Browsing Category
Politike
Muryame musinzire mureke kwikanga baringa:- Putin Vladmir
Kuri uyu wa kane ushize taliki ya 2 Ukwakira 2025, Perezida w'Uburusiya Bwana Vladmir Putin yasabye abayobozi b’ibihugu bimwe na bimwe byo ku mugabane wa burayi bahorana ikintu cy'icyoba bikanga ko u Burusiya buzatera ibihugu byabo,!-->…
Maroc: Urubyiruko rumaze iminsi 4 rwigaragambya mu mihanda
Urubyiruko muri Maroc rukomeje ibikorwa byo kwigaragambya, aho ku munsi wa kane w’imyigaragambyo habayeho guhangana n’inzego z’umutekano.
Uru rubyiruko rusaba ko habaho itangwa rinoze rya serivisi zirebana n’imibereho myiza y’abaturage!-->!-->!-->…
DRC: Joseph Kabila wahoze ayobora Congo yakatiwe urwo gupfa
Joseph Kabila wigeze kuyobora igihugu cya Congo imyaka itari mike, yahamijwe ibyaha bikomeye akatirwa igihano cyo gupfa
Uwahoze ari perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Bwana Joseph Kabila yakatiwe igihano cy'urupfu!-->!-->!-->…
Setchelles: Rwabuze gica hagati y’abakandida babiri baharanira kuyobora igihugu.
Nyuma y'uko abakandida babiri bahatanira kuyobora igihugu cya Seychelles bananiwe kugeza ku bice 50 by'amajwi, komisiyo y'amatora muri icyo gihugu yategetse ko hakorwa andi andi kugeza habonetse umukandida.
Komisiyo y'amatora mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nicolas Sarkozy yakatiwe igifungo cy’imyaka 5
Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa, yakatiwe n’urukiko rwo mu Bufaransa igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu y’ama Euros 100 000, kubera kugira uruhare mu byaha bifitanye isano n’ibirego by’amafaranga bivuga ko yahawe na Muammar!-->…
Perezida wa Brésil Luiz da Silva yasabye Trump kutajya yivanga mu miyoborere y’ibindi bihugu
Perezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, Donald Trump, akwiye kwitwara nk’umuntu ufite inshingano zo kuyobora igihugu gikomeye, akareka kujya yivanga muri politiki z’ibindi bihugu nk’aho!-->…
RDF yasobanuye iby’umusirikare wayo wafatiwe i Burundi
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasobanuye iby’umusirikare wayo witwa Sgt Sadiki Emmanuel, umushoferi mu Ngabo z’u Rwanda, wafatiwe ku mupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi wa Nemba-Gasenyi, ubwo yibeshyaga ku mbibi z’umupaka.
!-->!-->!-->…
Peter Mutharika yatorewe kongera kuyobora Malawi n’amajwi 66%
Mu matora y’Umukuru w’Igihugu wa Malawi yabaye ku ya 16 Nzeri 2025, Arthur Peter Mutharika yatorewe kuyobora iki gihugu, atsinze Perezida wari usanzwe ku butegetsi, Dr Lazarus Chakwera, nk’uko Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (MBC) muri!-->…
Abimukira birukanywe muri Amerika boherejwe muri Togo
Abimukira batandatu muri 11 birukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakoherezwa muri Ghana, ubu boherejwe muri Togo.
Ibi byatangajwe n’Umwunganizi mu mategeko wabo, Olivier-Barker Vormawor, wabwiye BBC, ko aba bimukira bagiye!-->!-->!-->…
Umunyarwandakazi yatorewe kuyobora ihuriro ry’abagore bari mu nzego z’ibanze muri Commonwealth
Umuyobozi w’Ishyirahamwe rihuza Inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA), Dr. Odette Uwizeye, yatorewe kuyobora Ihuriro ry’abagore bari mu buyobozi bw’Inzego z’Ibanze mu muryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth!-->…
Nta biganiro bishoboka hagati ya Israel na Qatar- Emir wa Qatar
Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim Bin Hamad Al Thani, yagaragarije Isi ko bigoye kuganira na Israel.
Yabigarutseho ubwo yatangaga imbwirwaruhame ye mu nama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yabeyere i New York muri Leta!-->!-->!-->…
U Rwanda ruzi ikiguzi cyo kurebera- Minisitiri Nduhungirehe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yasabye Umuryango Mpuzamahanga kureka kurebera kuko bisiga ikiguzi kiremereye kirimo no kubura ubuzima bw’abantu benshi, ahamya ko u Rwanda ruzi icyo!-->…
Uganda: Boby Wine aracyafite inyota yo kuyobora igihugu
Umuhanzi mu njyana zigezweho, akaba n'umunyapolitiki umaze kwandika izina mu mitima ya bamwe ba nya Uganda Bwana Boby Wine yongeye kugaragaza ko agifite inyota yo kuyobora igihugu ubwo yashyikirizaga komisiyo y'amatora muri icyo gihugu!-->…
Perezida Tshisekedi yongeye kwikoma u Rwanda
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Bwana Felix Tshisekedi yongeye yikoma u Rwanda arushinja kuba rufite ingabo mu gihugu cye ndetse ko icyo gihugu cyakomeje kwinangira ku mugambi wayo wo gukorana na AFC/M23.
Kuri uyu!-->!-->!-->…
Malawi: Mutharika wigeze kuyobora Malawi mu bafite amahirwe yo gutsinda amatora
Peter Mutharika wabaye Perezida wa Malawi akomeje guhabwa amahirwe yo gutsinda amatora aherutse guhanganamo na Perezida Lazarus Chakwera uri gushaka indi manda.
Igitangazamakuru cyo muri Malawi, Times Television, cyatangaje ko Peter!-->!-->!-->!-->!-->…