Ni iki cyakurikiyeho nyuma y’aho Perezida Kagame yemereye Dj Ira ubwenegihugu?
Kuri uyu wa Kabiri, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Dj Ira yagaragaje ko yatangiye urugendo rwo kuzuza ibisabwa kugira ngo abone ubwenegihugu bw’u Rwanda.
DJ Ira, yavuze ko ku wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025, hataruzura!-->!-->!-->!-->!-->…