Browsing Category
Politike
USA: Urukiko rwatesheje agaciro urubanza Trump yarezemo Wall Street Journal asaba miliyari 10$
Umucamanza muri Amerika yatesheje agaciro urubanza perezida Donald Trump, aregamo sosiyete ifite ikinyamakuru Wall Street Journal (WSJ) ku nkuru yavugaga ku mubano we n'uwahamijwe ibyaha by'ihohoterwa rishingiye ku gitsina, Jeffrey!-->…
Ububiligi buhangayikishijwe n’ubwinshi bw’Abakongomani babuhungiramo
Mu ruzinduko arimo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo minisitiri ushinzwe iby'impunzi n'abinjira n’abasohoka w’Ububiligi yatangaje ko agenzwa no kuburira ku kibazo icy’imibare y’abanyecongo basaba ubuhungiro muri icyo gihugu irimo!-->…
Perezida Kagame yashimiye Omar Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti
Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro na Perezida Ismail Omar Guelleh wa Djibouti, amushimira ko yongeye gutorerwa kuyobora iki Gihugu muri manda ya gatandatu.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije ku mbuga nkoranyambaga kuri iki!-->!-->!-->…
Umuyobozi wa EU avuga ko amahoro ari ‘ingenzi cyane’ kugira ngo ibicuruzwa…
Mu kiganiro n’abanyamakuru mu ruzinduko arimo muri Australia, umukuru w’umuryango w'Ubumwe bw’Uburayi (EU), Ursula von der Leyen, yashimangiye ko bicyenewe ko hagerwa ku mahoro anyuze mu biganiro kugira ngo intambara yo muri Iran irangire.!-->…
Trump yavuze ko Amerika yasubitse ibitero ku nganda z’ingufu za Iran
Donald Trump avuga ko habayeho "ibiganiro bitanga umusaruro" ku "gisubizo cyuzuye" ku makimbirane yo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Aravuga ko agiye "gusubika ibitero byose ku bigo by'ingufu n'ibikorwaremezo by'ingufu bya Iran" mu gihe!-->!-->!-->…
Bobi Wine arasanga ubwenge bwa Gen. Muhoozi, budashishoza
Umunyepolitiki utavuga rumwe na leta ya Uganda, Bobi Wine, yongeye kwibasira no gushinja umugaba mukuru w’ingabo z’icyo gihugu, avuga ko ubwenge bwe budafite ubushishozi.
Uyu munyapolitiki, waherukaga no kugaragara mu mashusho, avuga ko!-->!-->!-->…
Sudan: Igitero cya ‘drone’ ku bitaro bikomeye cyishe abantu 64 mu gihe cya Eid
Ingabo za Sudani zahakanye ko ari zo zagabye igitero cyishe abantu ku bitaro bikomeye ku wa gatanu nijoro mu mujyi wo mu burengerazuba bw’igihugu ugenzurwa n’abarwanyi b’umutwe witwara gisirikare uhanganye nazo Rapid Support Forces (RSF).
!-->!-->…
‘Mfite ibintu 15 nsaba Iran’ – Trump
Donald Trump yaganiriye n'abanyamakuru mbere yo kwinjira mu ndege ya Air Force One i Palm Beach.
Ku bijyanye na Irani, yagize ati: "Ibintu ni bigenda neza, amaherezo tuzakemura iki kibazo," bitabaye ibyo, "tuzakomeza gutera ibisasu!-->!-->!-->…
Mufite imico mibi n’ubwirasi- Perezida Kagame akebura abayobozi
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yanenze abayobozi bo mu Nzego zitandukanye z’Igihugu bakomeje kurangwa n’imico mibi irimo n’ubwirasi, aho avuga ko ari yo ntandaro y’amakosa bahora basubiramo mu myaka 31 ishize.
Perezida!-->!-->!-->…
Lionel Jospin wigeze kuba minisitiri w’intebe mu Bufaransa yitabye Imana, mu gihe cye umubano…
Bwana Lionel Jospin wigeze kuba minisitiri w'intebe w'igihugu cy'Ubufaransa byemejwe ko yamaze kwitaba Imana, ese umubano wa guverinoma yari akuriye n'u Rwanda rwari rumaze igihe gito ruvuye muri jenoside yakorewe Abatutsi wari uhagaze!-->…
Kim Jong Un yongeye kwemezwa nka Perezida wa Koreya ya Ruguru
Inteko Ishinga Amategeko muri Koreya ya Ruguru yongeye kwemeza Kim Jong Un nka Perezida w’icyo gihugu.
Byatangajwe n’Ikinyamakuru cya Leta, KCNA, cyagaragaje ko Kim Jong Un yemerejwe mu nama yahuje Inteko Ishinga Amategeko ya Koreya ya!-->!-->!-->…
Burundi: Gen. Alain Guillaume Bunyoni yarekuwe nyuma y’imyaka itatu afunzwe.
Gen. Alain Guillaume Bunyoni wigeze kuba mu bakomeye ageza aho aba minisitiri w'intebe muri icyo gihugu, biravugwa ko yarekuwe nyuma y'imyaka hafi itatu afunze kubera ibyaha yahamijwe n'inkiko.
Hari amakuru aturuka i Burundi avuga ko!-->!-->!-->…
Alireza Aarafi wasimbuye Ayatollah Khamanei ni muntu ki?
Inama y'Impuguke yatoye Alireza Aarafi, umwe mu bagize itsinda riyoboye akanama gashinzwe umutekano , nk'umwe mu bagize "itsinda ry'abanyamategeko" b'Inama y'agateganyo iyobora Repubulika ya Kiyisilamu ya Irani.
Ubu, Aarafi amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Nduhungirehe mu ruzinduko rw’akazi mu Buhinde
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Olivier, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Buhinde aho yitabiriye inama igamije gukomeza no kwagura ubufatanye hagati y’iki gihugu n'u Rwanda mu ngeri zitandukanye!-->!-->!-->…
Amerika yahakanye kugira uruhare mu gitero cya Cuba cyaguyemo abantu bane
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yahakanye ko Amerika yaba yagize uruhare mu gikorwa cyo kurasana cyabereye ku nkengero za Cuba.
Ku wa 25 Gashyantare 2026, Cuba yatangaje ko!-->!-->!-->…