Browsing Category
Ubuzima
Ni iki cyakurikiyeho nyuma y’aho Perezida Kagame yemereye Dj Ira ubwenegihugu?
Kuri uyu wa Kabiri, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Dj Ira yagaragaje ko yatangiye urugendo rwo kuzuza ibisabwa kugira ngo abone ubwenegihugu bw’u Rwanda.
DJ Ira, yavuze ko ku wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025, hataruzura!-->!-->!-->!-->!-->…
Miggy wumvikanye yigize umu kimisiyoneri wa Kiyovu Sport yahagaritswe mu kazi
Kuri uyu wa Kabiri ,ikipe ya Muhazi United yahagaritse umutoza wayo wungirije Mugiraneza Jean Baptiste Miggy nyuma yo kumvikana asaba umukinnyi wa Musanze FC kwitsindisha ashakira Kiyovu Sports itsinzi.
Mu kiganiro yagiranye na Kigali!-->!-->!-->…
Nyagatare: Inzobere z’abaganga mu Ngabo na Polisi by’u Rwanda batangiye kuvura abaturage
Abatuye mu Karere ka Nyagatare, bavuga ko bashimishijwe cyane n’uko inzobere z’abaganga bo mu Ngabo na Polisi by’u Rwanda, batangiye kubaha serivisi zo kuvura indwara zitandukanye muri aka Karere, muri gahunda y’ibikorwa by’inzego!-->…
Rusizi: Ingurube yari isanzwe ikoreshwa mu kubangurira izindi yarumye umuntu bikomeye
Ngendakumana Marie w’imyaka 37 utuye mu Mudugudu wa Banamba, Akagari ka Rasano, Umurenge wa Bweyeye, Akarere ka Rusizi ararembye nyuma yo kurumwa n’ingurube y’igipfizi y’uwitwa Nsengimana Céléstin yari avanye aho yari yayijyanye!-->…
Muhanga: Yagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibigori yarindaga arapfa
Asifiwe Emmanuel wo mu kigero cy’imyaka 16 y’amavuko yagwiriwe n’ubwanikiro bw’ibiti bwarimo ibigori ubwo yari abiraririye arapfa, mu Kagali ka Makera, Umurenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga.
Amakuru aturuka mu batuye ako Kagari ka!-->!-->!-->…
Umurundikazi uba mu Rwanda yasabye Kagame ubwenegihugu bw’u Rwanda
Umurundikazi uzwi nka Dj Ira yasabye perezida Paul Kagame ubwenegihugu bw'u Rwanda arabuhabwa
Ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yari arimo aganira n'Abanyarwanda kuri iki cyumweru taliki ya 16 Werurwe 2024, umwe mu bakobwa bazwi!-->!-->!-->…
Nyanza: Abafite alimentation n’abacuruza inyama barataka igihombo baterwa n’ibura…
Bamwe mu bacuruzi bacururiza mu mujyi wa Nyanza, baravuga ko baterwa igihombo n'ibura ry'umuriro bya hato na hato.
Abacuruzi bafite za Alimentation ndetse n'abafite za Boucherie mu mujyi wa Nyanza uherereye mu Karere ka Nyanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Amarangamutima y’Abanyamujyi nyuma yo kumenya ko bazasurwa na Perezida muri Wikendi
Ibiro by'umukuru w'igihugu n'umujyi wa Kigali bimaze kwemeza ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame azaganiriza abatuye umujyi wa Kigali muri wikendi.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 15 Werurwe 2025, biteganijwe ko perezida wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hasobanuwe impamvu amaturo n’ibyacumi agomba kuzajya anyuzwa kuri banki
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr. Doris Uwicyeza Picard, yatangaje ko imiryango ishingiye ku myemerere yategetswe kujya inyuza amafaranga yose yinjije kuri konti cyangwa kwishyurana hakoreshejwe ikoranabuhanga!-->…
Bugesera-Mwogo: Abagore basabwe kuba umusemburo w’iterambere ry’umuryango
Abagore basabwe kuba umusemburo w'iterambere ry'umuryango n'igihugu muri rusange kuko ubu nabo bafite umwanya n'ijambo n'uburenganzira bungana mu bikorwa bya buri munsi nta guhezwa.
Ibi byagarutsweho n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa!-->!-->!-->…
Imvura ivanze n’umuyaga yakomerekeje abantu umunani, imitungo myinshi irangirika
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga mwinshi yaguye mu Ntara y’Amajyepfo isenya inzu z’abaturage n’iz’ubucuruzi, yangiza imiyoboro y’amashanyarazi, imyaka y’abaturage hirya no hino n’ibindi byinshi.
Iyi mvura yaguye ku mugoroba wo ku wa 2!-->!-->!-->…
Bugesera: Abaturage basabwe kugaragariza Abajyanama b’Akarere ibibazo bafite bibagoye mu…
Abaturage basabwe kugaragariza Abajyanama b'Akarere ibibazo bafite bibagoye mu cyumweru cy'Umujyanama cyatangijwe mu baturage kugira ngo ibyo bibazo bizashingirweho bishyirwe mu igenamigambi riteganyijwe mu ngego y'imari y'umwaka 2024/2025!-->…
Kamonyi: Impanuka y’imodoka yakomerekeyemo abanyeshuri 13
Mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Rugarika, habereye impanuka y’imodoka itwara abanyeshuri (School bus) n’ikamyo yavaga mu Karere ka Muhanga itwaye imbaho, abana 13 barakomereka, barimo batatu bakomeretse bikomeye.
Amakuru yemezwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Wellars w’imyaka 56 yatawe muri yombi, arakekwaho kwiyicira umugore akoresheje isuka
Maniragaba Wellars w’imyaka 56 wo mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Runda, Akagari ka Ruyenzi, Umudugudu wa Rugazi, yatawe muri yombi akekwaho kwica umugore we, Bandekayo Vénancie w’imyaka 50, yifashishije isuka.
Ni inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda n’abanyamulenge bari i Burundi bari mu kaga
Hari amakuru avuga ko Abanyarwanda benshi n’Abanyamulenge batuye cyangwa bakorera mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi no mu nkengero zaho, bari gufatwa bagatwarwa mu modoka za gisirikare bakajyanwa mu Ntara ya Gihanga n’iya Bubanza.
Iri!-->!-->!-->…