Browsing Category
Ubuzima
Karongi: Umaze myaka 31 yihishahisha kubera Jenoside yafatiwe ku biro by’Umurenge.
Ndindabahizi Faustin w’imyaka 62 wari umaze imyaka 31 yihishahisha kubera uruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yafatiwe kubiro by’Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi aje gusaba serivisi z’ubutaka.
nyuma!-->!-->!-->!-->!-->…
Umurambo w’umusore w’i Rusizi wari waheze mu Burundi wagejejwe mu Rwanda
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi bwatangaje ko umurambo w’umusore witwa Musirikare Obed wari waheze mu Burundi wamaze kugera mu Rwanda ndetse ko ugiye guhita ushingurwa.
Tariki 24 Ukwakira 2025 nibwo uyu musore!-->!-->!-->…
DRC: Umusirikare wihaye gusomana n’umukunzi we ku karubanda yasabiwe igifungo cy’imyaka…
Ubushinjacyaha bwa gisirikare i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwasabiye umusirikare w'ipeti rya 'Adjudant' (warrant officer) gufungwa imyaka 10 kubera amashusho yakwiriye ku mbuga nkoranyambaga yambaye impuzankano ya!-->!-->!-->…
Japan: Tetsuya wakekwagaho kwica uwahoze ari minisitiri w’intebe yemeye icyaha
Umugabo ushinjwa kwica Minisitiri w’Intebe wahoze ayobora Ubuyapani, Shinzo Abe, yemeye icyaha ku munsi wa mbere w’urubanza rwe.Tetsuya Yamagami, w’imyaka 45, yabwiye urukiko rwo mu murwa mukuru Tokyo ko “ibyo byose ari ukuri”, nk’uko!-->!-->!-->…
Kenya: Abantu 12 batikiriye mu mpanuka y’indege
Indege yari itwaye abantu 12 yakoze impanuka mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Kenya.
Bivugwa ko iyi ndege nto yavaga ahitwa Diani - agace kari ku nkengero y'inyanja y'Ubuhinde mu majyepfo ashyira!-->!-->!-->…
Hafashwe izindi ngamba mu guhangana n’ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA
U Rwanda rurateganya kongera ikoreshwa ry’imiti ishobora guterwa mu mubiri ikoreshwa mu gukumira no kuvura agakoko gatera SIDA (ARVs), nk’imwe mu ngamba zo kongera imbaraga mu gukumira no guhangana n’iki cyorezo mu gihe umubare!-->!-->!-->…
RCS yatanze umucyo ku masasu iherutse kurasa i Nyamasheke
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko tariki ya 26 Ukwakira 2025 mu igororero rya Nyamasheke harashwe amasasu mu kirere mu rwego rwo guturisha itsinda ry’abagororwa bashatse kwigomeka ku mategeko n’amabwiriza.
RCS!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia: Hageragejwe igisasu “Karahabutaka” kivuduka kurusha ijwi
Uburusiya buvuga ko bwagerageje igisasu cya kirimbuzi cyo mu bwoko bwa Burevestnik gikoresha ingufu za nikeliyeri, gifite umuvuduko uruta uw'ijwi nk'uko byatangajwe n'umugaba mukuru w'ingabo z'iki gihugu.
Mu kiganiro cyanyuze kuri!-->!-->!-->…
Nyamagabe: Abahinzi basabwe guhindura imyumvire ku bijyanye no kuhira imyaka
Minisitiri w'ubuhinzi n’ubworozi, Dr Mark Cyubahiro Bagabe yasabye abahinzi guhindura imyumvire, bakareka kwibwira ko kuhira imyaka bisaba gusa gukoresha imashini.
Ibi yabigarutseho, ubwo bari mu muhango wo kwizihiza Umunsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Abaturage basabwe kudaha akato abafite uburwayi bwo mu mutwe
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe, bwasabye buri wese kudaha akato umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe, basaba ahubwo kujya bita kubafite ibyo bibazo ndetse bakajya babafasha.
Ibi byagarutsweho na Meya Rangira Bruno, kuri uyu wa Gatanu!-->!-->!-->…
Gatsibo: Umugabo yagiye kwivuza, agarutse asanga umugore yakubiswe n’inkuba arapfa
Imvura nyinshi ivanzemo umuyaga n'inkuba yaraye iguye mu Karere ka Rutsiro no mu tundi duce tutari duke two mu Rwanda yaraye ihitany umubyeyi wari mu kigero cy'imyaka 26.
Ibi byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, tariki 23 Ukwezi!-->!-->!-->…
“Happy Birtday to our Paul Kagame, intore cyane” DJ Ira yifurije isabukuru nziza…
Kimwe n'abandi banyarwanda batari bake, IRADUKUNDA Grace Divine uzwi cyane nka DJ Ira, umurundikazi uherutse guhabwa ubwenegihugu bw'u Rwanda nawe yifurije Perezida wa Repubulika Paul Kagame isabukuru nziza y'amavuko.
Abinyujije ku!-->!-->!-->…
Rutsiro: Gukina imikino y’amahirwe byamushyize mu madeni none birangiye yiyahuye
Mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru y'umusore waraye wimanitse ku mugozi arapfa bikavugwa ko bishobora kuba byaratewe n'amadeni menshi yari afitiye abaturage.
Umusore witwa Tugirimana Martin wari mu kigero cy'imyaka 26 y'amavuko!-->!-->!-->…
Amateka adasanzwe ya Perezida Paul Kagame wujuje imyaka 68
Amashuri abanza yayigiye mu nkambi ya Gahunge muri Uganda aho we n’ababyeyi be bari barahungiye. Abo biganaga bamwibuka nk’umwana wari ufite ikinyabupfura, ku buryo ngo atatinyaga kwegera n’uwo abona ari mukuru, akamubaza ati:“kuki!-->!-->!-->…
Muhanga : Abamaze imyaka itatu bategereje ingurane z’ibyabo baratabaza.
Abaturage batuye mu cyanya cy’inganda cy’Akarere ka Muhanga, giherereye mu Murenge wa Nyamabuye, Akagari ka Gahogo, baratabaza nyuma y’uko bagenzi babo bimuwe bo basigara ari abaturanyi bazo ndetse abandi bagasa nkaho!-->!-->!-->…