagenzi be batangaje icyaba cyihishe nyuma y'icyo gikorwa cyakozwe na!-->!-->!-->…
Abaturage b’u Burundi banenze abasirikare babo bahungiye mu basivili bigatuma bicwa
Guverinoma y’Uburundi iremeza ko hapfuye abantu 9 barimo abagore 6 n’umusirikare mu bitero by’abantu bitwaje intwaro byagabwe i Buringa na Gihanga mu ijoro ryo ku ya 25 Gashyantare 2024.
Umunyamabanga mukuru wa leta y’u Burundi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: RED-Tabara yemeye ko ariyo yagabye ikindi gitero mu Burundi
Inyeshyamba za RED-Tabara zimaze gushyira itangazo hanze zemera ko arizo zateye mu ntara ya Bubanza igitero cyahitanye abatari bake.
Ubinyujije ku rukuta rwayo rwa twitter, umutwe wa RED-Tabara watangaje ko ariwo wagabye igitero ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’u Burundi imaze gushyira hanze abaraye bahitwanywe n’igitero cya RED-Tabara
Umuvugizi wa Leta y'u Burundi amaze kwemeza igitero cyaraye gikozwe n'umutwe wa RED-Tabara yongera ashyira mu majwi Leta y'u Rwanda ko ariyo ikomeje gufasha no gucumbikira uwo mutwe w'iterabwoba.
Mu nkuru yacu yo muri kino gitondo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umugore arashakishwa nyuma yo gutera umugabo we icyuma
Nyirabutoragurwa Rachel w’imyaka 38 arashakishwa n’Inzego z’umutekano zimukurikiranyeho gutera icyuma umugabo we witwa Ntawugayimana Jacques w’imyaka 43, akamukomeretsa bikomeye ibitugu byombi n’akaboko.
Uyu mubyeyi akekwaho kuba!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Leta irigamba kuba yagaruye agahenge i Sake
Leta ya DR Congo yatangaje ko ituze ryagarutse muri 'centre' ya Sake muri Masisi nyuma y’uko abantu basaga ibihumbi kuwa gatatu bayivuyemo bagahunga berekeza i Goma.
Minisiteri y’itumanaho yatangaje ko leta ishimira ingabo za FARDC!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu mujyi wa Goma hamaze kugwa ikimdi gisasu kiremereye
Kubera imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ingabo za Congo n’abo bafatanyije ikomeje gusatira umujyi wa Goma mu Burasirazuba bw’icyo gihugu, uyu mujyi wa Goma ukomeje kujya mu kaga ko kugubwaho n’ibisasu.
Uyu munsi tariki 7!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Polisi yataye muri yombi umugabo wasambayanga akana ke k’agakobwa k’imyaka…
Polisi ikorera mu Karere ka Nyagatare yataye muri yombi umugabo bivugwa ko yasambanyaga akana ke k'agakobwa k'imyaka itatu y'amavuko.
Ku wa 4 Gashyantare 2024 nibwo hamenyekanye amakuru ko uwo mugabo asambanya umwana w’umukobwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umwarimu yafatiwe mu gashyamba ari gusambanya umwana w’imyaka 15
Umwarimu w’imyaka 32 wigisha mu ishuri ribanza rya Mukenke, mu Murenge wa Nkungu, Akarere ka Rusizi, ari mu maboko y’ubuyobozi nyuma yo gufatirwa mu cyuho asambanyiriza umwana w’imyaka 15 mu ishyamba ry’umuturage riri muri uyu murenge.!-->!-->!-->…
Musanze: Umugore n’umugabo batawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwica umwana wabo
Haria ababyeyi bo mu Karere ka Musanze batawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwiyicira umwana wabo bamuziza ko yabibye.
Umugabo n'umugore we batuye mu Karere ka Musanze mu murenge wa Gataraga, akagari ka Rungu batawe muri yombi n'inzego!-->!-->!-->…
Ba basirikare 2 ba FARDC baherutse gufatirwa mu Rwanda basubijwe iwabo
Ubuyobozi bw’ingabo za Congo, FARDC, bwatangaje ko bwakiriye abasirikare babiri bari bafatiwe mu Rwanda, nyuma yo kuvogera umupaka ku ntera irenga kilometero bagakora ibikorwa byo kwambura abaturage, ndetse umwe akaraswa agapfa ubwo!-->!-->!-->…
Muhanga: Abagabo 3 bafatiwe mu cyuho batangiye gucukura butiki y’abandi
Irondo ry’umwuga rikorera mu Mudugudu wa Rutenga, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, ryafatiye mu cyuho abagabo 3 bari hagati y’imyaka 26 na 30 bitwikiriye ijoro bajya gucukura inzu ikorerwamo ubucuruzi bwa!-->!-->!-->…
RDF Yatangaje ko U Rwanda rwongeye kuvogerwa.
Mu itangazo ryashyizwe hanze ku rubuga rw'ingabo z'U Rwanda mu kanya kashize, hagaragajwemo ko u Rwanda rwongeye kuvogerwa n'abasirikare ba Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Bagaragaje ko ari batatu binjiye, harimo Sgt Asman!-->!-->!-->…
Kigali:RIB yataye muri yombi abantu batatu bakekwaho gucura ibyangombwa byo ku baka
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi abantu batatu barimo Enjeniyeri , bakekwaho gucura ibyangombwa byo kubaka.
RIB ku rubuga rwa X yavuze ko “Ku bufatanye n’izindi nzego,RIB imaze igihe ikora iperereza ku bantu!-->!-->!-->…