Browsing Category
Politike
Ambasaderi wa Uganda muri DRC yasabwe gusobanura ibyavuzwe n’umuhungu wa Museveni
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yaraye ihamagaje uhagarariye by'agateganyo ambasaderi wa Uganda muri icyo gihugu imusaba ibisobanuro ku magambo yatangajwe n'umugaba mukuru w'ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Guverineri yamaganye umwanzuro wo kwegurira ibirombe umushoramari umwe
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice, yahakaniye Inama Njyanama y’Akarere ka Ruhango idasanzwe ku mwanzuro wo guha umushoramari umwe ibirombe birenga 10, abagira inama yo gusubiza abantu ubusabe bw’abashoramari benshi !-->!-->!-->…
M23 yerekanye abasirikare ba FARDC yafashe mpiri mu rugamba
Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza werekanye abasirikare bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatiye mu mirwano ikomeje gusakiranya impande zombi.
Umuvugizi w’Igisirikare cy’uyu mutwe, Lt Col!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’Ubutaliyani yataye muri yombi umubikira ucyekwaho gukorana n’aba…
Polisi y'Ubutaliyani yavuze ko umubikira ari umwe mu bantu 25 batawe muri yombi mu majyaruguru y'icyo gihugu, bijyanye n'iperereza ku bico by'abagizi ba nabi bazwi nk'aba 'mafia'.
Uwo mubikira, ibitangazamakuru byo mu Butaliyani!-->!-->!-->!-->!-->…
CG (Rtd) Emmanuel Gasana ku rutonde rw’abapolisi bakuru baherutse gushyirwa mu kiruhuko…
Iteka rya Perezida rishyira mu kiruhuko cy’izabukuru abapolisi bakuru 39, ryasohotse kuri uyu wa 4 Ukuboza 2024.
Iri teka rya perezida wa Repubulika ririho amazina y’abaherutse kujya mu kiruhuko cy’izabukuru barimo CG (Rtd) Emmanuel!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Minisitiri w’intebe wari umazeho amezi atatu gusa yegujwe ajyana na guverinoma ye.
Inteko Ishinga Amategeko yo mu gihugu cy'Ubufaransa, yaraye yeguje Guverinoma iyobowe na Minisitiri w’Intebe, Michel Barnier wari umaze amezi atatu afashe izo nshingano.
Amashyaka atavuga rumwe na Leta yahuje imbaraga yishyira hamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatoye umwanzuro usaba ubwigenge bwa Palestine, Israel ikava mu bice byayo yigaruriye
U Rwanda rwaje mu bihugu 156 byatoye bishyigikira umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye, usaba ko hemerwa ubwigenge bwa Palestine nk’igihugu ndetse Israel ikava mu bice byayo yigaruriye kuko ari byo bizatanga amahoro arambye.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Martin Fayulu arasanga Perezida Tshisekedi yari akwiye kwibera umunyezamu muri ruhago
Umunyapolitiki ukomeye muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yavuze ko Perezida Tshisekedi yayobye umuhamagaro yinjira muri politiki adashoboye, ko ahubwo yari akwiriye kwibera umunyezamu w'ikipe ya ruhago
Bwana FAYULU!-->!-->!-->!-->!-->…
Namibia: Ku myaka ye 72, madame Netumbo Nandi-Ndaitwah yatorewe kuyobora igihugu
Netumbo Nandi-Ndaitwah, wo mu ishyaka SWAPO riri ku butegetsi muri Namibia, yatowe nka Perezida wa mbere w'umugore w'icyo gihugu cyo muri Afurika y'amajyepfo, nyuma y'amatora yo mu cyumweru gishize yateje impaka.
Akanama k'amatora!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba perezida Paul Kagame na Tshisekedi barateganya guhura muri uku kwezi
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa DR Congo bazahurira mu nama i Luanda ku kibazo cy’intambara mu burasirazuba bwa DR Congo tariki 15 z’uku kwezi kw’Ukuboza 2024, nk’uko bivugwa n’ibiro bya perezida wa Angola.
!-->!-->!-->!-->!-->…
MINALOC ntiyemeranya n’abita kwegura kw’Abayobozi bananiwe inshingano ‘Tour du Rwanda’
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Dr Patrice Mugenzi, avuga ko abayobozi b’Uturere twa Karongi na Rusizi baherutse kwegura, byavuye ku mpamvu zabo bwite ariko bamaze kubona ko badaha serivisi nziza abaturage, harimo no kuzigurisha,!-->!-->!-->…
Bugesera: lmboni z’imiyoborere zarebeye hamwe n’abayobozi ibyifuzo n’ibitekerezo…
Imboni z’imiyoborere mu karere ka Bugesera ziravuga ko mu byifuzo n’ibitekerezo zakusanyije ibiza imbere abaturage bifuza ko bishyirwa mu igenamigambi ry’umwaka wa 2025-2026, harimo kubaka, gusana no kwagura ibikorwa remezo birimo!-->!-->!-->…
Tanzania: Ishyaka CCM rya Samia Suluhu ryatsinze amatora ku majwi 99%
Leta ya Tanzania – biciye kuri minisitiri mu biro bya perezida ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu – yatangaje ko ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) ryatsinze amatora y’ubutegetsi bw’imbere mu gihugu ku majwi 99%.
Ayo majwi yabonywe n’iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Australia: Hashyizweho itegeko rikumira abana gukoresha imbuga nkoranyambaga
Inteko Ishinga Amategeko ya Australia yemeje umushinga w’itegeko ribuza abana bari munsi y’imyaka 16, gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Iri tegeko ribuza umuntu uwo ari we wese kwemerera umwana uri munsi y’imyaka 16 kuba yakoresha!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel igiye kujuririra icyemezo cya ICC kigamije guta muri yombi abayobozi bayo
Israel yavuze ko izajurira ku nyandiko zo guta muri yombi Minisitiri w'intebe Benjamin Netanyahu n'uwahoze ari Minisitiri w'ingabo Yoav Gallant zasohowe n'urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) rubarega ibyaha byo mu ntambara muri Gaza.!-->!-->!-->…