Browsing Category
Ubuzima
Bugesera: Abakoresha umuhanda Mwogo-Nyamata babangamiwe nuko wangiritse.
Abaturage bo mu Murenge wa Mwogo bavuga ko babangamiwe n'iyangirika ry'umuhanda ubahuza n'Umurenge wa Nyamata aho bemeza ko icyo kibazo cyabangamiye kikanahagarika ingendo z'abakora ubuhinzi bw'umuceri bo mu gishanga cya Rurambi aho!-->!-->!-->…
U Budage: Umunyeshuri wari uvuye mu Rwanda yaketsweho Marburg bihagarika gare ya moshi
Umuntu umwe bivugwa ko ari umunyeshuri wari uvuye mu Rwanda n’umukobwa bakundana baketsweho ko banduye indwara ya Marburg ubwo bari muri gare ya moshi mu mujyi wa Hambourg mu Budage, bituma urugendo ruhagarikwa inzego z’ubuzima!-->!-->!-->…
Rulindo: Abantu 26 bariye umuceri bikekwa ko uhumanye babiri muri bo barapfa
Abaturage bo mu Mudugudu wa Musega, Akagari ka Kivugiza umurenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo, bari mu gahinda nyuma y’urupfu rw’abantu babiri n’abandi bantu 24 bajyanwe mu bitaro nyuma yo kumererwa nabi biturutse ku muceri bariye!-->!-->!-->…
Ibirego bishya birenga 100 harimo n’icy’umwana wari ufite imyaka 9 biremereye P. Diddy
Abantu barenga 100 bagiye kurega umuhanzi Sean 'Diddy' Combs ihohotera rishingiye ku gitsina, gufata ku ngufu, no kubakoresha uburaya bugamije inyungu, nk’uko umunyamategeko yabivuze.
Tony Buzbee, umunyamategeko wo muri leta ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibihugu bya Libani, Siriya na Irani byatangiye icyunamo cy’iminsi 5
Mu gihe kirenga icyumweru, ingabo za Isiraheli zakomeje gutera ibisasu muri Libani, hagamijwe kurandura Hezbollah. Bwa mbere kuva intambara yatangira, Leta ya Isiraheli yibasiye umujyi wa Beyrouth.
Kugeza ubu, Isiraheli yagabye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umurambo w’umuntu utaramenyekana imyirondoro wabonywe mu Kivu
Mu ma saa tatu z’igitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 29 Nzeri 2024, mu kiyaga cya Kivu, ku gice cy’Umudugudu wa Gahwazi, Akagari ka Kamatita, Umurenge wa Gihundwe, Akarere ka Rusizi habonetse umurambo w’umugabo wo mu kigero cy’imyaka!-->!-->!-->…
DR Congo: Buri saha abagore babiri bafatwa ku ngufu
Médecins Sans Frontières (MSF), umuryango w’abaganga batanga ubufasha, uvuga ko wavuye abantu barenga 25,000 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina muri DR Congo mu mwaka wa 2023 gusa. Ivuga ko abo ari abantu babiri buri saha, kandi!-->!-->!-->…
Imibare mishya ya Minisante yerekana ko abantu 300 bahuye n’abarwayi 26 ba Marburg
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yemeje ko hamaze kuboneka abahuye n’abarwayi ba Marbug bamaze kuboneka mu Rwanda basaga 300, bakaba bashobora no kwiyongera kuko ibipimo bikomeje gufatwa ku bakekwa guhura na bo.
Minisitiri w’Ubuzima!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasade ya Amerika mu Rwanda imaze gushyira abakozi bayo muri “Gumamurugo”
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abakozi ba Ambasade yayo mu Rwanda gukora bifashishije ikoranabuhanga aho kujya mu biro, kubera icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu Rwanda.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Ambasade y’Amerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusuwisi Muriel Furrer yitabye Imana azize ibikomere yagiriye mu irushanwa
Umusuwisi Muriel Furrer yitabye Imana nyuma yo kugira ibikomere ku mutwe ubwo yari mu isiganwa rya Shampiyona y’Isi iri kubera i Zurich.
Uyu mukobwa w’imyaka 18, yaguye ku wa Kane w’iki cyumweru ubwo yari mu isiganwa ryo mu muhanda.!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu batandatu bamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yatangaje ko abantu batandatu mu Rwanda bamaze guhitanwa n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa n’agakoko ka Marburg, mu gihe hari abandi 20 bamaze kucyandura.
Kuri uyu wa 28 Nzeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umugabo wishe umwana we yakatiwe
Ku wa 24 Nzeri 2024, Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahamije umugabo witwa Baraturwango Nathan icyaha cy’ubwicanyi, n’ icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake, rumukatira igihano cy’igifungo cya burundu.
Iki cyaha cyabereye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Biyemeje gukaza amarondo mu kurwanya ibyaha
Mu nama y’umutekano yaguye yasuzumiwemo uko umutekano wari uhagaze kuva muri Nyakanga kugeza muri uku kwezi kwa Nzeri 2024 mu Karere ka Kirehe, hafatiwemo ingamba zirimo ko inzego z’ubuyobozi zigiye gufatanya n’abaturage gushyira imbaraga!-->…
Menya byinshi kuri virusi ya Marburg yagaragaye mu Rwanda
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg.
Mu itangazo yanyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Minisiteri y’ubuzima yavuze ko ibimenyetso!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Francis atewe isoni n’ibyaha bishingiye ku gitsina abashumba ba Kiliziya bakoreye abana
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yatangaje ko Kiliziya ikwiye kwicuza igaterwa isoni ndetse igasaba imbabazi ku byaha bishingiye ku gitsina, bamwe mu bashumba bayo bagiye bakorera abana bato.
Papa Francis yabivuze ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…