Browsing Category
Mu Mahanga
Abagera kuri 14 bishwe n’ubushyuhe ubwo bari mu mutambagiro mutagatifu i Maka
Abantu bagera kuri 14 bari baragiye gukora umutambagiro mutagatifu mu gihugu cya Arabiya Saudite barapfuye bazize ubushyuhe bwinshi buri muri icyo gihugu.
Abategetsi bavuze ko Abanya-Jordan nibura 14 bapfiriye mu mutambagiro wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Visi Perezida n’abo bari kumwe bapfiriye mu ndege
Perezida wa Malawi Lazarus Chakwera yavuze ko Visi Perezida Saulos Chilima n'abagenzi bose bari bari kumwe mu ndege ya gisirikare yari yabuze kuva ku wa mbere "bapfuye ikikubita hasi".
Lazarus yavuze ko ibisigazwa by'iyo ndege!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yishe abasirikare basaga 50 bo muri “Special Forces” ya FARDC
Intambara hagati y’ingabo za Leta ya Kongo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 irakomeje mu nkengero za Kanyabayonga, aho izi nyeshyamba zafunguye inzira zinjira muri uyu Mujyi, ni mu gihe abasaga 50 bo mu mutwe udasanzwe w’ingabo za Congo!-->!-->!-->…
Malawi: Visi perezida yagiye gushyingura minisitiri aburirwa irengero
Visi perezida wa Malawi Bwana Chilima hamwe n'abandi bantu bagera ku icyenda bari bamuherekeje baburiwe irengero mu ndege yari ibatwaye
Indege itwaye Visi Perezida wa Malawi Saulos Chilima n'abandi bantu icyenda yaburiwe irengero,!-->!-->!-->!-->!-->…
Putin yaburiye ko Uburusiya bushobora gutanga intwaro zo kurasa uburengerazuba
Perezida w'Uburusiya Vladimir Putin yaburiye ko igihugu cye gishobora guha intwaro ibihugu hagamijwe kurasa ku hantu ho mu bihugu byo mu burengerazuba bw'isi.
Putin yabitangaje ubwo yanengaga ko uburengerazuba bwahaye Ukraine!-->!-->!-->!-->!-->…
Bourkina Faso: Cpt Ibrahim Traore yiyongeje indi myaka 5 ayobora igihugu
Captain Ibrahim Traoré uyobora inzibacyuho ya Burkina Faso kuva muri Nzeri 2022 ubwo yakuragaho ubutegetsi bwa Lieutenant Colonel Paul Henri Sandaogo Damiba, yafashe icyemezo cyo kwiyongeza imyaka itanu.
Ni icyemezo cyafatiwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
ICC yasohoye impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu n’abayobozi ba Hamas
Umushinjacyaha mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, yasohoye impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, Minisitiri w’Ingabo muri Israel Yoav Gallant, n’abayobozi b’umutwe wa Hamas, abashinja!-->!-->!-->…
Iran: Leta yashyiseho icyunamo cy’iminsi itanu yo kunamira perezida Ebrahim Rais
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, yatangaje iminsi itanu y’icyunamo cyo kunamira Perezida Ebrahim Raisi na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Hossein Amir-Abdollahian, bahitanywe n’impanuka ya kajugujugu ku!-->!-->!-->…
Ibyihariye kuri Christian Malanga Musumari washatse guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi
Christian Malanga Musumari wayoboye igitero cyagerageje guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, ni umunye-Congo wavutse tariki 2 Gashyantare 1983, ukomeje kugarukwaho hirya no hino mu binyamakuru, kubera uyu mugambi we.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Haburijwemo ihirikwa ry’ubutegetsi, Igisirikare gihumuriza rubanda
Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo cyatangaje ko cyaraye kiburijemo ihirikwa ry'ubutegetsi kivuga ko n'abagiteguye harimo n'abanyamahanga bose batawe muri yombi.
Binyuze ku muvugizi w'igisirikare cya FARDC!-->!-->!-->!-->!-->…
Bujumbura: Abantu 9 bakomerekeye mu gitero cyabereye ahahoze isoko rikuru
Abantu bagera ku icyenda nibo bakomerekeye mu gitero cy'iterabwoba cyabereye mu murwa mukuru w'u Burundi cyibasira ahahoze isoko rikuru rya Bujumbura.
Amakuru aturuka mu gihugu cy'U Burundi, aravuga ko abantu bagera ku icyenda aribo!-->!-->!-->!-->!-->…
SADC yaburiye ko igiye gukora ibitero byo ‘kurangiza’ M23
Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’amajyepfo, SADC, watangaje ko umutwe w’ingabo zawo zoherejwe mu butumwa muri DR Congo ugiye gukora ibitero, ufatanyije n’ingabo za leta, byo “kurangiza inyeshyamba za M23 no kugarura amahoro!-->!-->!-->…
U Burusiya bwaburiye u Bufaransa n’u Bwongereza
Umuvugizi w’ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yaburiye Leta y’u Bufaransa n’iy’u Bwongereza byateguje ko bishobora gufata ibyemezo ko ntambara igihugu cye kirimo muri Ukraine, ahamya ko byatuma umutekano w’umugabane w’u!-->!-->!-->…
Tshisekedi yasubiye muri Congo igitaraganya adasoje uruzinduko i Burayi
Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, Félix Tshisekedi wari umaze iminsi mu ruzinduko mu Bufaransa, byatangaje ko agiye kugaruka mu gihugu igitaraganya nyuma y’uko mu nkambi ya Mugunga iherereye hafi!-->!-->!-->…
Afghanistan: Abataramenyekana bagabye igitero ku musigiti 6 bahasiga ubuzima
Abantu batandatu baguye mu gitero cyagabwe ku musigiti uherereye Mujyi wa Andisheh mu karere ka Guzara mu Ntara ya Herat muri Afghanistan.
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, Abdul Mateen Qani, yatangaje ko umuntu!-->!-->!-->!-->!-->…