Browsing Category
Ubuzima
MTN Rwanda yongeye icibwa miliyoni 30 Frw kubera serivisi mbi
Urwego rw’Igihugu rugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, rwasobanuye ko Sosiyete y’Itumanaho ya MTN yamaze gukemura ikibazo cyari cyabayeho kigatuma ihanwa, aho yishyuye amande ya miliyoni 30 Frw mu gihe cy’iminsi!-->!-->!-->…
Miliyari 2 n’igice z’amadorari zatumye Jay-Z aba umuhanzi wa mbere ukize kuruta abandi
Umuraperi w’Umunyamerika uri mu bakunzwe ku Isi Jay-Z yatangajwe nk’umuhanzi wa mbere ukize ku Isi, nk’uko byagaragajwe n’urutonde rwakozwe n’ikinyamakuru cya Forbes rugaragaraho abaherwe n’uburyo babonamo umutungo wabo nkuko icyo!-->!-->!-->…
Burera: Umwana w’imyaka 14 n’umusaza w’imyaka 67 baraye bakubiswe barapfa
Mu Karere ka Burera haravugwa inkuru y'abaturage babiri harimo n'umwana baraye bakubiswe n'inkuba barapfa.
Abantu babiri baraye bakubiswe n'inkuba ku mugoroba wo kuri iki cyumweru taliki ya 17 Kanama 2025. Umwe muri abo babiri, yari!-->!-->!-->…
Ambasaderi Aissa Kacyira uherutse kwitaba Imana azasezerwaho ejo
Ku wa 19 Kanama 2025 hateganyijwe umuhango wo gushyingura Ambasaderi Dr. Aissa Kirabo Kacyira wahoze ari Umuyobozi w’ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bishinzwe gushyigikira ubutumwa bw’amahoro muri Somalia (UNSOS).
Umuryango wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umusaza w’imyaka 70 arakekwaho gusambanya umwuzukuru we w’imyaka 8
Mu Karere ka Kayonza haravugwa inkuru y'umusaza w'imyaka 70 y'amavuko ukekwaho gusambanya umwuzukuru we ufite imyaka umunani nyuma akaza gutoroka.
Amakuru y'isambanywa ry'uyu mwana w'umukobwa uri mu kigero cy'imyaka 8 bigakorwa na!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umwana w’imyaka 13 yiyahuye atinya inkoni za se
Umwana w’imyaka 13 wigaga mu mwaka wa 4 w’amashuri abanza ku Ishuri Ribanza rya Cyangabo riherereye mu Murenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe yapfuye yimanitse bikekwa ko yihahuye atinya inkoni za se.
Uwo mwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagorwaga no kuvuga ikinyarwanda, batashye bazi kukivuga.
Urubyiruko rw’Abanyarwanda biga mu mahanga barashimira Leta y’u Rwanda yagaruye Itorero, cyane cyane iry’Indangamirwa, kuko rihuriza hamwe abiga mu Rwanda n’abiga mu mahanga rikabafasha byinshi birimo kongera kumenya no kuvuga ururimi!-->!-->!-->…
Kirehe: Hashyizweho gahunda nshya igamije kwegera umuturage no kumukemurira ibibazo
Mu rwego rwo kurushaho gukemura ibibazo by’abaturage mu buryo bwihuse babasanze aho batuye, ku wa kabiri tariki ya 12 Kanama 2025, ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwatangije gahunda nshya yiswe “Shyashyanira Umuturage”, izamara hafi!-->!-->!-->…
Gisagara: Gitifu wari warigaruriye urukundo n’imitima y’abaturage yitabye Imana
Bwana Nsanzimana Theogene wari umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kansi yitabye Imana, bishengura imitima y'abatari bake harimo n'abo yayoboye ndete n'abakozi bakoranaga.
Amakuru y'urupfu rwa Bwana Nsanzimana Theogene!-->!-->!-->!-->!-->…
Dr. Aisa Kirabo Kacyira yitabye Imana ku myaka 61
Dr Aisa Kirabo Kacyira wari Umuyobozi w’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bitanga Ubufasha yitabye Imana azize uburwayi amaranye imyaka myinshi, akaba atabarutse yari afite imya 61.
Uyu mubyeyi yakoze imirimo inyuranye mu Rwanda irimo!-->!-->!-->!-->!-->…
”Urubyiruko ni mwe bayobozi beza b’ejo hazaza” Jenerali Muganga.
Umugaba Mukuru w'ingabo z'u Rwanda(RDF) , Jenerali Mubarakh Muganga, yasuye urubyiruko ruri mu itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 mu kigo cy'ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera, anabasaba kwishakamo ibisubizo kw'Abanyafurika.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Imvura nyinshi yarimo inkuba isize yishe inka 4 z’umuturage
Kasagarira Benoit wo mu Mudugudu wa Gasinga, Akagari ka Gasinga, Umurenge wa Rwempasha mu Karere ka Nyagatare, ari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko inka ze enye zikubiswe n’inkuba zigapfa.
Uyu muturage avuga ko yatunguwe no gusanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Alex Muyoboke mu gahinda ko kubura umubyeyi
Alex Muyoboke uri mu bazwi cyane mu myidagaduro y’u Rwanda akaba yaranabaye umujyanama w’abahanzi batandukanye ari mu gahinda ko gupfusha umubyeyi (Nyina).
Ni inkuru yasangije abakurikira ku mbuga nkoranyambaga mu ijoro ry’itariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe : Amahugurwa y’isanamitima yahinduye ubuzima bw’abari baritakarije icyizere.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe ku bufatanye n’umuryango ‘Ubuntu Center for Peace’ ukora ibikorwa by’isanamitima, ku wa Gatatu tariki ya 6 Kanama 2025, bwahuguye abaturage basaga ibihumbi birindwi bo muri aka karere, babigisha amasomo!-->!-->!-->…
Norvege yohereje Francois Gasana ukekwaho ibyaha bya Genocide
Igihugu cya Norvege cyamaze kohereza umugabo witwa Francois Gasana ukurikiranyweho ibyaha bya Genocide yakorewe Abatutsi mu mwaka w'i 1994.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 8 Kanama 2025, yambaye ingofero y'umweru, agapira kenda kuba!-->!-->!-->!-->!-->…