Browsing Category
Umutekano
Mali: Nyuma y’iyicwa rya Minisitiri w’ingabo, perezida Assimi niwe ugiye kwiyoborera iyo…
Perezida wa Mali Jenerali Assimi Goïta yafashe n'inshingano zo kuba Minisitiri w'ingabo w'iki gihugu mu muhate wo guhashya imitwe yitwaje intwaro yugarije iki gihugu.
Goïta afashe izi nshingano nyuma y'uko mu cyumweru cyashize Sadio!-->!-->!-->…
Malawi: Giramata yahamijwe icyaha cyo kwiyicira umugabo, akatirwa gufungwa imyaka 40
Umunyarwandakazi witwa Giramata Gentille yaraye akatiwe igihano cyo gufungwa imyaka 40 nyuma y'aho urukiko rukuru rwa Lilongwe rumuhamije icyaha cyo kwiyicira umugabo we abifashijwemo n'uwari umushoferi wabo.
Urukiko rukuru rwa Lilongwe!-->!-->!-->…
Rwamagana: Umugore n’umuhungu we bafunzwe bakekwaho kwica se
Umugore w’imyaka 45 n’umuhungu we w’imyaka 22 bo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Fumbwe, batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukekwaho kwica se bamutemaguye.
Ibi byabaye mu ijoro ryakeye tariki ya 27 Mata 2026, mu!-->!-->!-->…
Hatangajwe umwirondoro w’umwarimu washatse kwivugana Perezida Trump
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize hanze umwirondoro w'umwarimu wigisha mu mashuri yisumbuye muri Leta ya California washatse kwivugana Perezida Donald Trump wari mu musangiro n'abanyamakuru n'abandi bayobozi.
Umugabo watawe muri!-->!-->!-->…
Rubavu: Abantu 11 bafungiwe ubujura bw’insinga z’amashanyarazi
Abantu 11 bikekwa ko bamaze iminsi baca intsinga z’amashanyarazi mu Mujyi wa Rubavu, batawe muri yombi banafatanwa bimwe mu bikoresho bakoresha bazica, bamwe banafatanwa insinga zirimo izishishuye.
Umwe mu bari mu mukwabu wo kubafata!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Akurikiranyweho gusambanya umwana w’umugore we
Kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha( RIB) ya Macuba mu Karere ka Nyamasheke, hafungiye Karera Emile w’imyaka 30 ukurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 13 w’umugore bashakanye.
Bivugwa ko Karera yasambanyije uyu mwana ahengereye!-->!-->!-->…
Goma: Abaturage bigaragambije, basaba AFC/M23 kubohora RDC yose
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Werurwe 2026, abaturage benshi batuye i Goma bahuriye mu myigaragambyo yamagana igitero cya drones ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye muri uyu mujyi, basaba ihuriro AFC/M23 kubohora iki!-->…
RIB yerekanye abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye abasore babiri bakekwaho ibyaha Bitanu by’ubugome birimo gusambanya umwana, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, kurema umutwe!-->…
Ku rugo rwa Rihanna humvikanye amasasu
Ku rugo rwa Rihanna ruri mu gace ka Beverly Hills muri California humvikanye urusaku rw'imbunda, nk'uko polisi ibitangaza.
Abapolisi muri Los Angeles batabajwe nyuma yo kurasa kwabaye ahagana saa 13:15 ku isaha yaho (saa 23:15 i Gitega!-->!-->!-->…
Abasore babiri bagaragaye bahondagura ingumi n’imigeri umukobwa batawe muri yombi
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko abasore babiri bagaragaye bakurubana ari nako bakubita umukobwa imigere mu mutwe kuri ubu bafashwe, bakaba bamaze gutabwa muri yombi.
Abantu bakoresha imbugankoranyambaga, kuri uyu wa!-->!-->!-->…
Texas: Uwishe arashe abantu 2 yasanganywe amafoto y’abayobozi ba Iran
Abantu babiri bapfuye abandi barenga icumi barakomereka mu iraswa ryabereye mu busitani bw’ahantu bafatira icyo kunywa i Austin, muri Texas, mu gihe FBI ivuga ko bishobora kuba bifitanye isano n’iterabwoba.
Polisi ya Austin yatangaje ko!-->!-->!-->…
Kenya: Ukekwaho gucuruza abanya-Kenya bakajya kurwanira Uburusiya yatawe muri yombi
Inzego z’ubuyobozi muri Kenya, zataye muri yombi umugabo ukekwaho kohereza abanyakenya 25 kujya kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine.
Guverinoma ya Kenya iherutse gutangaza ko abarenga 1000 bo muri Kenya, bahawe!-->!-->!-->…
Kigali: Umugore uherutse kugaragara mu ruhame akubita umugabo we yatawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko umugore uherutse kugaragara mu mashusho akubita umugabo we inshyi, yatawe muri yombi ndetse dosiye ye ikaba yatangiye gukorwa ngo ishyikirizwe Ubugenzacyaha.
Ku itariki 21!-->!-->!-->…
Bugesera: RIB yataye muri yombi umugabo ukekwaho gusagarira umugore usukura umuhanda
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo w’imyaka 58 y’amavuko ukekwaho gukubita umugore ukora akazi ko gusukura umuhanda mu Karere ka Bugesera.
Uwo mugabo witwa Jean Bosco Rutikanga!-->!-->!-->…
Rubavu:Umugabo yafatiye mugenzi we hejuru y’umugore we aramuhondagura amugira intere
Umugabo witwa Ntakirutimana aravugwaho gukubita no gukomeretsa umugabo yasanze aryamanye n’umugore we, ubuyobozi bugasaba abaturage kwirinda kwihanira.
Abaturage baganiriye na BTN TV ntibavuga rumwe ku byerekeranye no kwihanira!-->!-->!-->!-->!-->…