EDDY KENZO ARASABA UBUFASHA BWO GUSUBIRA MU GIHUGU CY’AMAVUKO

13,938
Kwibuka30

umuhanzi wo muri Uganda idrisa Musuuza uzwi kw’izina EDDY KENZO yaheze mu Gihugu cya Cote d’ivoire, akaba ari gusaba ubufasha bwo gutaha mu Gihugu cye cya mavuko nyuma yuko uganda yemeje umurwayi wambere wagaragaweho icyorezo cya COVID -19 ( coronavirus )

muri ikigihe isi yugarijwe nicyorezo cya coronavirus nyuma y’iminsi mirongo itatu Perezida Museveni yahagaritse ingendo zinjira mu Gihugu no hanze yayo akaba yahagaritse ndetse ningendo z’indege iyo ariyo yose itwara abagenzi muri Uganda

Kwibuka30

EDDY KENZO niwe muhanzi umwe rukumbi muri Uganda waririmbye muri masa fest muri cote d’ivoire kuwa 16 werurwe 2020 yaheze mu Gihugu cya Afurika y’iburengerazuba ari gukora indirimbo ubwo yafataga amajwi y’indirimbo ebyiri hamwe nabahanzi baho

yaje gutungurwa namakuru yatambutse avuga ko ntangendo zemewe gukorerwa muri Uganda ko atamerewe gutaha kubera icyorezo cyugarije isi cya coronavirus cyimaze guhagarika ubuzima bwa benshi ndetse aho ibikorwa mu bihugu bitandukanye yahagaritswe, EDDY KENZO abinyujije kumbuga nkoranyambaga umuririmbyi wa big talent yatangaje ko atemerewe gusubira mu Gihugu cye cy’amavuko muri Uganda akaba asaba ubufasha ubwo aribwo bwose ngo atahe ko bitoroshye na gato kuba kure y’umuryango we. EDDY KENZO arasaba gutaha

EDDY KENZO arikwibaza uko azagera mu Gihugu cye cya mavuko muri Uganda

Leave A Reply

Your email address will not be published.