Browsing Category
Politike
Tanzaniya: Dr. Mwigulu Nchemba wayoboraga minisiteri y’imali yagizwe minisitiri w’intebe
Perezida Samiya Suluhu wa Tanzaniya yagize Minisitiri w'intebe Dr Mwigulu Nchemba wari usanzwe ari minisitiri w'imari muri icyo gihugu.
Perezida Samia Suluhu Hassan yashyizeho Dr Mwigulu Nchemba nka Minisitiri w’Intebe mushya muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine: Minisitiri w’ubutabera yirukanywe azira ruswa
Leta ya Ukraine yahagaritse Minisitiri w’Ubutabera German Galushchenko kubera gukekwaho ruswa rijyanye n’ikigo cya leta gishinzwe ingufu za kirimbuzi, Energoatom, ubwo yari Minisitiri w’Ingufu muri icyo gihugu.
Minisitiri w’Intebe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ireland: Catherine Connolly w’imyaka 68 yatorewe kuyobora igihugu.
Catherine Connolly yatsinze amatora muri icyo gihugu cya Ireland, mu ijambo rye yavuze ko ku buyobozi bwe azaharanira ko ijwi rya buri wese rihabwa agaciro kandi rikumvikana.
Avuga mu Ngoro ya Dublin, aho yarahijwe nka perezida wa!-->!-->!-->!-->!-->…
MONUSCO ‘yacyuye’ mu Rwanda bamwe mu barwanyi ba FDLR n’imiryango yabo
Ingabo z'Umuryango w'Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zatangaje ko ku wa mbere bacyuye mu Rwanda abarwanyi barindwi bahoze mu mutwe wa FDLR n'imiryango yabo y'abantu 42, ku bushake bwabo .
Radio Okapi ifashwa!-->!-->!-->…
DRC: Maj Gen Tshibangu wagambiriye gusenya umutwe wa M23 yatawe muri yombi
Muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo haravugwa inkuru y'itabwa muri yombi rya Maj. Gen. Tsibangu, umugambo wari wararahiriye gutsemba umutwe wa M23 umaze imyaka uhangana na Leta ya Congo.
Amakuru y'itabwa muri yombi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Hannibal Gaddafi umuhungu wa nuakwigendera Muammar Gaddafi yafunguwe.
Nyuma y'imyaka hafi icumi afungiye muri gereza, Hannibal Gaddafi umuhungu wa Muamar Kadhafi yafunguwe.
Hannibal Gaddafi, umwana wa nyuma w’uwahoze ari perezida wa Libya, Muammar Gaddafi, yarekuwe n’igihugu cya Libani nyuma yo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Wenda na we ntanabishaka” – Kagame avuga ku byavuzwe ko arimo gutegura umukobwa we Ange…
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku byo yavuze ko yabonye ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko yaba arimo gutegura umukobwa we Ange Kagame kuzamusimbura ku butegetsi. Avuga ko we atagira umuntu perezida, ndetse ko hari ubwo Ange!-->!-->!-->…
Perezida Donald Trump yavuze impamvu atazitabira inama ya G20 iteganijwe kubera muri Afrika…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Nyakubahwa Donald Trump, yatangaje ko atazitabira inama ya G20 iteganyijwe kubera i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, avuga ko igihugu cyakiriye iyo nama “kitagikwiye kugira umwanya mu bihugu!-->!-->!-->…
Cameroune: Perezida Paul Biya w’imyaka 92 yarahiriye kuyobora indi manda ya munani.
Perezida wa Cameroune Paul BIYA uherutse gutorwa na rubanda, none yarahiriye kongera kuyobora icyo gihugu kuri manda ya munani, yizeza rubanda kugarukana ituze n'umutekano mu gihugu.
Perezida Paul Biya w’imyaka 92 yarahiriye manda!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Mexique agiye kurega umugabo wamukorakoye ashaka no kumusoma mu ruhame
Perezida Claudia Sheinbaum Pardo wa Mexico/Mexique yavuze ko agomba kurega umugabo wamukorakoye agashaka no kumusoma ari mu ruhame.
Amashusho ya telephone yerekana ibi byabaye ku wa kabiri ubwo Claudia yariho ageza ijambo abantu!-->!-->!-->…
Papa Léon yanenze Trump uburyo ari kwitwara kuri gahunda y’abimukira.
Papa Léon yasabye ko habaho "gutekereza cyane" ku buryo abimukira bafashwemo muri Amerika, aho yavuze ko abantu benshi bagizweho ingaruka cyane na gahunda yateje impaka yo kwirukana abantu ku bwinshi muri Amerika.
Muri kumwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Dufite intwaro za ‘nucléaire’ zaturitsa Isi inshuro 150”: Trump ku buhangange bwa…
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko gihugu cye gifite intwaro za nucléaire nyinshi ku buryo zishobora guturitsa Isi inshuro 150, ko bakwiriye kuzisuzuma kugira ngo bakomere ku bushongore n’ubukaka bwabo.
!-->!-->!-->!-->…
“Iterambere ntiritumizwa mu mahanga”: Perezida Kagame
Perezida wa Reoubulioka y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko iterambere ry’imibereho y’abaturage ari urugendo ruhoraho, ashimangira ko iryo terambere ridashobora gutumizwa mu mahanga, bityo hakwiye gukomeza gushyirwa imbaraga mu!-->!-->!-->…
Umu General wa Uganda yasabye abasirikare ba Tanzaniya guhirika ubutegetsi
Gen. (Rtd) David Sejusa wo mu gihugu cya Uganda, yasabye aba Tanzaniya gukora iyo bwabaga bagahirika ingoma ya Madam Samiya Suluhu Hassan uherutse gutorerwa kuyobora icyo gihugu cya Tanzaniya, ndetse no ku munsi w'ejhashize akaba!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Perezida Samia Suluhu uherutse gutsinda amatora agiye kurahirira mu muhezo
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 ararahirira mu muhezo mu kubungabunga umutekano w’uyu muhango.
Ubusanzwe, umuhango wo kurahira kwa Perezida waberaga muri stade, ukitabirwa n’abaturage babarirwa!-->!-->!-->!-->!-->…