Browsing Category
Ubuzima
Karongi: Abashakira serivisi ku Murenge wa Mubuga barasaba ubwiherero bufunze
Abaturage bo mu Murenge wa Mubuga, mu Karere ka Karongi, barasaba ko bahabwa ubwiherero buzima buri ku rwego rw’Umurenge nyuma y’aho ubwo bafite butujuje ubuziranenge kuko ngo buhora bufunguye kandi budasukuye.
Abaturage baganiriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abana bafite ubumuga bahawe impano za Noheli
Ababyeyi bafite abana bavukanye ubumuga mu Karere ka Muhanga, baravuga ko kubera gahunda zidaheza Leta yashyizeho zo kwita ku bafite ubumuga, batagiterwa ipfunwe no kuba barabyaye abana bafite ubumuga.
Abo babyeyi bavuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye akayabo k’amadorari Amerika imaze gukoresha mu ntambara ya Ukraine
Leta Zunze Ubumwe za Amerika imaze gutanga inkunga y’amafaranga n’intwaro ifite agaciro karenga miliyari 100$, mu gufasha Ukraine guhangana n’u Burusiya mu ntambara imaze imyaka irenga ibiri iri guca ibintu hagati y’impande zombi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Pogba yahamijwe ibyaha by’ubujura akatirwa gufungwa imyaka 3
Mukuru wa Paul Pogba, Mathias Pogba, yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu harimo ibiri isubitse nyuma y’uko agaragaye mu itsinda ry’abashatse kwambura uyu mukinnyi amafaranga agera kuri miliyoni 13$.
Mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Umukozi wo mu rugo akurikiranyweho kwica anize umwana w’imyaka ibiri
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gasabo, bwakiriye dosiye y’umwana w’umukozi ufite imyaka 15 y’amavuko wishe umwana muto w’imyaka ibiri wo mu rugo yakoragamo.
Ibyo byabaye tariki ya 08/12/2024, ubwo uwo mwana w’umuhungu yicaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Guverineri yamaganye umwanzuro wo kwegurira ibirombe umushoramari umwe
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice, yahakaniye Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango idasanzwe ku mwanzuro wo guha umushoramari umwe ibirombe birenga 10, abagira inama yo gusubiza abantu ubusabe bw’abashoramari benshi !-->!-->!-->…
Paris: Urukiko rwashimangiye igifungo cya burundu kuri Biguma
Urugereko rw’ubujurire mu Rukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa kuri uyu wa 17 Ukuboza 2024, rwashimangiye igifungo cya burundu Hategekimana Philippe yakatiwe muri Kamena 2023, nyuma yo kumuhamya ibyaha bya jenoside n’ibyibasiye!-->!-->!-->…
Musanze: Batangije umushinga w’inkweto ibihumbi icumi
Mu Karere ka Musanze hatangijwe ubukangurambaga buzamara amezi atatu bw’isuku n’isukura mu bigo by’amashuri yo mu Mirenge yegereye Ibirunga, mu rwego rwo gukangurira abana bato isuku birinda indwara ziterwa n’umwanda.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Aba Rasta bariye karungu, barasaba Apotre Gitwaza kubasaba imbabazi bitaba ibyo bakigaragambya
Aba-Rasta b’i Rubavu bandikiye ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, basaba uburenganzira bwo gukora urugendo rw’amahoro rwo kwamagana amagambo bavuga ko ari mabi yatangajwe n’Umuyobozi w’Itorero rya Zion Temple, Apôtre Dr. Paul Gitwaza,!-->!-->!-->…
China: Hakozwe isabune ifite icyanga nk’icy’amata umuyobozi ayirira mu ruhame ngo yemeze…
Mu Bushinwa, umuyobozi w’uruganda rukora isabune, yatangaje abantu benshi nyuma yo kugaragara muri videwo arya isabune zikorwa n’uruganda rwe kugira ngo yereke abakiriya ko izo sabune ze zikozwe mu bintu by’umwimerere, zikaba zitagira!-->!-->!-->…
Uganda: Umufana wa Man. U yarashe uwa Arsenal wishimira igitego ikipe ye yari itsinze
Umufana w'ikipe y'umupira w'amaguru ya Arsenal yo mu Bwongereza, wari urimo kwishimira ko iyo kipe yatsinze Manchester United, bivugwa ko yishwe arashwe n'umurinzi (umu 'sécurité') wo muri Uganda.
Undi mufana yakomeretse ubwo uwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Jacky wari umaze kwihanangirizwa na RIB yaba yaraye atawe muri yombi
Biravugwa ko Jacky, umwe mu bakobwa bamaze iminsi barikoroza ku mbuga nkoranyambaga yaba amaze gutabwa muri yombi nyuma yo kwihanagirizwa na RIB.
Amakuru atugeraho aravuga ko umukobwa uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga witwa Jacky!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Indwara itaramenyekana imeze nk’ibicurane imaze guhitana abantu nibura 79
Minisiteri y'ubuzima muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko abantu nibura 79 bishwe n'indwara itaramenyekana iteza ibimenyetso bimeze nk'iby'ibicurane, yadutse mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw'icyo gihugu.
Mu itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Babanza kuzimya amatara ngo babone umuriro ucana televiziyo
Abatuye Murenge wa shyogwe umwe mu Mirenge igize igice cy’umujyi wa Muhanga mu Karere ka Muhanga, bavuga ko hari ibikoresho batabasha gucomeka kubera ko umuriro bahawe ari muke, bakaba bifuza ko ubuyobozi bubafasha kuwongera.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Hari abarwayi bavuga ko babangamiwe n’inkende zibasanga mu bitaro
Abarwayi bari mu bitaro bivura ubumuga bw'amagufa no kugorora ingingo biherereye mu Karere ka Bugesera baravuga ko batewe impungenge n'inkende zibasanga aho barwariye.
Hari abarwayi barwariye mu bitaro bivura abantu bafite ubumuga!-->!-->!-->!-->!-->…