Browsing Category
Ubuzima
Polisi yerekanye umugabo ukurikiranyweho kwica abantu abaciye imitwe
Polisi y'igihugu yatangaje ko yataye muri yombi Bwana Usto wihimbye Youssouf, uyu mugabo akurikiranyweho icyaha cyo kwica abantu abanje kubaca imitwe, uyu mugabo yafatanywe ama terefoni atatu y'abantu yishe.
Polisi y’u Rwanda kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Bashwaniye ku murenge bananiwe kumvikana ku micungire y’umutungo
Umusore n’umukobwa bo mu karere ka Karongi, batonganiye ku murenge bananiwe kumvikana ku buryo bazacunga umutungo wabo nyuma yo gusezerana.
Byabereye ku biro by’umurenge wa Bwishyura kuri uyu wa 3 Gashyantare 2023.
Ubwo ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umushoferi wagonze umunyamakuru Ntwali yagejejwe imbere y’ubutabera
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Bagirishya Moise Emmanuel, ukurikiranyweho icyaha cyo kugonga moto yari itwaye umunyamakuru Ntwali John Williams akitaba Imana.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa yamaganye ibihugu by’ibihangange binyunyuza umutungo wa Congo
Nyir'ubutungane papa Fransisko waraye utangiye urugendo rwe muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo, yamaganye ibihugu by'ibihangange binyunyuza umutungo kamere wa Congo, abisaba gukura akaboko kabo muri icyo gihugu
Umushumba!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwasubiye inyuma mu kurwanya ruswa
Icyegeranyo cya 2022 cy’Umuryango Transparency International (Corruption Perceptions Index/CPI) cyahaye u Rwanda amanota 51% ku Isi mu bijyanye no kutagira ruswa, mu gihe muri 2018 rwari rwagize 56. U Rwanda kandi rwaje ku mwanya wa 54!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umugabo ukurikiranyweho kwiyicira umugore
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50 yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha akekwaho kwica umugore nawe uri mu kigero cy’imyaka 40.
Mu gitondo cyo kuri iki cy’umweru tariki ya 29 Mutarama 2023, mu Murenge wa Rutunga, Akagari k’i!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC na Somalia ku rutonde rw’ibihugu birangwamo umutekano muke ku isi
Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Somaliya buaje ku rutonde rw'ibihugu 20 birangwamo umutekano muke ku isi.
Mu bihugu bitandukanye ku isi haracyarangwa intambara, amakimbirane n’ibindi bibuza abantu gutekana, icyegeranyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Leta yahagurukiye ikibazo cy’abasinzi itegeka ko umujyi umwe utarenza akabare kamwe
Leta ya Kenya yavuze ko yahagurukiye ikibazo cy'ubusinzi bukabije muri icyo gihugu, itegeka ko utubare tugabanywa ku buryo buri mujyi utagomba kurenza akabare kamwe.
Leta ya Kenya yatangaje ko imaze guhagurukira ikibazo cy'ubusinzi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umukobwa wigaga mu mwaka wa 2 mu yisumbuye yasanzwe mu mugozi yapfuye
Mu Karere ka Rusizi, Murenge wa Gihundwe mu haravugwa amakuru y'umwana w'umukobwa ufite imyaka 16 wasanzwe yimanitse mu mugozi bgakekwa ko yaba yiyahuye.
Amakuru atugeraho avuga ko uno mwana w'umukobwa yari umunyeshuri mu mwaka wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Abantu basaga 1,000 bamaze guhitanwa n’icyorezo cya Kolera
Minisiteri y’Ubuzima muri Malawi, yatangaje ko abamaze kwicwa n’icyorezo cya kolera muri icyo gihugu basaga 1000, uhereye igihe cyadukiye muri Werurwe 2022.
Abamaze kwandura icyo cyorezo kuva cyadutse muri icyo gihugu, bagera ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Abatuye muri Muhanga bemeye kwita ku mutekano w’ikiraro gishya kibahuza n’abo muri Gakenke
Abatuye mu Murenge wa Rongi mu karere ka Muhanga, bemereye ubuyobozi ko bagiye kwita ku mutekano w’ikiraro gishya kibahuza n’abo hakurya mu wa Ruli mu karere ka Gakenke.
Amezi yari agiye kuba icyenda hitabazwa ubwato mu kwambuka!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umurambo w’uruhinja rwatoraguwe mu gikapu
Mu karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera hatoraguwe umurambo w’uruhinja uri mu gikapu.
Uyu murambo watoraguwe mu mudugudu wa Kabeza mu kagari ka Kibilizi kuri uyu wa 26 Mutarama 2023.
Ababonye uyu murambo, bavuga ko ushobora!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Imirambo y’abana babiri yasanzwe mu gihuru nyuma y’iminsi itatu baburiwe irengero
Imirambo ibiri y’umwana w’imyaka 12 n’uwa 17 yasanzwe mu gihuru mu gitondo cyo kuri uyu wa 26 Mutarama 2023, nyuma y’iminsi itatu baburiwe irengero.
Babasanze mu Mudugudu wa Micinya, Akagari ka Micinya, Umurenge wa Mudende, Akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
Umushumba wa kiliziya gatolika ku isi yasabye abapadiri kujya bemera gusezeranya abahuje ibitsina
Umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa Faransisko arasanga abaryamana bahuje ibitsina badakwiye gukumirwa mu bandi bityo ko bakwiye kujya bahabwa isakaramento yo gushyingirwa nk'abandi.
Umushumba wa kiliziya gatolika ku isi Papa!-->!-->!-->!-->!-->…
Pst Claude uherutse guhanura ifungurwa rya Bamporiki yahawe urw’amenyo
Ubuhanuzi bwa Pasiteri Niyonzima Claude, wavuze ko Imana yamweretse ko Bamporiki Edouard atazafungwa, bwahawe urw’amenyo ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’aho bubaye ikinyoma ndetse akagaruka yivuguruza.
Mu cyumweru gishize nibwo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…