Browsing Category
Politike
Bwa mbere kuva yavugwa i Goma, Joseph Kabila yagaragaye mu ruhame
Nyuma y'iminsi avugwa ko ari mu mujyi wa Goma, kuri uyu munsi Bwana Joseph Kabila wahoze ayobora Congo yagaragaye mu ruhame bikuraho gushidikanya ku makuru yavugaga ko ari muri uwo mujyi.
Umuvugizi w’umutwe wa M23 yatangaje amafoto ya!-->!-->!-->…
UPDF irashinja ambasaderi w’Ubudage kuba mu ‘bikorwa byo guhirika ubutegetsi’
Igisirikare cya Uganda kirashinja ambasaderi w'igihugu cy'Ubudagi kuba inyuma y'abashaka guhirika ubutegetsi bya Uganda.
Igisirikare cya Uganda cyatangaje ko gihagaritse ubufatanye bwose bwa gisirikare cyari gifitanye n'Ubudage!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yemeje ko Joseph Kabila yamaze kugera i Goma
Nyuma yo gukurirwaho ubudahangarwa, ubu bimaze kwemezwa ko Bwana Joseph Kabila yamaze kugera i Goma ahari ibirindiro biomeye bya M23
Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo yageze mu mujyi wa Goma, nk'uko bitangazwa n'umuvugizi!-->!-->!-->…
DRC: Sena yemeje ko Joseph Kabila yamburwa ubudahangarwa
Ku bwiganze, abasenateri ba DR Congo bemeje kwambura ubudahangarwa uwahoze ari perezida Joseph Kabila, ni nyuma y'uko ubushinjacyaha bwa gisirikare busabye ko yamburwa ubudahangarwa kugira ngo bumurege mu nkiko.
Kabila, usanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakiriye inzandiko zemerera ba ambasaderi b’ibihugu 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, bakaba biyemeje gukomeza gushimangira ibihugu baje guhagararira n'u Rwanda.
Gutanga izi nzandiko kwa!-->!-->!-->…
DRC: Ministre w’ubutabera yahakanye ikirego cyo kunyereza asaga Miliyoni 19$
Minisitiri w'ubutabera muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo (DRC) Bwana Constant Mutamba yahakanye ibirego ashinjwa na Leta ye, ibirego birimo kuba uwo mugabo yaranyereje akayabo k'amafaranga yari agenewe umushinga mugari wo!-->!-->!-->…
Kinshasa: Ubushinjacyaha bwasabye ko Minisitiri w’Ubutabera yamburwa ubudahangarwa
Umushinjacyaha Mukuru mu Rukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu kwambura Minisitiri w’Ubutabera, Constant Mutamba, ubudahangarwa kugira ngo akurikiranwe.
Aya!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Ministre w’intebe Lt. Gen. Ndirakobuca Gervais yashyizwe mu kiruhuko…
Mu gihugu cy’u Burundi hakomeje kuvugwa inkuru ya Minisitiri w’Intebe Lt Gen de Police Gervais Ndirakobuca wamenyekanye ku izina ‘Ndakugarika’ wasezerewe muri Polisi y’igihugu.
Ndirakobuca wavukiye Bukinanyana mu Ntara ya Cibitoke!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yerekanye inkingi 3 Afurika yakubakiraho ikagira umutekano usesuye
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yagaragaje inkingi ishatu, Umugabane wa Afurika wakubikiraho kugirango ugira umutekano usesuye, zirimo gufata inshingano zo kuwicungira, gukorera hamwe, no kujyanisha imiyobore no gucunga!-->!-->!-->…
Ali Bongo wahiritswe na mubyara we yafunguwe ahita ahungira muri Angola
Bwana Ali Bongo wari imaze hafi imyaka itatu afunze nyuma yo guhirikwa ku butegetsi na mubyara we Brice Oligui Nguema, yamaze kurekurwa we n'umugore we bahita bahungira mu gihugu cya Angola.
Aya makuru yemejwe na ba Perezida Joao!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yibukije Afurika ko igomba kwihitiramo icyerekezo
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko Afurika itagomba gukomeza gutinda ku byemezo amahanga ayifatira bigira ingaruka ku bukungu byayo, ahubwo ko ikwiye gushyira imbere imikoranire hagati y’ibihugu byayo ndetse!-->!-->!-->…
Julius Malema yanenze bikomeye Ubwongereza nyuma yo kumwima ‘visa’
Umunyapolitike wo muri Afurika y'Epfo utavuga rumwe n'ubutegetsi uzwiho guteza impaka, Julius Malema, avuga ko yimwe uruhushya ('visa') rwo kwitabira inama mu Bwongereza iteganyijwe kuba ku itariki ya 10 Gicurasi uyu mwaka.
Malema!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iki kigaruye Gen. Mamady Doumbouya wa Guinea-Konakry i Kigali
Kuri uyu wa kane, Perezida wa Guinea Gen Mamady Doumbouya araba abarizwa i Kigali nyuma y'umwaka umwe gusa ahavuye.
Kuri uyu wa kane taliki ya 1 Gicurasi 2025, Perezida w'igihugu cya Guinea General Mamady Doumbouya araba abarizwa ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Guinea-Bissau
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Mata, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Perezida wa Guinea-Bissau Umaro Sissoco Embaló uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.
Abakuru b’Ibihugu bombi baganiriye ku ngingo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC na M23 bemeye guhagarika intambara
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n'umutwe w'inyeshyamba uyirwanya wa M23 bemeranyije ku gahenge hagamijwe guhagarika imirwano "mu buryo bw'ingirakamaro", "nyuma y'ibiganiro byo kubwizanya ukuri kandi byubaka" bagiranye i Doha!-->!-->!-->…