Browsing Category
Imikino
MUKURA VSL ikoreye umuti Gikundiro
Ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir yari imeze nk'iyariye amavubi itsindiye ikipe ya APR i Huye, bituma Rayon Sport ihumeka.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda RPL yakomeje mu mpera z'iki cyumweru, imwe mu mikino yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Umubiligi Aldo Taillieu yegukanye Agace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2025
Umubiligi Aldo Taillieu ukinira Lotto Development ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2025, nyuma yo gukoresha iminota itatu n’amasegonda 48 ku ntera y’ibilometero ku ntera y’ibilometero 3,4 byatangiriye kuri BK Arena!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yatangije Tour du Rwanda 2025
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari kumwe na Perezida wa UCI David Lappartient, batangije ku mugaragaro isiganwa ry’amagare rizenguruka igihugu Tour du Rwanda 2025.
Kuri iki Cyumweru tariki ya 23 Gashyantare 2025, ni bwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Alphonse Davis yafashije Bayern Munich kugera muri 1/8 cya Champions league
Igitego cyo ku munota wa nyuma cya Alphonse Davis yafashije Bayern Munich yo mu Budage kunganya na Celtic yo muri Écosse, ibona itike ya ⅛ cya UEFA Champions League.
Mu ijoro ryo ku wa Kabiri, tariki ya 18 Gashyantare 2025, ni bwo!-->!-->!-->…
Marcelo wabiciye muri ruhago bigakunda bigacika yamanitse inkweto ku myaka 36
Umunya-Brasil, Marcelo Vieira da Silva Júnior wamenyekanye nka ‘Marcelo’, wegukanye ibikombe bitanu bya UEFA Champions League ari muri Real Madrid, yamaze gusezera kuri ruhago afite imyaka 36.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane,!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’u Rwanda yongeye kwitwara neza mu irushanwa rihuza inzego z’umutekano ku Isi
Ikipe ya mbere ya Polisi y’u Rwanda (RNP SWAT Team 1) yitabiriye irushanwa ryahuzaga ibihugu 70 byo hirya no hino ku isi, i Dubai muri Leta Zunze ubumwe z’Abarabu (UAE), yongeye kwitwara neza yegukana umwanya wa mbere mu gace ko!-->!-->!-->…
APR FC yambuye POLICE FC igikombe cy’Ubutwari muri Derby y’ibiturika
Ikipe ya APR FC imaze kwegukana igikombe cy'Ubutwari nyuma gutsinda ikipe ya Police FC ku mukino wa nyuma.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 gashyantare 2025 ku kibuga mpuzamahanga cya KPS Kigali Pele Stadium habereye umukino wa!-->!-->!-->!-->!-->…
CAN2025: Hari ibihangange bya Afrika byisanze mu itsinda rimwe.
Tombola y’uburyo amakipe azaba agabanyije mu matsinda y’Igikombe cya Afurika cya 2025 kizabera muri Morocco mu mpera z’uyu mwaka, yasize Cote D’Ivoire ifite igikombe giheruka cya 2023 iri kumwe na Cameroon.
Iyi tombola igaragaza uko!-->!-->!-->…
FERWAFA ihisemo gutandukana n’uwari umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu Frank Trosten
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze kwanzura ko ritazongera amasezerano uwari umutoza w'ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru AMAVUBI Bwana Frank Trosten, umutoza wari umaze umwaka atoza.
Mu itangazo FERWAFA ivuga!-->!-->!-->…
Imanishimwe Emmanuel “Mangwende” yabazwe ivi
Myugariro w’ikipe y’igihugu “Amavubi” Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’ yabazwe ivi kubera imvune yagiriye mu ikipe ye ya AEL Limasol yo mu cyiciro cya mbere muri Chypre.
Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Kabiri tariki 21!-->!-->!-->…
Jeannine ’Kaboyi’ wakiniye Rayon y’abagore yerekanywe muri Yanga Princess yo muri Tanzania
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, Jeannine Mukandayisenga uzwi nka Kaboyi, yerekanywe nk’umukinnyi mushya w’ikipe y’abagore ya Young Africans ku masezerano y’imyaka ibiri.
Mu Ukuboza 2024, ni bwo Kaboyi yerekeje muri Tanzania!-->!-->!-->!-->!-->…
Florentino Pérez yongeye gutorerwa kuyobora Real Madrid kugeza mu 2029
Florentino Pérez yongeye gutorerwa kuba Perezida wa Real Madrid kugeza mu 2029, nyuma y’uko igihe ntarengwa cyo gutanga kandidatire ku biyamamariza uyu mwanya kigeze ari we wenyine wayitanze, ahita yegukana uyu mwanya.
Pérez ni umwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurenge Kagame Cup watangirijwe mu Amajyepfo
Irushanwa ry’Imiyoborere Myiza ryitiriwe Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, rizwi nka “Umurenge Kagame Cup”, ryatangirijwe mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo.
Iri rushanwa ngarukamwaka risanzwe rikinirwa mu Gihugu hose, ryatangiye!-->!-->!-->…
APR FC itsindiwe i Huye bituma irorera guhumekera mu mugongo wa Rayon sport
Ikipe y’Amagaju yatsinze APR FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 15 wa Shampiyona, ishyira akadomo mu mukino irenga 40 APR FC yari imaze idatsindwa muri shampiyona y’u Rwanda.
Uyu mukino wabaye Kuri iki cyumweru tariki 12 Mutarama!-->!-->!-->!-->!-->…
Lomami Marcel yemejwe nk’umutoza wa Kiyovu Sport
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwemeje ko Lomami Marcel ari we mutoza mukuru wa yo, usimbuye Bipfubusa Joslin watandukanye n’iyi kipe.
Lomami yahawe amasezerano yo gutoza Urucaca imikino yo kwishyura muri uyu mwaka w’imikino 2024-25.!-->!-->!-->!-->!-->…