Browsing Category
Ubuzima
Umusore w’imyaka 27 y’amavuko yayatanywe inkoko yibye banamusangana udupfunyika 15…
Sibomana Jean Bosco w’imyaka 27, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Shangi mu Karere ka Nyamasheke nyuma yo gufatanwa inkoko yibye arimo azigurisha mu isoko rya Bushenge, yabajijwe ibyangombwa banamusaka bareba niba nta kindi yaba yibye!-->…
Tanzaniya: “Sinagiriwe umugisha wo kubona urubyaro, ni igeno ry’Imana”Wema SEPETU
Icyamamare mu gukina filimi muri Tanzania, Wema Sepetu, yahishuye ibihe bigoye yanyuzemo ashaka urubyaro, ariko mu myaka myinshi ishize agerageza bikaba byaranze nk’uko abivuga agira ati “ntiwahinyuza Imana”.
Wema Sepetu, uvuga ko ubu!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umugore wari umucamanza yatawe muri yombi we n’umugabo we
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha , rwatangaje ko rwataye muri yombi umucamanza w’umugore ukorera Urukiko rw’Ibanze rwa Gatunda, ukurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa, aho yizezaga umuturage kuzatsinda urubanza yari afite muri urwo!-->…
DRC: Umu Colonel w’umunyamulenge warwaniraga Leta yishwe na bagenzi be
Colonel Rugabisha Alexis wakoreraga Leta ya Congo mu ngabo za FARDC biravugwa ko yishwe na bagenzi be bo mu gisirikare cya Leta bamuziza kuba ari Umututsi.
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aravuga ko!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w’Intwari
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w'Intwari, ashimangira ko ari uwo guha icyubahiro Intwari z’Igihugu zaharaniye kwimakaza indangagaciro z’ubumwe, ukuri n’ubutabera.
Umukuru w'Igihugu yagize Ati "Izo ndagagaciro!-->!-->!-->…
Abacanshuro b’i Burayi bahunze imirwano y’i Goma bahagurutse mu Rwanda
Abacanshuro biganjemo abo muri Romania bari barahungiye mu Rwanda nyuma yo gutsindwa intambara bafatanyagamo n’Ingabo za Leta ya Congo FARDC mu kurwanya Umutwe wa M23, basubiye iwabo.
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 1 Gashyantare 2025,!-->!-->!-->…
Gisagara: Mu kwizihiza Umunsi w’Intwari hatashywe ivuriro n’isoko rya kijyambere
Mu kwizihiza umunsi w'Intwari z'igihugu, mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Mukindo hatashwe ibikorwa by'iterambere birimo ivuriro n'isoko rya Kijyambere, abaturage bakaba bemeza ko ibi bikorwa ari umusaruro w'imiyoborere myiza!-->…
Goma: Abaturage bakoze umuganda rusange wo gusukura umujyi
Abaturage bo mu mujyi wa Goma bazindukiye mu muganda rusange ugamije gusukura uwo mujyi uherutsemo imirwano karahabutaka yahasize umwanda n'ibisigarizwa by'imbunda.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 Gashyantare 2025 ahagana saa kumi!-->!-->!-->…
Nyanza: Bafitiye ubwoba indwara ziterwa n’umwanda kubera ko nta bwiherero bafite
Abatishoboye batujwe mu Mudugudu wa Nyagasambu uzwi nka Nyabugogo mu Murenge wa Busoro, Akarere ka Nyanza, bavuga ko bugarijwe n’umwanda baterwa no kuba nta bwiherero bafite, ku buryo bafite impungenge zo kwibasirwa n’indwara ziterwa!-->…
USA: Indege ya gisirikare yagonganiye mu kirere n’iy’igisivile
Indege zirimo kajugujugu y’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo mu bwoko bwa Sikorsky H-60, yagonganye n’indege ya gisivile yo mu bwoko bwa Bombardier CRJ700 y’ikigo cya PSA Airlines, ibikorwa by’ubutabazi bihita bitangira.
!-->!-->!-->…
India: Abagera kuri 30 bapfuye ubwo barwaniraga amazi y’umugisha
Mu Majyaruguru y’u Buhinde, abantu 30 bapfuye, abandi 90 barakomereka mu muvundo wabaye ubwo imbaga y’abantu benshi bari mu rugendo-nyobokamana (pèlerinage) rwitwa ‘Kumbh Mela’, rujyana no kwiroha mu mazi y’ahahurira imigezi mitagatifu,!-->…
Rwamagana: Umusore yagiye kuroba muri Muhazi ararohama
Umusore wo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Gishari, yagiye kuroba mu kiyaga cya Muhazi mu buryo butemewe n’amategeko, birangira ahasize ubuzima.
Uyu musore yaguye mu kiyaga cya Muhazi mu mpera z’icyumweru gishize mu Mudugudu wa!-->!-->!-->…
Rusizi: Abadepite basabye abaturage kunoza imikorere n’imicungire y’amatsinda yabo
Abadepite bari mu itsinda ririmo gusura ibikorwa biteza imbere abaturage mu Karere ka Rusizi, babwiye abaturage ko gukorera hamwe ari intambwe ikomeye iganisha ku iterambere, babasaba kunoza imikorere n’imicungire y’amatsinda yabo!-->!-->!-->…
Kiliziya ya Kenya yahagaritse umupadiri warongoye rwihishwa
Diyoseze Gatolika ya Warri- Delta, yahagaritse ku kazi Padiri Daniel Okanatotor Oghenerukevwe, imukura no ku nshingano zose za gipadiri, nyuma yo kumenya inkuru y’ubukwe bwe, aho yasezaranye n’umugore witwa Dora Chichah, muri Leta zunze!-->…