Browsing Category
Ubuzima
Umutwe wa FDLR wahakanye iby’urupfu rwa Gen Byringiro
Umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw'U Rwanda wabeshyuje amakuru yavugaga ko General Byiringiro yapfuye azize ibikomere.
Ku munsi w'ejo ku cyumweru taliki ya 10 Werurwe 2024 umuvugizi w'umutwe wa FDLR, umutwe bivugwa ko wiganjemo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi-Kibuza habereye impanuka ikomeye abantu 6 bacitse amaguru.
Ahagana ku I saa tanu n’iminota 40 zo kuri uyu wa 09 Werurwe 2024, mu Kagari ka Nkingo, Umurenge wa Gacurabwenge, Akarere ka Kamonyi ahazwi nko mu kibuza hafi y’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, habereye impanuka ikomeye!-->…
RDC: Umukoloneri wa FARDC yakatiwe urwo gupfa kubera amahano yakoze
Ku wa gatatu tariki ya 28 Gashyantare, urukiko rwa gisirikare rwa Kivu ya ruguru rwakatiye igihano cy’urupfu Colonel Dogmatisa Paluku, umuyobozi wa kabiri ushinzwe ibikorwa by’ingabo za 3410 zifite icyicaro i Masisi-Centre.
Urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Iburasirazuba: Guverineri yasabye abaturage gufatanya na RDF na Police mu bikorwa batangije…
Guverineri w'Intara y'lburasirazuba Bwana Pudence RUBUNGISA yasabye abaturage batuye mu Ntara y'Uburasirazuba gufatanya n’ingabo z'igihu ndetse na Police mu bikorwa batangije bizamara amezi atatu bigamije kubaka no kuzamura iterambere!-->!-->!-->…
Huye: Abakurikiranyweho iby’ikirombe cyacukurwagamo amabuye y’agaciro mu buryo butemewe…
Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, rwakatiye igifungo cy'imyaka irindwi babiri mu bari bakurikiranyweho ibyaha bijyanye n'ikirombe cyacukurwagamo amabuye y'agaciro ku buryo butemewe n'amayegeko.
Rwakatiye igifungo cy'imyaka irindwi, Major!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwasabiye Apôtre Yongwe gufungwa imyaka itatu
Pasiteri Harelimana Joseph uzwi nka Apôtre Yongwe, kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Gashyantare 2024, yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo kuburana urubanza akurikiranywemo icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya,!-->!-->!-->…
Nyanza: Ba SEDO ba tumwe mu tugari bari mu mazi abira
Hari ba SEDO ba tumwe mu tugari two mirenge yo mu Karere ka Nyanza bavuga ko nyuma yo kubwira itangazamakuru iby'akarengane kabo, ubu ngo bafite amakuru ko hari gucurwa umugambi wo kubirukana mu kazi.
Ku munsi w'ejo hashize taliki!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Bisi ya RITCO yakoze impanuka abagera kuri 25 barakomereka
Abantu 25 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka itwara abagenzi ya RITICO Express, yo mu bwoko bwa Bus Yutong, yavaga i Kigali yerekeza i Huye, ikaba yari igeze mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Gacurabwenge, mu Kagari ka Nkingo, mu!-->!-->!-->…
Nyanza: Haravugwa inzara ikabije ku banyeshuri ba Lycee de Nyanza ku buryo hari abagushwa…
(Photo archive Inyarwanda)
Mu kigo cy'ishuri cyitwa Lycee de Nyanza giherereye mu Karere ka Nyanza haravugwa inzara ikabije ku buryo bivugwa ko hari abana basigaye bagwa kubera isereri y'inzara.
Kuri iki cyumweru taliki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupilote wa gisirikare yitwikiye kuri ambasade ya Israel muri Amerika
Umusirikare utwara indege yitwikiye imbere ya ambasade ya Israel muri Amerika mu rwego rwo kugaragaza akababaro n'akarengane Israel ikorera abarabu bo muri Gaza.
Ahagana saa tanu z'amanywa zo kuri iki cyumweru taliki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyabugogo: Umusaza w’imyaka 55 yariwe muri betting ahita yinaga hasi arapfa
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru, umusaza w'imyaka 55 y'amavuko yahanutse kuri etage arapfa, bamwe bagakeka ko yiyahuye.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru taliki ya 25 Gashyantare 2024, umusaza witwa Kayitare Maurice uri mu kigero!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Abantu bagera kuri 25 baraye batikiriye mu mpanuka ikomeye y’imodoka zagonganye
Impanuka y’imodoka mu majyaruguru ya Tanzaniya yahitanye abantu 25 barimo n’abanyamahanga, nk’uko byatangajwe na Prezida Samia Sukuhu Hassan.
Iyo mpanuka yabaye ku mugoroba wo kuwa gatandatu ubwo ikamyo yagongaga izindi modoka nto!-->!-->!-->!-->!-->…
Uko Uturere n’intara birushanwa mu gukoresha terefone
Ibarura ryakozwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda, rigaragaza ko Intara y’Amajyepfo ari yo ibarizwamo telefone nkeya ku kigero cya 71.9% mu gihe mu Mujyi wa Kigali abatunze telefone bangana na 92.4%.
U Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Meya yagaragaje ibintu by’ingenzi biva mu gukora neza kw’abamotari
Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera Mutabazi Richard yagaragaje ko gukora neza umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto bifite inyungu nyinshi zirimo kurinda ubuzima bw’abantu no gufasha inzego z’imutekano gufata abakora ibyaha bifashisha!-->!-->!-->…
Polisi yafashe umugabo afite imitwe 5 y’intare mu modoka
Umugabo wo muri Zimbabwe yatawe muri yombi nyuma y’uko abapolisi bamufatanye imitwe y’intare eshanu zifite agaciro ka 100.000 by’amadolari.
Abapolisi bo muri Zimbabwe mu ishami ryitwa Flora na Fauna bagize icyo bakora nyuma yo!-->!-->!-->!-->!-->…