Browsing Category
Politike
U Rwanda rwamaganye amagambo aherutse gutangazwa n’umuyobozi wa USAID
Leta y’u Rwanda iranenga amagambo y’umuyobozi mukuru w’Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Gishinzwe Iterambere Mpuzamahanga (USAID), Samantha Power, wasabye u Rwanda guhagarika gushyigikira umutwe w’abarwanyi ba M23 urwanya!-->!-->!-->…
Kigame arashinja Perezida Ruto kugira ubwibone no kugira abajyanama babi.
Umuririmbyi akaba n’umuvugabutumwa muri Kenya, bwana Reuben Kigame, washatse kwiyamamariza intebe y’umukuru w’igihugu yageneye butumwa Perezida.
Ibinyamakuru muri Kenya byanditse ko bwana Kigame utaragize amahirwe yo kujya ku!-->!-->!-->!-->!-->…
U Burusiya bwashyizeho impapuro zo guta muri yombu umusenateri wa Amerika
U Burusiya bwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Umusenateri wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Lindsey Graham, nyuma y’amashusho yafashwe amugaragaza yishimira urupfu rw’Abasirikare b’u Burusiya.
Ayo mashusho yashyizwe hanze na!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Tshisekedi yongeye gushinja ingabo za EAC gukorana na M23
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi yongeye gushinja ingabo za EAC zimaze igihe zaragiye kugarura amahoro muri DRC kub azikorana n'umutwe wa M23 mu buryo butaziguye
Perezida wa Repubulika!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwerekanye uko ruhagaze muri Dipolomasi ya Gisirikare
Itsinda riyobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Jean Bosco Kazura, riri mu ruzinduko rw’akazi mu Misiri, ahagaragajwe uko u Rwanda rwifashisha ubushobozi bwa gisirikare mu butwererane n’amahanga.
Muri urwo ruzinduko,!-->!-->!-->!-->!-->…
SENA yemeje umushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga
Sena y’u Rwanda yemeje ishingiro ry'umushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga watangijwe na Perezida wa Repubulika, hagamijwe guhuza amatora y'umukuru w'igihugu n'ay' Abadepite azaba muri 2024.
Umushinga w’itegeko ryo kuvugura itegeko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abahamijwe ibyaha bya genocide bagiye kurangiza igihano, bazahabwa amasomo yihariye
Guverinoma y’u Rwanda igeze kure itegura integanyanyigisho yihariye izafasha mu kuyobora urugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge, no gusubiza mu buzima busanzwe abasoje imyaka y’igifungo bakatiwe kubera ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu!-->!-->!-->…
Afrika y’Epfo yeruye ibwira Amerika ko idashobora guta muri yombi Putin
Umuyobozi w'ishyaka riri ku butegetsi muri Afrika y'Epfo yeruriye Leta Zunze ubumwe za Amerika n'urukiko mpanabyaha ko icyo gihugu kidateze guta muri yombi Perezida Vladmir Putin mu gihe uyu mugabo azaba yitabiriye inama ya BRICS.
!-->!-->!-->!-->!-->…
USA yahakanye kuba ariyo iri inyuma y’igitero cy’ubucengezi cyagabwe mu Burusiya
Leta zunze ubummwe za Amerika zahakanye kuba kuba arizo ziri inyuma y'igitero cy'abacengezi giherutse kugabwa ku taka bw'Uburusiya kikangiza ibitari bike.
Ubuvugizi bwa Leta Zunze ubumwe za Amerika bwatangaje ko bwitandukanije!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntawe twingingiye kohereza abimukira mu Rwanda” Perezida Kagame Paul
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda ntawe rwigeze rwingingira kurwoherereza abimukira, ahubwo ngo ni igitekerezo cyavutse mu gukemura ikibazo.
Ibi perezida Kagame Paul Yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri taliki ya 23!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama y’ubukungu muri Qatar
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar aho yitabiriye Inama ya Gatatu y’Ubukungu ya Qatar igaruka ku buryo ubukungu bw’Isi bwifashe n’impinduka zikenewe mu guharanira iterambere rirambye.
Iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
RBA yagize icyo ivuga ku byo ishinjwa n’igisirikare cy’u Burundi
Umuyobozi wa RBA yagize icyo avuga nyuma y'aho umuvugizi wa gisirikare cy'u Burundi avuze ko icyo kigo cyatanze amakuru y'ibinyoma ashinja ingabo z'u Burundi ziri muri Congo kuba ifasha inyeshyamba.
Mu mpera z'icyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburundi burabeshyuza amakuru avuga ko butera inkunga umutwe wa FDLR Nyatura
Ingabo z’u Burundi zateye utwatsi ibikorwa byo gutoza no guha ubundi bufasha imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Kivu y’Amajyaruguru, irimo FDLR na Nyatura, zivuga ko ziri gushyira mu bikorwa ibikubiye mu butumwa zahawe bwo kugarura!-->!-->!-->…
Barack Obama ku rutonde rw’abagera kuri 500 bafatiwe ibihano
Uburusiya bwaraye bushyize hanze urutonde rw'abanyamerika bagera kuri 500 bafatiwe ibihano n'icyo gihugu kimaze igihe kitari gito mu ntambara muri Ukraine.
Uburusiya bwaraye butangaje ko nabwo bwafatiye ibihano Abanyamerika bagera!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’Intebe wa CAR yashimiye abapolisi b’u Rwanda bamurinda
Minisitiri w’Intebe wa Centrafrique, Félix Moloua, yashimiye abapolisi b’u Rwanda bo mu itsinda RWAPSU, ubwitange n’ubunyamwuga bagaragaje mu kazi bamaze umwaka bakora ko kumucungira umutekano.Ni mu muhango wari witabiriwe n’abandi!-->!-->!-->…