Browsing Category
Ubuzima
U Rwanda rwashyizeho ibihano bikakaye ku bazagaragaraho amanyanga mu gutwitira undi
Leta y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi rikubiyemo ingingo zitandukanye, ryagennye n’ibihano bigera ku gifungo cy’imyaka 25 n’ihazabu igera kuri miliyoni 50 Frw, mu kwirinda ko hazabamo uburiganya.
Iri tegeko ririmo!-->!-->!-->…
USA: Umugabo yatwitse yagonze urusengero ararutwika arasa n’abarimo
Polisi ivuga ko abantu nibura bane bishwe naho abandi umunani barakomereka, nyuma yuko umugabo witwaje imbunda atwaye imodoka akayinjiza mu rusengero rwo muri leta ya Michigan muri Amerika, akarasa akanatwika iyo nyubako.
Abategetsi!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yahawe umukandara wa “champion” mu Iteramakofe
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n’umukinnyi w’iteramakofe wabigize umwuga Carlos Takam wanashinze ishuri Nyafurika ry’Iteramakofe i Kigali, amuha impano y’umukandara w’umwimerere w’umukinnyi wahize abandi!-->…
Russia: Gari ya moshi yari itwaye lisansi yateye inkongi komeye
Minisiteri y’ibiza mu Burusiya yatangaje ko abashinzwe kuzimya inkongi mu gace ka Smolensk gaherereye mu Burengerazuba bw’iki gihugu, bakomeje guhangana n’inkongi yatewe na gari ya moshi yari itwaye lisansi nyuma yo kugongana n’ikamyo.
!-->!-->!-->…
Hagaragajwe ibyavuye mu rubanza rwa Camarade
Bimwe mu byavugiwe mu rubanza ruregwamo uwahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade, ni uko iwe hasanzwe bimwe mu bikoresho by’iri shyirahamwe birimo imyenda!-->…
Bugesera: Umusore yazingazingiye ise muri matora aramutwika kugeza apfuye
Umusore w'imyaka 28 yaraye yishe atwitse ise umubyara abanje kumuzingazingira muri matora, arashya arakongoka.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 25 Nzeli 2025 mu Karere ka Bugesera, mu murenge wa Mayange, Akagali ka Kibirizi,!-->!-->!-->…
Abarundi 32, Abakongomani 8 mu banyamahanga 74 bahawe ubwenegihugu bw’U Rwanda
Kuri uyu wa kane abanyamahanga bagera kuri 74 basabwe bagahabwa ubwenegihugu bw'Ubunyarwanda barahiriye ku ibendera ry'igihugu.
Kuri uyu wa kane taliki ya 25 Nzeri 2025 Abenegihugu 32 b’Uburundi bahawe ubwenegihugu bw’u Rwanda ku!-->!-->!-->…
Kenya: Victoria Kimani ahangayikishijwe n’abafana batamwereka urukundo
Umuhanzikazi ukunzwe muri Kenya no hanze yayo yagaragaje ko atishimira abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga bareba ibyo abasangiza ntibatange ibitekerezo ibizwi nka “comments” kandi ntako aba atagize ngo abahe ibyiza.
Kimani ukora!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Mukazayire yahishuriye ibanga abana n’urubyiruko ryabageza ku ntego zabo.
Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yabwiye abana n’urubyiruko ibintu bine bakwiye gukora kugira ngo bazabe indashyikirwa mu buzima bw’ahazaza birimo kwizera impano zibarimo no gukora cyane.
Ibi Yabigarutseho ku wa Gatatu, tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Inzu yahiye irakongoka bitewe na telefone
Umuryango w’abantu barindwi wa Mugabonake Daniel w’imyaka 50, n’umugore we Mukankusi Adelle, wasigaye iheruheru nyuma y’uko inzu yabo ihiye igakongoka hagakekwa telefoni yasizwe icometse ku muriro w’amashanyarazi.
Inkongi y’umuriro!-->!-->!-->…
Rusizi: Inyubako y’ubucuruzi n’ububaji yakongokeyemo ibya miliyoni 10 Frw
Inyubako y’ubucuruzi y’uwitwa Ndayisabye Jean, iherereye mu Mujyi wa Rusizi, Umudugudu wa Kabeza, Akagari ka Gihundwe, Umurenge wa Kamembe, mu Karere ka Rusizi, yafashwe n’inkongi y’umuriro ikongokeramo ibyakorerwagamo byose bifite!-->…
Rulindo: Umurambo w’umwana w’umukobwa wasanzwe mu kidendezi cy’amazi
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 23 Nzeli 2025 mu Karere ka Rulindo, mu murenge wa Shyorongi mu kidendezi cy'amazi cy'ahazwi nka Nyabitare ahagana saa munani z'amanywa bahasanze umurambo w'umwana w'umukobwa witwa Clementine Nyiranzabonimana!-->…
Imiryango isaga 100 ivuga ko yari yarafashwe bugwate na FDLR muri DRC yatashye mu Rwanda
Kuri uyu wa Gatatu, tariki 24 Nzeri 2025, u Rwanda rwakiriye imiryango 101 y’Abanyarwanda igizwe n’abantu 314, yatahutse ivuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) inyura ku mupaka wa Grande Barrière mu Karere ka Rubavu.
!-->!-->!-->…
Rulindo: Niyodusenga wari umaze iminsi yarabuze bamusanze mu idamu y’amazi yapfuye
Mu Karere ka Rulindo haravugwa inkuru y'umugabo wari umaze iminsi yarabuze akaba yasanzwe mu idamu ry'amazi yapfuye, bikavugwa ko yaba yiyahuye.
Mu Karere ka Rulindo, mu murenge wa Buyoga, mu Kagali ka Busoro ho mu mudugudu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Umwana w’imyaka 15 wari uragiye intama yarohamye mu mugezi arapfa.
Umwana w'umusore uri mu kigero cy'imyaka 15 y'amavuko yaraye arohamye mu mugezi wa Rusine arapfa
Ku munsi wa kabiri taliki ya 23 Nzeli 2025 umwana w'umusore witwa Icyishatse Obama wabaga mu Karere ka Rulindo, mu murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…