Abamotari n’ingendo zihuza uturere zakomorewe, Rusizi na Rubavu zishyirwa mu Kato

8,128
Kwibuka30

Inama y’abaministri yemeje ko ingendo za moto n’imodoka hagati y’Uturere n’umujyi wa Kigali zisubukuwe, ariko Rusizi na Rubavu zishyirwa mu kato

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 2 Kamena, inama y’abaministre yateraniye muri village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Prezida wa Repubulika, iyo nama yagarutse kuri imwe mu mishinga n’imyanzuro yari uherutse gufatwa mu nama nk’iyo yabaye mu mpera z’icyumweru gishize yarebanaga n’ingamba zo kwirinda ikwirakwiza ry’icyorezo cya Covid-19. Mu myanzuro yavuyemo, ni uko ingendo z’imodoka zitwara abantu rusange n’iz’abantu ku giti cyabo ndetse na moto zisubukurwa hagati y’uturere n’umujyi wa Kigali usibye gusa mu turere tubiri aritwo Rusizi na Rubavu.

Kwibuka30

Ni inama yari iyobowe na Nyakubahwa Prezida wa Repubulika

Leave A Reply

Your email address will not be published.