Browsing Category
Politike
Trump yavuze ko Amerika yasubitse ibitero ku nganda z’ingufu za Iran
Donald Trump avuga ko habayeho "ibiganiro bitanga umusaruro" ku "gisubizo cyuzuye" ku makimbirane yo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Aravuga ko agiye "gusubika ibitero byose ku bigo by'ingufu n'ibikorwaremezo by'ingufu bya Iran" mu gihe!-->!-->!-->…
Bobi Wine arasanga ubwenge bwa Gen. Muhoozi, budashishoza
Umunyepolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, Bobi Wine, yongeye kwibasira no gushinja umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu, avuga ko ubwenge bwe budafite ubushishozi.
Uyu munyapolitiki, waherukaga no kugaragara mu mashusho, avuga ko!-->!-->!-->…
Sudan: Igitero cya ‘drone’ ku bitaro bikomeye cyishe abantu 64 mu gihe cya Eid
Ingabo za Sudani zahakanye ko ari zo zagabye igitero cyishe abantu ku bitaro bikomeye ku wa gatanu nijoro mu mujyi wo mu burengerazuba bw’igihugu ugenzurwa n’abarwanyi b’umutwe witwara gisirikare uhanganye nazo Rapid Support Forces (RSF).
!-->!-->…
‘Mfite ibintu 15 nsaba Iran’ – Trump
Donald Trump yaganiriye n'abanyamakuru mbere yo kwinjira mu ndege ya Air Force One i Palm Beach.
Ku bijyanye na Irani, yagize ati: "Ibintu ni bigenda neza, amaherezo tuzakemura iki kibazo," bitabaye ibyo, "tuzakomeza gutera ibisasu!-->!-->!-->…
Mufite imico mibi n’ubwirasi- Perezida Kagame akebura abayobozi
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yanenze abayobozi bo mu Nzego zitandukanye z’Igihugu bakomeje kurangwa n’imico mibi irimo n’ubwirasi, aho avuga ko ari yo ntandaro y’amakosa bahora basubiramo mu myaka 31 ishize.
Perezida!-->!-->!-->…
Lionel Jospin wigeze kuba minisitiri w’intebe mu Bufaransa yitabye Imana, mu gihe cye umubano…
Bwana Lionel Jospin wigeze kuba minisitiri w'intebe w'igihugu cy'Ubufaransa byemejwe ko yamaze kwitaba Imana, ese umubano wa guverinoma yari akuriye n'u Rwanda rwari rumaze igihe gito ruvuye muri jenoside yakorewe Abatutsi wari uhagaze!-->…
Kim Jong Un yongeye kwemezwa nka Perezida wa Koreya ya Ruguru
Inteko Ishinga Amategeko muri Koreya ya Ruguru yongeye kwemeza Kim Jong Un nka Perezida w’icyo gihugu.
Byatangajwe n’Ikinyamakuru cya Leta, KCNA, cyagaragaje ko Kim Jong Un yemerejwe mu nama yahuje Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya ya!-->!-->!-->…
Burundi: Gen. Alain Guillaume Bunyoni yarekuwe nyuma y’imyaka itatu afunzwe.
Gen. Alain Guillaume Bunyoni wigeze kuba mu bakomeye ageza aho aba minisitiri w'intebe muri icyo gihugu, biravugwa ko yarekuwe nyuma y'imyaka hafi itatu afunze kubera ibyaha yahamijwe n'inkiko.
Hari amakuru aturuka i Burundi avuga ko!-->!-->!-->…
Alireza Aarafi wasimbuye Ayatollah Khamanei ni muntu ki?
Inama y'Impuguke yatoye Alireza Aarafi, umwe mu bagize itsinda riyoboye akanama gashinzwe umutekano , nk'umwe mu bagize "itsinda ry'abanyamategeko" b'Inama y'agateganyo iyobora Repubulika ya Kiyisilamu ya Irani.
Ubu, Aarafi amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Nduhungirehe mu ruzinduko rw’akazi mu Buhinde
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Olivier, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Buhinde aho yitabiriye inama igamije gukomeza no kwagura ubufatanye hagati y’iki gihugu n'u Rwanda mu ngeri zitandukanye!-->!-->!-->…
Amerika yahakanye kugira uruhare mu gitero cya Cuba cyaguyemo abantu bane
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yahakanye ko Amerika yaba yagize uruhare mu gikorwa cyo kurasana cyabereye ku nkengero za Cuba.
Ku wa 25 Gashyantare 2026, Cuba yatangaje ko!-->!-->!-->…
Mu gihe intambara ikomeje guca ibintu muri DRC, PerezidaTrump yikomye mu gatuza avuga ko yayirangije
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushyira intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu zo yahagaritse hirya no hino ku Isi.
Mu ijambo yagejeje ku Banyamerika ku wa 24!-->!-->!-->…
Urupfu rwa Willy Ngoma rusobanuye iki muri iyi ntambara?
Nyuma y'aho amakuru akomeje kuvuga ko uwari umuvugiz wa gisirikare w'umutwe wa M23 arashwe na drones za FARDC, bamwe mu bakurikiranira hafi intambara yo muri Congo, baribaza icyo urupfu rwe ruvuze muri iyi ntambara.
"Ndarwanira ko Congo!-->!-->!-->…
USA: Umudepite w’umwirabura yasohowe hanze ubwo Perezida Trump yashyikirizaga ijambo
Umudepite wo mu ishyaka ry'abademokrate Bwana Al Green yasohowe hanze igitaraganya ubwo perezida Donald Trump yariho ashyikiriza ijambo mu nteko ishingamateka.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 24 Gashyantare 2026 ubwo!-->!-->!-->…
Biravugwa ko Lt.Colonel Willy Ngoma yaba yarashwe na Drone za FARDC
Amakuru akomeje kuvugwa hirya no hino, aremeza ko Lt. Colonel Willy Ngoma yaba yaraye arasiwe mu mirwano mu gace ka Rubaya.
Lt.Colonel Willy Ngoma wari umuvugizi w'umutwe wa AFC M23 biravugwa ko yaraye arasiwe mu bitero bikomeye!-->!-->!-->…