Browsing Category
Politike
RDC: Moise Katumbi yasabye ko amatora aherutse gukorwa aseswa
Moise Katumbi umwe mu bahanganiye ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, yasabye ko amatora amaze iminsi abaye muri icyo gikorwa aseswa vuba na bwangu.
Mu itangazo yashyize ahagaragara, Katumbi avuga ko na komisiyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Guverineri Rubingisa yatangiye inshingano ze zo kuyobora intara y’Uburasirazuba
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba mushya, Pudence Rubingisa, yatangiye imirimo yo kuyobora iyi Ntara ku mugaragaro, asabwa gukomereza ku dushya basanganwe no kutwongera.
Yabisabwe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Bane mu bakandida ku mwanya wa perezida basabye ko amatora aba impfabusa
Abakandida bane mu matora ya perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo basohoye itangazo basaba ko amatora yabaye ku wa gatatu ahindurwa impfabusa.
Abo banyapolitiki ni umukuru w'abatavuga rumwe n'ubutegetsi Martin Fayulu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya yateye utwatsi icyifuzo cya DRC yayisabaga guta muri yombi Bwana Namgaa
Perezida wa Kenya, William Ruto, yashwishurije Leta ya RDC yari yasabye ko Corneille Nangaa uherutse gushinga Ihuriro rirwanya Ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi atabwa muri yombi.
Ruto yavuze ko adashobora guta muri yombi umuntu!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Senegal Macky Sall ari kubarizwa mu Rwanda
Perezida wa Senegal, Macky Sall, yageze i Kigali aho aje mu gikorwa cyo gufungura ku mugaragaro Ikigo Nyafurika gikora inkingo, BioNTech Africa.
Perezida Macky Sall akigera mu Rwanda, yakiriwe na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta ya Kenya yahakanye ubugambanyi ishinjwa na DRC
Leta ya Kenya iravuga ko itigeze imenya iby'inama y'ihuriro ry'imitwe ivuga ko yishyize hamwe ngo irwanye Leta ya Congo.
Nyuma y'aho kuri uyu wa gatatu taliki ya 15 kuno kwezi kwa 12 mu gihugu cya Kenya hateraniye inama muri imwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC yahamagaje abayigarariye muri Kenya no muri EAC
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ivuga ko yahamagaje ambasaderi wayo muri Kenya ngo bagirane ibiganiro, nyuma yuko muri Kenya hashingiwe ihuriro ry'imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.
Umuvugizi wa minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Madagascar: Dr Ngirente yahagarariye Perezida Kagame mu muhango wo kwimika Rajoelina
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yahagarariye Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu muhango wo kurahira kwa Andry Rajoelina, Perezida wa Madagascar.
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yageze i Antananarivo mu Murwa Mukuru wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukandida Depite Muri Kivu y’Epfo Yishwe Arashwe
Umwe mu bakandida depite ku rwego rw’intara ya Kivu y’epfo mu matora rusange ateganijwe muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yaraye yiciwe mu mujyi wa Uvira.
Kandida Ndabuye Sadiki Espoir uzwi cyane nka Richa, yishwe arashwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rishi Sunak yatsinze urugamba rwa mbere rw’umushinga we ku Rwanda
Inteko y’Ubwongereza, umutwe w’abadepite (House of Commons), watoshye ushyigikira umushinga wo kohereza abimukira mu Rwanda, uyu mushinga uba utsinze urugamba rwa mbere muri iyi Nteko.
Uyu mushinga bashaka ko uba itegeko watsinze ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri w’Intebe yakiriye indahiro z’abashinjacyaha ba gisirikare abasaba kwirinda ruswa
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye indahiro z’abashinjacyaha ba gisirikare bane (4) .
Aba bashinjacyaha barahiye kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Ukuboza 2023 .
Mu barahire harimo Lt. Col. Jean Bosco Kamirindi, Lt.!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Afurika y’Epfo: Urukiko Rukuru rwategetse iperereza ku iyimikwa ry’umwami w’Abazulu
Urukiko Rukuru rwa Pretoria rwategetse Perezida Cyril Ramaphosa gushyiraho iperereza kugira ngo hamenyekane niba iyimikwa ry’umwami Misuzulu Kazwelithini w’Abazulu ryarakozwe hakurikijwe amategeko gakondo.
The East African yanditse!-->!-->!-->!-->!-->…
Hatabagajwe igihe Abanyarwanda bazatora abadepite
Umunsi w’itora rya Perezida wa Repubulika n’iry’Abadepite 53 batorerwa kuri lisiti y’amazina ndakuka, y’abakandida batangwa n’imitwe ya politiki cyangwa biyamamaza ku giti cyabo, ni tariki ya 15 Nyakanga 2024.
Ibi byasohotse mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Biruta yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wa Qatar
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr Vincent Biruta, yaganiriye na Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Qatar, Sheikh Mohammed bin Abdulrahman Al-Thani, bagaruka ku mibanire!-->!-->!-->…
DRC: Kiliziya gatolika yasabye Leta kuva ku izima ikaganira na M23
Kiliziya gatolika muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yasabye Leta iyobowe na Tshisekedi kwemera ikava ku izima ikagirana ibiganiro n'umutwe wa M23 mu rwego rwo gukemura amakimbirane.
Mu gihe intambara ikomeje kubica!-->!-->!-->!-->!-->…