Browsing Category
Imikino
UEFA Champions League: PSG na Atletico Madrid zabimburiye andi makipe kubona itike ya 1/2
Atlético Madrid yihagazeho imbere ya FC Barcelone ikomeza muri ½ cya UEFA Champions League ku giteranyo cy’ibitego 3-2, naho Paris Saint-Germain ikomeza itsinze Liverpool ku giteranyo cy’ibitego 4-0.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri,!-->!-->!-->…
AHAZAZA H’ABAKINNYI 8 BA MANCHESTER CITY NTIHARASOBANUKA.
MANCHETSER CITY ISHOBORA KUZAREKURA ABAKINNYI 8 MURI IYI MPESHYI DORE KO AHAZAZA HABO HATARAMENYEKANA.
Hashingiwe ku miterere y’amasezerano, imyaka ndetse n’impinduka ziri kubera mu ikipe ya Manchester city, bamawe mu bakinnyi bari!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasogi United ntiyanyuzwe n’igisubizo yahawe ku bujurire bwo guterwa mpaga
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yavuze ko nyuma yo kujuririra umwanzuro wo guterwa mpaga ku mukino wari kubahuza na Rayon Sports ku Cyumweru, Rwanda Premier League yabasubije ibyo bari biteze, igaragaza ko yari mu!-->…
CAS yakiriye yongera yemera Ubujurire bwa Senegal
Urukiko mpuzamahanga rukemura amakimbirane mu mikino (CAS) rwatangaje ko ruzafata umwanzuro ku bujurire bwa Senegal “byihuse bishoboka” nyuma yuko yambuwe igikombe cy'Afurika.
Senegal yatsinze Maroc igitego 1-0 ku mukino wa nyuma wabaye!-->!-->!-->…
IBINTU BITATU BISHOBORA KUZAFASHA RSSB TIGERS KUZITWARA NEZA MU MARUSHANWA YA BAL.
N'ubwo batiteguye igihe kinini, hari ibintu bitatu bishobora gutuma umuntu agirira RSSB Tigers icyizere cyo kuzitwara neza mu marushanwa ya BAL
Mu gihe habura amasaha atageze kuri 48 kugira ngo irushanwa rya Bal ritangire. RSSB!-->!-->!-->!-->!-->…
“Liverpool si ikipe gusa, ni urukundo,…” Amarangamutima ya Salah wasezeye…
Mohamed Salah wari umaze imyaka icyenda ari rutahizamu ngenderwaho muri Liverpool, yatangaje ko azatandukana na yo nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2025/26.
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 24 Werurwe 2026, ni bwo uyu mukinnyi yifashishije!-->!-->!-->…
Rurageretse hagati ya KNC na Rwanda Premier League
Nyuma y'aho umuyobozi mukuru wa Rwanda Premier League Bwana Jules KARANGWA atangaje ko ikipe ya Gasogi Utd yamenyeshejwe ibijyanye n'impinduka z'umukino wagombaga kuyihuza na Rayon sport kuri iki cyumweru, Bwana Kakooza Nkuliza Charles!-->…
Stephen Constantine wigeze gutoza MAVUBI yongeye kuyagarukamo
Umwongereza Stephen Constantine yagizwe Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’ n’iya batarengeje imyaka 23 mu gihe cy’imyaka ibiri ishobora kongerwa.
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Werurwe 2026, ni bwo Ishyirahamwe!-->!-->!-->…
Jurgen Zomermaand yegukanye agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda yambara umwenda w’umuhondo
Umuhorandi Jurgen Zomermaand ukinira Picnic Team yegukanye agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026 akoresheje amasaha atatu, iminota 44 n’amasegonda 53 ku Ntera y’Ibilometero 145,3.
Kuri uyu wa Kabiri nibwo hakinwe agace ka Gatatu ka!-->!-->!-->…
Mangok Mathiang wakinnye muri NBA yongewe muri APR BBC yitegura BAL
APR BBC yaguze Umunyamerika Leonard Craig Randall n’Umunya-Sudani y’Epfo, Mangok Mathiang mu rwego rwo gukarishya ikipe ikomeje kwitegura Basketball Africa League (BAL 2026).
Randall ukina nk’Umu-Point Guard ni umwe mu bitezwe cyane!-->!-->!-->…
Vinicius: Mu myaka umunani amaze muri Real Madrid, amaze gukorerwa ivanguraruhu incuro 20
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabane wa Bulayi, UEFA, ryatangiye iperereza nyuma y’aho rutahizamu wa Real Madrid, Vinicius Jr w’imyaka 25, avuze ko yabwiwe amagambo y’ivangura mu mukino wahuje REAL Madrid na Benfica mu ijoro!-->!-->!-->…
Rayon Sport yatsinze AS Kigali itangira kwiyunga n’abakunzi bayo.
Rayon Sports yatsinze AS Kigali igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 18 wa Shampiyona, yongera kubona intsinzi nyuma y’imikino itanu yikurikiranya idatsinda mu marushanwa yose.
Uyu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium i Nyamirambo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Cedrick Hamisi uherutse gutandukana na Kiyovu Sport, yabonye indi kipe.
Umukinnyi Cedrick Hamis wahoze akinira ikipe ya Kiyovu sports nyuma impande zombi zikemeranya gutandukana, biravugwa ko uyu mukinnyi yaba amaze kubona indi kipe mu gihugu cy'u Burundi.
Nyuma y'aho bwana Cedrick Hamis atandukanye n'ikipe!-->!-->!-->…
FERWAFA yagize icyo ivuga ku gitego cya APR FC cyanzwe n’umusifuzi wo ku ruhande
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryahagaritse imikino ine Umusifuzi wo ku ruhande, Jabo Aristote, wanze igitego cya APR FC mu minota ya nyuma y’umukino yanganyijemo na Al-Merrikh SC ubusa ku busa ku Cyumweru, tariki ya!-->…
AFCON25#: Ikipe ya Maroc yatangiranye intsinzi mu gikombe cya Africa.
Ikipe y’Igihugu ya Maroc yatangiye neza Igikombe cya Afurika cya 2025 (CAN), itsinda iya Comoros ibitego 2-0 imbere y’imbaga y’abafana bayo mu mukino ufungura irushanwa.
Ni umukino wabaye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 21!-->!-->!-->!-->!-->…