Browsing Category
Ubuzima
Abari abakozi ba USAID hafi ya bose bashyizwe mu kiruhuko
Ikigo gifasha cya leta ya Amerika cyatangaje ko abakozi bacyo muri Amerika n'ahandi kw'isi bashyizwe mu kiruhuko guhera ku wa gatanu saa sita z'ijoro, mu gihe bagiye kandi gucyura abakozi bayo bo mu mahanga.
Mu itangazo USAID!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Uruhinja rwatowe mu rutoki rwapfuye
Mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyamabuye, hagaragaye uruhinja rwari rwatawe mu rutoki rupfunyitse mu bitambaro rwapfuye, uwarutaye akaba ataramenyekana.
Byabereye mu Kagari ka Gifumba, mu Mudugudu wa Rugarama, aho abarubonye bavuga!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umugore ukurikiranyweho kwiba abana
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore witwa Mukamana Florence, akurikiranyweho gushimuta abana b’abandi, abibye ku bitaro akabita abe.
Ni icyemezo RIB yafashe nyuma y’uko yakiriye ikirego!-->!-->!-->…
Aga Khan umuherwe uzwi cyane mu karere nka nyiri ibitaro bikomeye biri i Nairobi yapfuye
Aga Khan, umuherwe utunze za miliyari z'amadorari akaba n'umuyobozi mu by'ukwemera yapfuye ku myaka 88, nk'uko byatangajwe n'ikigo cye Aga Khan Development Network.
Igikomangoma Aga Khan ni Imam wa 49 w'Abasilamu b'aba-Ismaili,!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Utumatwishima yashimye akazi ko gusubiza abavuga nabi u Rwanda urubyiruko ruri gukora.
Minisitiri w’Urubyiruko no guteza imbere ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yashimye urubyiruko afite mu nshingano akazi rurimo gukora ko gusubiza abavuga nabi u Rwanda bagamije kuruharabika no kuruvuga uko rutari hifashishijwe!-->…
Umusore w’imyaka 27 y’amavuko yayatanywe inkoko yibye banamusangana udupfunyika 15…
Sibomana Jean Bosco w’imyaka 27, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Shangi mu Karere ka Nyamasheke nyuma yo gufatanwa inkoko yibye arimo azigurisha mu isoko rya Bushenge, yabajijwe ibyangombwa banamusaka bareba niba nta kindi yaba yibye!-->…
Tanzaniya: “Sinagiriwe umugisha wo kubona urubyaro, ni igeno ry’Imana”Wema SEPETU
Icyamamare mu gukina filimi muri Tanzania, Wema Sepetu, yahishuye ibihe bigoye yanyuzemo ashaka urubyaro, ariko mu myaka myinshi ishize agerageza bikaba byaranze nk’uko abivuga agira ati “ntiwahinyuza Imana”.
Wema Sepetu, uvuga ko ubu!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umugore wari umucamanza yatawe muri yombi we n’umugabo we
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha , rwatangaje ko rwataye muri yombi umucamanza w’umugore ukorera Urukiko rw’Ibanze rwa Gatunda, ukurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa, aho yizezaga umuturage kuzatsinda urubanza yari afite muri urwo!-->…
DRC: Umu Colonel w’umunyamulenge warwaniraga Leta yishwe na bagenzi be
Colonel Rugabisha Alexis wakoreraga Leta ya Congo mu ngabo za FARDC biravugwa ko yishwe na bagenzi be bo mu gisirikare cya Leta bamuziza kuba ari Umututsi.
Amakuru aturuka muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aravuga ko!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w’Intwari
Perezida Kagame yifurije Abaturarwanda Umunsi Mwiza w'Intwari, ashimangira ko ari uwo guha icyubahiro Intwari z’Igihugu zaharaniye kwimakaza indangagaciro z’ubumwe, ukuri n’ubutabera.
Umukuru w'Igihugu yagize Ati "Izo ndagagaciro!-->!-->!-->…
Abacanshuro b’i Burayi bahunze imirwano y’i Goma bahagurutse mu Rwanda
Abacanshuro biganjemo abo muri Romania bari barahungiye mu Rwanda nyuma yo gutsindwa intambara bafatanyagamo n’Ingabo za Leta ya Congo FARDC mu kurwanya Umutwe wa M23, basubiye iwabo.
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 1 Gashyantare 2025,!-->!-->!-->…
Gisagara: Mu kwizihiza Umunsi w’Intwari hatashywe ivuriro n’isoko rya kijyambere
Mu kwizihiza umunsi w'Intwari z'igihugu, mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Mukindo hatashwe ibikorwa by'iterambere birimo ivuriro n'isoko rya Kijyambere, abaturage bakaba bemeza ko ibi bikorwa ari umusaruro w'imiyoborere myiza!-->…
Goma: Abaturage bakoze umuganda rusange wo gusukura umujyi
Abaturage bo mu mujyi wa Goma bazindukiye mu muganda rusange ugamije gusukura uwo mujyi uherutsemo imirwano karahabutaka yahasize umwanda n'ibisigarizwa by'imbunda.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 Gashyantare 2025 ahagana saa kumi!-->!-->!-->…
Nyanza: Bafitiye ubwoba indwara ziterwa n’umwanda kubera ko nta bwiherero bafite
Abatishoboye batujwe mu Mudugudu wa Nyagasambu uzwi nka Nyabugogo mu Murenge wa Busoro, Akarere ka Nyanza, bavuga ko bugarijwe n’umwanda baterwa no kuba nta bwiherero bafite, ku buryo bafite impungenge zo kwibasirwa n’indwara ziterwa!-->…