Nyuma ya Muhire Kevin, undi mukinnyi yareze ikipe ya Rayon Sport
Myugariro wa Rayon Sport Bwana Omar Gning yamaze kugeza ikirego cye ku ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA aho uyu mukinnyi arega ikipe yahoze akinira ariyo Rayon Sport ko yanze kumurekura ngo ajye kwishakira indi kipe!-->!-->!-->…