Browsing Category
Ubuzima
Bugesera: Hari abarwayi bavuga ko babangamiwe n’inkende zibasanga mu bitaro
Abarwayi bari mu bitaro bivura ubumuga bw'amagufa no kugorora ingingo biherereye mu Karere ka Bugesera baravuga ko batewe impungenge n'inkende zibasanga aho barwariye.
Hari abarwayi barwariye mu bitaro bivura abantu bafite ubumuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abafite ubumuga bahawe inkunga ya miliyoni 4 bizezwa gukomeza kwitabwaho
Akarere ka Bugesera kubufatanye na NUDOR, kahaye inkunga abantu bafite ubumuga bibumbiye muri koperative enye bahabwa n'inkunga y'agera kuri miliyoni 4 y'amanyarwanda aho buri koperative yagenewe miliyoni imwe, usibye ayomafaranga,!-->!-->!-->…
Kigali: Imodoka yaguye hejuru y’inzu
Ku mugoroba wo ku itariki 30 Ugushyingo 2024 nibwo bamwe mu baturage b’i Remera mu Mujyi wa Kigali, batunguwe no kubona imodoka hejuru y’inzu, nk’uko ababibonye babitangaje.
Umusore umwe yagize ati ‟Ibi bintu byabaye mpari,!-->!-->!-->!-->!-->…
Belgium: Abakora umwuga w’uburaya barabyinira ku rukoma
Abakora umwuga w'uburaya mu gihugu cy'Ububiligi barabyinira ku rukoma nyuma yaho Leta ibemereye kugira ubwishingizi n'ibindi binjyanye n'uburenganzira bw'umukozi.
Mu gihugu cy'Ububiligi hagiye gushyirwaho itegeko rirengera ababyeyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Hagiye kwifashishwa ubwenge buhangano mu kubungabunga ingagi zo mu birunga
Ikoranabuhanga ry’ubwenge muntu buhangano (Artificial Intelligence/AI) rigiye kwifashishwa muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu kubungabunga ingangi no kongerera ubushobozi abaturiye Pariki.
Iryo koranabuhanga ryiswe “interspecies!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umwarimu yagerageje kwiyahura biranga
Hari umwarimu wo mu Karere ka Nyanza bivugwa ko yaba yagerageje kwiyahura kwiyahura akoresheje umuti wica udusimba ariko bikanga
Umwarimu witwa Hakizimana Jean Paul uri mu kigero cy'imyaka 38 y'amavuko usanzwe ukora ku kigo cyitwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Abantu 7 bagwiriwe n’ikirombe, batatu bahasiga ubuzima
Mu karere ka Rulindo haravugwa inkuru y'abantu bagera kuri barindwi bagwiriweho n'ikirombe batatu bahita bahasiga ubuzima
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 26 Ugushyingo 2024, mu Karere ka Rulindo mu murenge wa Masoro, akagari ka ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Urujijo ku mubyeyi wabyutse agasanga umwana we yapfuye undi arembye
Umubyeyi wo mu karere ka Nyanza yabyutse agiye kureba abana be, asanga umwe yapfuye undi ararembye.
Byabereye mu mudugudu wa Kabuzuru mu kagari ka Kibinja, mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza.
Amakuru dukesha!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Uwapakije sima muri Ambulance yatawe muri yombi
Mu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki 25 Ugushyingo 2024, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho y’abantu bashyiraga imifuka ya sima mu Mbangukiragutabara.
Abasakazaga aya mashusho basabaga inzego z’ubuzima mu Rwanda zirimo Minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Mwarimu Kanyamugara yitabye Imana nyuma y’ukwezi kumwe gusa akoze ubukwe
Umwarimu witwa Kanyamugara Wicriff, wigishaga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Gategero, ishuri riherereye mu Murenge wa Gasange mu Karere ka Gatsibo, yitabye Imana nyuma y’ukwezi akoze ubukwe, benshi bakeka ko yarozwe ngo kuko yafashwe!-->!-->!-->…
Cardinal wa Kinshasa Ambongo yageze mu Rwanda
Cardinal wa Arkidiyosezi ya Kinshasa mu Murwa Mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), akaba na Perezida w’Ihuriro ry’Inama z’Abepisikopi muri Afurika na Madagascar (SECAM), Fridolin Ambongo, yageze mu Rwanda, aho!-->!-->!-->…
Bugesera: Ibyifuzo by’abaturage ku igenamigambi n’ingengo y’Imari n’Imihigo 2025-2026 byatangiye…
Abaturage bo mu Karere ka Bugesera barishimira ko basigaye bagira uruhare mu igenamigambi ry'Akarere kabo bakagaragaza ibyo bifuza ko bakorerwa, bagahamya ko kugira uruhare no gutanga ibyifuzo byabo ku igenamigambi ku bibakorerwa!-->!-->!-->…
Urukiko rwategetse ko abakekwaho uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa bakomeza gufungwa
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Nasagambe Fred na Gatare Gedeon Junior bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa witwa Olga Kayirangwa, bakomeza gufungwa by’agateganyo kuko hagikorwa iperereza ku byo bakurikiranyweho,!-->!-->!-->…
Abasifuzi basabye RBA kwihanangiriza abanyamakuru bayo ba siporo babasebya
Ishyirahamwe ry’Abasifuzi mu Rwanda (ARAF) ryandikiye Umuyobozi wa RBA rimusaba kwihanangiriza abanyamakuru bayo b’imikino bakoresha imvugo zisebanya ku mwuga wabo.
Ku wa 8 Ugushyingo 2024, ni bwo mu kiganiro cya Radio Rwanda kizwi!-->!-->!-->!-->!-->…
Baltasar wasambanyije abagore barenga 400 barimo mushiki wa Perezida yirukanwe ku kazi
Perezida Teodoro Obiang Nguema Mbasogo wa Guinée-Équatoriale yirukanye ku mirimo Baltasar Ebang Engonga wari umuyobozi mukuru w’Ikigo gishinzwe iperereza ku mikoreshereze y’imari muri iki gihugu.
Uyu mugabo yirukanwe nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…