Browsing Category
Ubuzima
Protais Mitali wigeze kuba Minisitiri wa Siporo yitabye Imana
Protais Mitali wigeze kuba Minisitiri w’Umuco na Siporo yitabye Imana aguye mu Bubiligi. Ni amakuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga ndetse akagaragaza ko yazize uburwayi.
Iyi nkuru yamenyekanye mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwirukanwa muri RBA, Lorenzo yabonye indi Radio agiye gukorera
Umunyamakuru Musangamfura Christian Lorenzo wari uri mu gihano cy'akazi muri RBA yatangajwe nk'umunyamakuru mushya wa SK FM aho aagiye gukomereza akazi ke.
Nyuma y'aho uno musore wo mu Kinigi (Nk'uko akunze kubyivugira), Musangamfura!-->!-->!-->…
RURA yatangaje ko yafatiye ibihano MTN
Nyuma y'aho bamwe mu bafatabuguzi ba MTN batangaje ko bamaze iminsi bahura n'ibibazo byo guhamagara cyangwa guhamagarwa binyuze ku miyoboro ya MTN Rwanda, ubu RURA yatangaje ko imaze gufatira ibihano ikigo cya MTN.
Kuri uyu wa kane!-->!-->!-->!-->!-->…
Urutonde rushya rw’ibihugu bifite pasiporo zikomeye, iy’u Rwanda ihagaze ite?
Hari impamvu nyinshi zishingirwaho Kugira ngo bavuge ko pasiporo y'igihugu runaka ikomeye, imwe muri izo mpamvu, ni umubare w'ibihugu iyo pasiporo uyifite ashobora kujyamo atarinze kwakwa visa. Kuri uru rutonde rushya rero, ibihugu byo!-->!-->!-->…
Umuhanzikazi Zari yiyamye abakobwa bahamagara umugabo we mu gicuku
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzaniya Zari yiyamye bamwe mu bagore n'abakobwa bihaye akageso ko kujya bahamagara umugabo we gicuku.
Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya witwa Zuhura Othman Soud ariko uzwi cyane nka ZUCHU!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisiteri yatangaje icyateye ibura ry’amazi muri iyi mpeshyi
Minisiteri y’Ibikorwa remezo yemeye ko mu mpeshyi ya 2025, amazi yabuze bikabije hirya no hino mu gihugu, ariko icyo kibazo ngo cyatewe n’igabanuka ry’amazi y’umugezi wa Nyabarongo kandi kigiye gushakirwa umuti.
Minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Islamic State yigambye igitero cyahitanye abagera kuri 45 muri Ituri
Umutwe wa Islamic State (IS) wigambye igitero ku basivile mu gace ka Komanda mu ntara ya Ituri ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo aho, abantu 45 barimo abari bari gusenga bishwe n'umutwe wa Alliance Democratic Forces (ADF) ukorana na!-->!-->!-->…
Ngororero: Umugabo w’imyaka 50 akurikiranyweho gutoteza uwarokotse Jenoside
Umugabo w’imyaka 50 wo mu Karere ka Ngororero yatawe muri yombi nyuma yo gutuka abayobozi no kuvuga amagamo arimo gutoteza uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.
Byabereye mu Mudugudu wa Gahinga, Akagari ka Karambo Umurenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Gitifu w’Umurenge na Titulaire wa Centre de Sante batawe muri yombi
Umunyamabanga nshingwabikorwa w'Umurenge wa Masoro muri Rulindo, we n'umuyobozi w'ikigo nderabuzima cya Masoro batawe muri yombi kuri uno mugoroba.
Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru Indorerwamo.com, aremeza ko mu ijoro ryo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Yatumijeho abakobwa abishyurira tike, abaha no ku biryo, banze kwinjira mu cyumba abafungira iwe.
Bwana Mwitende Abdulkarim wamenyekanye cyane nka "Burikantu" ku mbuga nkoranyambaga, yaraye atawe muri yombi n'inzego z'umutekano.
Guhera ku munsi w'ejo ku cyumweru taliki ya 20 Nyakanga 2025 nibwo inkuru y'itabwa muri yombi y'uno!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umusore w’imyaka 22 yahambiranyije igitenge cya nyina agikoramo umugozi yiyahuje
Mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru y'umusore uri mu kigero cy'imyaka 22 y'amavuko bivugwa ko yiyahuye akoresheje umugozi yabanze mu gitenge cya mama we.
Bwana Kwizera Francois uri mu kigero cy'imyaka 22 y'amavuko bamusanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Akurikiranyweho gushaka kwica umugore w’abandi amukandagije imodoka ku bushake
Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 42 akurikiranyweho icyaha cyo gushaka no kugambirira kwica umuntu ku bushake nyuma y'aho agerageje gukandagiza imodoka umugore w'abandi ariko Imana ikinga akaboko
Ubushinjacyaha mu mujyi wa Kigali!-->!-->!-->…
Fatakumavuta yatakambiye urukiko asaba imbabazi igihugu na rubanda
Bwana Fatakumavuta waburanaga ubujurire bw'igihano yari yahawe n'urukiko, yatakambye asaba kugabanyirizwa ibihano.
Bwana Sengabo J.Bosco wamenyekanye cyane ku izina rya Fatakumavuta wari uherutse guhabwa ibihano harimo icyo gufungwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngororero: Dosiye ya Gitifu ukekwaho gusambanya umwana yaraye igejejwe mu Bushinjacyaha
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha rwemeye ko rufite Gitifu wa Muhanda kubera ko akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana utaruzuza imyaka y'ubukure.
Kuva ku italiki 11 z'uku kwezi nibwo amakuru yatangiye gucicikana avuga ko RIB yaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore imwe mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yaraye ibaye
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, muri village Urugwiro haraye habereye inama y'abaminisitiri yafatiwemo imyanzuro itari mike, ndetse bamwe bahabwa imyanya, abandi bazamurwa mu ntera.
Ku wa Gatatu, tariki ya 16 Nyakanga 2025, Inama!-->!-->!-->…