Seninga yeguye ashinja Umunyamabanga w’ikipe kumwicisha inzara
Umutoza w’ikipe ya Etincelles FC, Seninga Innocent, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’iminsi mike ayigarutsemo ndetse ashinja ubuyobozi kutamufata neza no kutamwubaha ibintu we afata nk’agasuzuguro yagiriwe n’Umunyamabanga Mukuru w’ikipe.
!-->!-->!-->!-->…