Japan: Tetsuya wakekwagaho kwica uwahoze ari minisitiri w’intebe yemeye icyaha
Umugabo ushinjwa kwica Minisitiri w’Intebe wahoze ayobora Ubuyapani, Shinzo Abe, yemeye icyaha ku munsi wa mbere w’urubanza rwe.Tetsuya Yamagami, w’imyaka 45, yabwiye urukiko rwo mu murwa mukuru Tokyo ko “ibyo byose ari ukuri”, nk’uko!-->!-->!-->…