Browsing Category
Politike
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Guinea-Bissau
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Mata, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Perezida wa Guinea-Bissau Umaro Sissoco Embaló uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Abakuru b’Ibihugu bombi baganiriye ku ngingo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC na M23 bemeye guhagarika intambara
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'umutwe w'inyeshyamba uyirwanya wa M23 bemeranyije ku gahenge hagamijwe guhagarika imirwano "mu buryo bw'ingirakamaro", "nyuma y'ibiganiro byo kubwizanya ukuri kandi byubaka" bagiranye i Doha!-->!-->!-->…
U Rwanda na Pakistan byinjiye mu mikoranire ijyanye n’amahugurwa mu bya Dipolomasi
U Rwanda na Pakistan byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’amahugurwa mu bijyanye na Dipolomasi.
Ni amasezerano yasinyiwe mu Mujyi wa Islamabad, kuri uyu wa Mbere hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane!-->!-->!-->…
Fore Nyassingbe uherutse kugirwa umuhuza hagati ya DRC n’u Rwanda yakiriwe na Perezida Kagame
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, uheruka kugirwa umuhuza n'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu biganiro by'u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo byo gushakira umuti ibibazo byo mu!-->!-->!-->…
Nyanza: Kera kabaye Meya Ntazinda yirukanywe ku buyobozi bw’Akarere
Njyanama y'Akarere ka Nyanza yaraye iteranya igitaraganya yirukana uwari umuyobozi w'Akarere azizwa imikorere idahwitse.
Amakuru y'iyirukanwa rya Bwana Ntazinda Erasme wari umuyobozi w'Akarere ka Nyanza yatangiye gucaracara muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye abarimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Sénégal
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Sénégal, Yassine Fall, wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida w'Igihugu cye, Bassirou Diomaye Faye.
!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yashyikirijwe ubutumwa bwa mugenzi we wa Sénégal
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashyikirijwe ubutumwa bwa mugenzi we uyobora Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, bwazanywe na Minisitiri ushinzwe Kwishyira Hamwe kwa Afurika n’Ububanyi n’Amahanga, Yassine Fall.
Ibiro by’Umukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Trump arashinja Zelensky gutangiza intambara nyuma y’igitero gikomeye…
Perezida w'Amerika Donald Trump yashinje Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky gutangiza intambara igihugu cye kirwana n'Uburusiya, nyuma y'umunsi igitero gikomeye cy'Uburusiya cyishe abantu nibura 35 gikomeretsa abandi 117 muri!-->!-->!-->…
Umutwe wa M23 urashinja ingabo za SADC kugira uruhare mu bitero by’i Goma
Umutwe wa M23 umaze igihe warigaruriye umujyi wa Goma n'uduce tuwukikije urashinja ingabo za SADC kugira uruhare mu bitero byagabwe mu mujyi wa Goma.
Mu itangazo ry'umutwe wa AFC/M23, rirashinja ingabo za SADC kugira uruhare mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Si imibare iherwaho kugira ngo jenoside yemezwe” Dr. Bizimana Jean Damascene
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Biziman Jean Damascene yagaragaje ububi bw’Abanyapolitiki bahoze mu Rwanda barimo Ndagijimana Jean Marie Vianney, ubeshya ko Abatutsi bishwe muri Jenoside batarenga 350!-->!-->!-->…
Sudan y’Epfo yavuye ku izima yakira umuturage wirukanywe muri USA, nayo irakomorerwa kuri Visa
Sudani y'Epfo yavuze ko yemera kwakira umugabo wirukanwe na Amerika, mu cyemezo cyo guca bugufi kugira ngo Amerika ireke icyemezo cyayo cyo gukuraho visa ku baturage ba Sudani y'Epfo bose.
Ku wa gatandatu, minisitiri w'ububanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
African Union: Uhagarariye Isirayeri yirukanywe mu muhango wo kwibuka jeonoside yakorewe Abatutsi
Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia, Avraham Neguise, yasohowe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye ku Cyicaro Gikuru cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) i Addis Ababa, ku wa!-->…
France: Leta igiye gushyira imbaraga mu guhiga no guta muri yombi abakekwaho Genocide yakorewe…
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron, yavuze ko Igihugu ayoboye kigiye gushyira imbaraga nyinshi mu guta muri yombi abakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umukuru w’Igihugu w’u Bufaransa yabikomojeho mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Zelensky yemeje ko ingabo za Ukraine ziri mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya
Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky yemeye ku mugaragaro ku nshuro ya mbere ko ingabo z'icyo gihugu ziri mu mirwano mu karere ka Belgorod ko mu Burusiya.
Ku wa mbere, yagize ati: "Dukomeje gukora ibikorwa mu turere two ku mupaka!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yasobanuye impamvu yavuye mu Mujyi wa Walikale
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Walikale mu gushyira mu bikorwa ibyo ryari ryemeje ku wa 22 Werurwe 2025.
Iri tangazo ryavugaga ko iri huriro!-->!-->!-->!-->!-->…