Meddy yaciye amarenga yo gutaramira mu Rwanda
Umuramyi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy, yaciye amarenga y’uko ateganya gutaramira i Kigali agaragaza ko arimo kubiteganya vuba cyane.
Ni ibyo yatangaje ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 01 Ukuboza 2025, ubwo yasangizaga ifoto!-->!-->!-->!-->!-->…