Browsing Category
Ubuzima
Bugesera: Iminsi 3 irihiritse nta gakuru k’abantu barohamye mu mazi y’igishanga…
Hari abaturage bo mu Karere ka Bugesera baratabariza abaturage batatu bari mu bwato bw'ibiti buherutse kurohama mu gishanga cy'Akanyaru.
Hari amakuru abaturage batanze guhera kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Mata 2025 avuga ko hari!-->!-->!-->…
Abanyamakuru batangaza inkuru z’ibihuha bagiye guhagurikirwa
Abadepite mu inteko ishingamategeko mu Rwanda basabye RMC kwihangangiriza no guhagurukira ikibazo cya bamwe mu banyamakuru bakora inkuru z'ibihuha zirimo n'izibangamira ubumwe n'ubwiyunge.
Abadepite bagize komisiyo y’Ubumwe!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Yiyahuye kubera ko nyina yahoraga amubwira ko ari mukeba we
Umukobwa w’imyaka 22 wo mu Murenge wa Bushekeli mu karere ka Nyamasheke yasanzwe ku nkombe z’umugezi wa Kamiranzovu yapfuye, hakekwa ko yiyahuye kubera ko nyina yamwitaga mukeba we.
Byabereye mu Mudugudu wa Kalambi Akagari ka Mpumbu,!-->!-->!-->…
Rulindo: Ukuri ku mwana w’imyaka 9 wishe mugenzi we w’imyaka 3 akoresheje isuka
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Mata nibwo mu Karere ka Rulindo, umurenge wa Tumba, mu kagali ka Nyabirori ho mu mudugudu wa Bukinga hamenyekanye inkuru y'umwana w'umukobwa witwa Uwayisaba Angelique ufite imyaka icyenda!-->…
Huye: Ni iki Urukiko rwanzuye kuri Bigwi wahoze ari Gitifu wa Mugombwa?
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwanzuye ko Bwana Bigwi wahoze ari umunyabanga nshingwabikorwa w'umurenge wa Mugombwa afungwa imyaka irindwi.
Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, rwakatiye igifungo cy’imyaka irindwi, uwari Umunyamabanga!-->!-->!-->…
Minisitiri Dr Bizimana yavuze kuri murumuna we wishwe muri Jenoside
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE), Dr Bizimana Jean Damascene yavuze ko murumuna we wo kwa sewabo yiciwe i Nyamagabe mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma y’aho nyina yari!-->…
Ni iki Perezida Neva yibukiraho Papa Francis witabye Imana?
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo inkuru y'incamugongo yatashye mu mitima no mu matwi y'abayoboke ba kiliziya gatolika ku isi, inkuru yavugaga ko nyir'ubutungane umushumba wa kiliziya Gatolika ku isi yitabye Imana.
Ni itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kilimobenecyo wahanze Ibendera, Amafaranga n’Ikirangantego by’u Rwanda yitabye Imana
Kilimobenecyo Alphonse, umwe mu banyabugeni b’abahanga u Rwanda rwagize mu mateka, wahanze bimwe mu birango by’Igihugu bikoreshwa kugeza ubu, birimo Ibendera ry’Igihugu, Ikirangantego, Inote z’Amafaranga zimwe na zimwe n’ibiceri!-->!-->!-->…
John Legend uherutse mu Rwanda yasabye amahanga kwigira kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B akaba na Producer, John Legend yasabye amahanga kwigira kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu mashusho yashyizwe ku rukuta rwa X (tweeter) rw’Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali (Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo-Rusororo: Hon. Senateri Nyirasafari yasabye kugira ubutwari bwo gutanga amakuru ku hari…
Hon. Senateri Nyirasafari Esperance, yasabye abaturage bashobora kuba bafite amakuru y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ubutwari bwo kuyatanga hakerekanwa ahakiri imibiri igashyingurwa mu cyubahiro.
Ibi Hon.!-->!-->!-->!-->!-->…
Batitaye ku birego bya Congo, PSG yongereye amasezerano yo kwamamaza ‘Visit Rwanda’
Leta y'u Rwanda n'ikipe ikomeye y'umupira w'amaguru yo mu Bufaransa ya Paris Saint-Germain (PSG) bongereye igihe amasezerano yo kurwamamaza ya 'Visit Rwanda' ashishikariza abakerarugendo kurusura.
Aya masezerano mashya yo kugeza mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Kera kabaye Meya Ntazinda yirukanywe ku buyobozi bw’Akarere
Njyanama y'Akarere ka Nyanza yaraye iteranya igitaraganya yirukana uwari umuyobozi w'Akarere azizwa imikorere idahwitse.
Amakuru y'iyirukanwa rya Bwana Ntazinda Erasme wari umuyobozi w'Akarere ka Nyanza yatangiye gucaracara muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Munyenyezi Béatrice yaririye mu Rukiko
Béatrice Munyenyezi yabwiye urukiko ko atotezwa n’abagororwa bagenzi be byanatumye arara arira ndetse ahita asuka amarira mu rukiko.
Munyenyezi Béatrice yagaragaraga ku ikoranabuhanga rya ‘Video conference’ ari mu igororero rya!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwiganye na Turahirwa Moses yavuze uburyo uwo musore yakuze yanga Abatutsi
Hari umugabo uvuga ko atigeze atungurwa n'amagambo Turahirwa Moses yavuze kuko kuva kera yari afite urwango rukabije ku batutsi.
Nyuma y'aho mu mpera z'iki cyumweru gishize uwitwa Turahirwa Moses ashyiriye hanze amwe mu magambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Habonetse imibiri 320 bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside
Imibiri 320 bikekwa ko ari iy’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 imaze kuboneka mu Mudugudu wa Gatare, Akagari ka Nyamata Ville, Umurenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera nyuma y’iminsi ine gusa itangiye gushakishwa.
!-->!-->!-->!-->!-->…