Browsing Category
Ubuzima
Umuvandimwe wa Michael Jackson, Tito Jackson yitabye Imana
Tito Jackson, umwe mu bashinze itsinda Jackson 5 kabuhariwe mu njyana ya pop akaba n’umuvandimwe wa nyakwigendera Michael Jackson, yitabye Imana ku myaka 70; ariko impamvu y’urupfu rwe ntiramenyekana.
Tito yakoranye n’abavandimwe be!-->!-->!-->!-->!-->…
lntambara ya Gatatu y’isi irakomanga, menya ibihugu byaba intandaro yayo
Ni ibivugwa n’abakurikiranira hafi ibiri kuba mu isi ya none. Babishingira ku biri kubera mu ntambara y’Uburusiya na Ukraine kuko nk’ubu Uburusiya buravugwaho guha Iran intwaro za kirimbuzi nayo ikabuha missiles nyinshi izarasa muri!-->!-->!-->…
Karongi: RIB yataye muri yombi umugore wavugaga ko azica uruhinja rwe rw’amezi 3 aruziza ko…
Muhoza Clémentine w’imyaka 20 wo mu Mudugudu wa Kivuruga, Akagari ka Nyamiringa, Umurenge wa Gitesi mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi amaze guhondagura uruhinja rwe rw’amezi 3 aruziza ko ngo uwo barubyaranye yamututse, akaba!-->!-->!-->…
Nyanza: Nta mukobwa ukirongorwa atabanje kugurira radio n’umurasire w’izuba kwa Sebukwe
Hari abakobwa bo mu Karere ka Nyanza bavuga ko bisigaye bigoye kubona umugabo udafite amafaranga yo kugurira radiyo ijyamo flash n'umurasire w'izuba kwa sobukwe.
Kuva kera mu muco Nyarwanda birazwi ko iyo umusore agejeje igihe cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Umugabo wari ugiye kuroba amafi yishwe n’ingona.
Umugabo w’imyaka 34 wo mu Karere ka Ngoma wari usanzwe akora umwuga w'uburobyi yasanzwe yarishwe n'ingona zo mu Kiyaga cya Saka.
Abaturanyi n'abandi basanzwe bakorana akazi k'uburobyi bavuga ko uyu mugabo yari yaraburiwe irengero mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Yatowe muri Nyabarongo nyuma yo gutongana n’umugore we
Hakizimana Bernard w’imyaka 39 y’amavuko bivugwa ko yatonganye n’umugore we ajya kwiyahura mu Mugezi wa Nyabarongo.
Nyakwigendera yari atuye mu Mudugudu wa Nyagasozi, Akagari ka Matyazo, Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Babiri baguye mu mpanuka ikomeye y’imodoka abandi batanu barakomereka
Hafi saa moya z’umugoroba kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Nzeri 2024, Kicukiro Centre uvuye ku muhanda ugerekeranye umanuka werekeza i Gikondo, ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso yagonze imodoka na moto abantu babiri bahasiga ubuzima abandi!-->!-->!-->…
Dosiye y’umucuruzi Gatsinzi Oscar mu bishobora kuba byirukanishije abagenerali ba RDF
Imwe mu mpamvu zatumye Perezida Paul Kagame yirukana bamwe mu bagenerali bakomeye ba RDF harimo na dosiye y’umucuruzi witwa Gatsinzi Oscar, bivugwa ko yaba yaratokeshejwe n’ibi bikomerezwa nyuma yo guhabwa akantu.
Ejo bundi ku!-->!-->!-->…
Kigali: Imodoka yo mu bwoko bwa Hiace yahiye irakongoka
Mu ijoro ryakeye ryo ku wa Gatatu tariki 28 Kanama rishyira kuri uyu wa Kane tariki 29 Kanama 2024, mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro hafi na Sitasiyo itanga serivisi z’ibikomoka kuri peteroli, habereye impanuka y’inkongi!-->!-->!-->…
Uganda: Uwiyita umuvuzi yasanganywe ibihanga 24 by’abantu
Polisi ya Uganda iravuga ko umugabo w'Umunya-Uganda bivugwa ko yasanganywe ibihanga 24 by'abantu ashobora kuba yabikoreshaga nk'ibitambo by'abantu ndetse ko ashobora gukatirwa igifungo cya burundu.
Umuvugizi wa polisi Patrick!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Biteze kwakira doze zirenga miliyoni eshatu z’inkingo za M-pox
Minisitiri w’ubuzima wa DR Congo yatangaje ko imibare y’abantu bamaze kwandura ubushita bw’inkende muri iki gihugu igeze ku 16,700 naho abo yishe bakaba barenga 570 kuva uyu mwaka watangira. Avuga ko biteze kwakira inkingo mu cyumweru!-->!-->!-->…
Dr Ngiruwonsanga akurikiranyweho kwica umwana w’umugore we
Dr Ngiruwonsanga Pascal w’imyaka 38 wari Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Gakoma mu Karere ka Gisagara mu Ntara y’Amajyepfo, afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Karama mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge. Arakekwaho kwica umwana!-->!-->!-->…
Burundi: Abanya Bujumbura nibo bibasiwe cyane n’ubushita bw’ikende
Minisiteri y’Ubuzima mu Burundi yatangaje ko kugera tariki 18 Kanama 2024, abantu bari bamaze kwandura indwara y’ubushita bw’inkende (Mpox) bagera ku 153 barimo 45 bo mu Mujyi wa Bujumbura.
Muri abo bari bamaze kugaragara kugeza ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko abantu bane aribo bamaze kwandura indwara y’ubushita.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hamaze kugaragara abantu bane bafite indwara y’ubushita bw’Inkende (Monkeypox). Babiri muri bo bamaze kuvurwa barakira, mu gihe abandi babiri bari kwitabwaho n’abaganga kandi hari icyizere ko!-->!-->!-->…
Nyanza: Abaremberaga mu nzira bajya kwivuza begerejwe Ivuriro ry’Ibanze
Abatuye Akagari ka Rubona, Umurenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza, bavuga ko Ivuriro ry’Ibanze (Poste de Sante) rya Rubona bubakiwe, ryabakijije ingendo ndende bakora bajya kwivuriza kure, rimwe na rimwe bakarembera mu nzira.
!-->!-->!-->!-->!-->…