Browsing Category
Ubuzima
Urukiko rwanzuye ku rubanza rwa DJ Toxxyk
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Shema Arnold de Bosscher uzwi nka DJ Toxxyk ibyaha yari akurikiranyweho, rumuhanisha gutanga ihazabu ya 1.050.000 Frw no gukora imirimo y’inyungu rusange mu gihe cy’amezi atatu ariko asubitse mu!-->…
Perezida wa Tanzania yihanganishije umuryango w’umukinnyi wa filime wapfuye
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu yihanganishije umuryango wa nyakwigendera Hashim Kambi, umukinnyi wa filime w’izina rikomeye muri iki gihugu uherutse kwitaba Imana.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Samia Suluhu yavuze ko!-->!-->!-->…
Ngoma: Umuntu umwe yakubiswe n’inkuba arapfa, abandi 26 barakomereka
Abantu bagera kuri 26 baraye bakubiswe n'inkuba undi umwe ahasiga ubuzima mu Karere ka Ngoma mu mvura yaguye ejo ku manywa.
Amakuru aturuka mu Karere ka Ngoma avuga ko abantu bagera kuri 26 bakubiswe n'inkuba undi umwe arapfa ejo ku wa!-->!-->!-->…
Ghana: Rutahizamu Dominic Frimpong yiciwe mu gico cy’amabandi
Rutahizamu ukina anyuze mu mpande muri Berekum Chelsea yo mu Cyiciro cya Mbere muri Ghana, Dominic Frimpong, yapfiriye mu gitero cy’amabandi cyagabwe ku modoka y’ikipe.
Ku Cyumweru, tariki ya 12 Mata 2026, ni bwo Berekum Chelsea!-->!-->!-->…
Nkulikiyimfura wayoboraga Akagera Aviation yitabye Imana
Nkulikiyimfura Patrick, wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe gutanga serivisi n’amahugurwa ku bijyanye n’indege (Akagera Aviation) yitabye Imana afite imyaka 57. Nk’uko umuryango we wabitangaje, Nkulikiyimfura yitabye Imana mu rukerera!-->…
Bugesera: Imibiri 52 y’abishwe muri Jenoside yashyinguwe mu cyubahiro, hashimwa ubutwari…
Mu Karere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Mata 2026, hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 52 y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yabonetse mu mirenge ya Gashora na Rilima.
Ni igikorwa cyabaye mu gihe u!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Urukuta rw’inzu rwagwiriye umugore n’umwana we, ndetse n’uwari waje kubasura…
Abaturage batatu bo mu Mudugudu wa Rebero, mu Kagari ka Rwaza mu Karere ka Rubavu bagwiriwe n’inzu nyuma y’imvura nyinshi yaguye ku mugoroba wo ku wa 25 Werurwe 2026.
Ababibonye bavuze ko kuva mu gitondo imvura yiriwe igwa muri ako!-->!-->!-->…
Muhanga: Umushoferi yarohamanye n’ikamyo muri Nyabarongo
Mu Karere ka Muhanga hakomeje gusubirwamo inkuru y’umushoferi w’imyaka 43 warohamanye n’ikamyo yari atwaye, mu mugezi wa Nyabarongo, kugeza ubu akaba yakomeje kuburirwa irengero.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibikomoka kuri peteroli byazamutse nyuma y’aho Iran yanze ibiganiro bitaziguye n’Amerika
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isi byongeye kuzamuka ku masoko mpuzamahanga mu gitondo cyo kuri uyu wa kane muri Aziya. Ibi bibaye nyuma y'aho Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Irani avuze ko igihugu cye "ubu nta mugambi wo!-->…
Umuhungu wigaga muri RP Tumba College yasanzwe mu nzu we n’umukobwa wari wamusuye bapfuye
Umuhungu wigaga muri Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubunenyingiro ishami rya Tumba mu Karere ka Rulindo yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo amanitse mu nzitiramibu yapfuye ndetse n’umukobwa wari waje kumusura na we aryamye hasi yapfuye.
Ibyo!-->!-->!-->…
Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyongeye kurenga $100 ku kagunguru
Igiciro ku bipimo mpuzamahanga cy’ibiva kuri peteroli (Brent crude) cyongeye kurenga amadolari 100 y’Amerika ku kagunguru, nyuma yo kugabanuka cyane ku wa mbere.
Uyavunje mu mafaranga y’u Rwanda, ayo angana na 145,000 ku kagunguru.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Imbangukiragutabara enye zatwitswe i London mu gikekwa ko ari igitero cy’urwango ku Bayahudi
Imbangukiragutabara enye z’Abayahudi zitanga serivisi z’ubutabazi zatwitswe mu majyaruguru y'umurwa mukuru Londres w'Ubwongereza.
Polisi y'Ubwongereza ivuga ko ibi bitero bifatwa nk’icyaha cy’urwango rushingiye ku kwanga Abayahudi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Batatu barohamye mu kiyaga cya Mugesera umwe arapfa
Uwitwa Niyonsenga Emmanuel w’imyaka 23 wo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Mugesera yarohamye mu Kiyaga cya Mugesera ahita ahasiga ubuzima, babiri bari kumwe bava mu mazi ari bazima bajyanwa kwa muganga.
Abo basore bahuye n’iyo!-->!-->!-->…
Kenya: Abanyeshuri baguye mu cyobo cy’amazi bagiye kureba Perezida Ruto
Abanyeshuri 11 bo mu ishuri rya Kapsabet baguye mu cyobo kibika amazi yanduye, ku wa 12 Werurwe 2026, ndetse bamwe bikekwa ko bapfuye.
Iri shuri risanzwe ryigamo abanyeshuri b’abakobwa gusa kandi na bo bafite ubumuga bwo kutumva,!-->!-->!-->…
Karongi: Umunyeshuri warangizaga kaminuza yarohamye mu Kiyaga cya Kivu
Cyuzuzo Grâce w’imyaka 23 warangizaga kaminuza muri Koleji y’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (CST) mu Mujyi wa Kigali, ku wa Mbere tariki ya 09 Wewrurwe, yarohowe mu Kiyaga cya Kivu yarohamyemo ku Cyumweru ahagana saa kumi n’ebyiri!-->!-->!-->…