Browsing Category
Ubuzima
Nyanza: Bafitiye ubwoba indwara ziterwa n’umwanda kubera ko nta bwiherero bafite
Abatishoboye batujwe mu Mudugudu wa Nyagasambu uzwi nka Nyabugogo mu Murenge wa Busoro, Akarere ka Nyanza, bavuga ko bugarijwe n’umwanda baterwa no kuba nta bwiherero bafite, ku buryo bafite impungenge zo kwibasirwa n’indwara ziterwa!-->…
USA: Indege ya gisirikare yagonganiye mu kirere n’iy’igisivile
Indege zirimo kajugujugu y’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Sikorsky H-60, yagonganye n’indege ya gisivile yo mu bwoko bwa Bombardier CRJ700 y’ikigo cya PSA Airlines, ibikorwa by’ubutabazi bihita bitangira.
!-->!-->!-->…
India: Abagera kuri 30 bapfuye ubwo barwaniraga amazi y’umugisha
Mu Majyaruguru y’u Buhinde, abantu 30 bapfuye, abandi 90 barakomereka mu muvundo wabaye ubwo imbaga y’abantu benshi bari mu rugendo-nyobokamana (pèlerinage) rwitwa ‘Kumbh Mela’, rujyana no kwiroha mu mazi y’ahahurira imigezi mitagatifu,!-->…
Rwamagana: Umusore yagiye kuroba muri Muhazi ararohama
Umusore wo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gishari, yagiye kuroba mu kiyaga cya Muhazi mu buryo butemewe n’amategeko, birangira ahasize ubuzima.
Uyu musore yaguye mu kiyaga cya Muhazi mu mpera z’icyumweru gishize mu Mudugudu wa!-->!-->!-->…
Rusizi: Abadepite basabye abaturage kunoza imikorere n’imicungire y’amatsinda yabo
Abadepite bari mu itsinda ririmo gusura ibikorwa biteza imbere abaturage mu Karere ka Rusizi, babwiye abaturage ko gukorera hamwe ari intambwe ikomeye iganisha ku iterambere, babasaba kunoza imikorere n’imicungire y’amatsinda yabo!-->!-->!-->…
Kiliziya ya Kenya yahagaritse umupadiri warongoye rwihishwa
Diyoseze Gatolika ya Warri- Delta, yahagaritse ku kazi Padiri Daniel Okanatotor Oghenerukevwe, imukura no ku nshingano zose za gipadiri, nyuma yo kumenya inkuru y’ubukwe bwe, aho yasezaranye n’umugore witwa Dora Chichah, muri Leta zunze!-->…
Mahama : Gaz yatwitse inzu y’Impunzi
Inkongi yatewe n’iturika rya Gaz mu nkambi ya Mahama, iherereye mu karere ka Kirehe, mu Burasirazuba bw’u rwanda, yahitanye umunye-Congo witwa Pengele Jean Kamate.
Iyi nkongi yabaye ku mugoroba wo kuwa mbere w’iki cyumweru, yadutse!-->!-->!-->…
RMC yishimiye irekurwa ry’umunyamakuru Liliane
Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda, RMC, rwatangaje ko rwishimiye irekurwa ry’Umunyamakuru, Uwineza Liliane, wari watawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rusaba abandi bose kubahiriza amabwiriza agenga umwuga.!-->…
Muhanga: Ntaganzwa wishe umugore we amumennye amagufwa yo mu mutwe yasabiwe gufungwa burundu
Ntaganzwa Emmanuel uregwa n’ubushinjacyaha icyaha cyo kwica umugore we Mukashyaka Anathalie yasabiwe igihano cyo gufungwa burundu.
Icyo gihano yagisabiwe mu iburanisha ryabereye mu ruhame kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Mutarama 2025 mu!-->!-->!-->…
Abivuriza mu bitaro bya Muhima babangamiwe n’imitangire ya serivisi bavuga ko itanoze
Bamwe mu barwayi bivuriza ku bitaro bya Muhima mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko babangamiwe no kuba batinda guhabwa serivisi z’ubuvuzi hakaba nubwo barara batazihawe bigasaba ko bagaruka ku munsi ukurikiyeho.
Dusengimana Charlotte ni!-->!-->!-->…
MININFRA yateguye politiki iteganya guha ibyangombwa abubaka inzu zigeretse gusa
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko hateguwe politiki yo kunoza imiturire, iteganya ko ibyangombwa byo kubaka bizajya bihabwa abagiye kubaka inzu zigeretse ndetse n’izituramo imiryango myinshi.
Ibi ngo bigamije kubungabunga!-->!-->!-->!-->!-->…
Abavuye muri FDLR bavuze uko bakoranaga n’igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi
Bamwe mu basore baherutse gutoroka amashyamba yo muri Congo aho bakoranaga n'imitwe y'iterabwoba harimo n'uwa FDLR bakishyikiriza inzego z’umutekano z’u Rwanda, baravuga ko bakoranaga mu bikorwa bya gisirikare n'ingabo z'iki gihugu FARDC!-->…
Donald Trump yategetse ko TikTok yongera gukoreshwa muri USA
Tariki 18 Mutarama 2025, nyuma y’icyemezo cyafashwe n’Urukiko rw’Ikirenga muri Amerika, abakoresha urubuga rwa TikTok bagera kuri miliyoni 170, babuze serivisi zayo ku murongo.
Urukiko rw’Ikirenga rwategetse TikTok ko igomba!-->!-->!-->!-->!-->…
Rustiro: Inkuba yakubise umubyeyi w’imyaka 29 ahita apfa
Mu karere ka Rutsiro, mu Murenge wa Ruhango,Akagari ka Kavumu, inkuba yakubise umubyeyi witwa Imanizabayo Solange w’imyaka 29 wonsaga uruhinja rw’amezi icyenda, ahita yitaba Imana.
Uyu mubyeyi asize urwo ruhinja n’undi mwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 80 irashize Umwami Musinga atanze
Hari byinshi byaranze amateka bitazigera bisibangana mu mitwe y’Abanyarwanda, uhereye ku mwaduko w’abazungu mu 1894 kugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi n’ihagarikwa ryayo mu 1994.
Mu by’ingenzi twavuga byabaye hagati aho, ni!-->!-->!-->!-->!-->…