Browsing Category
Ubuzima
Prof. Omar wigeze kuyobora WASAC yaraye atawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Prof. Omar Munyaneza, wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC), hamwe n’abandi bayobozi babiri bakoraga muri icyo kigo.
Nk’uko!-->!-->!-->…
Menya akaga imbuga nkoranyambaga ziteza urubyiruko
Ubushakashatsi bushya bwagaragaje isano ikomeye hagati yo gukoresha imbuga nkoranyambaga no kugira ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe mu rubyiruko rufite imyaka iri hagati ya 10 na 2.
Ubu bushakashatsi bwakorewe mu Bwongereza ku bantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Iran: Bwana Rouzbeh Vadi yahamijwe icyaha cyo kugambanira igihugu yaraye anyonzwe
Ibitangazamakuru bya Leta ya Iran byatangaje ko Rouzbeh Vadi washinjwaga kuba maneko ya Isiraheli yishwe nyuma yo gushinjwa n’Urukiko guha Isiraheli amakuru yerekeye umuhanga mu bya nikeleyeri wishwe mu gitero cya Isiraheli cyo muri!-->!-->!-->…
Remera–Ngoma: Abaturage barasaba amashanyarazi ngo bave mu icuraburindi.
Abaturiye urugabano rw’Uturere twa Ngoma na Kayonza cyane cyane abo mu Murenge wa Remera, Akagari ka Bugera, muri Kabeza, barasaba guhabwa umuriro w’amashanyarazi na bo bakabasha kwiteza imbere nk’abandi.
Abaturage baganiriye na!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Meya Rangira yibukije abaturage gusigasira ibyagezweho, anatangaza imishinga mishya.
Umuyobozi w’Akarere ka Kirehe, Rangira Bruno, yagaragarije abaturage ko hari byinshi bimaze kugerwaho bishimira birimo umusaruro n’iterambere rusange ry’aka karere, anabibutsa ko bagomba kubibungabunga no kubirinda kugira ngo!-->!-->!-->…
“Mwirinde amacakubiri, musigasire ubumwe” Minisitiri Dr Jean damascene Bizimana.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Dr. Bizimana Jean Damascène, yasabye urubyiruko rwitabiriye Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 gukomeza umurage w’ubutwari n’ubumwe, banaharanira ukuri!-->…
Perezida Kagame yashimiye Masai na Kawhi ku guhitamo u Rwanda nk’igicumbi gikuza impano…
Perezida Paul Kagame yashimiye Masai Ujiri washinze umuryango Giants Of Africa n’umukinnyi w’ikirangirire muri NBA, Kawhi Leonard ku guhitamo u Rwanda nk’igicumbi gikuza impano z’abato.
Ibi, Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku cyumweru,!-->!-->!-->…
Yatawe muri yombi kubera gutera ubwoba Perezida wa Gabon
Nazih Marwan Al-Azzi wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Nazih yasabye Perezida wa Gabon Brice Clotaire Oligui Nguema miliyoni 9 z’Amayero (€) kugira ngo adashyira hanze amashusho ye y’ibanga.
Mu cyumweru gishize, uyu musore!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Bushoke yambitse impeta Juliet Zawedde wavugwaga mu rukundo na Chameleone
Umuhanzi uri mu bakunzwe muri Tanzania yambitse impeta umukirekazi Juliet Zawedde umaze iminsi abica bigacika ku mbuga nkoranyambaga kubera umubano we n’umuhanzi w’umunyabigwi muri Uganda Joeseph Mayanja uzwi nka Jose Chameleone.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Protais Mitali wigeze kuba Minisitiri wa Siporo yitabye Imana
Protais Mitali wigeze kuba Minisitiri w’Umuco na Siporo yitabye Imana aguye mu Bubiligi. Ni amakuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga ndetse akagaragaza ko yazize uburwayi.
Iyi nkuru yamenyekanye mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwirukanwa muri RBA, Lorenzo yabonye indi Radio agiye gukorera
Umunyamakuru Musangamfura Christian Lorenzo wari uri mu gihano cy'akazi muri RBA yatangajwe nk'umunyamakuru mushya wa SK FM aho aagiye gukomereza akazi ke.
Nyuma y'aho uno musore wo mu Kinigi (Nk'uko akunze kubyivugira), Musangamfura!-->!-->!-->…
RURA yatangaje ko yafatiye ibihano MTN
Nyuma y'aho bamwe mu bafatabuguzi ba MTN batangaje ko bamaze iminsi bahura n'ibibazo byo guhamagara cyangwa guhamagarwa binyuze ku miyoboro ya MTN Rwanda, ubu RURA yatangaje ko imaze gufatira ibihano ikigo cya MTN.
Kuri uyu wa kane!-->!-->!-->!-->!-->…
Urutonde rushya rw’ibihugu bifite pasiporo zikomeye, iy’u Rwanda ihagaze ite?
Hari impamvu nyinshi zishingirwaho Kugira ngo bavuge ko pasiporo y'igihugu runaka ikomeye, imwe muri izo mpamvu, ni umubare w'ibihugu iyo pasiporo uyifite ashobora kujyamo atarinze kwakwa visa. Kuri uru rutonde rushya rero, ibihugu byo!-->!-->!-->…
Umuhanzikazi Zari yiyamye abakobwa bahamagara umugabo we mu gicuku
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzaniya Zari yiyamye bamwe mu bagore n'abakobwa bihaye akageso ko kujya bahamagara umugabo we gicuku.
Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya witwa Zuhura Othman Soud ariko uzwi cyane nka ZUCHU!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisiteri yatangaje icyateye ibura ry’amazi muri iyi mpeshyi
Minisiteri y’Ibikorwa remezo yemeye ko mu mpeshyi ya 2025, amazi yabuze bikabije hirya no hino mu gihugu, ariko icyo kibazo ngo cyatewe n’igabanuka ry’amazi y’umugezi wa Nyabarongo kandi kigiye gushakirwa umuti.
Minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…