Browsing Category
Politike
South Sudan: Salva Kiir yirukanye abajyanama be 2 bamubeshye bigatuma aha akazi umuntu wapfuye
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yirukanye abakozi be babiri nyuma yo kumuyobya bakamugira inama yo guha umuntu wapfuye kugira ngo ayobore itsinda ry’ibiganiro ku matora ateganyijwe kuba mu kwezi kwa Ukuboza.
Itorwa rya!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: AFC/M23 yigambye igitero cya drones giherutse kubera ku kibuga cy’indege cya Kisangani
Umuyobozi w'umutwe wa AFC/M23 wemeje ko ari wo wagabye igitero cya 'drones' ku kibuga cy'indege cyo mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo mu buryo bwo "kuburira" Kinshasa.
Mu butumwa ku rubuga rwa X, Corneille Nangaa ukuriye uwo!-->!-->!-->…
U Rwanda rwasobanuye impamvu rwajyanye u Bwongereza mu nkiko
Guverinoma y’u Rwanda yashyize ahagaragara amakuru ashingiye ku mategeko n’ibimenyetso byatumye rujyana ikirego mu bukemurampaka bw’Urukiko Mpuzamahanga rurega Ubwami bw’u Bwongereza.
Rwashimangiye ko nta yandi mahitamo yari hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhoozi yahakanye iby’ikubitwa ry’umugore wa Bobi Wine
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ibyo umugore w’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Barbara Itungo, aherutse kuvuga ko urugo rwe rwatewe mu gihe!-->…
Umuvugizi wa Netanyahu yafunzwe azira kumena amabanga
Urukiko rwa Israel rwavuze ko uwahoze ari umuvugizi wa Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu yatawe muri yombi akekwaho gutangaza inyandiko z’ibanga ku binyamakuru nta burenganzira ahawe, urukiko rwavuze ko ibi bishobora kwangiza!-->…
Abanyamerika bafite bafite inkomoko muri Etiyopiya batanze ikirego kuri Trump
Imiryango iharanira uburenganzira bw'abimukira yatanze ikirego nyuma y'icyemezo cya leta ya Trump cyo guhagarika itegeko rirengera abimukira bo muri Etiyopiya.
Nk'uko byatangajwe n'ikinyamakuru Reuters, ibihumbi by'Abanya-Etiyopiya!-->!-->!-->…
Uganda: Gen. Muhoozi yasabye Bobi Wine kwishyikiriza ubuyobozi bitaba ibyo bakamwishakira
Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda yatangaje ko ubwe afite ipfunwe ko bishe abantu "bacyeya cyane" (22) mu cyumweru kimwe, yizeza ko bazica kurushaho, kandi yifuza ko uwa 23 bazica ari Bobi Wine.
Mu butumwa bwinshi yashyize ku rubuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yasezeye kuri Amb. wa Amerika wasoje imirimo ye
Perezida Paul Kagame, yasezeye kuri Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Eric William Kneedler, wasoje imirimo yo guhagararira igihugu cye mu Rwanda.
Ni amakuru yatangajwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 13 Mutarama 2026!-->!-->!-->!-->!-->…
Venezuela: Abanyururu bataravugaga rumwe na Maduro batangiye gufungurwa
Perezida w'agateganyo wa Venezuela yatangiye igikorwa cyo gufungura no kubohora zimwe mu nfungwa za politiki zari zarafunzwe ku bwa Perezida Maduro uherutse gushimutwa na Leta Zunze ubumwe za Amerika.
Guverinoma ya Venezuela!-->!-->!-->!-->!-->…
Mozambique: Abadepite banze umushinga wo guhindura ibendera ry’igihugu
Inteko ishinga amategeko yo mu gihugu cya Mozambique yateye utwatsi umushinga wo guhindura ibendera ry'igihugu, ni umushinga wari waratanzwe unashyikirizwa n'itsinda ry'abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Mozambique rihagarariwe na Bwana!-->…
Banki Nkuru y’u Bufaransa yarezwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Ishyirahamwe ry’Imiryango iharanira ko abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bari mu Bufaransa baburanishwa, CPCR, ryatanze ikirego kireba Banki Nkuru y’u Bufaransa, iyishinja ko itafatiriye konti za Banki Nkuru y’u Rwanda mu gihe yari!-->!-->!-->…
Uganda: Museveni yasabye abaturage kudakurikira Bobi Wine ushaka kurya ibyo ataruhiye
Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yasabye abaturage kureka gukurikira abantu badashaka gukora ahubwo bagashaka kurya ibyo bataruhiye.
Muri Uganda bari mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora igihugu, mu matora azaba ku wa 15!-->!-->!-->…
AFC/M23 yemeje ko yabohoye Umujyi wa Uvira.
Ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23 bwatangaje ko nyuma y’urugamba rwo guhagarika ubwicanyi n’imvugo z’urwango, kuri ubu abarwanyi b’uwo mutwe bamaze gufata Umujyi wa Uvira.
Umuvugizi wa AFC/ M23 Lawrence Kanyuka, yemeje ifatwa ry’uyu Mujyi!-->!-->!-->…
U Rwanda rurashinja FARDC na FDNB kurenga ku masezerano y’amahoro.
Leta y'u Rwanda yatangaje ko idashobora kubazwa ihonyorwa ry'agahenge, ibitero n'imirwano bikomeje kuba mu ntara ya Kivu y'Epfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibishinja ingabo za Congo (FARDC) n'ingabo z'u Burundi!-->…
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyo yise ibinyoma bya DR Congo
Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwikoma abayobozi ba Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bakwirakwiza ibinyoma ko u Rwanda rwarenze ku masezerano ariko ari bo bayarengaho banga gutanga agahenge mu ntambara ikomeje gufata intera mu!-->…