Browsing Category
Politike
RDC: Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko yeguye ku mirimo ye
Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Nzeri 2025.
Ni icyemezo kije nyuma y’iminsi myinshi amakimbirane yiyongereye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda na Hongiriya byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere Siporo
Ni amasezerano yasinywe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Olivier Nduhungirehe na Péter Szijjártó, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi w’icyo Gihugu.
Uretse aya masezerano yashyiriweho umukono muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea votes on new constitution to move from military to civilian rule
Guinea’s 6.7 million voters eligible to cast a ‘yes’ or ‘no’ vote on a new constitution.
Guinea is holding a long-awaited referendum on a new constitution that could allow coup leader Mamady Doumbouya to run for president and would!-->!-->!-->!-->!-->…
UK, Australia, and Canada recognise Palestinian state, angering Israel
The UK, Australia, and Canada on Sunday recognised a Palestinian state in a coordinated, historic shift in decades of Western foreign policy, triggering swift anger from Israel
Portugal was also set to recognise Palestinian!-->!-->!-->!-->!-->…
Charlie Kirk uherutse uherutse kuraswa yasezeweho nk’intwari y’Amerika
Perezida w'Amerika Donald Trump yashimye impirimbanyi Charlie Kirk yari ikomeye ku bya kera avuga ko ari "intwari ikomeye y'Amerika" ndetse n'"umumaritiri", mu ijambo yagejeje ku bantu babarirwa mu bihumbi za mirongo bitabiriye umuhango wo!-->…
“Usome amazi ashyushye birashira”Nduhungirehe ku yasubije umudepite w’Umubiligi 
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasubije Umudepite w’u Bubiligi witwa Lydia Mutyebele Ngoi, wanditse ku mbuga nkoranyambaga anenga ko u Rwanda rwahawe kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare,!-->!-->!-->…
AFC/M23 yafashe Umujyi wa Nzibira nyuma y’imirwano ikomeye
Abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 bafashe Umujyi wa Nzibira uherereye muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyapfo, nyuma y’imirwano ikomeye yabahanganishije na FARDC n’imitwe bafatanyije.
Imirwano ku mpande zombi yarushijeho gukomera!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 irashinja ingabo za Leta kurasa mu gace gatuwe n’abasivili
Umutwe wa AFC/M23 urashinja ingabo za Leta FARDC n'abafatanyabikorwa bayo aribo FDLR, ingabo z'u Burundi, wazalendo kurasa ikoresheje indege mu bice bituwemo abasivili ku buryo hari benshi bahitanywe n'ibyo bitero.
Ihuriro AFC/M23!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye za Leta n’izigenga, hagamijwe kunoza imikorere no kurushaho gushyira mu bikorwa gahunda za Guverinoma
Nk’uko byatangajwe n’Ibiro bya Minisitiri!-->!-->!-->…
Imiryango itari iya Leta yaganirijwe ku kurwanya iyezandonke, iterabwoba n’ikwirakwizwa ry’intwaro…
Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwagiranye ibiganiro n’abahagarariye imiryango nyarwanda na mpuzamahanga itari iya leta ndetse na za fondasiyo, kuri gahunda za Leta zirimo kurwanya iyezandonke, iterabwoba n’ikwirakwizwa!-->!-->!-->…
Ingamba z’ubwirinzi zizagumaho mu gihe FDLR igihari – Minisitiri Nduhungirehe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe yavuze ko hari Amahanga ashaka ko u Rwanda ruhinduka umuyonga, atangaza ko ingamba z’ubwirinzi zizagumaho mu gihe FDLR igihari.
Hari mu kiganiro yagiranye n’abagize Ihuriro!-->!-->!-->!-->!-->…
Iran: Babak Shahbazi wahamijwe ibyaha byo gukorana na Israel yishwe amanitswe
Bwana Babak Shahbazi wahamijwe ibyaha birimo gukusanya, gutanga no kugurisa amakuru ya Iran kuri Israel yishwe amanitswe ahanwa nk'uwagambaniye igihugu.
Kuri uyu wa 17 Nzeri 2025, nibwo uyu mugabo witwa Babak Shahbazi yamanitswe,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yo ku wa 15 Nzeri 2025 – Ibiciro bishya by’amashanyarazi
Perezida Kagame yaraye ayoboye inama y'abaminisitiri yafatiwemo imyanzuro myinshi harimo n'ibiciro bishya by'amashanyarazi.
Inama y’Abaminisitiri iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yateranye muri Village!-->!-->!-->!-->!-->…
AFC/M23 yinjije abakomando barenga 7000 basoje imyitozo ya gisirikare
Kugeza ubu Uburasirazuba bwa Congo, by’umwihariko Kivu ya Ruguru na Kivu y’Amajyepfo birakora ibikorwa nk’ibya Leta isanzwe ifite Perezida n’izindi nzego, nyuma yo gukoresha ikizamini Abacamanza, Gen Makenga Sultani yanayoboye umuhango!-->!-->!-->…
“Inteko ishinga amategeko ya EU ntikwiye kwivanga mu mikorere y’ubucamanza bwacu”
Abagize Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, bamaganye byimazeyo umwanzuro w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ibihugu by’u Burayi (EU) isaba ko Ingabire Victoire Umuhoza arekurwa, bashimangira ko ari agasuzuguro ku Rwanda.
!-->!-->!-->!-->!-->…