Browsing Category
Politike
Nduhungirehe yanenze Umujyi wa Liège watangaje ko utazategura ibikorwa byo Kwibuka31
Nyuma y’uko Umujyi wa Liège wo mu Bubiligi watangaje ko utazategura ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Minisitiri Olivier Nduhungirehe yanenze ubuyobozi bw’uwo mujyi. Yagize ati “Ikigaragara ni uko!-->…
U Rwanda rwihanganishije imiryango y’Abanya Koreya y’Epfo batikiriye mu nkongi…
Leta y'u Rwanda yihanganishije guverinoma ya Koreya y'Epfo kubera inkongi y'umuriro yapfiriyemo abaturage bayo batari bake
Guverinoma y’u Rwanda, binyuze muri Ambasade y’u Rwanda muri Koreya y’Epfo, yihanganishije imiryango n’inshuti!-->!-->!-->…
DRC: Nyuma yaho M23 yemeye kurekura Walikale, FARDC nayo yemeye kuba ihagaritse imirwano
Ingabo za leta ya DR Congo zatangaje ko zigiye "kwifata ku kuba zakora ibitero ku ngabo z'umwanzi" ndetse zisaba abarwanyi ba Wazalendo na bo kubigenza batyo hagamijwe gushishikariza ibiganiro by'amahoro.
Mu itangazo yasomye kuri!-->!-->!-->…
M23 igiye gukura ingabo zayo muri Walikale
Nyuma y’iminsi itatu gusa, umutwe wa M23 utangaje ko wafashe Umujyi wa Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri RDC, kuri uyu wa 22 Werurwe 2025, Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo kwimura ingabo zaryo zari ziri mu!-->…
Ba Perezida Paul Kagame na Felix Tshisekedi bahuriye i Doha
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame na Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo bahuriye i Doha muri Quatar.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Werurwe 2025, Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame na!-->!-->!-->…
Hari impungenge ko amagambo ya Ndayishimiye ashobora kongera gusubiza ibintu habi.
Mu ijambo Ndayishimiye yagejeje ku bakirisitu b’itorero Vision de Jésus-Christ tariki ya 16 Werurwe, yashinje u Rwanda kuba intandaro y’amacakubiri ashingiye ku moko mu Burundi kuva mu 1959 no muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya!-->!-->!-->…
DRC yavuze umuntu w’ingenzi ugomba kuba mu bahuza bayo na M23
Mu gihe habura amasaha make ngo habe ibiganiro by'amahoro bihuza Leta ya Congo n'umutwe wa M23, Leta ya Kinshasa yatangaje ko Sahle-Work Zewde wahoze ayobora Ethiopia kuba umwe mu bunzi.
Ku munsi w'ejo taliki ya 17 Werurwe nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Tuzabakorera nk’ibyo badukoreye” Ububiligi nyuma yo kwirikanwa mu Rwanda
Nyuma y'aho Leta y'u Rwanda ifashe umwanzuro wo kwirukana aba dipolomates b'Ababiligi rukabaha amasaha 48 yo kuba bavuye ku butaka bw'u Rwanda, Ububuligi nabwo bwavuze ko buzakora nk'ibyo u Rwanda rwakoze.
Kuri uyu wa mbere taliki!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’u Rwanda imaze guhambiriza aba Diplomates b’Ububiligi
Leta y'u Rwanda imaze guhambiriza abakozi bakoraga mu biro bya ambassade y'Ububiligi hano i Kigali, bahabwa amasaha 48 angana n'iminsi ibiri kuba bamaze kuzinga utwangushye bagasubira iwabo.
Binyuze mu itangazo rya minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Benjamin Netanyahu yirukanye uwari ukuriye urwego rw’Ubutasi bw’imbere mu Gihugu
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko yirukanye Ronen Ban wari ukuriye urwego rw’Ubutasi bw’imbere mu gihugu.
Ibiro bya Minisitiri w'Intebe byashyize hanze itangazo rivuga ko ibirebana n’iyirukanwa ry’uyu mugabo!-->!-->!-->…
M23 yohereje itsinda ry’abantu 5 bazaganira na Leta ya Congo
Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko bohereje kuri uyu wa mbere, itsinda ry’abantu batanu i Luanda muri Angola “mu biganiro bitaziguye”, ku busabe bw’abategetsi ba Angola.
Ibyo biganiro biteganyijwe gutangira ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Kinshasa yavuye ku izima yemera guhurira i Louanda na M23
Leta ya Congo yemeye iva ku izima yemera kuganira n'umutwe wa M23 mu biganiro biteganijwe kuba ku munsi w'ejo kuwa kabiri
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko izajya mu biganiro!-->!-->!-->…
DRC: Biravugwa ko Ububiligi bwaba bwohereje ingabo n’ibikoresho muri Congo
Hari amakuru avuga ko igihugu cy'Ububiligi cyaba kimaze kohereza ingabo ziherekejwe n'ibikoresho bya gisirikare muri Congo mu gace ka Beni.
Mu gihe hari kuvugwa ibiganiro by'amahoro bizahuza Leta ya Congo n'umutwe wa M23 umaze imyaka!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yagaragaje ko u Bubiligi bwahereye kera bukoroga u Rwanda atari ibya none.
Yabigarutseho kuri iki cyumweru tariki 16 Werurwe 2025 muri gahunda asanzwe agira yo Kwegera Abaturage mu biganiro yagiranye n’abatuye mu Mujyi wa Kigali n'abandi baje baturuka mu mpande z'igihugu, maze ababwira ko u Bubiligi kuba buri!-->…
USA: Ambasaderi wa Afrika y’Epfo yirukanywe azira kwanga Donald Trump
Leta Zunze ubumwe za Amerika zahambirije uhagarariye igihugu cya Africa y'Epfo arashinjwa amacakubiri no kwanga perezida Donald Trump.
Marco Dubio uhagarariye deparitema ya Leta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ahaye!-->!-->!-->…