Muri Zambia na Malawi batanze miliyoni 14 Frw zo gufasha bibasiwe n’ibiza
Kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi Dr. Musafiri Ildephonse, yashyikirijwe ibahasha irimo amadolari y’Amerika 12,490 asaga miliyoni 14 z’amafaranga y’u Rwanda, yantanzwe n’Abanyarwanda baba muri Zambia na Malawi. !-->!-->!-->…