Browsing Category
Ubuzima
Umurambo w’umukobwa wasanzwe mu icumbi ry’umusore
Mu Karere ka Ruhango, umurambo rw’umukobwa witwa Umuhoza Adelphine w’imyaka 26 y’amavuko wasanzwe mu icumbi ry’umusore bikekwa ko bararanye.
Umuhoza yaguye mu Mudugudu wa Buhanda, Akagari ka Nyakogo Umurenge wa Kinihira Akarere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yatangaje icyo Sheikh BAHAME Hassan akurikiranyweho
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi Sheikh Bahame Hassan, Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, ukekwaho gukora icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko mu nyungu bwite no gusaba cyangwa gukora!-->…
Goma: Abaturage bazindukiye mu myigaragambyo
Abatuye mu mujyi wa Goma no mu bice bihana imbibi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo babyukiye mu myigaragambyo yamagana kuva mu mujyi wa Uvira kw’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23.
Iyi myigaragambyo yabaye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Abantu bane bakekwaho kwica “umurozi” batawe muri yombi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi ku bufatanye n’abaturage n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze imaze guta muri yombi abantu bane muri batandatu bakekwaho kwica Ndiramiye Vianney w’imyaka 55 bakeka ko ari umurozi.
Abakekwa bateye!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Niyonsenga yakubiswe akurwamo amenyo azira gukunda umukobwa bigana
Mugenzi Janvier w’imyaka 37 na Nshimiyimana Emmanuel w’imyaka 38 bo mu Kagari ka Shara, Umurenge wa Kagano, Akarere ka Nyamasheke, barashakishwa bakekwaho gukubita bagakura amenyo atatu Niyonsenga Léon w’imyaka 23 wiga mu wa 6!-->!-->!-->…
Igisirikare cya Uganda cyemeye ko ari cyo gifunze Padiri umaze iminsi yarabuze
Igisirikare cya Uganda cyemeje ko cyafunze umupadiri wa Kiliziya Gatolika wari waburiwe irengero mu byumweru hafi bibiri bishize, kimushinja kugira uruhare mu "bikorwa by'urugomo byo guhirika ubutegetsi".
Mu itangazo rigufi, igisirikare!-->!-->!-->…
Umunya-Ghana arashinjwa kubeshya urukundo Abanyamerika bageze mu zabukuru akabatwara arenga miliyoni…
Umunya-Ghana witwa Frederick Kumi wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga (social media influencer), yatawe muri yombi ashinjwa kubeshya urukundo Abanyamerika bageze mu za bukuru maze akabacucura arenga miliyoni 8 z'amadolari y'Amerika,!-->!-->!-->…
Gicumbi: Abana batatu bavukana baturikanywe n’igisasu barapfa.
Mu Karere ka Gicumbi haravugwa inkuru y'abana batatu bavukana bapfuye nyuma yo guturikanwa n'igisasu cyo mu bwoko bwa Gerenade ubwo bari bagiye gutashya inkwi.
Mu Karere ka Gicumbi, mu murenge wa Cyumba, mu kagali ka Nyakabungo, ho!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Yasohowe mu nzu yaguze n’umugabo umugore atabizi
Habiyakare Hassan wo mu Mudugudu wa Rugina I, Akagari ka Rwabutazi, Umurenge wa Gatore, Akarere ka Kirehe, araririra mu myotsi nyuma yo gusohorwa nabi mu nzu bivugwa ko yaguze n’umugabo umugore atabizi.
Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yavanye ingabo zayo muri Uvira
Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko bwemeye kurekura Umujyi wa Uvira bwafashe mu minsi 6 ishize, mu guharanira ko amahoro aganza nk’uko bikubiye mu Masezerano ya Doha wasinyanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo tariki!-->!-->!-->…
Itorero ADEPR ryavuguse ikibazo cy’insengero zayo zafunzwe
Umushumba Mukuru wungirije wa ADEPR, Rutagarama Eugène, yatangaje ko insengero zirenga 1154 ziri mu zafunzwe kubera kutubahiriza ibisabwa, zigiye guhuzwa n’izindi.
Yabigarutseho kuri uyu wa 14 Ukuboza 2025, ubwo yari yitabiriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Hatangiye iperereza ku mupolisi warashe abantu babiri na we akirasa.
Polisi y’Igihugu n’Urwego rw’Ubugenzacyaha batangiye iperereza ku kibazo cy’Umupolisi wakoreraga akazi ke mu Karere ka Rutsiro warashe abaturage babiri bagakomereka, na we akirasa agapfa.
Ibi byabaye mu ijoro rishyira kuri uyu wa 10!-->!-->!-->…
DRC: AFC/M23 yageze mu mujyi wa Uvira
Inyeshyamba za AFC/M23 mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zaraye zinjiye mu Mujyi wa Uvira, nyuma y’iminsi ishize hari imirwano ikomeye mu iwushyamiranyije n’uruhurirare rw’Ingabo za Leta (FARDC), umutwe wa!-->…
Umusirikare w’u Bwongereza yapfiriye muri Ukraine
Minisiteri y’Ingabo z’u Bwongereza (MOD) yatangaje ko umusirikare wayo yaguye muri Ukraine mu mpanuka yabaye mu gihe yari mu gikorwa cyo kugenzura igerageza ry’intwaro.
Ni urupfu rwatangajwe ku wa Kabiri tariki 9 Ukuboza 2025.!-->!-->!-->…
Donald Trump yahawe igihembo cy’amahoro
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku isi FIFA ryaraye rihaye igihembo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump nk'umuntu waharaniye amahoro ku isi.
Perezida Donald Trump wa Reta Zunze Ubumwe za Amerika yaraye ahawe!-->!-->!-->!-->!-->…