Browsing Category
Ubuzima
Rubavu: Urukuta rw’inzu rwagwiriye umugore n’umwana we, ndetse n’uwari waje kubasura…
Abaturage batatu bo mu Mudugudu wa Rebero, mu Kagari ka Rwaza mu Karere ka Rubavu bagwiriwe n’inzu nyuma y’imvura nyinshi yaguye ku mugoroba wo ku wa 25 Werurwe 2026.
Ababibonye bavuze ko kuva mu gitondo imvura yiriwe igwa muri ako!-->!-->!-->…
Muhanga: Umushoferi yarohamanye n’ikamyo muri Nyabarongo
Mu Karere ka Muhanga hakomeje gusubirwamo inkuru y’umushoferi w’imyaka 43 warohamanye n’ikamyo yari atwaye, mu mugezi wa Nyabarongo, kugeza ubu akaba yakomeje kuburirwa irengero.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibikomoka kuri peteroli byazamutse nyuma y’aho Iran yanze ibiganiro bitaziguye n’Amerika
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isi byongeye kuzamuka ku masoko mpuzamahanga mu gitondo cyo kuri uyu wa kane muri Aziya. Ibi bibaye nyuma y'aho Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Irani avuze ko igihugu cye "ubu nta mugambi wo!-->…
Umuhungu wigaga muri RP Tumba College yasanzwe mu nzu we n’umukobwa wari wamusuye bapfuye
Umuhungu wigaga muri Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubunenyingiro ishami rya Tumba mu Karere ka Rulindo yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo amanitse mu nzitiramibu yapfuye ndetse n’umukobwa wari waje kumusura na we aryamye hasi yapfuye.
Ibyo!-->!-->!-->…
Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyongeye kurenga $100 ku kagunguru
Igiciro ku bipimo mpuzamahanga cy’ibiva kuri peteroli (Brent crude) cyongeye kurenga amadolari 100 y’Amerika ku kagunguru, nyuma yo kugabanuka cyane ku wa mbere.
Uyavunje mu mafaranga y’u Rwanda, ayo angana na 145,000 ku kagunguru.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Imbangukiragutabara enye zatwitswe i London mu gikekwa ko ari igitero cy’urwango ku Bayahudi
Imbangukiragutabara enye z’Abayahudi zitanga serivisi z’ubutabazi zatwitswe mu majyaruguru y'umurwa mukuru Londres w'Ubwongereza.
Polisi y'Ubwongereza ivuga ko ibi bitero bifatwa nk’icyaha cy’urwango rushingiye ku kwanga Abayahudi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Batatu barohamye mu kiyaga cya Mugesera umwe arapfa
Uwitwa Niyonsenga Emmanuel w’imyaka 23 wo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Mugesera yarohamye mu Kiyaga cya Mugesera ahita ahasiga ubuzima, babiri bari kumwe bava mu mazi ari bazima bajyanwa kwa muganga.
Abo basore bahuye n’iyo!-->!-->!-->…
Kenya: Abanyeshuri baguye mu cyobo cy’amazi bagiye kureba Perezida Ruto
Abanyeshuri 11 bo mu ishuri rya Kapsabet baguye mu cyobo kibika amazi yanduye, ku wa 12 Werurwe 2026, ndetse bamwe bikekwa ko bapfuye.
Iri shuri risanzwe ryigamo abanyeshuri b’abakobwa gusa kandi na bo bafite ubumuga bwo kutumva,!-->!-->!-->…
Karongi: Umunyeshuri warangizaga kaminuza yarohamye mu Kiyaga cya Kivu
Cyuzuzo Grâce w’imyaka 23 warangizaga kaminuza muri Koleji y’Ubumenyi n’Ikoranabuhanga (CST) mu Mujyi wa Kigali, ku wa Mbere tariki ya 09 Wewrurwe, yarohowe mu Kiyaga cya Kivu yarohamyemo ku Cyumweru ahagana saa kumi n’ebyiri!-->!-->!-->…
Abaganga bagiriwe inama yo kugira impuhwe igihe bita ku barwayi
Ibitaro bya Rilima, ROSH, Ste Marie bizobereye mu kuvura ubumuga bw’amagufwa n’ingingo biri mu Karere ka Bugesera byizihije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe Abarwayi, Dr. Nzayisenga Albert uyobora ibyo bitaro ashishikariza abaganga!-->!-->!-->…
Uganda: Abantu babiri batawe muri yombi bazira gusomaguranira mu ruhame
Polisi yo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abagore babiri nyuma y'uko aba bagore babonywe n'abaturanyi bari gusomaguranira mu muhanda ku manywa y'ihangu.
Umuvugizi wa Polisi wo mu gace ibi byabereyemo, madame!-->!-->!-->…
Ramaphosa yashimiye Putin wemeye gucyura Abanyafurika y’Epfo barwanaga muri Ukraine
Perezida wa Afrika Y'Epfo Bwana Ramaphoza, yashimiye Prezida Putin w'Uburusiya nyuma y'uko yemeye gucyura bamwe mu banyafrika y'Epfo bari barashutswe akazi nyuma bakisanga ku mirongo y'urugamba muri Ukraine.
Perezida Cyril Ramaphosa wa!-->!-->!-->…
“…ibyo urimo ni amaco y’inda” Dr Tom Close yasubije Bad Rama uherutse guharabika u…
Nyuma y'aho Bad Rama ashyize hanze amagambo arimo guharabika u Rwanda n'abayobozi barwo, Bwana Tom Close yamwibukije ko urwo Rwanda ari gusebya we arutuyemo, agasanga ahubwo ari amaco y'inda abimutera.
Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe!-->!-->!-->…
Rubavu:Umugabo yafatiye mugenzi we hejuru y’umugore we aramuhondagura amugira intere
Umugabo witwa Ntakirutimana aravugwaho gukubita no gukomeretsa umugabo yasanze aryamanye n’umugore we, ubuyobozi bugasaba abaturage kwirinda kwihanira.
Abaturage baganiriye na BTN TV ntibavuga rumwe ku byerekeranye no kwihanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Kisangani: Umusirikare yasanze umurwayi mu bitaro, aramwica
Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukorera mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo, yasanze umurwayi aryamye ku gitanda mu bitaro, aramwica.
Mu ijoro ryo ku wa 16 Gashyantare 2026, umumotari yatwaye umusirikare,!-->!-->!-->…