Browsing Category
Politike
Perezida Paul kagame yashyize abayobozi bashya mu myanya
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 30 Nzeli 2024, Perezida Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu myanya.
Ni impinduka zikubiye mu itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe.
Mu bashyizwe mu myanya harimo Dr.!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame ategerejwe mu ruzinduko rwa mbere muri Latvia
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ategerejwe mu ruzinduko rwe rwa mbere rw’akazi agirira muri Repubulika ya Latvia guhera tariki ya 1 kugeza ku ya 3 Ukwakira 2024.
Urwo ruzinduko ni rwo rwa mbere Perezida Kagame!-->!-->!-->!-->!-->…
Donald Trump yavuze ko mukeba we mu matora Kamala Harris arwaye mu mutwe
Abo mu ishyaka ry’Aba-Républicains bakomeje kwinubira imvugo Donald Trump ushaka kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika akomeje gukoresha kuri Visi Perezida Kamala Harris.
Trump kuri uyu wa 29 Nzeri 2024 yatangarije!-->!-->!-->!-->!-->…
Human rights watch yongeye igereka urusyo kuri M23 na RDF
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), uvuga ko muri uyu mwaka inyeshyamba za M23 n'ingabo z'u Rwanda (RDF) zarashe "nta kurobanura" mu nkambi z'abasivile no mu tundi duce dutuwe mu bucucike hafi!-->!-->!-->…
U Burundi burashinja U Rwanda gufata bugwate Abarundi baruhungiyemo
Leta y'u Burundi irashinja u Rwanda kuba rwarafashe bugwate Abarundi baruhungiyemo rukababuza gutaha iwabo mu Burundi.
Ubwo ubuyobozi bw'ishami ry'umuryango w'abibumbye UNHCR bwariho bushinja igihugu cy'Uburundi gucyura ku ngufu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abimukira 119 baturutse muri Libiya baraye bageze mu Rwanda
(Photo:Igihe.com)
Guverinoma y’u Rwanda yakiriye icyiciro cya 19 cy’impunzi n’abimukira 119 zari zaraheze muri Libya nyuma yo gushaka uko zihungira mu Burayi zikabura aho zinyura.
Biri mu masezerano u Rwanda, Ishami rya Loni ryita ku!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC irikanga ko abaturuka muri Afurika y’Epfo bashobora kuyihungabanyiriza umutekano
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irikanga ko hari abaturuka muri Afurika y’Epfo bafite umugambi wo kuyihungabanyiriza umutekano.
Nk’uko Ambasade ya RDC muri Afurika y’Epfo yabisobanuye kuri uyu wa 20 Nzeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibrahim Aqil wari umwe mu bayobozi bakomeye muri Hezbollah yaguye mu gitero cya Isiraheli
Umuyobozi mukuru mu bagize umutwe wa Hezbollah, Ibrahim Aqil, yaguye mu gitero cyagabwe na Israel mu Majyepfo y’Umujyi wa Beirut.
Byatangajwe ko Ibrahim Aqil yishwe ari kumwe n’abandi banyamuryango b’umutwe wa Hezbollah bibumbiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Perezida Samia yiyamye amahanga ashaka kumutegeka uburyo ayobora igihugu
Perezida Samia Suluhu Hassan yabwiye abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo muri Tanzania ko bagomba kubahiriza amasezerano ya Vienne yo mu 1961 agena ibyo abadipolomate bagomba kwitwararikaho mu bihugu barimo.
Hashize iminsi mike!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame aratangira uruzinduko rw’akazi muri Singapore
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Singapore, yatangaje ko Perezida Paul Kagame ari bugirire uruzinduko rw’akazi muri iki gihugu, kuva kuri uyu wa Gatatu tariki 18 kugeza tariki 23 Nzeri 2024.
Biteganyijwe ko muri uru ruzinduko,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine: Urukiko rugiye kugenzura uburyo Perezida Zelensky yageze ku butegetsi
Urukiko rwo muri Ukraine rugiye gusuzuma ikirego cyatanzwe n’Umudepite utavuga rumwe n’ubutegetsi muri iki gihugu, Aleksandr Dubinski wagaragaje ko Perezida Volodymyr Zelensky ayoboye igihugu mu buryo bunyuranye n’amategeko.
Manda!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa yasabye abagatolika guhitamo ‘ikibi cyoroheje’ hagati ya Trump na Harris
Papa Francis yavuze ko abakandida perezida bakomeye bo mu matora y'Amerika bombi "barwanya ubuzima", agira inama abanyagatolika batora bo muri icyo gihugu guhitamo "ikibi cyoroheje" igihe bazaba batora mu Gushyingo uyu mwaka.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Comoros: Umugabo uherutse gutera icyuma Perezida yapfiriye muri gereza
Umugabo watawe muri yombi ku wa gatanu kubera kugaba igitero kuri perezida w'ibirwa bya Comores akoresheje icyuma yasanzwe muri gereza yapfuye, nkuko abategetsi baho babivuga.
Icyo gitero cyabereye mu muhango wo gushyingura umukuru!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abarimo Umunyamerika, umwongereza, Umubiligi bakatiwe igihano cy’urupfu
Abantu 37 barimo Abanyamerika batatu, Umwongereza, Umubiligi n'Umunya Canada bakatiwe igihano cy'urupfu nyuma yuko urukiko rubahamije kugerageza guhirika perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Abo bagabo bashinjwe kugaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal: Perezida yasheshe inteko inshinga amategeko yari yiganjemo abamurwanya
Prezida Bassirou Diomaye Faye wa Senegali ku mugoroba wo kuri uyu wa kane yatangaje ko yasheshe Inteko Ishinga Amatageko yari yiganjemo abatavuga rumwe n’ubutegetsi.
Yahise atangaza ko amatora yo gusimbuza abagize inteko yasheshwe!-->!-->!-->!-->!-->…
![RPF](https://indorerwamo.com/wp-content/uploads/2024/06/image-144.png)