Browsing Category
Politike
Amajyaruguru: Ba Meya batatu ntibagarutse mu bayobozi bashya b’Umuryango FPR Inkotanyi
Abayobozi b’Uturere twa Burera, Gicumbi na Musanze bari basanzwe ari n’abayobozi b’Umuryango FPR Inkotanyi muri utwo turere ntibagarutse kuri ubwo buyobozi, nk’uko byari bisanzwe bimenyerewe ko aba aribo bahabwa amahirwe iyo ari!-->!-->!-->…
Tanzania: Ishyaka CCM yemeje Perezida Samia nk’uzarihagararira mu matora ya 2025
Ishyaka riri ku butegetsi muri Tanzania, Chama cha Mapinduzi (CCM), waraye wemeje Perezida Samia Suluhu Hassan kugira ngo azarihagararire mu matora y'umukuru w'iki gihugu azaba muri uno mwaka.
Iki cyemezo cyafashwe mu ihuriro rya!-->!-->!-->!-->!-->…
Jean Guy Afrika yagizwe umuyobozi wa RDB
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyize Jean-Guy Afrika mu mwanya w’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB).
Jean Guy Afrika asimbuye Francis Gatare wari muri uyu mwanya kuva muri Nzeri 2023, ubu akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Min. Nduhungirehe yanenze abatari kumva impamvu M23 yafashe umujyi wa Masisi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yanenze ibihugu n’imiryango mpuzamahanga bikomeje gufata ibyemezo n’imyanzuro ihengamiye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byirengagije ukuri ku!-->!-->!-->…
Mozambique: Abashyigikiye umukandida watsinzwe amatora bongeye kwigaragambya
Imyigaragambyo yongeye kwaduka muri Mozambique nyuma yuko urukiko rurusha izindi ububasha rwemeje ko umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku butegetsi ari we watsinze amatora ya perezida yateje impaka yabaye mu Kwakira uyu mwaka.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bukuru bw’ingabo
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashyizeho umugaba mukuru w'ingabo mushya, muri zimwe mu mpinduka zikomeye cyane kandi nyinshi akoze mu buyobozi bukuru bw'ingabo kuva intambara n'inyeshyamba za M23!-->!-->!-->…
Uhuru Kenyatta wigeze kuyobora Kenya yiyemeje guhuza RDC n’umutwe wa M23
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe umubano na Afurika, Molly Phee, yatangaje ko Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya yiyemeje guhuza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje!-->!-->!-->…
Uganda: Gen. Muhoozi Kainerugaba yandagaje umwungiriza we mu gisirikare cya UPDF
Umugaba mukuru w'igisirikare cya Uganda Muhoozi Kainerugaba yavuze Lt Gen Elwelu usanzwe ari umwungiriza we mu gisirikare cya Uganda ko ari igicucu cyirirwa cyihisha inyuma ya perezida Museveni.
Gen Muhoozi mu butumwa yanyujije ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasaderi wa Uganda muri DRC yasabwe gusobanura ibyavuzwe n’umuhungu wa Museveni
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaraye ihamagaje uhagarariye by'agateganyo ambasaderi wa Uganda muri icyo gihugu imusaba ibisobanuro ku magambo yatangajwe n'umugaba mukuru w'ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Guverineri yamaganye umwanzuro wo kwegurira ibirombe umushoramari umwe
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice, yahakaniye Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango idasanzwe ku mwanzuro wo guha umushoramari umwe ibirombe birenga 10, abagira inama yo gusubiza abantu ubusabe bw’abashoramari benshi !-->!-->!-->…
M23 yerekanye abasirikare ba FARDC yafashe mpiri mu rugamba
Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza werekanye abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatiye mu mirwano ikomeje gusakiranya impande zombi.
Umuvugizi w’Igisirikare cy’uyu mutwe, Lt Col!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’Ubutaliyani yataye muri yombi umubikira ucyekwaho gukorana n’aba…
Polisi y'Ubutaliyani yavuze ko umubikira ari umwe mu bantu 25 batawe muri yombi mu majyaruguru y'icyo gihugu, bijyanye n'iperereza ku bico by'abagizi ba nabi bazwi nk'aba 'mafia'.
Uwo mubikira, ibitangazamakuru byo mu Butaliyani!-->!-->!-->!-->!-->…
CG (Rtd) Emmanuel Gasana ku rutonde rw’abapolisi bakuru baherutse gushyirwa mu kiruhuko…
Iteka rya Perezida rishyira mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi bakuru 39, ryasohotse kuri uyu wa 4 Ukuboza 2024.
Iri teka rya perezida wa Repubulika ririho amazina y’abaherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru barimo CG (Rtd) Emmanuel!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Minisitiri w’intebe wari umazeho amezi atatu gusa yegujwe ajyana na guverinoma ye.
Inteko Ishinga Amategeko yo mu gihugu cy'Ubufaransa, yaraye yeguje Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Barnier wari umaze amezi atatu afashe izo nshingano.
Amashyaka atavuga rumwe na Leta yahuje imbaraga yishyira hamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatoye umwanzuro usaba ubwigenge bwa Palestine, Israel ikava mu bice byayo yigaruriye
U Rwanda rwaje mu bihugu 156 byatoye bishyigikira umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye, usaba ko hemerwa ubwigenge bwa Palestine nk’igihugu ndetse Israel ikava mu bice byayo yigaruriye kuko ari byo bizatanga amahoro arambye.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…