Browsing Category
Mu Mahanga
Goma: Abaturage bakoze umuganda rusange wo gusukura umujyi
Abaturage bo mu mujyi wa Goma bazindukiye mu muganda rusange ugamije gusukura uwo mujyi uherutsemo imirwano karahabutaka yahasize umwanda n'ibisigarizwa by'imbunda.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 Gashyantare 2025 ahagana saa kumi!-->!-->!-->…
USA: Indege ya gisirikare yagonganiye mu kirere n’iy’igisivile
Indege zirimo kajugujugu y’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Sikorsky H-60, yagonganye n’indege ya gisivile yo mu bwoko bwa Bombardier CRJ700 y’ikigo cya PSA Airlines, ibikorwa by’ubutabazi bihita bitangira.
!-->!-->!-->…
India: Abagera kuri 30 bapfuye ubwo barwaniraga amazi y’umugisha
Mu Majyaruguru y’u Buhinde, abantu 30 bapfuye, abandi 90 barakomereka mu muvundo wabaye ubwo imbaga y’abantu benshi bari mu rugendo-nyobokamana (pèlerinage) rwitwa ‘Kumbh Mela’, rujyana no kwiroha mu mazi y’ahahurira imigezi mitagatifu,!-->…
Tshisekedi ntazitabira inama ya EAC yiga kuri Congo
Umuvugizi wa Perezida Felix Antoine Tshisekedi, Tina Salama, yatangaje ko atazitabira inama idasanzwe y’Abakuru b’ibihugu b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yigaga ku bibazo by’Umutekano mucye muri Congo.
Perezida wa Kenya,!-->!-->!-->…
DRC: M23 yigaruriye Radio na TV bya Leta ishami rya Goma
Ishami rya Tereviziyo na Radiyo by'igihugu (RTNC) rikorera i Goma ryigaruriwe n'umutwe wa M23 nyuma yo gufata byinshi mu bice bigize uwo mujyi.
Umutwe w'ingabo za M23 umaze igihe uri mu mirwano n'ingabo z'igihugu FARDC ubu bikaba!-->!-->!-->!-->!-->…
“Twasubiye inyuma ku bushake, twanze ko hameneka amaraso y’abaturage”: General…
Umuvugizi w'ingabo za Congo Sylvain Ekenge yavuze ko ingabo avugira zitatsinzwe i Goma ko ahubwo bahisemo kurekura umujyi banga ko abaturage benshi bahasiga ubuzima.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere umutwe wa M23 wemeje ko umaze!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, umujyi wa Goma wamaze kujya mu maboko ya M23
Inyeshyamba za M23 zatangaje ko zafashe umujyi wa Goma, umurwa mukuru w'intara ya Kivu ya Ruguru muri Repubukika ya Demokarasi ya Congo.
Uruhande rwa leta, kugeza ku cyumweru nijoro rwari rugisaba igisirikare kurwana kuri uyu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yigaruriye utundi duce tw’ingenzi itwomeka kuri Minova yahereyeho
Umutwe wa M23 nyuma yo kwigarurira Umujyi wa Minova wo muri Teritwari ya Karehe muri Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa Mbere wigaruriye utundi duce tw’ingenzi.
Uduce uyu mutwe wigaruriye turimo Centre ya Bweramana iherereye ku nkombe!-->!-->!-->…
RD Congo: Abashinwa batawe muri yombi bafite zahabu na $800,000 ‘cash’
Abategetsi bavuga ko Abashinwa batatu batawe muri yombi bafite ibipande 12 bya zahabu n'amadolari y'Amerika 800,000 'cash' mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ayo madolari angana na miliyari imwe uyavunje mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu 71 bahitanwe n’impanuka
Impanuka y'imodoka yabereye mu majyepfo ya Ethiopia muri Leta ya Sidama yahitanye abantu 71, nk'uko byemejwe n'inzego z'ubuyobozi zo muri ako gace.
Ni ikamyo bivugwa ko yari irate abantu benshi, yaguye mu mugezi wiroha mu ruzi!-->!-->!-->…
Mozambique: Abashyigikiye umukandida watsinzwe amatora bongeye kwigaragambya
Imyigaragambyo yongeye kwaduka muri Mozambique nyuma yuko urukiko rurusha izindi ububasha rwemeje ko umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku butegetsi ari we watsinze amatora ya perezida yateje impaka yabaye mu Kwakira uyu mwaka.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Tshisekedi yakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bukuru bw’ingabo
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashyizeho umugaba mukuru w'ingabo mushya, muri zimwe mu mpinduka zikomeye cyane kandi nyinshi akoze mu buyobozi bukuru bw'ingabo kuva intambara n'inyeshyamba za M23!-->!-->!-->…
Uhuru Kenyatta wigeze kuyobora Kenya yiyemeje guhuza RDC n’umutwe wa M23
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wungirije ushinzwe umubano na Afurika, Molly Phee, yatangaje ko Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya yiyemeje guhuza ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe witwaje!-->!-->!-->…
Uganda: Gen. Muhoozi Kainerugaba yandagaje umwungiriza we mu gisirikare cya UPDF
Umugaba mukuru w'igisirikare cya Uganda Muhoozi Kainerugaba yavuze Lt Gen Elwelu usanzwe ari umwungiriza we mu gisirikare cya Uganda ko ari igicucu cyirirwa cyihisha inyuma ya perezida Museveni.
Gen Muhoozi mu butumwa yanyujije ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasaderi wa Uganda muri DRC yasabwe gusobanura ibyavuzwe n’umuhungu wa Museveni
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaraye ihamagaje uhagarariye by'agateganyo ambasaderi wa Uganda muri icyo gihugu imusaba ibisobanuro ku magambo yatangajwe n'umugaba mukuru w'ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida.
!-->!-->!-->!-->!-->…