Browsing Category
Ubuzima
Ibihugu bya Libani, Siriya na Irani byatangiye icyunamo cy’iminsi 5
Mu gihe kirenga icyumweru, ingabo za Isiraheli zakomeje gutera ibisasu muri Libani, hagamijwe kurandura Hezbollah. Bwa mbere kuva intambara yatangira, Leta ya Isiraheli yibasiye umujyi wa Beyrouth.
Kugeza ubu, Isiraheli yagabye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umurambo w’umuntu utaramenyekana imyirondoro wabonywe mu Kivu
Mu ma saa tatu z’igitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 29 Nzeri 2024, mu kiyaga cya Kivu, ku gice cy’Umudugudu wa Gahwazi, Akagari ka Kamatita, Umurenge wa Gihundwe, Akarere ka Rusizi habonetse umurambo w’umugabo wo mu kigero cy’imyaka!-->!-->!-->…
DR Congo: Buri saha abagore babiri bafatwa ku ngufu
Médecins Sans Frontières (MSF), umuryango w’abaganga batanga ubufasha, uvuga ko wavuye abantu barenga 25,000 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina muri DR Congo mu mwaka wa 2023 gusa. Ivuga ko abo ari abantu babiri buri saha, kandi!-->!-->!-->…
Imibare mishya ya Minisante yerekana ko abantu 300 bahuye n’abarwayi 26 ba Marburg
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yemeje ko hamaze kuboneka abahuye n’abarwayi ba Marbug bamaze kuboneka mu Rwanda basaga 300, bakaba bashobora no kwiyongera kuko ibipimo bikomeje gufatwa ku bakekwa guhura na bo.
Minisitiri w’Ubuzima!-->!-->!-->!-->!-->…
Ambasade ya Amerika mu Rwanda imaze gushyira abakozi bayo muri “Gumamurugo”
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye abakozi ba Ambasade yayo mu Rwanda gukora bifashishije ikoranabuhanga aho kujya mu biro, kubera icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu Rwanda.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Ambasade y’Amerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusuwisi Muriel Furrer yitabye Imana azize ibikomere yagiriye mu irushanwa
Umusuwisi Muriel Furrer yitabye Imana nyuma yo kugira ibikomere ku mutwe ubwo yari mu isiganwa rya Shampiyona y’Isi iri kubera i Zurich.
Uyu mukobwa w’imyaka 18, yaguye ku wa Kane w’iki cyumweru ubwo yari mu isiganwa ryo mu muhanda.!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu batandatu bamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yatangaje ko abantu batandatu mu Rwanda bamaze guhitanwa n’icyorezo cy’indwara y’umuriro mwinshi iterwa n’agakoko ka Marburg, mu gihe hari abandi 20 bamaze kucyandura.
Kuri uyu wa 28 Nzeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umugabo wishe umwana we yakatiwe
Ku wa 24 Nzeri 2024, Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwahamije umugabo witwa Baraturwango Nathan icyaha cy’ubwicanyi, n’ icyo gukubita no gukomeretsa ku bushake, rumukatira igihano cy’igifungo cya burundu.
Iki cyaha cyabereye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Biyemeje gukaza amarondo mu kurwanya ibyaha
Mu nama y’umutekano yaguye yasuzumiwemo uko umutekano wari uhagaze kuva muri Nyakanga kugeza muri uku kwezi kwa Nzeri 2024 mu Karere ka Kirehe, hafatiwemo ingamba zirimo ko inzego z’ubuyobozi zigiye gufatanya n’abaturage gushyira imbaraga!-->…
Menya byinshi kuri virusi ya Marburg yagaragaye mu Rwanda
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg.
Mu itangazo yanyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, Minisiteri y’ubuzima yavuze ko ibimenyetso!-->!-->!-->!-->!-->…
Papa Francis atewe isoni n’ibyaha bishingiye ku gitsina abashumba ba Kiliziya bakoreye abana
Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis, yatangaje ko Kiliziya ikwiye kwicuza igaterwa isoni ndetse igasaba imbabazi ku byaha bishingiye ku gitsina, bamwe mu bashumba bayo bagiye bakorera abana bato.
Papa Francis yabivuze ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Ubuyobozi buri gufunga umuturage wese utaratanze umusanzu w’amafaranga muri…
Hari abaturage bavuga ko babangamiwe n'icyemezo ubuyobozi bw'Akarere buherutse gufata bwo kujya bafungira mu mazu y'inzererezi umuturage wese utari watanga umusanzu muri 'ejoheza'
Imwe mu miryango y'abaturage batuye mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umusaza w’imyaka 52 yasanzwe mu mugozi birakekwa ko yiyahuye
Mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Busoro, mu Kagari ka Gitovu, mu Mudugudu wa Kayenzi, haravugwa inkuru ya Hakizimana Emmanuel w’imyaka 52 wagaragaye mu mugozi yimanitse mu nzu yashizemo umwuka, bigakekwa ko yiyahuye.
Ni amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Inzu y’abitegura gusezerana yafashwe n’inkongi batikiza miliyoni 2.4 Frw
Inzu ya Nsengiyumva Elias w’imyaka 33 n’umugore we biteguraga gusezerana imbere y’amategeko ku wa Gatanu tariki ya 20 Nzeri, bararirira mu myotsi nyuma y’uko inzu yabo yafashwe n’inkongi y’umuriro, ibyo bari batunze mu rugo byose!-->!-->!-->…
Umuvandimwe wa Michael Jackson, Tito Jackson yitabye Imana
Tito Jackson, umwe mu bashinze itsinda Jackson 5 kabuhariwe mu njyana ya pop akaba n’umuvandimwe wa nyakwigendera Michael Jackson, yitabye Imana ku myaka 70; ariko impamvu y’urupfu rwe ntiramenyekana.
Tito yakoranye n’abavandimwe be!-->!-->!-->!-->!-->…