Browsing Category
Ubuzima
Huye: Umugabo yagiye gusambana ku muturanyi ahakubitirwa ifuni arapfa
Mu Mudugudu wa Rugege uherereye mu Kagari ka Muhembe, Umurenge wa Karama, Akarere ka Huye, haravugwa inkuru y’umugabo ngo wakubitiwe ifuni mu rugo yari yagiye gusambanamo, agahita ahasiga ubuzima.
Amakuru avuga ko ibi byamenyekanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Bishop Harerimana wari ufunganywe n’umugore we yarekuwe
Umuyobozi w’Itorero Zeraphat Holy Church, Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore we baregwa ibyaha birimo gukangisha gusebanya no gukwirakwiza amafoto y’imikoreshereze y’ibitsina, barekuwe by’agateganyo.
Bishop Harerimana Jean Bosco!-->!-->!-->!-->!-->…
Fidel wari ukuriye urubyiruko rwa Mwogo-Bugesera yakoze impanuka y’imodoka ahita apfa
Niyogakiza Fidel wari umuyobozi w'inama y'igihugu y'Urubyiruko mu Murenge wa Mwogo Akarere ka Bugesera yitabye lmana kuri uyu wa 30 Ukwakira 2024 azize impanuka ikomeye ubwo yari atwaye imodoka.
Nyakwigendera Fidel yari mu kigero!-->!-->!-->!-->!-->…
Miss Rwanda Divine Muheto yasabiwe gufungwa umwaka n’amezi 8 n’ihazabu ya 220frw
Ubushinjacyaha mu Rwanda bwasabiye Nyampinga w’u Rwanda Divine Muheto gufungwa umwaka umwe n’amezi umunani ku byaha byo gutwara imodoka yanyoye ibisindisha birengeje igipimo, kugonga ibikorwa remezo no guhunga aho yabikoreye.
Muheto!-->!-->!-->…
Urubanza rwa Bishop Harerimana wa Zeraphat Holy Church rwashyizwe mu muhezo
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko urubanza ruregwamo Umushumba w’Itorerero Zeraphat Holy Church Bishop Harerimana Jean Bosco n’umugore we, ruburanishirizwa mu muhezo.
Icyemezo cyashingiye ku busabe bw’umushinjacyaha,!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Hari umugore wasanzwe mu mugozi yapfuye, birakekwa ko yiyahuye
Mu Karere ka Karongi haravugwa inkuru y'umugore uri mu kigero cy'imyaka 25 wo mu murenge wa Gishyita, yasanzwe mu mugozi yapfuye abantu bagakeka ko yiyahuye ko yaba yiyahuye.
Byabereye mu Mudugudu wa Kabwenge, Akagari ka Kigarama,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Inkuba yishe umugore, amatungo, itwika n’inzu
Mu mvura nyinshi yaguye mu ijoro rishyira kuri uyu swa Kane yagaragayemo inkuba yishe Uwimanimpaye Vestine w’imyaka 22 mu Murenge wa Murunda, itwika inzu inica ingurube ya nyir’inzu mu Murenge wa Kigeyo, inica intama 2 indi iyisiga!-->!-->!-->…
Fatakumavuta yatawe muri yombi na RIB nyuma yo kumwihanangiriza inshuro nyinshi.
Ku wa 18 Ukwakira 2024, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwemeje ko rwataye muri yombi Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta izina akoresha mu myidagaduro mu Rwanda.
Fatakumavuta akurikiranyweho ibyaha birimo gukoresha!-->!-->!-->!-->!-->…
BAMPORIKI na Gasana Emmanuel bari mu baraye bahawe imbabazi na perezida wa Repubulika
Perezida wa Repubulika yaraye ahaye imbabazi abari abagororwa bari barakatiwe n'inkiko, muri bo harimo abagabo babiri bazwi cyane muri politiki y'u Rwanda aribo Bwana BAMPORIKI Edouard na Rtd Emmanuel Gasana wahoze ari guverineri!-->!-->!-->…
Perezida KAGAME yaraye ahaye imbabazi abagororwa bari barakatiwe n’inkiko
Perezida wa Repubulika Paul KAGAME , yahaye imbabazi abantu 32 bari barakatiwe n’Inkiko. Ni mu gihe iteka rya Minisitiri ryemeje ko abandi 2,017 bari barakatiwe n’inkiko bafungurwa by’agateganyo .
Ni icyemezo cyatangajwe mu byemezo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ese imishinga ikomeye iherutse gushyirwa hanze n’Akarere yakwizerwa ku ruhe rugero?
Hari imishinga iremereye iherutse gushyirwa hanze n'ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza, benshi bakavuga ko amahirwe yo gusohora kwayo abarirwa ku mashyi.
Hagati mu kwezi kwa 2024 nibwo ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwashyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abakoresha umuhanda Mwogo-Nyamata babangamiwe nuko wangiritse.
Abaturage bo mu Murenge wa Mwogo bavuga ko babangamiwe n'iyangirika ry'umuhanda ubahuza n'Umurenge wa Nyamata aho bemeza ko icyo kibazo cyabangamiye kikanahagarika ingendo z'abakora ubuhinzi bw'umuceri bo mu gishanga cya Rurambi aho!-->!-->!-->…
U Budage: Umunyeshuri wari uvuye mu Rwanda yaketsweho Marburg bihagarika gare ya moshi
Umuntu umwe bivugwa ko ari umunyeshuri wari uvuye mu Rwanda n’umukobwa bakundana baketsweho ko banduye indwara ya Marburg ubwo bari muri gare ya moshi mu mujyi wa Hambourg mu Budage, bituma urugendo ruhagarikwa inzego z’ubuzima!-->!-->!-->…
Rulindo: Abantu 26 bariye umuceri bikekwa ko uhumanye babiri muri bo barapfa
Abaturage bo mu Mudugudu wa Musega, Akagari ka Kivugiza umurenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo, bari mu gahinda nyuma y’urupfu rw’abantu babiri n’abandi bantu 24 bajyanwe mu bitaro nyuma yo kumererwa nabi biturutse ku muceri bariye!-->!-->!-->…
Ibirego bishya birenga 100 harimo n’icy’umwana wari ufite imyaka 9 biremereye P. Diddy
Abantu barenga 100 bagiye kurega umuhanzi Sean 'Diddy' Combs ihohotera rishingiye ku gitsina, gufata ku ngufu, no kubakoresha uburaya bugamije inyungu, nk’uko umunyamategeko yabivuze.
Tony Buzbee, umunyamategeko wo muri leta ya!-->!-->!-->!-->!-->…