Browsing Category
Politike
Benjamin Netanyahu yirukanye uwari ukuriye urwego rw’Ubutasi bw’imbere mu Gihugu
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yavuze ko yirukanye Ronen Ban wari ukuriye urwego rw’Ubutasi bw’imbere mu gihugu.
Ibiro bya Minisitiri w'Intebe byashyize hanze itangazo rivuga ko ibirebana n’iyirukanwa ry’uyu mugabo!-->!-->!-->…
M23 yohereje itsinda ry’abantu 5 bazaganira na Leta ya Congo
Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko bohereje kuri uyu wa mbere, itsinda ry’abantu batanu i Luanda muri Angola “mu biganiro bitaziguye”, ku busabe bw’abategetsi ba Angola.
Ibyo biganiro biteganyijwe gutangira ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Kinshasa yavuye ku izima yemera guhurira i Louanda na M23
Leta ya Congo yemeye iva ku izima yemera kuganira n'umutwe wa M23 mu biganiro biteganijwe kuba ku munsi w'ejo kuwa kabiri
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko izajya mu biganiro!-->!-->!-->…
DRC: Biravugwa ko Ububiligi bwaba bwohereje ingabo n’ibikoresho muri Congo
Hari amakuru avuga ko igihugu cy'Ububiligi cyaba kimaze kohereza ingabo ziherekejwe n'ibikoresho bya gisirikare muri Congo mu gace ka Beni.
Mu gihe hari kuvugwa ibiganiro by'amahoro bizahuza Leta ya Congo n'umutwe wa M23 umaze imyaka!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yagaragaje ko u Bubiligi bwahereye kera bukoroga u Rwanda atari ibya none.
Yabigarutseho kuri iki cyumweru tariki 16 Werurwe 2025 muri gahunda asanzwe agira yo Kwegera Abaturage mu biganiro yagiranye n’abatuye mu Mujyi wa Kigali n'abandi baje baturuka mu mpande z'igihugu, maze ababwira ko u Bubiligi kuba buri!-->…
USA: Ambasaderi wa Afrika y’Epfo yirukanywe azira kwanga Donald Trump
Leta Zunze ubumwe za Amerika zahambirije uhagarariye igihugu cya Africa y'Epfo arashinjwa amacakubiri no kwanga perezida Donald Trump.
Marco Dubio uhagarariye deparitema ya Leta muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ahaye!-->!-->!-->…
Abasirikare n’abapolisi bo ku rwego rwa jenerali barezwe guhunga urugamba ubwo M23 yasatiraga…
Urukiko Rukuru rwa gisirikare i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku wa kane rwatangiye kuburanisha abasirikare n'abapolisi bakuru batanu bashinjwa guhunga urugamba ubwo umutwe wa M23 wari ugiye gufata umujyi wa Goma.
Aba!-->!-->!-->…
“Keretse nibadushotora, naho ubundi nta gahunda yo gufata Kinshasa ihari” Gen. Sultan…
Umugaba mukuru w'ingabo za M23 General Sultan Makenga yavuze ko umutwe ayobora udafite gahunda yo gutera no kwigarurira umurwa mukuru Kinshasa, keretse gusa Leta ya Congo ikomeje kubashotora no kubenderanya.
Mu kiganiro kidasanzwe!-->!-->!-->…
Abayobozi ba SADC bategetse ko ingabo zabo zari muri DRC zitaha
Abayobozi b'ibihugu bya SADC byari byarohereje ingabo zabo gufasha ingabo za FADCongo mu rugamba ihanganyemo n'umutwe wa M23 bategetse ko izo ngabo zitaha
Abakuru b'ibihugu bya SADC bari barohereje abasirikare babo kujya gufasha ingabo!-->!-->!-->…
Duterte wigeze kuyobora igihugu cya Philippines yatawe muri yombi
Rodrigo Duterte wahoze ari Perezida wa Philippines yatawe muri yombi, nyuma yo gushyirirwaho impapuro zo kumufata n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rumushinja kugira uruhare mu byaha byibasiye inyoko muntu.
Duterte yafatiwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kinshasa yiyonkoye ibice bigenzurwa na M23
Repubulika ya Demokarasi ya Congo yanzuye ko ibicuruzwa byose bituruka mu bice bigenzurwa na AFC/M23 bizajya byishyura imisoro nk’ibyinjiye mu gihugu bivuye mu mahanga, ibyafashwe nk’aho ubutegetsi bwa Tshisekedi bwikuyeho intara za!-->!-->!-->…
Ukwishyira hamwe kw’abanga u Rwanda ntibiduhindura abanyabyaha – Minisitiri Utumatwishima
Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco Abdallah Utumatwishima yahumurije urubyiruko n’abandi batangiye gutekereza ko abanyarwanda ari babi, akaba ari yo mpamvu ibihugu bikomeje gufatira u Rwanda ibihano, bityo bakibwira ko igihugu kiri kugana!-->!-->!-->…
Inama yari guhuza abaminisitiri bo muri EAC-SADC ntiyabaye
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika y’Amajyepfo (SADC) yari iteganyijwe ku wa 28 Gashyantare 2025, yarasubitswe.
Iyi nama yari kubera i Harare muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore impamvu yateye Ndayishimiye kuvuga ko ashaka ibiganiro n’u Rwanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu rwego rwo kwirinda intambara ishobora guhuza ibihugu byombi.
Ingingo yerekeye ibiganiro n’u Rwanda Perezida w’u Burundi!-->!-->!-->!-->!-->…
Habonetse abandi bahuza ku kibazo cya Congo
Abahoze ari abakuru b'ibihugu bya Kenya na Nigeria be n'uwahoze ari minisitiri w'intebe wa Ethiopia, baraye bagenywe na EAC hamwe na SADC kugira ngo bahagararire umugambi w'amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…