Browsing Category
Politike
“Nta masezerano yo guhanahana abanyabyaha dufitanye n’Uburundi”: Alain Mukurarinda
Umuvugizi wungirije wa Leta y'u Rwanda Bwana Alain Mukurarinda yavuze ko ata masezerano yo guhanahana abakekwaho ibyaha na Leta y'Uburundi
Ubwo yari mu kiganiro kuri imwe mu maradiyo akorera mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa kane taliki!-->!-->!-->…
DRC: Leta irashinja umutwe wa M23 kubeshya amahanga.
Leta ya Congo irashinja umutwe wa M23 ko wabeshye amahanga ngo yatanze agahenge k'intambara kandi uwo mutwe ukomeje imirwano iwuganisha mu mujyi wa Bukavu.
Patrick Muyaya, uvugira Leta ya Congo yatangaje ko umutwe wa M23 umaze iminsi!-->!-->!-->…
DRC: Perezida Lazarus Chakwera yategetse ingabo ze kwitegura kuva muri DR Congo
Perezida wa Malawi yategetse umugaba mukuru w'ingabo ze gutangira gutekereza ukuntu ingabo z'icyo gihugu zataha zikava muri DRC.
Perezida Lazarus Chakwera yategetse umugaba w'ingabo z'iki gihugu kwitegura kuvana ingabo zacyo muri DR!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wagize guverineri Bahati Musanga wigeze kubikwa na FARDC
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC) rifite umutwe wa M23 ryashyizeho guverineri w'intara ya Kivu ya Ruguru hamwe n'abamwungirije mu gace k'iyi ntara bagenzura.
Itangazo rya Corneille Nangaa umukuru wa AFC rivuga ko Bahati Musanga Joseph!-->!-->!-->…
Leta y’u Rwanda igiye kwishyura imitungo y’abaturage yangijwe n’ibisasu…
Leta y'u Rwanda ibinyujije mu muvugizi wayo wungirije yavuze ko igiye kwishyura imitungo y'abaturage yangijwe n'ibisasu byaturukaga i Goma mu mirwano yo gufata uwo mujyi.
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda,!-->!-->!-->…
U Rwanda ruzakora igishoboka cyose mu kwirinda- Perezida Kagame asubiza CNN
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda ruzakora ibishoboka byose mu kwicungira umutekano, ubwo yasubizaga ibibazo birebana n’umutekano muke muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yabajijwe n’umunyamakuru wa!-->…
Abanyamadini bahaye Tshisekedi umushinga wamufasha kwikura mu kibazo
Abakuru ba Kiliziya Gatorika n'Abaporotestanti muri DRC Congo batangaje ko bashyikirije Perezida Félix Tshisekedi 'umushinga wo gusohoka mu ngorane' kandi ko yawakiriye neza.
"Twafashe iya mbere, nta bwo ari we wabidusabye, dutegura uyu!-->!-->!-->…
Kinshasa irashinja ingabo z’u Rwanda ubwicanyi i Goma
Umuvugizi wa leta ya Kinshasa – aterekanye ibihamya - yatangaje ko mu mujyi wa Goma hari "imirambo irenga 2,000 ikeneye guhambwa".
Mu kiganiro n'abanyamakuru mu ijoro ryo ku wa mbere cyaciye kuri televiziyo y'igihugu, Patrick Muyaya!-->!-->!-->!-->!-->…
Guha Kayumba Nyamwasa urubuga bihamya umugambi mubisha wa Afurika y’Epfo ku Rwanda- Yolande Makolo
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibitangazamakuru byo muri Afurika y’Epfo byatangiye guha urubuga Kayumba Nyamwasa wamaze guhamwa n’ibyaha mu Rwanda, bihamya neza umugambi iki gihugu gifite wo guhungabanya!-->…
U Rwanda rwamaganye ibirego by’inama ya SADC ku Ngabo z’u Rwanda
U Rwanda rwamaganiye kure ibirego bishinja Ingabo z’u Rwanda nk’uko bigaragara mu itangazo ry’inama idasanzwe yahuje abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubukungu n’Iterambere ry’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) yateranye tariki ya!-->…
Guverineri Rubingisa yasabye urubyiruko kwirinda gukoresha imbuga nkoranyambaga nabi ahubwo…
Guverineri w'lntara y'Iburasirazuba Rubingisa Pudence yasabye urubyiruko gukoresha neza imbuga nkoranyambaga bakirinda kuzikoresha nabi ahubwo bakazikoresha neza mu kubaka igihugu no mu ku kirinda.
Ni mu butumwa yagejeje kumbaga!-->!-->!-->…
“Niba Afurika y’Epfo ishaka amakimbirane, u Rwanda ruzahangana n’icyo…
Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yasubije mu magambo akomeye ubutumwa bwa mugenzi we Cyril Ramaphosa, ibigaragaza umwuka mubi wadutse hagati y'u Rwanda na Afurika y'Epfo kubera imirwano mu burasirazuba bwa DR Congo.
Nyuma y'urupfu!-->!-->!-->…
“RDF ni ingabo si inyeshyamba”:Perezida Kagame abwira Perezida Ramaphosa
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabeshyuje Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa, anagaragaza ibyo bibanzeho mu biganiro bibiri bagiranye muri iki cyumweru myuma y’urupfu rw’abasirikare 13 b’Afurika y’Epfo baguye mu mirwano yo mu!-->…
Hamenyekanye ibyo Perezida Paul Kagame yaganiriye na Ramaphosa wa Afrika y’Epfo
Perezida Ramaphosa wa Afrika y'Epfo yaraye ahamagaye kuri terefoni Perezida Paul Kagame baganira ku mutekano muke uri kuvugwa muri DRC.
Cyril Ramaphosa wa Afrika yaraye ahamagaye kuri terefone perezida Paul Kagame w'u Rwanda, aba bombi!-->!-->!-->…
Tshisekedi ntazitabira inama ya EAC yiga kuri Congo
Umuvugizi wa Perezida Felix Antoine Tshisekedi, Tina Salama, yatangaje ko atazitabira inama idasanzwe y’Abakuru b’ibihugu b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yigaga ku bibazo by’Umutekano mucye muri Congo.
Perezida wa Kenya,!-->!-->!-->…