Browsing Category
Politike
Ubelgiji yatangaza kulitambua taifa la Palestina kwenye Mkutano Mkuu wa Umoja wa Mataifa
Ubelgiji italitambua taifa la Palestina katika Mkutano Mkuu wa Umoja wa Mataifa, Waziri wa Mambo ya Nje wa Ubelgiji Maxime Prévot ametangaza leo Jumanne, Septemba 2, akiungana na nchi zingine kama vile Ufaransa na Canada.
Palestina !-->!-->!-->!-->!-->…
Gen.Maj. Cirumwami wari umaze amezi arindwi apfuye yaraye ashyinguwe agirwa intwari y’igihugu
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yazamuye mu ntera Gen Maj Peter Cirimwami Nkuba, wapfiriye mu rugamba mu burasirazuba bw’iki gihugu muri Mutarama 2025 anagirwa intwari y'igihugu kimwe!-->!-->!-->…
Uganda: Kesi ya uhaini inayomkabili kiongozi wa upinzani Kizza Besigye yaahirishwa hadi Oktoba 1
Nchini Uganda, mpinzani wa muda mrefu wa Rais Yoweri Museveni, Kizza Besigye, hakuhudhuria ufunguzi wa kesi yake ya uhaini siku ya Jumatatu asubuhi Septemba 1, katika Mahakama Kuu ya Kampala.
Akiwa amezuiliwa tangu kukamatwa kwake!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yahaye gasopo Leta ya Congo ayishinja kwica abaturage
Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yihanganirije ingabo z’iki gihugu n’indi mitwe bikomeje kwifatanya mu kugaba ibitero mu bice rigenzura no mu bice bituwe!-->!-->!-->…
Palestine: Perezida yimwe Visa ya Amerika aho yari ateganije kwitabira inama ya Loni
Leta Zunze ubumwe za Amerika zimye uruhushya (Visa) Perezida wa Palestine, uruhushya rwo kwinjira muri icyo gihugu mu nama y'umuryango w'abibumbye.
Perezida wa Palestine Abbas n'abandi bategetsi bo mu gihugu cye bimwe visa ibinjiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye Perezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique
Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yageze mu Rwanda, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.
Perezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye Perezida Daniel Francisco Chapo wa Mozambique, uri mu Rwanda mu ruzinduko!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 irashinja igisirikare cy’u Burundi cyarashe abaturage i Kadasomwa.
Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ribabajwe n’ibitero bikomeje kugabwa n’ingabo z’u Burundi, FARDC, FDLR, Wazalendo n’abacanshuro ahitwa i Kadasomwa muri Ntara ya Kivu!-->!-->!-->…
Perezida Donald Trump yiteguye kongera guhura na Kim Jong Un.
Perezida Donald Trump yatangaje ko yiteguye kongera guhura na mugenzi we Kim Jong Un uyobora Koreya ya Ruguru, ibyo yabitangarije mu nama yagiranye na Perezida wa Koreya y’Epfo, Lee Jae Myung.
Korea y’Epfo na Korea ya Ruguru bimaze!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ubushinjacyaha bwasabiye Kabila igihano cy’urupfu
Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwasabiye Joseph Kabila wahoze ari Perezida w'icyo gihugu gukatirwa igihano cy'urupfu ku birego birimo ubugambanyi no gufatanya n'umutwe w'inyeshyamba wa AFC/M23.
!-->!-->!-->…
U Rwanda rwamaganye ibirego bya HRW bishinja RDF kwica abasivili muri Binza
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo ya Komisiyo y’Ishami rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (OHCHR) n’Ihuriro rya Loni rishinzwe Uburenganzira bwa Muntu (UNJHRO) bashinje Ingabo z’u Rwanda gufatanya na M23 mu kugira uruhare!-->!-->!-->…
USA: Perezida Trump agiye kujya ararana irondo n’abapolisi mu mihanda ya Wasington DC
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko yifatanya na Polisi n’inkeragutabara ku irondo ry’ijoro ryo gucunga umutekano mu mihanda y’i Washington DC, mu rwego rwo gushyigikira ingamba nshya zo guhashya ibyaha!-->!-->!-->…
Qatar yashyikirije RDC na AFC/M23 umushinga w’amasezerano y’amahoro
Leta ya Qatar yashyikirije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 umushinga w’amasezerano y’amahoro kugira ngo biwusuzume mbere yo kuwemera.
Tariki ya 19 Nyakanga 2025, Leta ya RDC na AFC/M23!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Zelensky ku gitutu cya Amerika imusaba kwemera ubusabe bwa Russia
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, akomeje kotsa igitutu mugenzi we wa Ukraine Volodymyr Zelensky, amubwira ko agomba kwemera ibyumvikanyweho n’u Burusiya kandi akarekera imirwano vuba na bwangu.
Abinyujije ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburundi burashinja umutwe wa M23 kubangamira ubuhagarariye i Bukavu
Leta y'Uburundi irashinja umutwe wa M23 uyobora agace ka Bukavu kubangamira uhagarariye icyo gihugu mu mujyi wa Bukavu, umujyi umaze igihe kitari gito warigaruriwe na M23.
Leta ya Gitega ibinyujije kuri minisitiri w'ububanyi!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ni ubushotoranyi” DRC yagize icyo ivuga nyuma y’aho Kenya ishyizeho uyihagarariye…
Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, iravuga ko yababajwe cyane n'ubushotoranyi bwa Kenya nyuma y'aho iki gihugu gishyizeho ugihararariye mu duce twigaruriwe n'umutwe wa AFC/M23 muri Congo.
Nyuma y'aho ibiro by'umukuru!-->!-->!-->!-->!-->…