CAS yakiriye yongera yemera Ubujurire bwa Senegal
Urukiko mpuzamahanga rukemura amakimbirane mu mikino (CAS) rwatangaje ko ruzafata umwanzuro ku bujurire bwa!-->…
Ibikomoka kuri peteroli byazamutse nyuma y’aho Iran yanze ibiganiro…
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isi byongeye kuzamuka ku masoko mpuzamahanga mu gitondo cyo kuri uyu wa kane!-->…
KANYE WEST YABESHYUJE KU MIKORESHEREZE YA AI MURI ALBUM YE.
KANYE WEST YATANGAJE KO ATIGEZE AKORESHA UBWENGE BUHANGANO MU MUZINGO MUSHYA YITEGURA KUMURIKIRA ABAKUNZI BE.
!-->!-->!-->!-->…
U BURUNDI NA SUDANI Y’EPFO IMBERE MU BIHUGU 10 BITUWE NA BENSHI BATAGIRA…
U BURUNDI NA SUDANI Y'EPFO BIZA MU BIHUGU 10 BIRI INYUMA Y'IBINDI MU KUGIRA ABATURAGE BAFITE UMURIRO!-->!-->!-->…
IBINTU BITATU BISHOBORA KUZAFASHA RSSB TIGERS KUZITWARA NEZA MU MARUSHANWA YA BAL.
N'ubwo batiteguye igihe kinini, hari ibintu bitatu bishobora gutuma umuntu agirira RSSB Tigers icyizere cyo!-->!-->!-->…
“Liverpool si ikipe gusa, ni urukundo,…” Amarangamutima ya Salah…
Mohamed Salah wari umaze imyaka icyenda ari rutahizamu ngenderwaho muri Liverpool, yatangaje ko azatandukana na yo!-->…
HARIBAZWA NIBA TIWA SAVAGE ATABA ATWITE NYUMA Y’AMASHUSHO YAGIYE HANZE.
Amashusho yagaragaje Tiwa Savage ntavugwaho rumwe dore ko hari abagaragaza ko yaba yotegura kwibaruka umwana!-->!-->!-->…
Umuhungu wigaga muri RP Tumba College yasanzwe mu nzu we n’umukobwa wari wamusuye…
Umuhungu wigaga muri Ishuri Rikuru ry’Imyuga n’Ubunenyingiro ishami rya Tumba mu Karere ka Rulindo yasanzwe mu nzu!-->…
Rubavu: Abantu 11 bafungiwe ubujura bw’insinga z’amashanyarazi
Abantu 11 bikekwa ko bamaze iminsi baca intsinga z’amashanyarazi mu Mujyi wa Rubavu, batawe muri yombi banafatanwa!-->…
Nyamasheke: Akurikiranyweho gusambanya umwana w’umugore we
Kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha( RIB) ya Macuba mu Karere ka Nyamasheke, hafungiye Karera Emile w’imyaka!-->…
Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyongeye kurenga $100 ku kagunguru
Igiciro ku bipimo mpuzamahanga cy’ibiva kuri peteroli (Brent crude) cyongeye kurenga amadolari 100 y’Amerika ku!-->…
Umuyobozi wa EU avuga ko amahoro ari ‘ingenzi cyane’ kugira ngo…
Mu kiganiro n’abanyamakuru mu ruzinduko arimo muri Australia, umukuru w’umuryango w'Ubumwe bw’Uburayi (EU), Ursula!-->…
Trump yavuze ko Amerika yasubitse ibitero ku nganda z’ingufu za Iran
Donald Trump avuga ko habayeho "ibiganiro bitanga umusaruro" ku "gisubizo cyuzuye" ku makimbirane yo mu!-->…
Bobi Wine arasanga ubwenge bwa Gen. Muhoozi, budashishoza
Umunyepolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, Bobi Wine, yongeye kwibasira no gushinja umugaba mukuru w’ingabo!-->…
Sudan: Igitero cya ‘drone’ ku bitaro bikomeye cyishe abantu 64 mu gihe…
Ingabo za Sudani zahakanye ko ari zo zagabye igitero cyishe abantu ku bitaro bikomeye ku wa gatanu nijoro mu mujyi!-->…