Browsing Category
Iterambere
Nyanza: Ubuyobozi bwemeye gashakira terefoni zigezweho abakuru b’imidugudu
Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwijeje ko bugiye gushakira terefoni zigezweho abakuru b'imidugudu yose yo muri ako Karere mu rwego rwo kunoza akazi bakora.
Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza Bwana NTAZINDA Erasme yavuze ko ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye akayabo k’amafaranga u Rwanda rwinjije mu kwakira imikino itandukanye
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko amarushanwa mpuzamahanga n’ibindi bikorwa bya siporo u Rwanda rwakiriye byinjije amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari 30.
Byagarutsweho na Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju,!-->!-->!-->…
Nyuma ya CHOGM u Rwanda ruzakira inama nkuru ya FIFA umwaka utaha.
U Rwanda rwemejwe nk’igihugu kizakora Inama Nkuru ya 73 y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru (FIFA), ukaba ari umwanzuro wa Komite Nshingwabikorwa ya FIFA yafashe uwo mwanzuro ku wa Kane taliki ya 23 Kamena 2022 .
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Hatashywe ibiro by’akagali katwaye miliyoni 18 mu kukubaka
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma bwashyikirije abaturage bo mu Murenge wa Rukumberi inyubako y’Ibiro by’Akagari ka Gituza yuzuye itwaye amafaranga y’u Rwanda miliyoni 18 zirimo miliyoni eshatu zakusanyijwe n’abaturage.
Umuhango wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kera kabaye Elon Musk yemerewe kugura urubuga rwa twitter
cyifuzo cy’Umunyamerika Elon Musk cyo kugura Twitter akayegukana, cyemejwe n’inama y’ubutegetsi y’uru rubuga nkoranyambaga kuri uyu wa Mbere.
Uyu muherwe usanzwe afite imigabane y’ 9,2% muri uru rubuga rwa Twitter, yari aherutse!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Jamaica, Perezida Kagame yasuye ibirwa bya Barbados
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rw’iminsi 3 mu gihugu cya Jamaica ubu ari mu ruzinduko mu birwa bya Barbados naho ni muri Caraibe.
Ku kibuga cy’indege Mpuzamaganga, Grantley Adams International Airport,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: kwibumbira hamwe byahinduriye ubuzima Abayisilamukazi bafite ubumuga
Abayisilamukazi bafite ubumuga bibumbiye muri asosiyasiyo ”Dukundane” idoda imyenda mu budodo, bavuga ko kwihuriza hamwe byatumye bava mu bwigunge kuko mbere bitaboroheraga gusabana n’abandi badafite ubumuga.
Ni asosiyasiyo igizwe!-->!-->!-->!-->!-->…
NASA YEMEJE KO HARI INDI MIBUMBE 500 NYUMA Y’IYARI ISANZWE IZWI
Nasa yatangaje yemeza ko hanze y’igice cyo mu isanzure isi n’indi mibumbe yari isanzwe izwi bibarizwa, hari indi mibumbe 5000 hakaba harimo ishyuha cyane imeze nka Jupiter imeze nk’isi ndetse n’imeze nka neptunes.
Ubusanzwe habarwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Abatega imodoka bagiye kubakirwa inzu z’ubwugamo zigezwho(Amafoto)
Umujyi wa Kigali watangiye gushyira mu bikorwa umushinga witwa ’Smart City Bus Shelter’ wo kubaka inzu z’ubwugamo zigezweho ku bagenzi batega imodoka, zirimo intebe z’abagenzi, aho gucomeka telefoni, interineti y’ubuntu, aho!-->!-->!-->…
IMODOKA YAMBERE NDENDE KU ISI YAGARAGAYE IFITE UBUREBURE BWA FEET100
Imodoka ndende cyane ku isi, limousine yitwa American Dream, yanditse amateka nyuma yo gupimwa kumugaragaro ku burebure bwa feet 100
Ibi byamenyekanye tariki 9 Werurwe ubwo imodola yo mu bwoko bwa Limousine yapimwaga ku mugaragararo!-->!-->!-->!-->!-->…
Hilltop Hotel na Country Club zahaniwe gutanga serivise mbi muri Tour du Rwanda2022
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB rwaciye Hilltop Hotel amande y’ibihumbi 300 Rwf, izira gutanga serivise zitanoze ku bitabiriye isiganwa ry’amagare rya Tour du Rwanda 2022.
Indi yahanwe ni Country Club nayo yaciwe amande!-->!-->!-->!-->!-->…
KIGALI: Ibibazo by’abamotari byafatiwe imyanzuro mu rwego rwo kuborohereza
Mu nama yahuje abamotari n'inzego zitandukanye ndetse na Minisiteri y'Ibikorwa Remezo ku bibazo bitandukanye byagiye bigaragazwa n'abamotari, hafashwe imyanzuro igamije koroshya ibyo bibazo byagaragajwe.
Ni inama yabaye kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…