Browsing Category
Politike
Perezida Zelensky yasabwe kutitwaza intambara ngo areke gutegura amatora
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, gutegura amatora ya perezida no kureka gukomeza kwitwaza intambara nk’intandaro yo kuyasubika.
Trump yabigarutseho mu kiganiro!-->!-->!-->…
Kayonza: Abagize njyanama y’Akarere bose bahambirijwe.
Inama njyanama y'Akarere ka Kayonza mu Ntara y'uburasirazuba yahagaritse Meya w'Akarere n'abari bamwungirije mu kuyobora Akarere.
Abahagaritswe mu kazi ni Umuyobozi w’Akarere John Bosco Nyemazi, Umuyobozi w’Akarere wungirije!-->!-->!-->!-->!-->…
Abapolisi barenga 70 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
Polisi y’u Rwanda yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi 74 barimo ACP Sam Rumanzi na ACP Francis Muheto.
ACP Sam Rumanzi yabaye mu buyobozi bukuru bwa Polisi, aho yanabaye Umuhuzabikorwa w’urwego rwunganira Akarere mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Turabiteguye, tuzakoresha imbaraga zose dufite” Perezida Samia Suluhu yaburiye…
Perezida Samia Suluhu yaburiya abatavuga rumwe na Leta bateganya kwigaragambya mu cyumweru gitaha, abibutsa ko Leta ayoboye ihagaze bwuma kandi ibiteguye neza.
Perezida wa Tanzania yavuze ko guverinoma ayoboye yiteguye byuzuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Mgr Ngumbi yasabiye umugisha AFC/M23 kubera umutekano yagaruye muri KIVU
Mu gitambo cya misa cyo kwibuka Mutagatifu Anuarita, Musenyeri wa Goma muri Kivu ya Ruguru yagaragaje ko Ashima umutekano uri i Goma, asaba Imana gufasha AFC/M23 ngo uwo mutekano iwugeze n’ahandi henshi muri Kivu.
Inyeshyamba za!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatua ya bunge la Ulaya dhidi ya Tanzania ina maana gani?
Bunge la Ulaya limepitisha azimio linalopendekeza kusitishwa kwa ufadhili wa fedha za maendeleo kwa Tanzania, likieleza wasiwasi juu ya mazingira ya kisiasa na ukiukaji wa haki za binadamu ulioripotiwa baada ya uchaguzi wa Oktoba 2025.!-->!-->!-->…
Brig Gen Denis N’Canha waraye ateye Coup d’Etat muri Guinée-Bissau ni muntu ki?
Ku gicamunsi cyo ku wa 26 Ugushyingo 2025, Umaro Sissoco Embaló wayoboraga Guinée-Bissau kuva mu 2020 yamenyesheje itangazamakuru mpuzamahanga ko yakuwe ku butegetsi n’abasirikare bayobowe n’Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Brig!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Leta yahakanye imibare y’abavugwa ko bapfiriye mu bikorwa by’imyigaragambyo.
Leta ya Tanzaniya yateye utwatsi imibare yatanzwe n'amashyirahamwe mpuzamahanga ivuga ko iyo mibare ihabanye n'ukuri kw'ibyabaye, ndetse ko abantu badakwiye kubarwa nk'ubara amamodoka.
Guverinoma ya Tanzania yamaganiye kure imibare!-->!-->!-->!-->!-->…
Gambia yemeje ko umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Cameroun yahahungiye
Leta ya Gambia yavuze ko umukuru w'abatavuga rumwe n'ubutegetsi muri Cameroun Issa Tchiroma Bakary, uhakana ibyavuye mu matora ya perezida, yahungiye muri Gambia ku bw'umutekano we.
Tchiroma Bakary yashimangiye ko ari we watsinze!-->!-->!-->…
Emir wa Qatar yashimiye Perezida Kagame gushyigikira gahunda z’amahoro mu karere
Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani, yashimiye Perezida Paul Kagame umuhate akomeje gushyira mu gushyigikira gahunda z’amahoro zigamije gufasha akarere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
Mu gitondo cyo kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Perezida Trump yasabye ko abadepite 7 b’aba Democrats bicwa kubera ubugambanyi
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye abadepite batandatu bo mu ishyaka ry'Abademokarate, ababwira ko bafite “imyitwarire y’ubugambanyi ikwiriye igihano cy’urupfu,” nyuma y’uko basohoye video isaba ingabo za!-->!-->!-->…
DRC: Kinshasa na M23 bemeranyije ku miterere-remezo y’amasezerano y’amahoro
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'umutwe w'inyeshyamba wa AFC/M23 uyirwanya bashyize umukono ku miterere-remezo y'amasezerano y'amahoro yo kurangiza intambara yo mu burasirazuba bw'igihugu.
Impande zombi zashyize umukono!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan y’Epfo: Visi Perezida yambuwe amapeti anirukanwa n’abambari be babiri.
Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, yirukanye umwe mu ba visi perezida be, Benjamin Bol Mel, wari uzwi nk’ushobora kuzamusimbura.
Kiir yamwambuye ipeti rya gisirikare anamukuraho mu rwego rw’umutekano w’igihugu.
Perezida Salva!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yatabarije abaturage ba Sudan bakomeje kwicwa na RSF
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yasabye ko hafatwa ingamba mpuzamahanga zo guhagarika itangwa ry’intwaro ku ngabo za Rapid Support Forces (RSF), ashinja iryo tsinda kuba nyirabayazana!-->!-->!-->…
Trump yanenze ubutabera bwa Isiraheli asaba Perezida guha imbabazi Benjamin Netanyahu
Perezida wa Isiraheli Isaac Herzog yakiriye ibaruwa yaturutse kuri Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, imusaba "kubabarira byuzuye” Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu.
Netanyahu amaze imyaka itanu aburana ku!-->!-->!-->!-->!-->…