Browsing Category
Umutekano
Ku rugo rwa Rihanna humvikanye amasasu
Ku rugo rwa Rihanna ruri mu gace ka Beverly Hills muri California humvikanye urusaku rw'imbunda, nk'uko polisi ibitangaza.
Abapolisi muri Los Angeles batabajwe nyuma yo kurasa kwabaye ahagana saa 13:15 ku isaha yaho (saa 23:15 i Gitega!-->!-->!-->…
Abasore babiri bagaragaye bahondagura ingumi n’imigeri umukobwa batawe muri yombi
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko abasore babiri bagaragaye bakurubana ari nako bakubita umukobwa imigere mu mutwe kuri ubu bafashwe, bakaba bamaze gutabwa muri yombi.
Abantu bakoresha imbugankoranyambaga, kuri uyu wa!-->!-->!-->…
Texas: Uwishe arashe abantu 2 yasanganywe amafoto y’abayobozi ba Iran
Abantu babiri bapfuye abandi barenga icumi barakomereka mu iraswa ryabereye mu busitani bw’ahantu bafatira icyo kunywa i Austin, muri Texas, mu gihe FBI ivuga ko bishobora kuba bifitanye isano n’iterabwoba.
Polisi ya Austin yatangaje ko!-->!-->!-->…
Kenya: Ukekwaho gucuruza abanya-Kenya bakajya kurwanira Uburusiya yatawe muri yombi
Inzego z’ubuyobozi muri Kenya, zataye muri yombi umugabo ukekwaho kohereza abanyakenya 25 kujya kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine.
Guverinoma ya Kenya iherutse gutangaza ko abarenga 1000 bo muri Kenya, bahawe!-->!-->!-->…
Kigali: Umugore uherutse kugaragara mu ruhame akubita umugabo we yatawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko umugore uherutse kugaragara mu mashusho akubita umugabo we inshyi, yatawe muri yombi ndetse dosiye ye ikaba yatangiye gukorwa ngo ishyikirizwe Ubugenzacyaha.
Ku itariki 21!-->!-->!-->…
Bugesera: RIB yataye muri yombi umugabo ukekwaho gusagarira umugore usukura umuhanda
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo w’imyaka 58 y’amavuko ukekwaho gukubita umugore ukora akazi ko gusukura umuhanda mu Karere ka Bugesera.
Uwo mugabo witwa Jean Bosco Rutikanga!-->!-->!-->…
Rubavu:Umugabo yafatiye mugenzi we hejuru y’umugore we aramuhondagura amugira intere
Umugabo witwa Ntakirutimana aravugwaho gukubita no gukomeretsa umugabo yasanze aryamanye n’umugore we, ubuyobozi bugasaba abaturage kwirinda kwihanira.
Abaturage baganiriye na BTN TV ntibavuga rumwe ku byerekeranye no kwihanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umugore w’imyaka 34 akurikiranyweho gusambanya agasore k’imyaka 14
Umugore w’imyaka 34 wo mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 y’amavuko akamushukisha 1 000Frw, yemera icyaha agasobanura ko uyu mwana ari we wamusabye ko basambana, kuko we!-->!-->!-->…
Imyiteguro yo gutera Iran mu minsi ya vuba cyane irarimbanije.
Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zivugwaho umugambi wo kugaba igitero muri Iran mu mpera z’iki cyumweru nyuma y’amezi umunani zangije ibikorwaremezo bya nucléaire by’ingenzi.
CNN yatangaje ko amakuru yakuye ku masoko!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Bwana Uwimpuhwe yafatiwe mu cyuho yiba insinga za muri BRALIRWA
Kuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwa Gisenyi mu Karere ka Rubavu hafungiye Uwimpuhwe Eric w’imyaka 35, wafatiwe mu ruganda rwa BRALIRWA ashaka kwiba insinga z’amashanyarazi, aho yasanzwe afite n’urundi rutsinga yibye.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Yatawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusambanya umwana w’imyaka ine
Umusore w’imyaka 29 wo mu Karere ka Rutsiro yafunzwe akekwaho gusambanya umwana ufite imyaka ine y’ubukure.
Amakuru avuga ko uyu musore yafatiwe mu Murenge wa Gihango, Akagari ka Teba ho mu Mudugudu wa Kanebwe, mu gitondo cyo ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Pakistan: Abarenga 30 baguye mu gitero cy’iterabwoba cyabereye mu musigiti
Abantu bagera kuri 31 bari mu musigiti bari gusenga kuri uyu wa gatanu mu gihugu cya Pakistan, batikiriye mu gitero cy'iterabwoba cyakozwe n'umuntu utari wamenyekana.
Kuri uyu wa gatanu abantu bagera kuri 31 bishwe n’igisasu!-->!-->!-->…
Muhanga: Yishwe atewe icyuma na mugenzi we basangiraga inzoga
Umugabo w’imyaka 30 witwa Mbituyimana Ildephonse yishwe atewe icyuma na Twagirimana Erneste w’imyaka 44 mu Mudugudu wa Musagara, Akagari ka Rucyeri, Umurenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga.
Amakuru yamenyekanye ahagana saa tanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibitaravuzwe ku gitero AFC/M23 yagabye ku kibuga cy’indege cya Kisangani
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama kugeza ku ya 1 Gashyantare 2026 ryagabye igitero cya drones ku kibuga cy’indege cya Bangoka, i Kisangani mu!-->!-->!-->…
Ruhango: Umusore na nyina batawe muri yombi bakekwaho kwica se
Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi umugore w’imyaka 60 n’umuhungu we w’imyaka 26 bakekwaho kwica umugabo we, ari na we se w’uwo musore.
Ibi byabaye ku wa 19 Mutarama 2026, mu Mudugudu wa Kivomo, Akagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…