Browsing Category
Politike
“RDF ni ingabo si inyeshyamba”:Perezida Kagame abwira Perezida Ramaphosa
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabeshyuje Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa, anagaragaza ibyo bibanzeho mu biganiro bibiri bagiranye muri iki cyumweru myuma y’urupfu rw’abasirikare 13 b’Afurika y’Epfo baguye mu mirwano yo mu!-->…
Hamenyekanye ibyo Perezida Paul Kagame yaganiriye na Ramaphosa wa Afrika y’Epfo
Perezida Ramaphosa wa Afrika y'Epfo yaraye ahamagaye kuri terefoni Perezida Paul Kagame baganira ku mutekano muke uri kuvugwa muri DRC.
Cyril Ramaphosa wa Afrika yaraye ahamagaye kuri terefone perezida Paul Kagame w'u Rwanda, aba bombi!-->!-->!-->…
Tshisekedi ntazitabira inama ya EAC yiga kuri Congo
Umuvugizi wa Perezida Felix Antoine Tshisekedi, Tina Salama, yatangaje ko atazitabira inama idasanzwe y’Abakuru b’ibihugu b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yigaga ku bibazo by’Umutekano mucye muri Congo.
Perezida wa Kenya,!-->!-->!-->…
DRC: M23 yigaruriye Radio na TV bya Leta ishami rya Goma
Ishami rya Tereviziyo na Radiyo by'igihugu (RTNC) rikorera i Goma ryigaruriwe n'umutwe wa M23 nyuma yo gufata byinshi mu bice bigize uwo mujyi.
Umutwe w'ingabo za M23 umaze igihe uri mu mirwano n'ingabo z'igihugu FARDC ubu bikaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatangajwe umubare w’abanyarwanda bishwe n’amasasu yaturukaga muri Congo
Umuvugizi w'igisirikare cy'u Rwanda yashyize hanze umubare w'Abanyarwanda bahitanywe n'amasasu yaturukaga muri Congo, anatangaza n'umubare w'abakomeretse.
Nyuma y'aho umutwe wa M23 utangaje ko uri kugenzura umujyi wa Goma, hakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, umujyi wa Goma wamaze kujya mu maboko ya M23
Inyeshyamba za M23 zatangaje ko zafashe umujyi wa Goma, umurwa mukuru w'intara ya Kivu ya Ruguru muri Repubukika ya Demokarasi ya Congo.
Uruhande rwa leta, kugeza ku cyumweru nijoro rwari rugisaba igisirikare kurwana kuri uyu mujyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Mozambique: Mondlane utavuga rumwe na Leta yavuze ibyo yifuza kugira ngo akorane na Leta iriho
Umuyobozi w’ishyaka PODEMOS ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwo muri Mozambique, Venâncio Mondlane, yatangaje ko yiteguye gukorana na Leta iyobowe na Perezida Daniel Chapo.
Mondlane yavuze ko yakwemera gukorana n’ubuyobozi buriho mu gihe!-->!-->!-->…
Dore amwe mu mategeko-teka Trump yashyizeho umukono
Donald Trump yatangaje uruhuri rw'amategeko-teka ku bintu bitandukanye birimo nk'abinjira mu gihugu, ku mihindagurikire y'ikirere, n'ibijyanye n'urubuga nkoranyambaga rwa TikTok, nyuma yo kurahizwa ejo ku wa mbere nka Perezida wa 47!-->!-->!-->…
USA: Nyuma y’umunsi umwe gusa arahiye, Trump arahita atangiza igikorwa cyo kwirukana abimukira
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana Trump uteganijwe kurahira kongera kuyobora icyo gihugu cy'ihgihangange ku isi, arateganya guhita atangiza igikorwa cyo guhiga no kwirukana abimukira.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 20!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame ntiyishimiye abakomeje kwiyambika ubusa ku karubanda, asaba abayobozi…
Kuri uyu wa 19 Mutarama 2025, mu giterane cy’amasengesho yo gusabira Igihugu Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abari bitabiriye iki giterane ko amaze iminsi akurikira ibibera ku mbuga nkoranyambaga aho abonaho abana bato!-->!-->!-->…
Amajyaruguru: Ba Meya batatu ntibagarutse mu bayobozi bashya b’Umuryango FPR Inkotanyi
Abayobozi b’Uturere twa Burera, Gicumbi na Musanze bari basanzwe ari n’abayobozi b’Umuryango FPR Inkotanyi muri utwo turere ntibagarutse kuri ubwo buyobozi, nk’uko byari bisanzwe bimenyerewe ko aba aribo bahabwa amahirwe iyo ari!-->!-->!-->…
Tanzania: Ishyaka CCM yemeje Perezida Samia nk’uzarihagararira mu matora ya 2025
Ishyaka riri ku butegetsi muri Tanzania, Chama cha Mapinduzi (CCM), waraye wemeje Perezida Samia Suluhu Hassan kugira ngo azarihagararire mu matora y'umukuru w'iki gihugu azaba muri uno mwaka.
Iki cyemezo cyafashwe mu ihuriro rya!-->!-->!-->!-->!-->…
Jean Guy Afrika yagizwe umuyobozi wa RDB
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyize Jean-Guy Afrika mu mwanya w’Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB).
Jean Guy Afrika asimbuye Francis Gatare wari muri uyu mwanya kuva muri Nzeri 2023, ubu akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Min. Nduhungirehe yanenze abatari kumva impamvu M23 yafashe umujyi wa Masisi
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yanenze ibihugu n’imiryango mpuzamahanga bikomeje gufata ibyemezo n’imyanzuro ihengamiye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byirengagije ukuri ku!-->!-->!-->…
Mozambique: Abashyigikiye umukandida watsinzwe amatora bongeye kwigaragambya
Imyigaragambyo yongeye kwaduka muri Mozambique nyuma yuko urukiko rurusha izindi ububasha rwemeje ko umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku butegetsi ari we watsinze amatora ya perezida yateje impaka yabaye mu Kwakira uyu mwaka.
!-->!-->!-->!-->!-->…