Browsing Category
Imyidagaduro
WIZKID NA AYRA STARR BARAYE BIBITSEHO IBINDI BIHEMBO BYA MUZIKA.
WIZKID NA AYRA STARR BARI MU BARAYE BEGUKANYE IBIHEMBO BYA MOBO AWARDS MU IJORO RYAKEYE.
Ibirori byo gutanga ibihembo bya Mobo awards ku nshuro yabyo ya 28, ibirori byabereye mu mugi wa Manchester bwa mbere mu mateka yabyo, byasize!-->!-->!-->!-->!-->…
NI IKI CYABAYE NYUMA Y’AHO UMURAPERI DESIIGNER ATAWE MURI YOMBI MU MINSI ISHIZE?
UMURAPERI DESIIGNER WATAWE MURI YOMBI MU NTANGIRIRO Z'IKI CYUMWERU AKAZA KUREKURWA NYAMARA YARAZIRAGA GUHOHOTERA MUGENZI WE, BYAGENZE BITE KUGIRA NGO AREKURWE?
Abenshi iyo bavuze uyu muraperi, akaba n'umuririmbyi, bahita bibuka!-->!-->!-->!-->!-->…
KANYE WEST YABESHYUJE KU MIKORESHEREZE YA AI MURI ALBUM YE.
KANYE WEST YATANGAJE KO ATIGEZE AKORESHA UBWENGE BUHANGANO MU MUZINGO MUSHYA YITEGURA KUMURIKIRA ABAKUNZI BE.
Kanye Omari West aritegura gushyira hanze umuzingo w'indirimbo nshya, umushinga amaze igihe akoraho, byatumye anabeshyuza!-->!-->!-->!-->!-->…
HARIBAZWA NIBA TIWA SAVAGE ATABA ATWITE NYUMA Y’AMASHUSHO YAGIYE HANZE.
Amashusho yagaragaje Tiwa Savage ntavugwaho rumwe dore ko hari abagaragaza ko yaba yotegura kwibaruka umwana we wa kabiri.
Hari amakuru akomeza guhererekanywa na bamwe mu bakurikiranira hafi uyu muhanzikazi w'imyaka 46, avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
KUKI ARI DOJA CAT WATORANYIJWE GUTARAMA MURI MOVE AFRICA 2026?
Kuri uyu wa kabiri muri, Doja Cat arataramira muri Bk arena mu gitaramo cya Move Africa; Ariko se kuki ariwe bahisemo kuri iyi nshuro?
Ku bakunzi b'indirimbo zo mu burengerazuba bw'isi, ntibabura gushesha urumeza iyo bumise!-->!-->!-->!-->!-->…
MICHAEL B. JORDAN, ASHOBORA KUZAKORA AMATEKA MU BIHEMBO BYA OSCAR 2026
Nyuma yo kwisaga mu byiciro bitandukanye, Michael B. Jordan ashobora kuzakora amateka yo gutwara Oscar awards mu byiciro byinshi.
Abakunzi b'imyidagadduro bose bahanze amaso ku cyumweru tariki 15 Werurwe 2026, ubwo hazatangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Meddy yaciye amarenga yo gutaramira mu Rwanda
Umuramyi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy, yaciye amarenga y’uko ateganya gutaramira i Kigali agaragaza ko arimo kubiteganya vuba cyane.
Ni ibyo yatangaje ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 01 Ukuboza 2025, ubwo yasangizaga ifoto!-->!-->!-->!-->!-->…
Fatima Bosch wo muri Mexique yatsindiye ikamba rya Miss Universe nyuma yo gushwana n’utegura…
Fatima Bosch wo muri Mexique ni we wambitswe ikamba rya Miss Universe mu gihugu cya Thailand kuri uyu wa gatanu, mu irushanwa risojwe ryararanzwe n'ibibazo byinshi n'amakimbirane kugeza uwariyoboraga yeguye.
Uyu mukobwa w'imyaka 25!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Senderi yasusurukije abaturage mu gitaramo cyo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki…
Ku wa Gatatu, tariki 19 Ugushyingo 2025, mu Karere ka Kamonyi, umuhanzi Senderi International Hit yasusurukije abaturage mu gitaramo cy’ubusabane cyabereye muri gare ya Bishenyi, mu Murenge wa Runda.
Iki gitaramo kiri mu rugendo!-->!-->!-->!-->!-->…
Igitaramo “Icyambu” cya Israel MBONYI kigiye kuba ku nshuro ya kane
Umuramyi akaba n'umuhanzi mu ndirimbo ziririmbirwa Imana Bwana Israel Mbonyi yateguje abakunzi be batari bake, igitaramo yakunze kwita "Icyambu" ku nshuro yacyo ya kane.
Israel Mbonyi, umuramyi byahamye, ukunzwe mu Rwanda ndetse no!-->!-->!-->!-->!-->…
Mpundu France ari guhatanira igihembo cya miliyoni 50
Umuhanzikazi France Mpundu yamaze kugera muri Afurika y’Epfo, aho yanditse amateka mashya yo kuba umunyarwanda wa mbere witabiriye ikiganiro “Secret Story” kizwi cyane ku mugabane w’Afurika gitambuka kuri Canal+.
Uwegukana intsinzi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirikou uri mu bagezweho i Burundi ashobora gutaramira Abanyarwanda vuba
Umuhanzi wo mu Burundi, Kirikou Akili uri mu bagezweho muri iki gihe, yagaragaje ko agiye gutangira urugendo rwo kumenyekanisha indirimbo ye “Aha Nihe?” iri mu zikomeje guca ibintu mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba.
Uyu musore!-->!-->!-->…
Zuchu akomeje kwiyama abahamagara umugabo we
Zuchu, Umuhanzikazi wo muri Tanzania akaba n’umugore wa Diamond Platnumz, yongeye kwihaniza abakobwa bahamagara telefone y’umugabo we.
Aba bombi bashyingiranwe mu muhango w’idini ya Islam muri Kamena 2025, nyuma Zuchou!-->!-->!-->…
ANGELINA JOLIE YAVUZE KO YAHUZWE IGIHUGU YAVUKIYEMO.
Angelina Jolie Yavuze ko atagitekereza ku gihugu cyamubyaye.
Ubwo yari mu gace ka Basques kari ku mupaka uhuza Amajyaruguru ya Espanye n'amajyepfo ashyira uburengerazuba bw'Ubufaransa, yaganiriye n'itangazamakuru, kuri filime!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss Uganda 2026 Muhoza Trivia yashimiye abamushyigikiye
Nyampinga wa Uganda 2026 Muhoza Trivia Elle yashimiye abamubaye hafi mu rugendo rwe rwo guhatanira ikamba ashimira by’umwihariko Natasha Nyonyizi yasimbuye.
Muhoza yambitswe ikamba rya Nyampinga wa Uganda, asimbuye Natasha Nyonyozi,!-->!-->!-->…