Browsing Category
Ubuzima
Ngororero: Umugabo w’imyaka 50 akurikiranyweho gutoteza uwarokotse Jenoside
Umugabo w’imyaka 50 wo mu Karere ka Ngororero yatawe muri yombi nyuma yo gutuka abayobozi no kuvuga amagamo arimo gutoteza uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.
Byabereye mu Mudugudu wa Gahinga, Akagari ka Karambo Umurenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Gitifu w’Umurenge na Titulaire wa Centre de Sante batawe muri yombi
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Masoro muri Rulindo, we n'umuyobozi w'ikigo nderabuzima cya Masoro batawe muri yombi kuri uno mugoroba.
Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru Indorerwamo.com, aremeza ko mu ijoro ryo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Yatumijeho abakobwa abishyurira tike, abaha no ku biryo, banze kwinjira mu cyumba abafungira iwe.
Bwana Mwitende Abdulkarim wamenyekanye cyane nka "Burikantu" ku mbuga nkoranyambaga, yaraye atawe muri yombi n'inzego z'umutekano.
Guhera ku munsi w'ejo ku cyumweru taliki ya 20 Nyakanga 2025 nibwo inkuru y'itabwa muri yombi y'uno!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umusore w’imyaka 22 yahambiranyije igitenge cya nyina agikoramo umugozi yiyahuje
Mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru y'umusore uri mu kigero cy'imyaka 22 y'amavuko bivugwa ko yiyahuye akoresheje umugozi yabanze mu gitenge cya mama we.
Bwana Kwizera Francois uri mu kigero cy'imyaka 22 y'amavuko bamusanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Akurikiranyweho gushaka kwica umugore w’abandi amukandagije imodoka ku bushake
Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 42 akurikiranyweho icyaha cyo gushaka no kugambirira kwica umuntu ku bushake nyuma y'aho agerageje gukandagiza imodoka umugore w'abandi ariko Imana ikinga akaboko
Ubushinjacyaha mu mujyi wa Kigali!-->!-->!-->…
Fatakumavuta yatakambiye urukiko asaba imbabazi igihugu na rubanda
Bwana Fatakumavuta waburanaga ubujurire bw'igihano yari yahawe n'urukiko, yatakambye asaba kugabanyirizwa ibihano.
Bwana Sengabo J.Bosco wamenyekanye cyane ku izina rya Fatakumavuta wari uherutse guhabwa ibihano harimo icyo gufungwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Dosiye ya Gitifu ukekwaho gusambanya umwana yaraye igejejwe mu Bushinjacyaha
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwemeye ko rufite Gitifu wa Muhanda kubera ko akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana utaruzuza imyaka y'ubukure.
Kuva ku italiki 11 z'uku kwezi nibwo amakuru yatangiye gucicikana avuga ko RIB yaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore imwe mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yaraye ibaye
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, muri village Urugwiro haraye habereye inama y'abaminisitiri yafatiwemo imyanzuro itari mike, ndetse bamwe bahabwa imyanya, abandi bazamurwa mu ntera.
Ku wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama!-->!-->!-->…
Urukiko rwateye utwatsi ubujurire bwa Kazungu
Urukiko Rukuru rwa Kigali rwagumishijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyari cyarakatiwe Kazungu Denis wahamijwe ibyaha 10, birimo kwica ku bushake, gusambanya ku gahato, iyicarubozo, kwinjira mu makuru ya mudasobwa cyangwa uruhererekane!-->…
Aimable Karasira yatakambye asaba Abanyarwanda imbabazi
Mu gusoza iburanisha ry'urubanza ruregwamo Aimable Karasira wahoze ari umwalimu muri Kaminuza y'u Rwanda, kuri uyu wa kane ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa imyaka 30, we ahawe umwanya yavuze ko asaba imbabazi umuryango Nyarwanda n'ababa!-->…
Umuryango wa Tshisekedi urashinjwa kwiba amabuye y’agaciro
Ubushinjacyaha bw’u Bubiligi bwashyikirijwe dosiye y’abantu icyenda bo mu muryango wa Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo baregwa kwiba amabuye y’agaciro mu ntara ya Haut-Katanga na Lualaba.
!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Abarenga 100 batikiriye mu myuzure yabereye i Texas
Imibare iheruka yatangajwe n’abayobozi muri Texas, igaragaza ko abantu 104 ari bo bamaze kumenyekana ko bahitanywe n’imyuzure, ibintu Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, avuga ko ari ko kaga gakomeye kagwiriye!-->!-->!-->…
Dosiye ya Ingabire Victoire yamaze kuregerwa urukiko
Uushinjacyaha bw'u Rwanda bwatangaje ko nyuma yo gushyikirizwa dosiye ya Ingabire, nabwo bukayigaho bwasanze ikwiye kuregerwa mu rukiko nk'uko biteganywa n'itegeko.
Ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwemeje ko nyuma y'aho urwego rw'igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kugabanya inkunga ku isi kwa Trump gushobora guteza impfu miliyoni 14 mu myaka itanu
Ubushakashatsi bushya buvuga ko icyemezo cya Perezida w'Amerika Donald Trump cyo kugabanya nyinshi mu nkunga y'icyo gihugu igenewe ubutabazi mu mahanga, gushobora gutuma abantu barenga miliyoni 14 b'inyongera bapfa bitarenze mu mwaka wa!-->…
Abarimo noteri w’ubutaka n’umukozi w’Irembo bakurikiranyweho kugurisha ubutaka…
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bakekwaho kugurisha ubutaka butari ubwabo. Muri abo harimo na noteri, aha ni ho kandi uru rwego ruhera rwibutsa abagura imitungo itimukanwa kujya bashaka amakuru!-->!-->!-->…