Browsing Category
Politike
“Ibi biza tuzabitsinda nk’uko n’ibindi twabitsinze” Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ubwo yari mu Karere ka Rubavu gusura abaturage baho nyuma y'ibyaga bagize yabahaye icyizere ko ibiza nabyo bizatsindwa nk'uko n'ibindi byatsinzwe.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Gicurasi 2023, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
USA irashinja Afrika y’Epfo kohorereza imbunda Uburusiya
Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri Afrika y'epfo yavuze ko hari amakuru yizewe avuga ko Afrika y'Epfo yohereje imbunda n'amasasu Russia
Ambasaderi w'Amerika muri Afurika y'Epfo yashinje iki gihugu guha intwaro!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye intumwa za Djibouti
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yahuye n’intumwa zo muri Djibouti ziyobowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahaga Mahmoudi Ali Youssouf, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Ismail Omar!-->!-->!-->…
USA: Urukiko rwahamije icyaha Donald Trump rumuca amande ya miliyoni 5$
Inteko y’abacamanza yahamije Donald Trump ko yakoreye ihohotera rishingiye ku gitsina umwanditsi w’ikinyamakuru, mu iguriro riri i New York mu myaka ya 1990.
Gusa Trump ntabwo yahamwe no gufata ku ngufu E Jean Carroll mu gice!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Putin yavuze ko ubutegetsi bwa Ukraine bumeze nk’ubw’Abanazi
Perezida w'u Burusiya Vladimir Putin, yavuze ko Ubutegetsi bwa Ukraine buteye nk'ubw'Abanazi batsinzwe mu Ntambara ya kabiri y'isi.
Ibi Perezida Vradimir Putin yabitangaje kuwa Mbere tariki 8 Gicurasi 2023 mu muhango wahariwe!-->!-->!-->!-->!-->…
“U Rwanda rwarafashije mu kugarura umutekano muri DRC”: Perezida Joao wa Angola
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko uruhare rw'u Rwanda mu kugarura amahoro muri Congo ari runini kandi rutakagombye!-->!-->!-->…
Icyoba ni cyose ku bayobozi b’Uturere nyuma y’uko uwari Meya wa Rubavu yegujwe
Nyuma y'aho njyanama y'Akarere ka Rubavu ifashe umwanzuro wo kweguza uwari umuyobozi wa nyobozi, Meya Kambogo, bamwe mu bayobozi b'Uturere batangiye gushya ubwoba ko ino nkundura ishobora gukomereza mu turere bayobora. (Photo:Igihe)
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Meya w’Akarere ka Rubavu yegujwe
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse, yahagaritswe mu mirimo n’Inama Njyanama, imushinja kutuzuza inshingano ze, harimo n’ibibazo birebana n’ibiza byahitanye benshi muri ako karere.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda zambitswe imidali y’ishimwe
Ingabo z’u Rwanda (RWABAT2) ziri mu bikorwa by’Umuryango w’Abibumbye byo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santarafurika(MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe.
Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 05 Gicurasi 2023, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda yateye umugongo Amerika n’uburayi yemeza itegeko rinyonga abatinganyi
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yemeje itegeko ribuza abantu gukora imibonano mpuzabitsina n'abo bahuje ibitsina. Iri tegeko ryemejwe uyu munsi kuwa Kabiri tariki ya 2 Gicurasi 2023 riteganya ibihano biremereye birimo igihano!-->!-->!-->…
Umuntu utatangarijwe amazina yaraye ateye ingoro y’ubwami bw’Ubwongereza
Ingoro ya Buckingham y’ubwami bw’u Bwongereza yatewe n’umuntu utaratangazwa izina mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, mbere y’iminsi mike ngo umwami Charles III yimikwe ku mugaragaro.
Polisi yatangaje ko umugabo utaramenyekana yageze!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarwana Muri Sudani bumvikanye Agahenge k’Iminsi 7
Impande zirwana muri Sudani zumvikanye kuri uyu wa kabiri ku gahenge k'iminsi 7 kuva kw'italiki 4 y'uku kwezi kwa gatanu.
Izo mpande zombi zumvikanye kuri ako gahenge mu biganiro zagiranye kuri telefone na Prezida wa Sudani!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Ministri Col (rtd) Charles Engola yarashwe n’uwari umuzamu we amushinja kutamuhemba.
Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y'umurimo mu gihugu cya Uganda yarashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri araswa n'uwari umuzamu we nawe ahita yirasa arapfa
Mu gihugu cya Uganda haravugwa urupfu rwa Col (rtd) Charles Okello!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamabanga mukuru wa Loni Guteres yitezwe i Bujumbura kuri uyu wa gatandatu
Umnyamabanga mukuru wa Loni Bwana Guterres kuri uyu wa gatandatu byitezwe ko azitabira inama iganira ku mutekano muri DRC
Ibiro by’Umunyamabanga mukuru wa ONU byatangaje ko kuwa gatandatu azitabira inama “yo ku rwego rwo hejuru”!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yakiriye intumwa z’u Rwanda zamuzaniye ubutumwa bwa Kagame
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakiriye Intumwa z’u Rwanda ziyobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh!-->…