Browsing Category
Imikino
APR FC inyabitse Kiyovu Sport biyishyira ku isonga rya championnat
Mu mikino y’umunsi wa 17 yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Mutarama 2023,ikipe ya APR FC yigaranzuye Kiyovu Sports yari imaze imyaka 2 yarayigaruriye ibona amanota 3 yayifashije gufata umwanya wa mbere ushobora kuyihesha ikindi!-->!-->!-->…
Kiyovu Sports igiye gutangaza abafana batutse Mukansanga Salima
Ikipe ya Kiyovu Sports igiye gutangaza amazina y’abafana batutse Umusifuzi Mukansanga Salima ndetse banahanwe by’intangarugero.
Ku mukino w’Umunsi wa 16 wa Shampiyona ubwo Gasogi United yakiraga Kiyovu Sports, kuri Stade ya Bugesera!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA igiye gusuzuma ikibazo cy’imyitwarire mibi y’abafana ba Kiyovu basagariye…
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA ryamaganye imyitwarire idahwitse yaranze abafana ba Kiyovu Sports mu mukino w’umunsi wa 16 wa Primus League wabahuje n’ikipe ya Gasogi United,kuwa 20 Mutarama 2023.
Mu butumwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukino wa Rayon Sports na Musanze FC wongeye urasubikwa ku nshuro ya kabiri
Umukino w’umunsi wa 16 uzahuza Rayon Sports na Musanze FC kuri stade ya Muhanga, wongeye kwimurwa uvanwa ku itariki 22 Mutarama 2023 wari wimurweho.
Uyu mukino ku ngengabihe yari yasohowe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC mu nzira zo gutera gapapu Rayon Sports kuri rutahizamu Makusu Mundele
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, ishobora gutera gapapu mukeba wayo, Rayon Sports, kuri rutahizamu w’Umunye-Congo Jean Marc Makusu Mundele kuri ubu udafite ikipe.
Makusu uheruka gutandukana na St Éloi Lupopo, kuri ubu ari kubarizwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye igihe Shampiyona ya Basketball izagarukira.
Nk’uko bigaragazwa n’ingengabihe yuko amakipe azahura mu byiciro byombi, abagabo n’abagore, shampiyona y’icyiciro cya mbere uyu mwaka izakinwa n’amakipe 20, aho mubagabo ari amakipe 12 naho mu bagore akaba 8.
Uyu mwaka w’imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasogi Utd irijije aba Rayon ituma binjirana agahinda mu minsi mikuru
Ikipe ya Gasogi Utd itsinze Rayon Sport FC bituma abakunzi bayo barangiza nabi umwaka binjirana agahinda mu mwaka wa 2023.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda yakomeje ku munsi wayo wa 15, ni umunsi wari waranzwe no gutungurwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Amwe mu makipe yo mu burasirazuba ashobora guhuzwa
Ku itariki 22 Nyakanga 2022, mu Ntara y’Iburasirazuba mu Karere ka Kayonza, habereye inama yahuje Guverineri w’iyo Ntara, Emmanuel Gasana n’abayobozi b’amakipe yo mu byiciro icyenda by’imikino ndetse n’abayobozi b’amashuri!-->!-->!-->…
Kylian Mbappe agaragaje ko agiye gufata umwanzuro ukomeye!!
Real Madrid biravugwa ko icyifuza Kylian Mbappe ariyo mpamvu yongeye gusubiza amaso inyuma agashaka kuyerekezamo.
Kuri uyu wa kabiri,Rutahizamu w’Ubufaransa Kylian Mbappé wujuje imyaka 24 ashobora gutangaza mu kanya kari imbere ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Messi yaciye agahigo ko kuba umukinnyi ugize ifoto yakunzwe na benshi kuri Instagram
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine, Lionel Messi yabonye indi ntsinzi imbere ya Cristiano Ronaldo ubwo ifoto ye afite Igikombe cy’Isi yabaga iya mbere y’umukinnyi ikunzwe n’abantu benshi kuri Instagram.
Nyuma yo gutsinda u!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Rayon Sport yahawe umukino umwe agomba gutsinda bitaba ibyo akirukanwa
Nyuma yo gutsindwa n'ikipe ya APR FC, ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon sport bwasabye umutoza wayo gutsinda umukino ukurikira bitaba ibyo akirukanwa.
Nyuma yo gutsindwa n'umukeba kuri uyu wa gatandatu taliki ya 17 Ukuboza 2022, abayobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC yongeye gupfukama mu nda ikipe ya Rayon Sport
Ikipe ya APR FC yongeye ikubita ikipe ya Rayon Sport nyuma yo guhiga ko noneho igiye kwigaranzura.
kuri uyu wa gatandatu taliki ya 17 Ukuboza 2022, championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda Primus national league yakomeje ku munsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Kenya yapfiriye kuri stade mu mukino w’igikombe cy’isi ari mu kazi
Umunya Kenya yapfiriye muri stade yo muri Qatar ubwo yahanukaga ari mu kazi ko gucunga umutekano mu mukino w’igikombe cy’isi.
Ibi byemejwe na Qatar Supreme Committee for Delivery & Legacy, ari nabo bashinzwe gutegura igikombe!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc: Leta yatanze indege 30 ku banyagihugu bifuza kujya gufana ikipe muri Qatar
Nyuma yo gutsinda ikipe ya Portugal ikabona umwanya wo gukina kimwe cya kabiri mu gikombe cy'isi, Umwami wa Maroc yemeye gutanga indege 30 ku bantu bose bifuza kujya gufana ikipe yabo muri Qatar
Sosiyete y’Ubwami bwa Maroc ishinzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc itahabwaga amahirwe, yanditse amateka mashya ku mugabane wa Afrika nyuma yo gutsinda Portugal
Ikipe ya Maroc itahabwaga amahirwe muri kino gikombe cy'isi kiri gukinirwa muri Qatar, imaze gutsinda ikipe ya Portugal yandikisha amateka mashya ku mugabane wa Afrika.
Ikipe y’igihugu ya Maroc yakoze amateka yo kuba ikipe ya mbere!-->!-->!-->!-->!-->…