Browsing Category
Ubuzima
Gloriose wamamaye nka Gogo yitabye Imana
Musabyimana Gloriose wamamaye nka Gogo wari umaze iminsi muri Uganda, yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 3 Nzeri 2025 azize uburwayi.
Urwandiko rw’ibitaro bya Kyegera Doctors Center rugaragaza ko Gogo yitabye Imana azize uburwayi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Kurera si uguhana” OMS irahamagarira ibihugu guca burundu ibihano bibabaza abana
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryashyize gukubita no guhana abana ibihano bibabaza umubiri mu bibazo by’ubuzima bihangayikishije Isi, ko bigomba guhagurukirwa, kuko biteza ingaruka zikomeye ku buzima bw’umubiri!-->!-->!-->…
Sudan yaomba msaada baada ya maporomoko ya udongo kuua zaidi ya 1,000 Tarasin
Sudan imeomba msaada wa kimataifa siku ya Jumanne baada ya maporomoko ya ardhi kuharibu kijiji kizima katika mkoa wa Darfur magharibi, na kuua karibu watu 1,000 katika moja ya maafa mabaya zaidi ya asili katika historia ya hivi!-->!-->!-->…
Umuhanzi Diplomate ari mu gahinda ko kubura umubyeyi we
Diplomate abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umubyeyi we witabye Imana ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 3 Nzeri 2025.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Diplomate yagize ati:“Ruhukira mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Hagiye kuza indege nto zizajya zikora Taxi
Mu minsi iri imbere mu kirere cy’Umujyi wa Kigali hazaba hagaragara indege nto zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange buzwi nka taxi, mu kurushaho kwimika ubwikorezi bw’abantu n’ibintu bwo mu kirere bwifashisha indege nto zitwara mu!-->!-->!-->…
Mozambique: RDF yahaye amagare abayobozi b’inzego z’ibanze
Inzego z’umutekano z’u Rwanda ziri muri Mozambique zahaye amagare abayobozi b’Imidugudu yo mu Karere ka Mocímboa da Praia, mu Ntara ya Cabo Delgado, mu rwego rwo kubafasha mu kazi kabo ka buri munsi karimo kugira uruhare mu kurwanya!-->!-->!-->…
Musanze: Umugabo yishe umwana we amunigishije umugozi nawe ahita ariyahura
Umugabo wo mu Karere ka Musanze yishe umwana we amunigishije umugozi, nyuma yo kumwica nawe yimanika mu mugozi arapfa.
Mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Rwanza, mu Kagari ka Rwaza, haravugwa inkuru y'umugabo witwa HAGENIMANA uri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
HCR ntiyemeranywa na HRW kuri raporo ishinja u Rwanda gucyura impunzi z’Abanyarwanda ku ngufu
Umuyobozi Mukuru w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNHCR), Filippo Grandi, yamaganye raporo y’umuryango Human Rights Watch irishinja kugira uruhare mu gucyura “ku ngufu” impunzi z’Abanyarwanda.
Muri Gicurasi 2025, u!-->!-->!-->…
Bugesera: Ba Mutima w’urugo basabwe kuba abarinzi b’umutekano n’imibereho myiza.
Mu rwego rwo gukomeza kwimakaza umutekano n’imibereho myiza y’abaturage, ba Mutima w’Urugo bo mu Karere ka Bugesera basabwe kugira uruhare rugaragara mu kubaka Umudugudu ntangarugero w’icyitegererezo utarangwamo ibyaha.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Meya Kayitare yashimiye ba mutima w’urugo uruhare bagira mu iterambere.
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Kayitare Jacqueline yashimiye uruhare rwa ba mutima w’urugo mu guteza imbere imiryango no guteza imbere akarere, anashimangira ko imbaraga zabo ari inkingi ikomeye y’iterambere ry’igihugu. Ibi!-->!-->!-->…
Baltasar Engonga yakatiwe imyaka umunani azira amashusho y’urukozasoni.
UmunyaGuinée équatoriale, Baltasar Ebang Engonga, yahamijwe ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta no kugira uruhare mu byaha bya ruswa, ahanishwa gufungwa imyaka umunani n’ihazabu ya miliyoni 125,4 CFA asaga miliyoni 320 Frw.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwatangiye kwakira abimukira birukanywe muri Amerika
Yolande Makolo uvugira Leta y'u Rwanda
Nyuma y'amasezerano n'ubwumvikane ku mapnde zombi, Leta y'u Rwanda yatangiye kwakira abimukira birukanywe muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.
Kuri uyu wa kane taliki ya 28 Kanama 2025, ku kibuga!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Umujyi wa Orleans wanze ko Zigiranyirazo ushinjwa Genocide ashyingurwa muri uwo mujyi
Umujyi wa Orlean wo mu gihugu cy'Ubufaransa wanze ko umubiri wa Bwana Protais Zigiranyirazo ushyingurwa ku butaka bwo muri uwo mujyi mu gihe Leta y'icyo gihugu yari yabyemeye.
Protais Zigiranyirazo yapfiriye muri Niger ku wa 3!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Tuyishime w’imyaka 25 na Se umubyara bombi bakurikiranyweho gusambanya abakobwa…
Umusore witwa Tuyishime uri mu kigero cy'imyaka 25 y'amavuko, hamwe na se witwa Claver ufite imyaka 65 barakekwaho gusambanya abana b'abakobwa babacururizaga amandazi.
Mu Karere ka Nyanza, haravugwa inkuru y'umugabo witwa Claver uri!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yaganirije abofisiye 6000 basoje amasomo ya gisirikare
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Kanama 2025, Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yaganirije abofisiye n’abafite andi mapeti basaga 6000 baturutse muri RDF, muri Polisi y’u Rwanda no mu Rwego!-->…