Browsing Category
Politike
Trump arateganya guhura na Xi Jinping imbona nkubone
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump azahura na mugenzi we w’u Bushinwa Xi Jinping muri Koreya y’Epfo ku wa 30 Ukwakira, mu nama y’abakuru b’ibihugu byo muri Aziya, nk’uko White House yabitangaje.
Umuteguro wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Cote d’Ivoire: Ouatara w’imyaka 83 arahabwa amahirwe yo kwegukana azaba ejo
Perezida wa Côte d’Ivoire Bwana Alassane Ouattara arimo guhatanira manda ya kane mu matora azaba ku wa Gatandatu, aho yasezeranyije gukomeza guteza imbere ubukungu mu buryo buhamye, mu gihe abamunenga bamushinja ibyo bita gahunda za Leta!-->…
China: Abajenerari 9 bakomeye birukanywe kubera gukekwaho ruswa
Ishyaka rya gikominisiti rya Chine ryirukanye aba jenerali icyenda bakuru mu bikorwa bikomeye by’ubutabera byagaragaye cyane mu myaka myinshi ishize bigamije guhashya ruswa mu ngabo.
Abayobozi bakuru icyenda bakurikiranyweho ibyaha!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntituri mu biganiro na Bujumbura, ahubwo turi mu biganiro na Leta ya Kinshasa”: AFC/M23
Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa Yobeluo, yahakanye ibyo kohereza intumwa mu Burundi.
Ikinyamakuru Africa Intelligence giherutse gutangaza ko intumwa za!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yavuze ko igiye guhagurukira FARDC ku bitero imaze iminsi ibagabaho.
Uruhande rwa leta ya Kinshasa n'urwa AFC/M23 bongeye gushinjanya kurenga ku masezerano yo kubahiriza agahenge nyuma y'imirwano ikomeye yavuzwe muri iki cyumweru mu ntara za Kivu ya Ruguru na Kivu y'Epfo.
Mu kiganiro n'abanyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: John Heche utavuga rumwe na Leta yaraye atawe muri yombi
Umuyobozi wungirije w'ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi muri Tanzaniya yatawe muri yombi, mu gihe ibikorwa byo gucecekesha abatavuga rumwe n'ubutegetsi buriho bikomeje, mbere y'amatora rusange ateganijwe mu cyumweru gitaha muri iki!-->…
Cameroune: Perezida Paul Biya atsindiye manda yindi azasoza ku myaka ye hafi ijana.
Perezida wa Cameroune Bwana Paul Biya amaze gutangazwa nk'uwatsinze amatora aherutse muri icyo gihugu, ni manda izamara imyaka 7 akazayirangiza ku myaka ye 96 y'amavuko.
Komisiyo y'amatora mu gihugu cya Cameroune imaze gutangaza!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Hatangijwe umwiherero w’Inama Njyanama n’Abafatanyabikorwa wiga ku cyerekezo…
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya18 Ukwakira 2025, Akarere ka Bugesera katangije umwiherero w’iminsi ibiri uhuza abagize njyanama y'akarere n’Abafatanyabikorwa, uyu mwiherero ugamije gusuzuma aho imihigo y'Akarere igeze, kurebera hamwe!-->!-->!-->…
Kayumba Nyamwasa ku rutonde rumwe na Gaston Iyamuremye wa FDLR mu bantu 25 bashakishwa kubera…
Abantu 25 bafatiwe ibihano na Guverinoma y’u Rwanda kubera iterabwoba
Ku wa Kabiri, itariki ya 14 Ukwakira 2025, abantu 25 bashyizwe ku rutonde rw’ibihano n’Ikigo gishinzwe Ubutasi mu by’Imari (FIC) kubera ibikorwa by’iterabwoba no!-->!-->!-->!-->!-->…
Intumwa za AFC/M23 zongeye zihura n’iza Leta ya Kinshasa i Doha
Abahagarariye guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’abo ku ruhande rw'umutwe wa AFC/M23 bongeye guhura i Doha muri Qatar hamwe n’umuhuza kugira ngo bongere banoze ibiganiro.Muri ibi biganiro byabaye ku nshuro ya!-->!-->!-->…
Joseph Kabila uherutse gukatirwa urwo gupfa yayoboye inama y’abarwanya Tshisekedi
Joseph Kabila wahoze ayobora Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yayoboye inama ihuriwemo n'abarwanya Leta ya Congo nyuma y'igihe giti gusa urukiko rumukatiye igihano cyo kwicwa.
Bwana Kabila Joseph uherutse uherutse guhamwa ibyaha!-->!-->!-->…
Dr. Frank Habineza na Alphonse Nkubana batorewe kuba Abasenateri
Dr. Frank Habineza uyobora ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democaratic Green Party Rwanda) na Alphonse Nkubana uyobora Ishyaka ry’Ubwisungane Bugamije Iterambere (PSP), batowe n’abahagarariye Ihuriro ry’Imitwe ya!-->…
“Turi kuganira n’intumwa za Leta i Doha, ntibisaba ko Tshisekedi abanza…
Umuvugizi w'umutwe wa AFC/M23 avuga ko barimo kuganira na Leta ya Perezida Tshisekedi ku ntambara bahanganyemo ngo bagere "ku gahenge karambye" kandi ko ibiganiro bigeze kure i Doha muri Qatar.
Oscar Balinda yari abajijwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel yarekuye imfungwa za Palestine nyuma y’uko Hamas na yo irekuye abanya-Israel 20…
Mu masaha ya saa saba y'i Ramallah muri Palestine - saa sita mu Burundi no mu Rwanda, imodoka ebyiri za 'bus' zitwaye imfungwa z'Abanye-Palestine barekuwe na Israel zageze i Ramallah muri West Bank aho na ho bari bategereje cyane abo!-->…
Perezida wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa
Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yahungishijwe n’indege y’ingabo z’u Bufaransa mu gihe abaturage n’abasirikare bakomeje kwigaragambiriza mu bice birimo Umurwa Mukuru, Antananarivo.
Radio mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI,!-->!-->!-->!-->!-->…