Browsing Category
Politike
Trump na Putin mu biganiro bikomeye by’amahoro: Ese intambara ya Ukraine ishobora kurangira?
Mu gihe intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya ikomeje guhitana abantu no gusenya ibikorwa remezo, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ari mu biganiro bikomeye na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, bishobora!-->…
Amerika yanyomoje amakuru yavugaga ko itera inkunga imitwe yitwara gisirikare muri DR Congo
Ibinyujijwe mu ijwi rya Ambasaderi wayo muri Repubulika iharanaira demokarasi ya Congo, Leta Zunze ubumwe za Amerika zahakanye ko zitanga ubufasha ubwo aribwo bwose umutwe mushya witwara gisirikare uherutse gushyirwaho na Perezida Felix!-->…
Hatangajwe umwirondoro w’umwarimu washatse kwivugana Perezida Trump
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zashyize hanze umwirondoro w'umwarimu wigisha mu mashuri yisumbuye muri Leta ya California washatse kwivugana Perezida Donald Trump wari mu musangiro n'abanyamakuru n'abandi bayobozi.
Umugabo watawe muri!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yatorewe kongera guhararira ishyaka CNDD-FDD mu matora y’umwaka…
Perezida Ndayishimiye Evariste w'u Burundi yaraye yongeye kugirirwa icyizere n'Abarwanashyaka ba CNDD FDD atorerwa kongera guhagararira iryo shyaka mu matora azaba mu mwaka utaha wa 2027 muri icyo gihugu.
Ni amatora yabaye kuri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Mali: Minisitiri w’ingabo yahitanywe n’inyeshyamba
Minisitiri w'ingabo w'igihugu cya Mali yaraye yishwe n'inyeshyamba mu bitero byagabwe mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu rishyira ku cyumweru.
Ikinyamakuru Aljazeera cyabitangaje ku wa 26 Mata 2026, kuva ku wa Gatandatu byatangajwe ko!-->!-->!-->…
USA: Urukiko rwatesheje agaciro urubanza Trump yarezemo Wall Street Journal asaba miliyari 10$
Umucamanza muri Amerika yatesheje agaciro urubanza perezida Donald Trump, aregamo sosiyete ifite ikinyamakuru Wall Street Journal (WSJ) ku nkuru yavugaga ku mubano we n'uwahamijwe ibyaha by'ihohoterwa rishingiye ku gitsina, Jeffrey!-->…
Ububiligi buhangayikishijwe n’ubwinshi bw’Abakongomani babuhungiramo
Mu ruzinduko arimo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo minisitiri ushinzwe iby'impunzi n'abinjira n’abasohoka w’Ububiligi yatangaje ko agenzwa no kuburira ku kibazo icy’imibare y’abanyecongo basaba ubuhungiro muri icyo gihugu irimo!-->…
Perezida Kagame yashimiye Omar Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti
Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro na Perezida Ismail Omar Guelleh wa Djibouti, amushimira ko yongeye gutorerwa kuyobora iki Gihugu muri manda ya gatandatu.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije ku mbuga nkoranyambaga kuri iki!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa EU avuga ko amahoro ari ‘ingenzi cyane’ kugira ngo ibicuruzwa…
Mu kiganiro n’abanyamakuru mu ruzinduko arimo muri Australia, umukuru w’umuryango w'Ubumwe bw’Uburayi (EU), Ursula von der Leyen, yashimangiye ko bicyenewe ko hagerwa ku mahoro anyuze mu biganiro kugira ngo intambara yo muri Iran irangire.!-->…
Trump yavuze ko Amerika yasubitse ibitero ku nganda z’ingufu za Iran
Donald Trump avuga ko habayeho "ibiganiro bitanga umusaruro" ku "gisubizo cyuzuye" ku makimbirane yo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Aravuga ko agiye "gusubika ibitero byose ku bigo by'ingufu n'ibikorwaremezo by'ingufu bya Iran" mu gihe!-->!-->!-->…
Bobi Wine arasanga ubwenge bwa Gen. Muhoozi, budashishoza
Umunyepolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, Bobi Wine, yongeye kwibasira no gushinja umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu, avuga ko ubwenge bwe budafite ubushishozi.
Uyu munyapolitiki, waherukaga no kugaragara mu mashusho, avuga ko!-->!-->!-->…
Sudan: Igitero cya ‘drone’ ku bitaro bikomeye cyishe abantu 64 mu gihe cya Eid
Ingabo za Sudani zahakanye ko ari zo zagabye igitero cyishe abantu ku bitaro bikomeye ku wa gatanu nijoro mu mujyi wo mu burengerazuba bw’igihugu ugenzurwa n’abarwanyi b’umutwe witwara gisirikare uhanganye nazo Rapid Support Forces (RSF).
!-->!-->…
‘Mfite ibintu 15 nsaba Iran’ – Trump
Donald Trump yaganiriye n'abanyamakuru mbere yo kwinjira mu ndege ya Air Force One i Palm Beach.
Ku bijyanye na Irani, yagize ati: "Ibintu ni bigenda neza, amaherezo tuzakemura iki kibazo," bitabaye ibyo, "tuzakomeza gutera ibisasu!-->!-->!-->…
Mufite imico mibi n’ubwirasi- Perezida Kagame akebura abayobozi
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yanenze abayobozi bo mu Nzego zitandukanye z’Igihugu bakomeje kurangwa n’imico mibi irimo n’ubwirasi, aho avuga ko ari yo ntandaro y’amakosa bahora basubiramo mu myaka 31 ishize.
Perezida!-->!-->!-->…
Lionel Jospin wigeze kuba minisitiri w’intebe mu Bufaransa yitabye Imana, mu gihe cye umubano…
Bwana Lionel Jospin wigeze kuba minisitiri w'intebe w'igihugu cy'Ubufaransa byemejwe ko yamaze kwitaba Imana, ese umubano wa guverinoma yari akuriye n'u Rwanda rwari rumaze igihe gito ruvuye muri jenoside yakorewe Abatutsi wari uhagaze!-->…