Browsing Category
Politike
Peter Mutharika yatorewe kongera kuyobora Malawi n’amajwi 66%
Mu matora y’Umukuru w’Igihugu wa Malawi yabaye ku ya 16 Nzeri 2025, Arthur Peter Mutharika yatorewe kuyobora iki gihugu, atsinze Perezida wari usanzwe ku butegetsi, Dr Lazarus Chakwera, nk’uko Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (MBC) muri!-->…
Abimukira birukanywe muri Amerika boherejwe muri Togo
Abimukira batandatu muri 11 birukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakoherezwa muri Ghana, ubu boherejwe muri Togo.
Ibi byatangajwe n’Umwunganizi mu mategeko wabo, Olivier-Barker Vormawor, wabwiye BBC, ko aba bimukira bagiye!-->!-->!-->…
Umunyarwandakazi yatorewe kuyobora ihuriro ry’abagore bari mu nzego z’ibanze muri Commonwealth
Umuyobozi w’Ishyirahamwe rihuza Inzego z’ibanze n’Umujyi wa Kigali (RALGA), Dr. Odette Uwizeye, yatorewe kuyobora Ihuriro ry’abagore bari mu buyobozi bw’Inzego z’Ibanze mu muryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth!-->…
Nta biganiro bishoboka hagati ya Israel na Qatar- Emir wa Qatar
Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim Bin Hamad Al Thani, yagaragarije Isi ko bigoye kuganira na Israel.
Yabigarutseho ubwo yatangaga imbwirwaruhame ye mu nama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yabeyere i New York muri Leta!-->!-->!-->…
U Rwanda ruzi ikiguzi cyo kurebera- Minisitiri Nduhungirehe
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yasabye Umuryango Mpuzamahanga kureka kurebera kuko bisiga ikiguzi kiremereye kirimo no kubura ubuzima bw’abantu benshi, ahamya ko u Rwanda ruzi icyo!-->…
Uganda: Boby Wine aracyafite inyota yo kuyobora igihugu
Umuhanzi mu njyana zigezweho, akaba n'umunyapolitiki umaze kwandika izina mu mitima ya bamwe ba nya Uganda Bwana Boby Wine yongeye kugaragaza ko agifite inyota yo kuyobora igihugu ubwo yashyikirizaga komisiyo y'amatora muri icyo gihugu!-->…
Perezida Tshisekedi yongeye kwikoma u Rwanda
Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Bwana Felix Tshisekedi yongeye yikoma u Rwanda arushinja kuba rufite ingabo mu gihugu cye ndetse ko icyo gihugu cyakomeje kwinangira ku mugambi wayo wo gukorana na AFC/M23.
Kuri uyu!-->!-->!-->…
Malawi: Mutharika wigeze kuyobora Malawi mu bafite amahirwe yo gutsinda amatora
Peter Mutharika wabaye Perezida wa Malawi akomeje guhabwa amahirwe yo gutsinda amatora aherutse guhanganamo na Perezida Lazarus Chakwera uri gushaka indi manda.
Igitangazamakuru cyo muri Malawi, Times Television, cyatangaje ko Peter!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Paul Kagame yageze mu Misiri mu ruzinduko rw’akazi
Kuri uyu wa kabiri, Perezida Paul Kagame yageze mu gihugu cya misiri azamaramo iminsi ibiri mu ruzinduko rw'akazi.
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ku wa Kabiri tariki 23 Nzeri 2025, yageze i Cairo mu Misiri, mu ruzinduko rw’akazi.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: “Mu gihe Katanga itarafatwa, igihugu cyabaho” Brig Gen Eddy Kapend
Umuyobozi wa Regiyo ya gisirikare ya 22, Brig Gen Eddy Kapend, yavuze ko ntacyo bitwaye igihugu kuba abarwanyi b’Ihuriro rya AFC/M23 bafata ibice bitandukanye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko!-->!-->!-->…
Mu nteko rusange ya LONI, Macron yemeje ko ashyigikiye ubwigenge bwa Leta ya Palestine
Nyuma y'ibindi bihugu bikomeye birimo Ubwongereza na Canada, perezida Emmanuel Macron w'Ubufaransa, yatangaje ko igihugu cye nacyo gishyigikiye ubwigenge n'ubusugire bwa Leta ya Palestine.
Ibi byatangajwe na Perezida Emmanuel Macron!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko yeguye ku mirimo ye
Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye ku mirimo ye kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Nzeri 2025.
Ni icyemezo kije nyuma y’iminsi myinshi amakimbirane yiyongereye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda na Hongiriya byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere Siporo
Ni amasezerano yasinywe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Olivier Nduhungirehe na Péter Szijjártó, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubucuruzi w’icyo Gihugu.
Uretse aya masezerano yashyiriweho umukono muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea votes on new constitution to move from military to civilian rule
Guinea’s 6.7 million voters eligible to cast a ‘yes’ or ‘no’ vote on a new constitution.
Guinea is holding a long-awaited referendum on a new constitution that could allow coup leader Mamady Doumbouya to run for president and would!-->!-->!-->!-->!-->…
UK, Australia, and Canada recognise Palestinian state, angering Israel
The UK, Australia, and Canada on Sunday recognised a Palestinian state in a coordinated, historic shift in decades of Western foreign policy, triggering swift anger from Israel
Portugal was also set to recognise Palestinian!-->!-->!-->!-->!-->…