Browsing Category
Ubuzima
Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame
Iyi nyandiko ya Madamu Jeannette Kagame igaruka ku kuri kw’amateka y’u Rwanda mu gihe benshi bahitamo kuyavuga nabi, cyane muri iki gihe cyo #Kwibuka30.
Imyaka 30 irashize, u Rwanda ruvuye mu icuraburindi aho rwari rutwikiriwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Umwana w’Umuyisilamu yakubiswe inkoni 100 azira kujya mu rusengero
Polisi ya Uganda yatangaje ko abayobozi bo mu Burasirazuba bw’iki gihugu bafunze abantu barindwi bo mu idini ya Isilamu nyuma yo gushinjwa gukubita umukobwa w’imyaka 18 azira ko yagiye mu rusengero.
Aba bantu bo mu muryango umwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umugabo wakoraga isuku mu kabari yituye hasi arapfa
Hagabimfura Sylvère wari ufite imyaka 50 y’amavuko, ubwo yakoraga isuku mu kabari kari muri santere y’ubucuruzi ya Kaduha, Akagari ka Shara, Umurenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke, yafashe ijerikani agiye gushaka amazi akoresha!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umuhanda werekeza i Rusizi wacitsemo kabiri
Imvura yaguye tariki 24 Mata 2024 yangije igice cy’umuhanda Nyamagabe-Rusizi ahitwa Kamiranzovu mu ishyamba rya Nyungwe, inangiza ipoto y’amashanyarazi bituma kuva aho Kamiranzovu ugana i Nyamagabe habura umuriro.
Ibi byabereye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Perezida yatangaje icyunamo cy’iminsi 3 nyuma y’urupfu rw’umugaba…
Perezida wa Kenya William Ruto yavuze ko umugaba mukuru w'ingabo za Kenya, Jenerali Francis Omondi Ogolla, yapfuye nyuma yuko indege ya kajugujugu ya gisirikare yari arimo ikoreye impanuka mu burengerazuba bw'igihugu.
Ogolla - wari!-->!-->!-->!-->!-->…
Kera kabaye, King James yisobanuye ku buriganya ashinjwa
King James umaze iminsi avugwaho amakuru yo kwambura no kuriganya umupasitoro yavuye imuzi ikibazo cye n'umushinja, anavuga ko Blaise yari afite umugambi wo kumufungisha.
Mu minsi mike ishize nibwo umu pastori witwa Blaise Ntezimana!-->!-->!-->!-->!-->…
Byinshi kuri Rujugiro wagizwe umuherwe bitewe no gucuruza amasigareti
Mu ijoro ryakeye nibwo inkuru y'urupfu rwa Tribert Rujugiro rwamenyekanye, umugabo wabaye umuherwe akijijwe no gucuruza amatabi y'amasegereti.
Amakuru akomeje gucicikana hirya no hino mu Rwanda, ni urupfu rw'umunyemari wamenyekanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyemari RUJUGIRO A.Tribert yaryamiye ukuboko kw’abagabo ku myaka 82.
Umuherwe n'umunyemari w'Umunyarwanda wamenyekanye cyane mu Rwanda ndetseno hanze yarwo yitabye Imana mu ijoro ryakeye.
Umushoramari w'umuherwe w'Umunyarwanda Bwana AYABATWA RUJUGIRO Tribert biravugwa ko yaraye yitabye Imana mu ijoro!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Umusore wari uherutse gusoza kaminuza yarohamye mu Kivu arapfa
Umusore witwa Zawadi Adolphe uherutse gusoza amashuri ye ya kaminuza yarohamye mu cyuzi arapfa
Zawadi Adolphe, umusore wari uherutse kurangiza amashuri ye ya kaminuza muri IPRC Kigali yitabye nyuma y'uko arohamye mu kitaga cya Kivu!-->!-->!-->!-->!-->…
Koreya y’Epfo yasabye amahanga kwifatanya n’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
Minisitiri Wungirije w’Ububanyi n’Amahanga muri Koreya y’Epfo, Chung Byung-won, yahamagariye amahanga kwisubiraho mu bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu myaka 30 ishize, akifatanya n’abayirokotse.
Minisitiri Chung yavuze!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: SADC yemeye ko abasirikare bayo 4 bari mu butumwa muri DRC bapfuye
Ubunyamabanga bwa SADC bwemeje ko abasirikare batatu ba Tanzaniya n'undi umwe wo muri Afrika y'Epfo bitabye Imana bari mu butumwa bw'akazi muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 8 Mata 2024,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore yiyahuye nyuma yo kuribwa minerval yose yari yashoye muri betting
Umunyeshuri utuye mu gace ka Raila muri Lang’ata yiriwe yifungiranye mu nzu ye yakodeshaga ku wa kabiri, tariki ya 26 Werurwe, birangira yiyahuye kubera kuribwa amafaranga y’ishuri na betting.
Uyu munyeshuri witwa Brian Ongwae!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Ba Gitifu bahawe amahugurwa azabafasha mu kwigisha abaturage ku isuku n’isukura.
Ku bufatanye bw’umuryango utari uwa Leta mu mushinga wita ku bikorwa by’amazi isuku n’isukura "WaterAid", ufatanyije n’umuryango nyarwanda w’urubyiruko uharanira kwimakaza ibikorwa by’amazi isuku n’isukura no guhangana!-->!-->!-->…
Yafatiwe mu cyuho asambana n’undi mugabo ahita yiyahura
Umugore utuye muri Afrika y'Epfo ariko ufite ubwenegihugu bwa Zimbabwe yiyahuye nyuma y'aho umugabo we amaufatiye mu cyuho ari gusambanywa n'undi mugabo usanzwe ukorana n'umugabo we
Ikinyamakuru H-Metro cyatangaje ko uyu mugore uzwi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umugore w’imyaka 53 yasanzwe mu nzu yapfuye bikekwa ko yishwe
Mukashema Dorothée w’imyaka 53 wabaga mu nzu wenyine mu Mudugudu wa Gabiro, Akagari ka Kagarama, umurenge wa Mahembe mu Karere ka Nyamasheke, yasanzwe ku buriri yapfuye afite igikomere mu mutwe, bikekwa ko yishwe.
Amakuru Imvaho!-->!-->!-->!-->!-->…