Browsing Category
Ubuzima
Yafashe umugore we ari gusambanira n’umukozi mu kiraro cy’inkoko abatwikiramo
Umugabo wo mu gihugu cya Zambia aravugwaho kugerageza kwica umugore we nyuma yo kumufatira mu cyuho asambana n'umukozi wabo.
Umugabo witwa Chimuka wo mu gihugu cya Zambia mu gace ka Mkushi aravugwaho kugerageza kwica atwitse umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Barishimira ko imvugo ishyira umuturage ku isonga ariyo ubuyobozi bushyizemo ingufu.
Abatuye mu Karere ka Bugesera barishimira ko imvugo ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ivuga ko umuturage ari we ugomba kuza ku isonga mu bikorwa byose by'igihugu abayobozi b'Akarere ka Bugesera bayumvise neza kugeza ubwo amanywa!-->!-->!-->…
Umuhanda Huye-Nyamagabe wangiritse, abagenzi babuzwa kuwukoresha
Umuhanda Huye-Nyamagabe ubu nturi nyabagendwa kuko wacikiye hagati y’Agasantere ka Karambi n’ikiraro cya Mwogo.
Umwe mu batuye i Huye ukorera mu Karere ka Nyamagabe wahanyuze uyu muhanda wamaze gucika, mbere gato y’uko Polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abimukira 5 bishwe n’ubukonje bwo mu nyanja bataragera iyo bajya
U Bufaransa bwatangaje ko abimukira batanu bageragezaga kwinjira mu Bwongereza mu buryo butemewe, banyuze mu nzira y’amazi yitwa English Channel, bishwe n’ubukonje bwinshi.
Inzego zishinzwe ingendo zo mu mazi mu Bufaransa zatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Muzehe Rugwabiza wari warabuze, yasanzwe mu ishyamba yarapfuye
Umusaza w'imyaka 66 yari yaraburiwe irengero mu minsi ishize, baraye bamusanze mu gashyamba atakirimo umwuka.
Umusaza witwa Rugwabiza wo mu Karere ka Gicumbi, mu Murenge wa Kaniga, akagali ka Nyarwambu, ho mu mudugudu wa Kinogo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Abagana centre de Sante ya Nyamata baratabaza Leta na Minisante
Ikigo nderabuzima cya Nyamata giherereye mu Mudugudu wa Nyamata1, Akagari ka Nyamata ville Umurenge wa Nyamata mu karere ka Bugesera abajya kuhivuriza barasaba inzego bireba zirimo izo hejuru muri Minisiteri y'ubuzima kubafasha ku bona!-->!-->!-->…
Wenceslas Twagirayezu wari waroherejwe na Danemark yagizwe umwere ku byaha bya Genocide
Bwana Twagirayezu wari waroherejwe n'igihugu cya Danemark kubera ibyaha bya Genocide yakekwagaho yagizwe umwere n'inkiko zo mu Rwanda.
None kuwa kane taliki ya 11 Mutarama 2024 i Nyanza mu ntara y'amajyepfo ku rugereko rw'urukiko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Diregiteri w’ikigo akurikiranyweho gusambanya umugabo mugenzi we ku gahato
Diregiteri w'ikigo cy'amashuri yatawe muri yombi kubera gukekwaho gukoresha ku gahato imibonano mpuzabitsina umwe mu barimu be w'umugabo.
Umuyobozi w’Ikigo cy’Amashuri abanza giherereye mu Karere ka Ruhango yatawe muri yombi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Abashakaga kwiga no gukora mu bihugu byateye imbere bashyizwe igorora
Ikigo kizobereyemu gushakira ishuri n'akazi Abanyarwanda mu bihugu bikize kandi byateye imbere, cyatanze aandi mahirwe adasanzwe ku babyifuza.
Ikigo United Scholars Center kimaze kwandika izina rikomeye mu mitima y'Abanyarwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Cyuma Hassan yavuze ko akarengane amazemo imyaka 3 kamuteye kutabona neza
Bwana Cyuma Hassan yongeye kugaragara imbere y'urukiko asaba ko urubanza rwe rusubikwa kuko atabonye uko asoma dosiye ye anakomoza ku karengane amazemo imyaka itatu muri gereza.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 10 Mutarama 2023, Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hari abaturage bamaze iminsi bimwa service kubera ko bavuganye n’itangazamakuru
(Photo archive)
Bamwe mu baturage bo mu Kagali ka Nyanza mu mujyi wa Nyanza baravuga ko hari serivisi bimwa kubera ko baganiriye n'itangazamakuru.
Hari abaturage batuye mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Busasamana, mu kagali ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umujyi wa Kigali washyizeho amabwiriza agenga abanyura mu nzira zagenewe siporo
Umujyi wa Kigali washyizeho amabwiriza agenga abagenda mu nzira zagenewe siporo zikikiye ibibuga bya Kigali Golf Nyarutarama ku ruhande rwa Kacyiru, aho umuntu ugenda muri izo nzira atemerewe gucira hasi no kwitwaza inkoni cyangwa!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umusore w’imyaka 20 yishwe atewe ibyuma
Umwana w'umusore uri mu kigero cy'imyaka 20 y'amavuko wari utuye mu Karere ka Kamonyi yishwe atewe ibyuma n'abagizi ba nabi.
Mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Runda, haravugwa inkuru y'umwana w'umusore witwa Kwibuka Emmanuel!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Umugabo w’imyaka 54 yashatse umwana w’imyaka 4
Umugabo w’imyaka 54 ukomoka mu gace ka Bayelsa gakungahaye cyane kuri peteroli yashatse umwana w’imyaka 4 kugira ngo arokore ubuzima bwe.
Ubukwe bwa bano bombi bwabaye ku wa 26 Ukuboza 2023, gusa ababyeyi b’uyu mukobwa bavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umufasha wa Gen. Mubarakah Muganga yanyomoje abavuga ko yahunze u Rwanda
Abiyita ko barwanya u Rwanda bakomeje gushaka icyatuma abantu bahugira ku binyoma birirwa bahimba bagamije kuyobya ab’imitima yoroshye, by’umwihariko abakunze gukoresha imbuga nkoranyambaga.
Mu bikwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…